Abantu nous somme vulnérable, abantu bondi nabo profitent de cette vulnabilité bagateka umutwe wo kubeshya abantu bitwaje mpemuke ndamuke. Abajijutse rero, mukore iyo bwabaga murengere Intama z’Imana, nkuko Paul wera yabigenje. Tabaza Yesu azaturengera. Amen
Je suis d 'accord avec vous Pasteur
Uyu mu pastor ni umuhanga rwose ❤❤ ibyo avuze ni ukuri 💯
Bless you Pastor !!
Abantu nous somme vulnérable, abantu bondi nabo profitent de cette vulnabilité bagateka umutwe wo kubeshya abantu bitwaje mpemuke ndamuke. Abajijutse rero, mukore iyo bwabaga murengere Intama z’Imana, nkuko Paul wera yabigenje. Tabaza Yesu azaturengera. Amen
Murakoze Mushumba, Njye nungutse kurushaho kumenya Imana Kandi ndasobakiwe , Ndi Umwana w'Imana kubwo Kwizera Yesu Kristo, Kandi Theo Nkunda uburyo musigaye muduha Ibiganiro mubice ntibirambirana, Imana Ibahe Umugisha
Murakoze mushumba. Izi mpuguro z'abanyempano abemera n'abakunda impano z'ubuhanuzi muzidutegurire zirakenewe cyane.
PASTOR IMANA IGUHE TEACHER WANJYE ! INYIGISHO NKIZI NIZO ABANTU MUBYUKURI DUKENEYE
Pe,abaheburayo 1:1
Luca 16:16
IMANA IVUGANIRA NATWE MURI KRISTO
Urakoze cyane mushumba kumpuguro nziza tuba tuzikeneye
Paster arakoze cyane iki kiganiro kinkuyeho urujijo
Murakoze cyane mbega ukuntu benshi binshingikirije ibyitwa amasezerano kandi nta certitude ko ari Imana Yabivuze😢 Mana Uduhe kwizera !
Past jyureka Imana ikugire inama,nonese ba YOBU ndetse na Eliya na yeremia bose bagirwaga inama kdi bari bafite nuko kwizera Uvuga,
Murakoze cyane rwose Mushumba wacu
Umukozi wimana uzamugarure avuze neza cyane atubwiye ibintu Byiza.
Murakoze cyane mushumba
Mushumba be blessed
Nukuri tugomba gukura, muzanavuge ukuntu umuntu wakiriye kristo adakora ibyHa bitewe namwukawerA umuyoborA kuko hari gihe abantu tutabisobanukirw
ikibazo tugira nukutemerana ko nta muntu wihagije impano zose ko zuzuzanya mu itorero abashumba barahari ,abahanuzi barahari,abanyamasengesho barahari , pastor niba inshingano zawe ari ukuba pasteur why wumva ko abahanuzi bose wabaciraho iteka gutyo ,ngo bazashake umuhanuzi wese bazi bazasanga ari abayobe,ahubwo ndumva wowe ari wowe wahuye na abayobe .Ariko sinemeramywa nawe ko wavuga abahanuzi mu buryo buciriritse gutyo.Mwifatirana abahanuzi mugendeye ku bihe bibi byo munsi y imperuka .Na Eliya yavuzeko abahanuzi barangiye ariwe wenyine Imana ivugako hakiri ibihumbi birindwi bitarapfukamira bayali. Mushumba abantu b Imana bazima barahari batari abakozi basatani kimwe nuko abashumba nabo hatarimo shyashya.Ubundi umukozi mwiza mu kazi akurikirana inshingano ze atinjiye muzabandi ngo azisesengure azinenga ,yatanga inama akanahugura ariko ntiyabivugira muri rusange ngo abahanuzi bose ntawe .......Pasteur impuguro zawe zaba zo ariko kandi ibyo wizera n urwego rwawe si ihame ko abantu bizera ibyo wizera.Munzu y Imana twese twubahane twuzuzanye.Merci
Mwaduhaye nimero ya Pastor
Murakoz can umukoz w'imana atubwiy ukuri kwuzuy niyongerw amavutz
Nukuri Mushumba wacu ukomeze guhabwa umugisha n'lmana kd imbaraga n'amavuta
❤❤❤❤
Good 👍
I me in the side of paster Uwambaje.
Mushumba imbugurozawe mubyeyi nizo umuhanuzimukurunibibiriya
Yego nukuri mushumba wacu ibyo Niko kuri
Mose yacyeneraga inama zimana kenshi nonese ntiyagiraga kwizera,?
Itorero uyoboye rifite ubutunzi bukomeye buhishwe muri wowe.
Icyampa bakajya bumva amagambo y'ubwenge ari muri wowe.
Kubita utababarira
Ywambaje ni umugabura naraye numvise igipusi nijoro ariko kubera icyo yabivuzeho nta bwoba na Bucye nagize
Murakoze cyane rwose Mushumba wacu