Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Ikindi ahubwo ubwo kubana numuntu ntacyo byaba bicyimaze pe ubundi nziko ahubwo niyo umuntu aguciye inyuma arwana nokubihisha kugirango ataguhomba kuko acyigukeneye mumagambo make njyewe icyo mbona uwazana icyogitekerezo hagati yumugabo numugore akacyizana bwambere ngo tubiganireho exactly ntaguca hirya aba yumva atacyigushamariye kbs
Ndagukunda cyn imana iguhe umugisha
kuberiki umezuko vrt😅😅😅😅😅uri kuduha ivyishimo birenze wllh ndi i Burundi ariko ibiganiro vyawe mbikunda kurusha ikindi kintu cyoseee Allah aguhe umugisha diiii
Haa thank you!
@@ABAYOYvetteSandrine mbe umuntu kugira muvugane vyoroshe vyogenda gute????Sandri wallh ndakwinginze ndashak kuganira nae
I am not really supporting it because that really removes love because if you love someone who have to face all the challenges that are in your relationship
@AyS ubundi ibi biganiro nibyo biba bikenewe! ahubwo duhe nibindi byinshi! keep moving forward our lovely sister 🥰🥰
Erega ntakitazaza kuko nicyo cyabujije satani gutuza ngo agume mu ijuru rero satani niyigeze urugo kandi umugambiwe n'ukururimbura😢😢😢😢😢😢
I’m second one like waba iki koko
Uzaduhe inguru ya wiz khalifa
Nduwambere mume like please
Yvette ndagukunda cane Kandi uri umu professional muruwomwuga sindumusilamu ariko narakunze cane ikiganiro wakoze kuri Muhammad ❤
Inkuru yurukundo twarahebye
Kubwanjye ubimbwiye nabyemera cyane bibaye ataringeso kuri benshi yifuza
Cyakoze wavamo umugore burimugabo wese yakwipfuza peee
@@kamilgadobvs8112 Haaaa so nawe ibi wabyemera?
Yeah nabyemera cyane pe kuko ndabiziko iyo umugabo yifuje abaritegeko kdi kuba yabanje kubikubwira nuko abagukunda atagukunda yabikora akanikomereza so nabyemera rwose
@@ABAYOYvetteSandrine wp peee
@@AminaLose shn numva nipfuje kumenyana nawe kbx
Abambere ndabaramukije mukuvandimwe
Shn the way I wait for the love stories. Nukuri basi ujye uduha more stories after 2 weeks
Uummhh ndumiwe koko 😏😏, but you are mine Ays kuko ndagukunda 🥹❤
Thank sweet sando
Ibyo nge ntekereza kuri iyi ngingo,nuko umuntu yagira umugore umwe cg umugabo umwe maze akanyurwa nawe.❤
Hhh ndimo kwibazukuntu nareactinga partener wanjye yihaye kumbwiribyo bintu😅😅
Jye ntago nashyigikira open relationship kuko umuntu muryamanye akenshi umukunda cyane
Ibyo numwanda ryose
story najya nzi Downloading nkazumva ari Audio niberey mukazi , ba boss ntibameny ibyaribyooo ark sinz uko wabigenje byaranzeee ... kuba Downloaded
Arko ncuti waratubeshye Wari watwemereye kuzajya uduha amateka yamakipe urangije uradutenguha
Humura biri gukorwaho rwose kdi vuba vuba !!
