NDI UMUZUNGU WINDUSHYI🥲UMUGABO YANTEYE INDA ARANTA🥲ABABYEYI BANJYE NTA NUMWE NZI🥲NARASHARIRIWE😌
HTML-код
- Опубликовано: 23 фев 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
0784612965 ushaka kugira icyo wafasha Christelle🙏🙏
@@bosmani06 yego niyo rwose
Arasa n umugore wa Riderman disi.
Gusa arababaye muze tumufashe
Rose, hariho association yakozwe n’umu métisse witwa "NUMA" ifasha aba métisses aho mu Rwanda
ahuye nabo byamufasha kuko benshi muribo banyuze mu buzima nkubwo bwa Christelle.
Warukwiye kumuhuza nawe disi byibura bakamuganiriza akumva yuko atari we wenyine waciye mu
bibazo nkibye, ndetse NUMA abashyira no mw’ishuli.
Uyu mwana anteye agahindaaaaa mana weeee ihorere ma yesu numwamiiiiii🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Muzabarize mu bureau bya UN bafite urutonde rwabahoze muli Minuar, atange amazina. Yoo mbega agahinda😨
Rose urakoze kumwimviriza
Womurangira Association y’a ba MÉTIS ibaho aho mu Rwanda
Muronderere umeze mu bari muri iyo association yitwa Cless Jean Marc.
Uyo mu Cless yarabugiye kuri Isimbi TV wonamubaza Sabin wa Isimbi.
Mpore mama Imana irakubona n’ikibondo cawe
Cless yibye amafranga y'iyo association baramufunga bamufunguye ahita ajya Quatar. Ahubwo ashaka izindi association yakwegera na Pasteur Numa
@@Karabo- yesu we ,ni ukubona abantu bagenda disi ,ukuntu yasaga ni inyangamugayo
@@Karabo- nkawe usibye guhubuka ukavuga ibyo utazi clesse y'ibye ayahe mafaranga? Habayeho ikibazo muri Association cyabamwe muba Metis baba mumahanga bashakaga gukoresha aba metis munyungu zabo bituma bashwana na clesse , having Association 2 zindi z'aba metis. Sibyiza gusebya Umuntu , mujye mubanza mutekereze neza.
@@irwandatv9433 nta makuru uzi ahubwo banza utashakishe amakuru cyaba ikibazo cya association hagafungwa umuntu umwe? Amafaranga yanahabwaga ngo yubakishe n'inzu y'umumama umwe ntashaka kuvuga wo muri association akajya ayakenyereraho nayo ntuyazi se? Be informed first man I can't talk whatever
Uyu mwana yahuye nibintu bikomeye ahubwo nawe ntago azi kubisobanura kubera agahinda .disi Rose umube hafi ataza gufatiranwa nabagabo babi kubera Numero ye mwatanze
Mana fasha abantu bawe. Caane uyu mudamu??
Ihangane shenge uzabaho humura.Imana yagushyize ku isi ifite impamvu zo kukubeshaho nubwo wisanze mu buzima udasobanukiwe udashaka.ariko uzabimenya neza ubeho ushime Imana ujye uyisenga uyegere cane,uzarushaho guhura niby'Imana yaguteguriye byose.
