Mwami yesu nguhaye ubugingo bwanje bubangamiwe nindwara cyanecyane zomugifu nzimaranye imyaka yenda kugera ku 12 ariko nyagasani ndi gutrustinga muri wowe wakijije Razaro amaze imibarwa 3 mubutaka nanjyewe niringiye wowe ko uri kujya kunkiza iki cyago cyabaye akazizi muri jyewe mbigusabye nkwiringiye ko uri kujya kumpa kugira good health amen
Solution NI uguha ubuzima bwe Yesu Kristo akamubera UMWAMI N UMUKIZA W UBUGINGO Bwe. AGAKIZWA. AKAKIRA YESU. NANJYE BARI BARANDOZE CYANE BIBI CYANE MAZE GUKIZWA , NDAKIRA MERA NEZA
Yesu kristu nyiri mpuhwe ndakwemera kandi ndakwizera nkiza abanzi,abagome,nabarozi mana yange nukuri ndakurangamiye ni wowe miringiro yange ukize numuryango wange ninshuti n,abavandimwe bange.
Amen 🙌 yezu ndakwizera Kandi ndagukunda singizwa nyagasani yezu
Abanzi banje bazakubana bahunga umunsi nagutabaje amen amen ndabizi uhoraho arikumwe nange amagara yange wayarinze urupfu nyagasani.
Yezu ndakwizera nkiza inyatsi
Ungaruri ibyanjye byanyazwe!
Amen
Mana ukurebo uburozi nimyuka mibi iba mumuryango wange🙏🙏👏👏
Nyagasani rwose natube hafi yacu cyanee cyane ababana baba muri centre Izere Nyinawimana
Muranejeje cyane.
Ndajya numva iri sengesho burimunsi.
Imana ibahe umugisha mwinshi.
Amen!
Rukundo urakoze cyane kdi umunezero w'Uhoraho ntukage kure yawe!
nezererwa nawe unezereze abandi. Urukundo rw'Imana nirugusabe😇
Uhoraho aguhozeho ineza ye!
Hashize icyumweru umuntu wandogaga ansabye imbabazi .
Murakoze cyane kuduha iri sengesho .
Imana ibahe umugisha utagabanije ♥️⚘🌹🌹🌹⚘
Amen! Urakoze Rukundo kuri ubwo buhamya.
Uhoraho akurinde ikibi kandi aguhozeho ineza ye!
Amen
yezu ndakwize ye ni wowe nirinjyiye Amena
Urakoze cyane nubwo namashengesho menshi irisengesho rinkoze kumutima harumuntu wavuzengo nzashaka ariko àta kiriho ndaguma nsenge irisengesho maze ashye take cyane yumve
Mbahaye ubutwarebwogutsinda abarozi
Mana yajye ndakwizeye unkize uburwayi bwose hamwe numuryango wajye mana yajye mpa imbaraga zose zo kukuramya no kuguhimbaza mana yajye mpa gukora ibyonsabwa byose neza ukobiri undinde imigambi yumwanzi sekibi
Ndasabira umwana wajye kumukia ubugomeb bwa sekibi nakarande zi
Uhoraho komeza undindishe ububasha bwawe unkize imbaraga z,abarozi n,iz,umwijima
Nukuri Imana udukize IMYUKA MIBI n iy abarozi baduteza,Amen
Nyagasani sinzakorwe nikimwaro, ngufitiye icyizere
amen imana yacu nihabwe icubahiro namwe mutwitwararika mukwifatanya natwe imana ibahezagire
Amen!
OmanOman, urakoze gushima, Uhoraho aguhozeho ineza ye kdi akurinde ikitwa ikibi cyose.
Urakoze kumpsha umugisha, ndawakiriye! duhezagirwe twese 😇😂
Yezu ubishatse watsindira abashakungirira nabi,uburakari bwawe nibutsinde abobantu
Nyagasani
Ngutuye abo wampaye Bose ngubatsindire imbaraga zabarozi. Kandi nge uze. Undwanirire umpe gutsinda imbaraga zabarozi. Yezu ndakwizeye.
Mwami yesu nguhaye ubugingo bwanje bubangamiwe nindwara cyanecyane zomugifu nzimaranye imyaka yenda kugera ku 12 ariko nyagasani ndi gutrustinga muri wowe wakijije Razaro amaze imibarwa 3 mubutaka nanjyewe niringiye wowe ko uri kujya kunkiza iki cyago cyabaye akazizi muri jyewe mbigusabye nkwiringiye ko uri kujya kumpa kugira good health amen
Sinarinzi iri sengesho guhera ubu nzazandivuga urakoze Dawe.🙏
Imana ishimwe !
Mutoni, urakoze gushima. Uhoraho agutoneshe kdi aguhozeho ineza ye !
Mana unsindire abarozi nabandi Bose bamfitiye imigambi mibi Bose. Batsindwe mu izina rya YEZU. Amen
Ijyihempfitubwoba niringira impuhwezawe
Amen
Mama yanjye nanjye ndakwiringiye sinzakorwe nikimwaro ntuzareke abanzi banjye banyishima hejuru . Nkiriza ubuzima Kandi uduhindurire amateka nabava ndmwe banjye Kandi udutsindire ibitero byabarozi nibyasekibi.Amen
Aranzi Dawe hakorwe ugushaka kwawe. Dawe kiza umwana wanjye.amen🙏
Umwana wanjye muhe ubwenge ntiyibagirwe ibyo yize ,muhe ubwonko bwibutsa Dawe .urakoze Dawe.🙏
Nukuri Imana itwumve
Uhoraho ntsindira imyuka mibi yabarozi imyuka yose y'ikibi maze unyejeshe amaraso yawe yigiciro Amen🙏 murakoze
Amen,amen,Tega urwabya rwawe amarira yanjya atonyangiremo.
