Asalam aleikum ww, Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka , Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
NUMERO YA RAMLA: +250 788 210 310
ĺ
Assalam alaikum wa rahmatu llahi wa barakaatuh
Asalamu alaikum ww ma chérie
Amakuru yiminsi Ramla we
Sha pole sana kabisa gusa icyangombwa nkwifurije Inallah maswabirina 👏
ÇM mxjj iixixxick m mm m mm💐😅😭😅
Ababona ko ajya gusa nka Tonzi, mumpe like nanjye numve uko ziryoha😂
ndaziguhaye zose chr
@@siffahhassan6977 yego chr mwizaaa, merci
Uzikureba kbc
My sister,igifite agaciro si uko abantu bagufata ahubwo ni uko wowe wifata kd icyizere kingenzi ni wowe ubwawe ubanza kukiha abandi bakaza nyuma.wowe shikama uri kurugamba kd iyo uhaye umwanzi wawe icyuho arakurangiza ubuzima bukarangira,rero shikama urwane kd uzatsinda nanjye igihe wari I Mageragere narindiyo ndakuzi kd nabonye uri sociable ntacyakunanira hamwe n'Imana.
Ndamwikundiye disii ❤ umwe wese afite ukwo vyamukendekey mubuzima😭
❤
🇲🇫
Love you
😂😂😂😂😂😂 ati noneho ngewe hakubiseho nagereza, ihangane mama
❤❤
She is so wise 👌I can see ❤️ uri mwiza kd uri umuhanga ibyo wanyuzemo ntibiguce intege komera
Ntarumva byinshi wa mu mama we!1.uri mwiza
2.gereza tuvuyemo ni university
Icyufuzo:icyampa ukamenha YESU KRISTO 🎉
Sabe uraho neza cyane rwose uwomumama ntakihebe kuko byose ni lmana❤
Nyagasani nagushumbushe umugabo ! Uri mwiza , uri umunyabwenge! Jugement z,abantu nibazireke gufungwa buri wese byamubaho turi mu isi! ❤
Subwo koko abakurebera muriyondererwamo, bo amafuti bakora bihishe angana iki 😳Konabo bagongana nitegeko 🤷🏼♀️ courage Mama iyubake abo bacantege Imana yonyine niyo izabitaho !!!😊
Ancwiii she's so beautiful giseka neza peee
You’re right, she’s so pretty
Asalam aleikum ww,
Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka ,
Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Wow,nuwiwacu disi kiramuruzi ahaganahe?komera mama ntarirarenga your tomorrow is better than today 🥰
Sha komera RAMURA ubushake bw'Imana bube kuri wowe!! Niyo izi intambwe dutera, nanjye narababajwe ntagira uwo ndirira nubwo ntafunzwe, ariko Gereza yabaye iwanjye munzu mfunzwe n'umugabo nishakiye!! Ariko ubuzima burakomeza, kuko mu ijuru hari Imana itabara!! Baho wongere ubeho shenge! Gira umutima ukomeye, kandi Imana ikwishimire mubyeyi mwiza 🙏🙏🙏
Ariturije disi, courage Allah yumve gusaba kwawe
Courage Ramla wacu ibyiza biri imbere kubera Imana🙏 we love ❤
Uri mwiza humura uzabona umugabo mwiza kdi ugukunda❤
What a beautiful woman!!!!! Uzamubona p kandi mubigaragara uratuje, ufite ubumuntu, uri mwiza, kandi ufite n'amasomo menshi y' ubuzima
Imana igutabare ikigisibo kibe igisubizo kuri wowe kdi rwose abafite ubumuntu turagufasha gusaba Allah aguhindurire ubuzima bube bwiza🤲🤲
Ndakumva cyane ramula ariko ndumva nyuma yiki kiganiro ubuzima bugiye kuba bwiza humura ugiye kwishima .nzishima umunsi nzabona ugarutse ushima lmana
This woman is so intelligent kbs! Kndi uyu ndumv nubutunzi bwa society ahubw nuko abeshi batabizi.
C'est une belle femme très intelligente
Mama wihangane kandi humura. Umuntu arakwanga ariko Imana ifite icyo igupangira cyiza. Soyez forte. Soyez courageuse. Mungu yupo.
Impore !!❤ Impore ❤ impore ❤ komera. Ndagukunda cyaneeee Nukuri pe!!!