@@ABAYOYvetteSandrine ok ubwo reka dutegerze ubwo Arko twari twabikunze pe
Thanks My dear abayo
❤❤❤🎉🎉🎉
Abayo ntakubeshye nokubyumva ndikunva narakaye pe😮 ntabwo aribintu byiza kbs😢
AYS❤
Nonex ugirango "kigali we share nimikino" hoyadaaa nuko bitangira knd kgl bigezekure😂
Team #AYS ❤🎉🎉🎉 mumpe likes na SUBSCRIBE kuri #Musafitv ❤🎉🎉🎉
Na Zambia birahaba
Buri wese agira umukunzi kuruhande Kandi bakabiviga
❤❤❤❤
Nkora Uber muri America mpura na couple zimrze uko open relationship igezweho pe ninziza 😅😊
Nonese iyo si we share 😅😅Nonese uwo mukundana nawe saba afite undi kuruhande ugasanga na waundi nawe afite undi kuruhande iyo mugiye kwandura ibirwara mukora share😂
Umwe byakwanga tugatandukana ndashaka undi ariko oya pe numwanda no kwitera ibibazo kuko umuntu agira umutima umwe gusa guhadikamo rero nago byakorohera nshuti kundana numwe nibyanga mutandukane neza ushake undi uzahaza irari nupfa uzamenyengo waguye aha th ank you😊
Byose nikimwe wabishatse wajya utereta umukobwa wamuhaga ugafata indi kandi birakorwa kbx ahubwo ibyo bije murwa byaba aribyiza jyewe byanshimisha ntakubeshe too
Abasa kuriyo ngingo ndumva arisaw kbx bigere ninaha pe
Gusa uri umuganga love you
Mbega we ugumubano sinawubasha hhhhhhhh
Aruko meze Nareka gushaka Nonex Biruhiriziki bashakana.Ibitsina Tubifata uko bitari Buriya Igitsina nimbaraga kikaba ubuzima Iyo ugikoresheje nabi uba Uri kwangiza ubuzima bwawe, Rero Iyo uryamanye nabantu benshi uba wanduza Roho yawe
Uzodukorere Kuri dadju wo muri France yaririmvye bobo au cœur
Unjyugerageza nukuri uradutindirapee
Aha birahoye kbx kuriyi ngingo
Nibazogusa
🤍✨
Umuntu ukubwiza ukuri ko ashaka undi muntu bagurana urukundo icyonabonye nuko abagukunda byukuri umubi nubikora ntakubwire
Ubundi gitera niwe mubi ibi sibiganiro byokogerezwa kuma radio yiwacu sigaho ntukongere kwamamaza Imirimo ya satani sina debate twanaganiraho ntibidukwiye ntukongere kubiducumburira mukobwa Mwiza!
Hhhh viye urasetsa
Ikindi sando uwomuntu niyo mutabana ntiwamwibagirwa
❤❤❤❤❤
Ikindi ahubwo ubwo kubana numuntu ntacyo byaba bicyimaze pe ubundi nziko ahubwo niyo umuntu aguciye inyuma arwana nokubihisha kugirango ataguhomba kuko acyigukeneye mumagambo make njyewe icyo mbona uwazana icyogitekerezo hagati yumugabo numugore akacyizana bwambere ngo tubiganireho exactly ntaguca hirya aba yumva atacyigushamariye kbs
Ndagukunda cyn imana iguhe umugisha
kuberiki umezuko vrt😅😅😅😅😅uri kuduha ivyishimo birenze wllh ndi i Burundi ariko ibiganiro vyawe mbikunda kurusha ikindi kintu cyoseee Allah aguhe umugisha diiii
Haa thank you!
@@ABAYOYvetteSandrine mbe umuntu kugira muvugane vyoroshe vyogenda gute????Sandri wallh ndakwinginze ndashak kuganira nae
I am not really supporting it because that really removes love because if you love someone who have to face all the challenges that are in your relationship
@AyS ubundi ibi biganiro nibyo biba bikenewe! ahubwo duhe nibindi byinshi! keep moving forward our lovely sister 🥰🥰
Erega ntakitazaza kuko nicyo cyabujije satani gutuza ngo agume mu ijuru rero satani niyigeze urugo kandi umugambiwe n'ukururimbura😢😢😢😢😢😢
I’m second one like waba iki koko
Uzaduhe inguru ya wiz khalifa
Nduwambere mume like please
Yvette ndagukunda cane Kandi uri umu professional muruwomwuga sindumusilamu ariko narakunze cane ikiganiro wakoze kuri Muhammad ❤
Inkuru yurukundo twarahebye
Kubwanjye ubimbwiye nabyemera cyane bibaye ataringeso kuri benshi yifuza
Cyakoze wavamo umugore burimugabo wese yakwipfuza peee
@@kamilgadobvs8112 Haaaa so nawe ibi wabyemera?
