Mukuru Wanjye yanshinje KuMutwarira Umugabo |Yankubitaga Ntwite| Data Yamvumiye ku Ityazo😭Arababaj
HTML-код
- Опубликовано: 27 фев 2022
- #0789843532#Fanny#Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Развлечения
Mu inkuru zose mbona kuri RUclips ndumva iyi ariyo iri authentic kabisa. Ndumva ari ukuri 100%
Nabonye nyinshi ariko iyi yo iransekeje iranandiza en meme temps
Disi wabaye intwari yumuryago kd Imana Ikomeze igukomeze
Nukuri uyu muma ndumva ankoze kumutima ndaza kumufasha mubushobozi bwange bucye mwishyurire ishuri ryumwana we. Nka 2 terms Wenda nawe amishakire ibikoresho nukuri kumva umwana ugejeje 7years ataranatangira birababaje kdi amashuri yomucyaro ntaba anahenze pe
Niwamuvumo nasenge cyane
@@azizaaziza9113 asyiiiii nkibwo uvuze iki!!?
ubu se umufashije iki!!?
@@BlessMK navuziki c
@@BlessMKmureke yandike amateshwa
Humura ufite igikundiro kubantu Imana yaragusize urumwana mwiza
Mana ndakwinginze uzahaze kwifuza k'uyu mumama azagushime imbere y'itorero ryaw,Mana ndabigusabye nukuri🙏🙏🙏
Inchwii ufungutse umutima rwose ❤️ Imana igiye kukwitaho humura
Rose wakoze cyane. Kora group y'abashaka kumutera inkunga uraba ugize neza abashoboye bamufashe Imana izabikwibukira
yego pe nanjye ndimo
nigitekerezo cyiza ubundi yabikoze nubwo ntabushobozi mfite namuterera pe from burundi
Uyu mubyeyi nigitangaza Nukuri ♥️♥️Nukuri igishoro ke duteranye 200 milles ntasaba byinshi Nukuri abakunzi ba Rose TV twayabona🙏🏾🙏🏾
Aravuga 200 ngirango kuko adashaka gukabya. Ariko mukuri ayo nimacye. Ukuyeho anafashijwe naho arara hazima
Najy munshiremo pe
@@NikuzeMariechantal-zh8ul Hahhahahaa ubufasha twamuhaye urashaka kubukoresha iki ???? Imyaka ibiri ishize ujegutera itiku dans quoi 😳😳😳
Uzajye usenga cyane,Imana igufiteho umugambi mwiza ariko nugusenga kugirango zakarande zikuveho
Yooo warashonje disi,Imana izaguhe ibigukwiye byose niyo izi ibyo wifuza byose
Rose 😘
Nkunda ibiganiro byawe,uburyo wakira abatumirwa b'ingeri zose kandi ukabatega amatwi.
Yesuwee gewe mbuze icyomvuga kuko ndacyarumushyitsi mugihugu ndimo ariko nimara kwisuganya nage mushyire mumubare wabazafasha .
Amen 💖
Yeweee, uyu mukobwa yararenganye pe! Imana izamuvure ibikomere
Amahoro y'Imana nabane namwe
Komera Mama Imana ishobora byose ijye ikureberera
Uyu mu mama rwose ndabasabye mureke timuremere pe
Rwoseee👌🏻👌🏻👌🏻
Nukuri
Numunyakuri cyane disi!
Nukuri peee
Yigo nukuri pe!
Ariko ko uri mwiza Koko ukomeze usenge uriho ubwiza bw'Imana ibindi byose Imana irabihindura
Merci madame Rose 🙏🙏
bavandi mureke dukore group dufashe uyu mubyeyi kd abonye namahirwe yaba umukinnyi wa films mwiz
Yego rwose, nanjye muzanshyiremo! @Rose azabidufashemo
Nanjye muzanshyiremo pe
Nibyo birakwiye tugerageze
Na njye niko mbona..yavamo umukinyi mwiza pe
Três sympatique, humura Yesu arahari.
Ako se Mana yanzeeee ntasoni mfite uretse izibyaha byanjye bambe 😭 uri igipfura kdi ufite ukuri kuzuye bambe 🥺
Yooo she is strong woman
Ubuhamya bwe burakomeye,
Afite ibikomere byinshi😢😭
Gusa ari hangana kdi agira moral ,kdi Arakora cyane ,akaba ari n'umunyembaraga akaba ari n'umuhanga
Nibigukundira ibyo uteganya byose uzasubire mw'ishuri plz ,I beg U
Kdi uzakomeze umurongo wo gusenga watanjyiye!!!
Nawe Rose wakoze kumutumira,kdi nkunda ukuntu uzi gutega amatwi!!
Ugatuma umuntu aranjyiza ubuhamya bwe,Courage nkunda ibiganiro byawe!!!
As
Tres sympathique
Iki kibebe rwose🙏, story irababaje ariko ukuntu ayivuga disi nange nasetse napfuye. She is easy going.....😀😁🥰, ariko Ibiryo byabaye ibiryo. Ohhh. Imana izaguhe guhorana ibiryo kwisahani pe.