Agahinda na marira biranyishe, Imana ikwibuke ikugirire neza. Uri mwizaaaa cyane kandi uzagira ubuzima bwiza kuruta abo bakugiriye nabi bose, ntazi disi no kuvuga no kwisobanura ikigaragara afite byinshi atavuze ariko yuzuye agahinda kenshi uyu mubyeyi
Nukuvuga nibimukundira neza kubera AGAHINDA PEE
Christella senga cyane kdi wegere Imana ijya ihagarara aho umuryango utari kdi izakunezeza mugihe cya nyacyo ♥️
Ubuzima bwawe bwarakugoye ariko imana irakuzi ikorera kwisaha yayi uzoje usenga ubwiri mana ico umwana wumutu adashoboye imana irashoboye isaha yimana niyagera akogahida urimwo kanzashira wizere imana ❤❤❤
The same my story Humura IMANA niyo irera ipfubyi kuko nanjye sinabara ingo naba narabayemo Kd nanahamwe bankundaga narakubitwaga amanywa ninjoro Gs Humura IMANA iri muruhande rwipfubyi
Impore ma, uri umukobwa mwiza kdi Yesu aragukunda. Ujye umubwira ibyawe byose ubundi wizere humura imbere yawe ni heza ♥️
Uyu mwana afite ubuhamya bubabaje rwose,😭😭😭 ariko disi ntari kwirekura ngo avuge, ikindi kibabaje nta makuru ahagije ya Papa we, byibura iyaba yarazi amazina ye nicyo yari yaje gukora ino mu Rda, abantu bamufasha kumumushakira!
Humura mama mwijuru harimana itabara abayo nuyizera izagutabara.wakoze cane Rose kumuganiriza uzamubere inshuti imana iguhe umugisha.
Impore mama.nukuri warababaye pe.gusa hejuru yabyose hari Imana yiringire niyo se wipfubyi
Pole mama ejo niheza humura Kuba uriho ibyo birahagije ntakabuza Imana izakugirira neza
Humura mubyeyi ntukirenganye kuko urimumugambi w,Imana kandi uwomwana azakura.
She was abused by her family and rejected
Afise agahinda keshi kandi yamaze kwiyakira urazi gukura nta muntu aguha care nta affection ........ntamuntu numwe wabashije kumwunva she's very innocent
Stay blessed
Mumufashe mulabamukoze Imana izabashima nanjye nabicyiyemo poresana wihangane nalilaga bulimunzi kwizelaImana nicky njyikulu 🙏🙏🙏🙏
Mana we,mbuze icyo mvuga,nawe uracyari umwana ,Imana ice inzira
Uyumwana yarakomeretse cyane ariko ahumure Imana yatumye abaho iramuzi, gusa numwana utuje uvuga make
Family Sha ndakunva cyane mama ,komera ushikame witinya mwana w'Imana ntacyo uzaba Uwiteka Ari kumwe nawe ma😘😭😭 Ndababaye gusa ntamarira nabonye Atahoze ntagahinda nabonye atamara ntabikomere nabonye atomera nukuri Yesu Arashoboye .ndakunva cyaneee 1000/💯 Uwiteka akurebgere Maman
Rose icya mbere uyu mubyeyi ababifitiye ubushobozi ,bamufashe gutekereza neza ,ko umunezero wambere umuntu awishakamo ndetse nubushobozi.nicyo kibanze ntakomeze kwifuza gukomeza kurerwa,ikindi yakire ayo majwi yabamubwira ko ari umuzungu utazi ururimi kubera ko hano iwacu hari abantu badafite ayo makuru.murakoze
Oooh she is so innocent. God help you!
YaAllah mbega gahinda uwiteka akurengere abamufasha imana yo mwijuru izabakubire ibirenze ibyo mwamuhaye
Ro aha ho nanjye ndatsinzwe ndarira Pole Mama
Incwiii Christella uri mwiza bambe kdi komera mw'ijuru hari Imana
Gusa iyingeso yo guhohotera abana nkaba cg bimfubyi ahubwo bazajye babahana rwose
ooohoooo uyu mwana Imana Imurengere.
Hi Rose, uyu mukobwa umuhuze na Numa afite association ya bana bimvange.
Azahasanga abandi bana bafite ibibazo nkibye.
Ihangane isi irimo ibibazo nibisubizo.
Ukeneye inkunga yabumvise iki kiganiro.
Rose wakoze kuzana uyu mwana kumihanda.
Muzabaze abantu bali bazi maman we wenda baba bazi uwo musiilikali wuzuraga n'a maman
Yoooooop mbega agahinda😭 lmana se wimfubyi ikurengere bambe🙏 Kandi humura ejo niheza cyane!
Disi ntago azi kubara inkuru yoooo!!!