Aslam alaykum wallahmatullah wabarakatuh Allah abanine nawe worohereze umutima wawe kandi wumve ko ntaco Allah atakore umuntu re
Iturize urimwiza uzabona undi rwose ❤❤❤
Doudou mwana wiwacu komera cyaneee kdi courage nyagasani murikumwe!
Humura mama icyangombwa nubuzim iyo ugihumeka byose birashoboka iya kuremye irakureb iyubakem icyizere ubiture Imana iratwumva kandi radukunda
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
Ubwo buzima ndabuzi narabuciyemo ndakumva cane ma sœur ndakumva gusa jewe nafunzwe umwana yarakuze yarafise 20 ans
Sabin nukuri uy'umudamu uretse yahuye nibyago ariko ninamwiza
Imana imuhe 1 umugabo
Witonda umukunda kko
Nawe ashobora kubaka
Urugo rugakomere
N.B: Sabin plz wamuhuje
Na Tucara kabendera
Bakaganira kko sinzi
Impamvu byiyumvamo
Murakoze
Uyu mu mama yarakubititse umutima we warababaye cyane! Aho kumushyiraho amagambo akomeretsa mureke twifatanye tugire icyo tumumarira! Tumuremere rwose buri wese icyo afite asubire mu buzima busanzwe!
Nubwambere sab atumiye umuntu w'ubwenge kwi simbi lmana ikube hafi chr urimwizaa mfurakaziii❤️❤️
Urakabije p😂 hari nabandi bari intelligent baza hano ...but Yes she is intelligent too😂
Turabakurikira cyane mubiganiro mukorana n,abantu batandukanye.
Uwo mubyeyi Ramla ubuhamya atanga burubaka.
Niba mwaduha number ze byadufasha tukazaganira nawe.
Murakoze cyane twizeyeko muzaziduha.
Komera Imana igufashe kd inkomeze kukubera inshuti pe.
Ukuntu uri mwiza mama.humura uwawe uzaza Kandi akwemere
But she's cute 😍😍😍 mubuzima duhura nabyinshi so umugabo Wenda habura uwo ushaka kd nabw wanamubona it's depends ark umugabo arahari 😍
Komera nshuti y’Imana!humura kd abantu niyo bagutera ibuye ariko Imana yo ntikureka.gutandukana muri société yiwacu ni ikibazo kd kitirirwa umudamu ariko ndaguhumuriza ko byose Imana ibasha kubihindura.sinafunzwe ariko naratandukanye nyuma ndongera ndashaka so ububabare ufite ndabwumva.kd ndagusabira ngo igukomeze kd iguhindurire ayo mateka.Gusa ntugakangwe namagambo yabo,komeza ubuzima kd Imana nimara kuguha agaciro bazizana.
Abakuvuyeho bo sabawe ntubatindeho ahubwo uhite wumvako bagukundaga kko haricyo bagushakagaho noneho rero mwana wamama iyejyereze Imana yawe abantu ubareke niwojyera kuzamuk abazigarura nawe umenye uko nawe uzabafata Allah arikumwe nabihanganye humura
Uyu mu mama ni Mwiza Disi nzokwisurira kandi uzishima disi!
Usshaka kujya kwirira agatunda mwana
@@aberthbob Uragirango tutazagonganirayo se?
Gufungwa c'est normal ntawutafungwa burya pe mushiki wacu bamuhe amahoro rwose
Uri namwiza Imanizoguhozamarira kko yoyo ntirengana,uranashusha na Maman Nabily
Urimwiza 💯💯💯
Nitwa Farida nimvuga irindizina aramenya nitwa mujedi chou yooooo pole sana
Komera wa ntwari we : hayo yote yatapita na kila kitu kitakuwa sawa. Everything will be alright believe me !
Imyemerere yese yakwemera gushaka umugabo utari umuyisiramu?
Sabin kubera iki buri igihe uvugisha abagore bavuga amafuti y'abagabo ariko utigeze usubira inyuma ngo uhe ijambo abagabo babo nabo?
Buriya se n’abayisilamu ko nzi ko bafashanya ubwo wabura umusilamu ukumara agahinda?Umudame mwiza cyane gutyo koko,uzababona Ahubwo uba warababonye iyo wenda uba utatoranya bishingiye ku myemerere.Kuko uko nzi,nta musilamukazi ushaka utari umusilamu,kandi wowe ndabona urimo ndani cyane.