Ubucyene buhindura umusazi tu
Humura uzagira ubuzima bwiza rwose niyo mivumo urareba ko Imana Yigaragaragaje Ikayitsinda. Humura uwo mukuru wawe azakwifuza uzabe icyitecyererezi mukobwa mwiza. Nakunze ko ufite urugwiro nokwiringira shenge. Inigisha Iguhundagareho na Rose wakwakiriye ndamushimye.
Yooo nta soni ufite shenge usibye iz'ibyaha byawe Uwiteka akugirire neza akumurikirishirize mu maso he heza. Humura ntacyo uzaba. Yesu akubereye maso.
Sha Rose wibagiwe hagati mukiganiro iyo umutumiriza ka Fanta Orange 😁😁, she is simply innocent rwose. ❤
😆😆😆kabisa
Husband
Komera bambe.icyo nkundira Imana nuko ivuguruza imigambi mibi yose .
Warakoze MANA kumurinda mururwo rugendo rukomeye yanyuzemo.kdi humura komera
uzatabarwa Fanny.kdi uzabaho neza nabana bawe uracyari muto.Humura
Yebabawe urasetsa cyane mama !!!
Uteye binshi courage,ukuntu ugira umuhate ugahahira abana na Mama wawe,Imana igokomereze amaboko,
Fara uri very innocent!! Ibyo uvuga byose ni ukuri pe
ni mwiza ubonako abohotse nta mutima mubi
Ukuntu disi aricyiza her skin is glowing 😘
Cyane, pee,
@@s.m.9126 I know right
Nanjye nakunze skin and eyes. Akoze maquillage y'amaso, abantu bava mu nzira
@@ukl9802 cyane pe
Urimwiza cyaane
Umva naseste imbavuzirandiye humura maman Imana irahari gusa urasesta
Yoooooooo humura kdi ukomere mubyeyi Imana irahari kdi izaguha ibirenze ibyo umutima wawe wifuza nukuri izaguhe kunezerwa iteka 🙏🙏
Iyi nkuru irababaje Kandi iratangaje p
Yoooo uwo mu docteur w' umukongomani wagufashije Imana imuhe umugisha disi nimfura.fanny Komera uzagera kure uri umwana mwiza disi
Yoo impore disi! Mbega umwana wababaye akiri mutoya! Mbega umupa we wigisimba wee! Ndabona akeneye ubufasha bwicyo yakora akiteza imbere! Dore ko yarumuhanga mwishuri akunda kwiga! Ese buriya ntiyasubira no mwishuri disi? Niyo byaba kwiga imyuga yamutunga ikamuhindurira ubuzima! Cyakora disi aranasetsa nubwo inkuru ye ibabaje! Imana imwegere imube hafi imufashe kurera abana be
Uyu mwana disi.... uri mwiza sweetie Kandi uvuga neza...
nawe wabibonye sha sinzi aho abasore bareba uyu yavamo umudamu mwiza cyane
N ikibaju
Yooooooo Imana Izuguhe Nokugaburira Abandi Mama Kd Humura Mwijuru Hari imana
Warababaye shenge.
Hora ukomere Fanny.
Humura Imana niyo nkuru bambe, uzabaho kd ubeho neza.
Ariko abagabo nzamenya ibyabo kumunsi wimperuka. Nigute umuntu abyara ntarere koko???
Disi uyu mudamu nimwiza cyane kdi afite igikundiro cy,Imana
Disi urinumwana mwiza cyane, 🤗
Ese ukuntu uri cyiza bambe,nsetse ukuntu avuze kdi mbabaye"ngo nkunda umuntu umpa ibiiiiiryo ndamukunda"
Ayiiiiii Mana weee sha mpore mubyeyi izo mbabazi watanze nizo zatumye Nyagasani akuba hafi gusa uri intwari humura
Imana igufashe Fanny
Nasetse napfuye mbega umubyeyi wee nukuri Imana ishimwe cyane 🙏🙏🙏🙏
🤣🤣🤣,utumye nseka, humura morale ufite Imana izaguhindurira amateka
Yesuweeee urakora fani ihangane nukuri
Yoooooo ndagukunze cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeee 👩❤️👩👩❤️👩👩❤️👩👩❤️👩👩❤️👩
Uwo mubyeyi Imana imubabarire
Yooo Fanny urasetsa cyane kandi ubabaye
Yoooooo!!!!!! Ihangane ibyiza birimbere Kdi Imana izagufasha Kdi komera nuKuri ba umunyembaraga
So cute
Yooo Imana iracyakora kandi irahari
Yego mbega umubyeyi ! Kubera ibiryo 😳😳 kandi reba ukuntu afite umukobwa mwiza kandi,ariko mana
Mana yange cyakora disi urashimishije p.lmana ikugirire neza
Ubutaha ujye waka nimero zabo. Tugirango ubafasha ajye ababona
Mana weeeeee fanny arasekeje nukuri iyi nkuru ye iranejeje nubwo ibabaje pavro na sereri
Imana izaguhe umugisha bambe ❤gusa wansekeje cyane ndagukunze
Disi uzi kubara inkuru neza Imana yo mwijuru ikumve kandi ikwiteho
Rose nukuri nanjye napfuye nsetse nkawe ariko sikuseka kubuzima bwa Fanny nuko arasetsa gusa abara inkuru. Yooo Imana izakomeza kukwitaho nkuko yakomeje kugukorera . Disi Fanny yifitiye umutima mwiza .. Imana niyo igira Ijambo rya nyuma kubuzima bw’Umuntu kabisa nubwo abantu bose bahagurukira kubuzima bwawe…Komera disi umukobwa mwiza❤
Ubu buhamya bunkozeho !!!! Humura imana yaguhaye igikundiro !!!! Ujye watura ko nta muvumo ukundi !!!!