Ndababaye nzajya gusengera Imana izaguhe ubuzima ni ukuri
Ihangane mama ishari ni daimoni ikomeye!!!!😭
Nge ndi umwarimu muri WORLD MISSION TVET SCHOOL, icyo namufasha ashaka kwiga namukorera ubuvugizi hano ku ishuli akabasha kwiga.
Disi yakorewe irondaruhu ntakindi kuko we urabonako ari umuntu witurije cyane
Wagize amahirwe iyo agutwara iwabo bari kukugira umucakara. Kdi ihangane gusa ukeneye umuntu uzagukunda byanyabyo kuko urababaye cyane warahungabanye cyane😢
Ihangane kbs kugera kure siko gupfa
Umuhanga ajye asenga akumira karande kuko n'ibintu bikurikiraba umuntu kugeza apfuye, gusa umutima ubabaye uraryana pe, Imana imworohereze.
Yoooo mbega story ibabaje 😥😥😥
Mbega ubugome abanyarwanda bafite!
Humura uwiteka azagufasha ma🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Hari group ya ba Metis azashake ayijyamo abane nabantu bahuje ibibazo bizamufasha
Nivyo iriho mu Rwanda mbere na i Burundi ibaho.
@@blandinekezamutima6438 ndabizi irahari yitwa Metis du monde
Namuhuza numwe muribo Wenda bamwumva bakamufasha
Imana ibane nawe mushiki wanjye
Izina ryitwa Yesu ni ryo riruhura.Iyo uza kumumenya wari kuba warabonye ikerekezo. Ihangane ukomere ariko ufate umwanzuro wo kumenya Yesu, ni yo nama nkugiriye.
She has sad eyes, please Lord protect her and her child
Kandi uzatange ayo mazina ya papa wawe no muri croix rouge, wenda nabo bakagufasha
Rose amarira ancizemo gusa ngomba kubyumva dis niyihangane
Uyu mu mama ko ababaje. Arko kuki hari abantu bavukira kubabaza abandi Koko. Mana we uyu mu Mama Uwiteka amugirire neza pe. Arko humura uzabona umuryango mwiza Mama.
Mana yanje ndababaye impfuvyi dukura tubabaye Imana ikwiteho muri vyose yama arumwizigigwa 😢😢😢😢😢
Ndikubona asa na rose
Muvandimwe ihangane
Kd Imana iragukunda
Nubwo ubona ubuzima bikugoye
Gusa ntucikintege
Courage ejo niheza
Gerageza kwishakamo igisubizo
Impore Bambe, uri uw'Imana yonyine kdi uzabibona.Umunsi umwe Uzanezerwa pe.
Ntukababazwe no kutamenya icyongereza ntabwo abazungu bose bazi icyongereza
Humura mama. christella YESU ARASHOBOYE KANDI NIBYO ABAGOME BARIHO ARIKO NABEZA BARIHO.
ROSE DUHE TEL YADUFASHA KUGIRA ICYO TWAKORA, AGAHINDA KANYISHE
Christelle komera,ndababaye cyane,mfite inama ebyiri,ariko hano ndatanga imwe Indi ndayibwirira Christelle,ese nta kuntu yabaza ijwi ry'america mu kiganiro agasaro kaburaga,bagashakisha uwo Christophe David,Wenda hari Icyo byatanga,Christelle uri umukobwa w'intwali komera,bizaza, inshallah
Impore mubyeyi mwiza
Aliko rero mujye mumenya ko abera bose atarabakire halibihugu byinshi bafite umubili wera aliko babayeho nabi kurusha nabirabura bahinga bacana kunkwi babakene cyane ikinyarwanda rero nurulimi sikinegu nashakaga gukuraho urwo rujijo kumva ko kugira umubili wera nimisatsi inyerera nyine abo twita abazungu ntanakimwe baturusha gusa Uyu mwana ikibabaje nuko yibuliye nyina shenge pole ma
Rozze nawe urimwiza pe ndagukunda cyane
Humura Imana irakuzi
Birababaje! Gusa muri kariya gace, avukamo habayeyo aba Minuar baba Bangladesh Jenoside yakorewe abatutsi irangiye nko muri 1996,1997 birashobokako nyina bamufashe no ku ngufu agaceceka kko icyo gihe ntiyari bubivuge kdi byari byeze cyane
Ibaze disi
Nakomere asenge Imana yonyine niyo yamukiza ibyo bikomere
Impore mama
Uri mwiza, uracyari muto. Ukunde Imana nayo iragukunda, ubuzima buzagenda neza
Rose 🌹 wamubonera aka wasap ka make waba umufashije kurushaho
Nanjye ndamwibuka twiganye Muri cite Des jeunes Nazareth I muhanga
Yooo aho ni iwacu disi,hariya kwa papa
Nukuri 🙏 muza mufashe kuko uwo mukobwa aba mubuzima bubi cyane
Pole sana ma!!!❤
Rose stp uzamwoherereze Sabin wo kwi isimbi wenda yamufasha gushakisha papa we.