Humura wizere Imana izagutabara kandi irakuzi uyizere igisubizo kirahari 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ihangane Mama, ndumva haribyo duhuje nubwo njye ndi umugabo, gusa imbere niheza noneho kuva wageze ku isimbi, biraza gucamo. Nta bihe bidahinduka
Komera kdi wihangane, iyo nzira watangiye yo kuvuga akababaro kawe ni yo izagufasha kuzanzamuka(narration), nibinashoboka uzashake umu "Psychologue" muganire
Nkunze ukuntu avuga atuje, courage.
Abayisillamu, Koturangayekuriramura?? Miryangoyakisimurihe? Murwanekuriho, Yaramura, Najyendumugabo, Kominute, Yakisilla, Washakamugabo, Ufitendimugore?
Komerarero ihangane lmana izakwibuka kandi irakuzi nkubaze akabazo kamatsiko ubuwakundana numugabo utari umuisiramu ?yagukunze
Humura uzabona umugabo mwiza cane , agukunda aguha agaciro kawe. Stay blessed 🙏
Ihangane RAMLA nyuma yibigeragezo, harubuzima.
Icyo namubwira cyambere Impore komeranukuri ibyiza birimbere
Yooo!!!😔Humura Mama Allah akorohereze.
Kuko abantu twe turahinduka kd hari nibyo tutabasha kumenya arko Imana izi byose igufashe.
Humura Uwiteka aza gukorera Byishi cyane bisumba uko ubyifuza.
Sabe mumpere nimero yanjye azamvugishe ndababaye cyane
Ahubwo wowe fata ize umuhamagare
Olaaaaaaaaraaaaa ndababaye cyane nukuri ariko ndakwihanganishije humura Mwana wanjye nkunda cyaneeee yooo ndababayeeeee!!!
Pole sana mama utarahabaye ntiyabimenya.gusa komera
Humura muvyeyi Imana irakuzi ukiri urusoro munda ya maman wawe kandi nubu uko ubayeho irakuzi none iraje ibihindure.Kwa Sabin uraje uhabonere umuryango nzi neza ko uzogaruka ushima Imana.
Assalam aleykum warahmatullah wabarakatuh dada.Humura Uwiteka Azobikora bizogenda neza inshaallah.
Ariko ni uko abantu bigize abacamanza ba bagenzi babo,uyu mubyeyi biragaragara ko atari icyihebe .ndabona ari umudamu mwiza rwose .Gusa aravugana agahinda kenshi.
Imana ikugirire neza rwose ikumare agahinda.
Btfl, intelligent, humble so so so nice woman. Trust me my sister ibyawe Imana ibirimo cyane kdi biraje bikemuke.Gumana n‘ Imana.
Dudu pole sana kbs bibaho bikarangira ugatangira ubuzima bushya
Imana ibahe umugisha 💕
Ariko mana we😮 ndamukunze uno mudam birabonekako afite indangagaciro z,umugore 100% uzabona umugabo pe ntuwihebe Allah niwe mukuru
Asalam alaykum warahmatullahi wabarakatuh
Inallaha maswabilina Allah arakubona imbere niheza
Ramadhan karim
Muri leta biba birangiye sabin Nta kazi wongera kubona pe bose bakabonyemo babatuma extrait du casier judiciaire ko batafunzwe. Ibaze iyo umaze umwaka urenga rero. Wapi disi sinzi impanvu bimpa abantu akazi ngo barafunzwe nonese kubagorora biba bimaze iki nkeka bajya bareba niba waragororotse kuko hari abakomeza gukora ibyaha ariko umuntu ntabure kubura akazi ngo nuko yafunzwe
Gereza iraryana mana
Ntukihebe bucya bwitwa ejo, ubuzima bwawe Imana ibuzi kuva utaravuka.
Imana izomuguha kuko vyose biri mubiganza vyayo...👏 Yizeere urushe gukora ibiyihimbara nayo izoguha ivyo wumva bidashoboka
Mushiki wacu Ramla humura kndi komera, sinkumbwira nk'umunyamadini,ndakubwira nk'intumwa y'UWITEKA: hindurira ubuzima bwawe muri Kristu YESU, uyoborwe n'UMWUKAWERA(Yh14,16) wahawe ababatijwe mw'IZINA rya YESU ngo abahoze,abarengere kandi abasubize,maze nawe uzarengerwe.