Nta muvumo ukundi Uwiteka abikuraho rwose 🙏
Ndarize umutwe uranyishe
Fanny komera cyane
Mana ishobora byose ndumiwe gusa! Kdi haracyariho Abantu bazima!! Nkeka ko ntacyo yasize inyuma😀😀😀😀
Rosa mu buzima uransekeje😀😀Amula Amour
Nshimye ko uvugishije ukuri rata wamuhaye ubishaka
Mbega umupapa w'igisambo kwica umwana utyo kpko
Yawe uyu maman disi yahuye nakaga ukuntu urimwiza pe
Imana yonyine igukomeza cyneee knd ugukomeze cynee😍😘
Mwakoze ikiganiro cyiza.impore mama
Ufite umutima mwiza cyane
Mubwire abantu ibyururutsa imitima, mubabwire ko Yesu akiza za karande ndetse ni bikomere abyomora. Yegere abakozi b’Imana ba mufashe
Arko abantuwe
UYUMUBYEYI NI MWIZA PE KANDI AGIRA UKURI YEMWE ASA N'UKURIPE! IMANA IKOMRZE IMURAGIRE!
Burya amagambo ababyeyi bavuga rimwe na rimwe aradukurikirana.mujye mwatura amagambo meza kubana nukuri
Nibyo rwose , ahubwo narinziko havumana abagore pana abapapa ,mama yaramvumye nanjye numva uko mbaye 🙆
Sha mana yanjye ubuhamya buragwira pee! Uyu mugore arahinga koko. Cyokora uranyishe gusa😆😆😆😆😆😆🥰🥰🥰🥰
arahinga nyen kuko ubuvyibuh nimpano
Disiii ntabwo aherutse uzamuzane Ros❤❤❤
Kereka mbonye nka mahirwe, nkasura uwo Mudamu, mwandebeye iyo myambarire yigitambaro nagashati ukuntu bijyanye
Hhhhh uyu mudamu nubwo yahuye n'ibibazo ariko azi kubara inkuru neza weee!!
Njyewe Nasetse napfuye pe afite ijwiryiza azikubarinkuru bambe 😁😁 Gusa Imana imuhe umugisha bambe ndafashijwe
Uti mvuye kuvoma nsanga ibiryo by' umwana papa yabiriye ! Cyokoze akabi gasekwa nkakeza koko
Hhhhhhhhhh
Sha ibi ni ibintu bibaho mu icyaro ,hari umugabo wajyaga aca mu idirishya akajya kurya ibiryo
@@espoirejane446 akabi gasekwa nkakeza
Ni ukwandavura we
Mbega umugabo gito.
Ndagukunze uruminyakuri peeeee urumuziranenge
ni cyiza cyivuga neza nacyikundiye
ni cyiza cyivuga neza nacyikundiye
Ihangane
Burya ibibazo biheka ibisubizo
Pole sana.
Mana were,mbega umuntu mwiza wahuye nibibazo bakomeye,gusa ari open kabisa,Rose uze kumpa nomero ye nzamusure kabisa
Hhhhhh urasekeje mama imana izakwagura cyane
Imanairakora wihangane
Fanny woryosha ibintu !
Rose wee fabta yararikoze cyakoze nkunda ibiganiro byo kuri rose tv show
Mumbabarire mumpe nimero zuwomudamu cyangwa izuwomunyamakurukazi pfashe uwomukobwa mubushobozi pfite ndabasabye mumpe nimeroze
reba hejuru kukiganiro inomera ya Rose
Ndumva duhuje ibibazo mama
Eweeeee, innocent
Mbega umugabo wumugome weeee
Yeah icyonzi neza nuko Imana igira gahunda Cyn mumugambi wayo
Nukuri birababaje ark biranasekeje😂😂😂porry mama !
Abo bantu bagukoresheje bakakwambura mbasabiye imivumo igihumbiiii
Ahubwo umuntu yamufasha gute?
Uyu mubyeyi c yaboneka gute?
dix imana izaguhindurire ubuzima bwiza imana ijye igufashape😢😢😢 knd ujyukomeza usenge
Hhhh yeewe"Fanta imeze nk'ubuki"
True story,yoooooo
Fanny rwose byatangiye duseka none ubu birababsje disi pole sana urinamaziba wajye disi
Yooooooo mbega umuntu uvugisha ukuri yoooooo Sha nukuri nicyana kizapeee