Nivyo Sabin yomufasha aka mu connectinga na Association ya ba Métis ibaho mu Rwanda.
Ese ge ndabaza kuki urwanda rudakurikirana ababana koko babahinde ,ko bababaraje mukazi baba baraje kutwangiriza abana nonese ndimagina niba bafite embasad ntabwo bashaka uwomugabo koko ,yesuwee
Bizomufasha aje mu bandi areke kwigunga.
Imanaikurengere
Yeweeeeee!!!!! Isi ifite ibibazo peeeee
Yooooo ndize ntarumva
Ihangane Maman Imibabaro Yahano Mwisi Izarangira Yesu Nagaruka.
Yoooo mbega Christelle weee birababaje PE komera Imana.izagufasha humura mama kid humuura uracyari muto
Ase kucyi abantu beza bikabije bakunze guhura nibibazo koko😢
Oooh pole ndisi mukombwa mwiza imbere yawe niheza gusa ntamuntu uberewe nubuzima bubi haba umuzungu cyangwa umwirabura twese dukwiye ibyiza 😭😭😭
impore mpore mama warababaye cyane komera cyane
Ubu se ko amarira anyishe muri introduction pe nanjye abantu bakundaga kumbaza kubabyeyi banjye nimba ndi umunyarwanda nubu barabimbaza ark nageze Aho mbona Papa ark nubundi aranyihakana pe 🥹😭😭 Rose Imana izaguhe kurama nanjye nzaze nkubwire inkuru yanjye Uzi gutega amatwi pe
Humura harigihe duca mubuzima tudashaka kugira ngo imana ikugeze mubwishaka humura najoro ridacya nziko hari imana ihoza uwarizep
Yesu weee 😭😭😭😭😭😭
Yoo!pole mama
Ihangane bambe ubu bimeze nabi ariko ejo bizagenda neza
Umugambi w,IMANA suwejo.
Yesuweeeee
Sister nukwihangana muvandimwe
Ooooh😢
Humura mwijuru harimana
Cherie Christelle humura ma ntawuhozwa ayo atarize Maman
Ese haruburwayi afite, ndavuga christelle, Rose
Afite nigihunga cyinshi bigaragara uwiteka amube hafi anamurinde
Mugore mwiza humura
Uzabona umugabo mwiza
Kandi ugukunda cyane
Yoo!,nukuri imana ukube hafi
Imana Imuhe kwihangana hari igihe ibigeragezo bizashira
Warababaye cyane warababajwe ariko mwijuru harimana itabara
Dore muzungu disi ndamuzi uyumukobwa mama we yamusize arumwana disi pole sha humura uzabaho lmana irakuzi
😢
Gusa birababaje kutamenya ababyeyi bawe ntumenye nicyo uli cyo Ntakundi
Yooo azegere Albert MTN bagira Association yegerane n’abagenzi be azabona ihumure
Yoo pore disi gusa komera ndagukomeje