Yezu ndakwizera nkiriza umugabo kuko nziko nta kikunanira
Tega urwabya rwawe maze ibitonya byamarira yajye bitonyangiriremo
Mana nkuraho imyatsi nkuraho uburozi nimyuka mibi
Yezu ndakwizeye unkirize umwana abyuke abe muzima
Amen 🙏🙏🙏🙏
Tega urwabya rwawe amarira yanjye ahongobokeremo😭😭😭😭💔🙏🙏🙏🙏
Nyagasani nkweretse AGBA Aime Christian umukize Amina
Nkiriza umwana ajye asinzira neza nyagasani niwowe twiringiye❤
Amen niringira imana ark ndata ijambo ryayo mana fasha murumuna wange umukize imyuka yabadayimoni bamugendaho ,bamubuza amahoro ,bamubuza gusinzira batsindwe mwizina rya yezu AMEN🙏
Solution NI uguha ubuzima bwe Yesu Kristo akamubera UMWAMI N UMUKIZA W UBUGINGO Bwe. AGAKIZWA. AKAKIRA YESU.
NANJYE BARI BARANDOZE
CYANE BIBI CYANE
MAZE GUKIZWA , NDAKIRA MERA NEZA
Uhoraho nkiza imbaraga mbo z,abarozi
Shimirwa Nyagasani YEZU
Shimirwa Nyagasani. Uri muzima Yezu
Tega urwabyarwawe amarira yanjye atonyagimo amina❤❤❤
Mana yange nkiza imbaraga mbo z,abarozi
Amen, mukama ubishatse nanje wonkiza abarozi.
Abandwanya ntibagira umubare mana yanjye uburakari bwawe nibukureho abobantu
Mana yanjye tega urwabya rwawe amarira yanjye ahongobokeremo
Yezu ndakwizera ubishatse wankiza imigambi mibi y,abarozi na zakarande
Amen , mukama ubishatse nanje wonkiza.
Amen, mukama ubishatse nanje wonkiza
Abanzi banjye bazakubana bahunga umunsi nagutabaje
Amen
Amena . Munfashe umuryango wanjye ugire amahoro.
Amen alleluya yezu ni mizimama kandi arakiza
Amen!
Nibyo rwose. Yezu ni muzima kdi arakiza.
Alexia, Uhoraho aguhozeho ineza ye kdi agushoboze ibyo utishoboza uyu munsi!
Haranira gukorikiza
Murakoze cyane Amen amen amen
Ibirenge byanjye wabirinze gutsikira amen
Mana yanjye niwowe nirinjyiye
Am
Amena. Habwikuzo Nyagasani.
MANA umpe ubwenge
Nkiriza Umwana wanjye ajye asinzira neza Yezu
Urakoze mana : amen
Amen Amen Amen
Yesu aramubwira ati: NI NJYE NZIRA N'UKURI N' UBUGINGO .
NTAWUJYA KWA DATA NTAMUJYANYE. Yohani 14:6
NI NJYE REMBO UMUNTU NIYINJIRA MURI NJYE AZAKIZWA.
JEAN 10:6
ARIKO ABANYABWOBA N’ABATIZERA , N’ABAKORA IBIZIRA. N’ABICANYI N’ ABASAMBANYI N’ ABAROZI, N’ ABASENGA IBISHUSHANYO,
N’ ABANYABINYOMA BOSE , UMUGABANE WABO UZABA MU NYANJA YAKA UMURIRO N’AMAZUKU ARI YO RUPFU RWA KABIRI . Ibyahishuwe 21:8.
Murakoze cyane Amen 🙏 ❤❤
Nkunze irisengesho
❤❤❤❤❤🎉❤❤❤
Amina
Amen 🙏🏻
Yezu nkiza nkuko wakijije razaro
Amen !!!Yagasani Niwewe Ndangamiye
Mana ndumwabawumukobwa nab😮uzimihaho mana njyiricyukora mn kubuzimabwa mn urabizintacyinagukoreyemana ndagusabyedawe njyiririmpuhwedawe ndakwizeye
Humura nange natakiye Yezu nyirimpuhwe muruhango nyibona kumyaka 19 nari nagiyeyo mfite 18 humura Yezu aragukunda azagukiza!niba utarakira komeza kumwizirikaho!!!🙏
Amen Amen 🙏
Amen 🙏
Amen amen 💖❤❤❤❤
Mana dukize roho mbi zishunya mubapfuye ,turagutakambiye Nyagasani 🙏🙏🙏
Amen
Amena
Mana twumve kd udukize kuko ariwowe twiringiye
Amen
Amen,amen,Tega urwabya rwawe amarira yanjya atonyangiremo.
Yezu ndakwizera nkiriza umugabo kuko nziko nta kikunanira
Utwumve nyagasani 🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Yezu ndakwizeye unkirize umwana abyuke abe muzima
Amen 🙏🏻 🙏🏻🙏🏻
Amen
Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🙏❤️👏
Amen!
Dinhonhalure ,Urakarama !
Uhoraho aguhe umugisha kdi aguhozeho ineza ye !
Amen 🙏🙏🙏
Amen!
Janne, umugisha w'Uhoraho imana uhorane nawe!
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen!
Solange, horana ishema n'isheja muguhamya ineza y'Uhoraho!
Yezu Kristu ,Ndi kumwe namwe kugeza kundunduro !
uhoraho aguhozeho ineza ye !
Amen
Amen