Yeah nabyemera cyane pe kuko ndabiziko iyo umugabo yifuje abaritegeko kdi kuba yabanje kubikubwira nuko abagukunda atagukunda yabikora akanikomereza so nabyemera rwose
@@ABAYOYvetteSandrine wp peee
@@AminaLose shn numva nipfuje kumenyana nawe kbx
Abambere ndabaramukije mukuvandimwe
Shn the way I wait for the love stories. Nukuri basi ujye uduha more stories after 2 weeks
Uummhh ndumiwe koko 😏😏, but you are mine Ays kuko ndagukunda 🥹❤
Thank sweet sando
Ibyo nge ntekereza kuri iyi ngingo,nuko umuntu yagira umugore umwe cg umugabo umwe maze akanyurwa nawe.❤
Hhh ndimo kwibazukuntu nareactinga partener wanjye yihaye kumbwiribyo bintu😅😅
Jye ntago nashyigikira open relationship kuko umuntu muryamanye akenshi umukunda cyane
Ibyo numwanda ryose
story najya nzi Downloading nkazumva ari Audio niberey mukazi , ba boss ntibameny ibyaribyooo ark sinz uko wabigenje byaranzeee ... kuba Downloaded
Arko ncuti waratubeshye
Wari watwemereye kuzajya uduha amateka yamakipe urangije uradutenguha
Humura biri gukorwaho rwose kdi vuba vuba !!
@@ABAYOYvetteSandrine ok ubwo reka dutegerze ubwo
Arko twari twabikunze pe
Thanks My dear abayo
❤❤❤🎉🎉🎉
Abayo ntakubeshye nokubyumva ndikunva narakaye pe😮 ntabwo aribintu byiza kbs😢
AYS❤
Nonex ugirango "kigali we share nimikino" hoyadaaa nuko bitangira knd kgl bigezekure😂
Team #AYS ❤🎉🎉🎉 mumpe likes na SUBSCRIBE kuri #Musafitv ❤🎉🎉🎉
Na Zambia birahaba
Buri wese agira umukunzi kuruhande Kandi bakabiviga
❤❤❤❤
Nkora Uber muri America mpura na couple zimrze uko open relationship igezweho pe ninziza 😅😊
Nonese iyo si we share 😅😅
Nonese uwo mukundana nawe saba afite undi kuruhande ugasanga na waundi nawe afite undi kuruhande iyo mugiye kwandura ibirwara mukora share😂
Umwe byakwanga tugatandukana ndashaka undi ariko oya pe numwanda no kwitera ibibazo kuko umuntu agira umutima umwe gusa guhadikamo rero nago byakorohera nshuti kundana numwe nibyanga mutandukane neza ushake undi uzahaza irari nupfa uzamenyengo waguye aha th ank you😊
Byose nikimwe wabishatse wajya utereta umukobwa wamuhaga ugafata indi kandi birakorwa kbx ahubwo ibyo bije murwa byaba aribyiza jyewe byanshimisha ntakubeshe too
Abasa kuriyo ngingo ndumva arisaw kbx bigere ninaha pe
Gusa uri umuganga love you
Mbega we ugumubano sinawubasha hhhhhhhh
Aruko meze Nareka gushaka
Nonex Biruhiriziki bashakana.
Ibitsina Tubifata uko bitari Buriya Igitsina nimbaraga kikaba ubuzima Iyo ugikoresheje nabi uba Uri kwangiza ubuzima bwawe, Rero Iyo uryamanye nabantu benshi uba wanduza Roho yawe
Uzodukorere Kuri dadju wo muri France yaririmvye bobo au cœur
Unjyugerageza nukuri uradutindirapee
Aha birahoye kbx kuriyi ngingo
Nibazogusa
🤍✨
Umuntu ukubwiza ukuri ko ashaka undi muntu bagurana urukundo icyonabonye nuko abagukunda byukuri umubi nubikora ntakubwire
Ubundi gitera niwe mubi ibi sibiganiro byokogerezwa kuma radio yiwacu sigaho ntukongere kwamamaza Imirimo ya satani sina debate twanaganiraho ntibidukwiye ntukongere kubiducumburira mukobwa Mwiza!
Hhhh viye urasetsa
Ikindi sando uwomuntu niyo mutabana ntiwamwibagirwa
❤❤❤❤❤