Uzikwaribwo ndangije ikiganiro nari nahagaritse gusa arisekera pe amahirwe aracyahari pe ntukice intege pe vuba cyane uramubona
Wamumama ntuzabyicuze kuba wara divorce jyereza yakubereye ikiraro rwose biveho uwo ntiyaruwawe buriya uwawe arahari kbs😪😪mwihorere rekana nawe
😊
MAN SHA ALLAH TABA RAKA LAAH
Oooh nkunze ijambo yagarutse ho kenshi "Amahitamo!" y' ubawe!
Kuba waratandukanye numugabo ibyo siwowe wambere sinawe wanyuma bibayeho murimacye si inenge
Kuba warafunzwe umuntu we se yakwisangamo ntakidasanzwe kirimo .
Ikindi kubyo kuba wabona undi mugabo Rwose ntacyoroshye nkibyo nta nkweto itagiriyayo ntanigiti kitagira inyoni ikigwamo.
Shima Imana harimpamvu yatumye ujyagereza isamzwe yagirango igukure murigereza yurugo 😂 kdi rwose Imana ikurinyuma humura .mukomeze musengere abihambiriyemungo,kubwubushobozibuke bwokujya munkiko : munadusabira leta kororoshya ibijyanye nagatana. Bitabayibyo benshi barazigwamo
Cyakoze Imana yarakumpaniye nukuri wababaje umutima wanjye cyaneeeee arko Imana injyihora sha gusa sinkwishimye hejuru arko urumugore mubi pe utwara abagabo babandi nawe ntibyari kubura kukugarukira nukuri
Yewe umugabo wemera ko bamutwara nawe Nuko ABA adashoboste ntamugabo muzima batwara akemera,wimutera amabuye🏃🏃🏃🏃
Goko
Umugabo se ni umwana batwara!?? Ipuuuuuu icyo wigitindaho!
Ariko Oliver uyumuntu ko asa nkuwakubabaje cane yagukoriyiki tubwire tumumenye natwe?
Roho mbaya ...Nubwo tutazi ko uvuga ukuri urabona uyu mugore ari nde mugabo utamutereta cyane aziko atabanye neza n'umugabo ...
RAMLA komera ukomeze Allah azi byose byawe
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
Sha naje namukunda nimwiza pe nuko amafaranga nfite ndabona atoncikaa🥰🥰🇧🇮
Pole Ramla
Ikintu dufise n icizere n igihe Ivyo iyo ubitakaje biragoy Kugira ubigarure ariko naho warababaye , warakomeye wigakubana n ibibazo humura Muvyeyi Imana iraharii Kandi ndizeye Kuva uyumusi kugiye kubona impinduka y ubuzima bwawe humura haracari ivyizigiro.
She’s a sweetheart honestly may allah bless you with a man
Yego shahu, humura dufite Imana Ishobora byose....
RAMLA nukuri nojyeye kukubona imana ishimwe gusa nzakuvugisha
Intro ngufi ni nziza. Ubundi usanga bisaba kwihutisha ngo umuntu atangire ikiganiro. My opinion
Sha yabaye umugabo gito kubera nawene yojayo yarikukwakira hama nyamusi akakwereka urukundo kubura uwukwakira uryamusi birababaje
Turazinye kuva cyera nimfura
Ooh ko numva dusa nabahuje ibibazo?! Urugo vyaraparanganye muramukazi wanje ankura murugo yibanira na musaza WE,ndera umwana jenyene....nyuma mfungwa imyaka 3 nzira ivy'akazi Aho nakora barivye ntanahari babintako ..nyuma ubutungane bunkuraho icaha ndataha.....oh nibirebire bakundwa sinovuga ngo mpeze
Komera pee ndakuizeye uzashobora nkuziho ubupfura 💯%
Ramu humura uwawe naboneka azagukunda kandi cyanee kuko gufungwa nibyago umuntu wese yacamo muminota micye cyaneee humura rero lmana niyo nkuru nabishe bararongowe baranarongorwa upha kuba uhuye nuwawe gusa
Orara umu mama mwiza wahuritse pe
Ihangane imbere niheza
Icyambere nuko nyagasani yakurinze pe
Allah be with you 🙏 ♥️ fo all time
Allah amukomeze kandi umugabo azamubona tu uyumwaka utararangira
Ramla w aho uzi ko twavyibagiye kutabwiye sabin ko warufite umuhabara imbere yuko ufungwa😂😂😂😂kandi mwashaka kubana😅bisha ntiwafunzwe uba mukabagali maraya mkunua urumuhemu gusa nunabandanya nzavuga vyinshi nkuziho nimwe mwatumye sabin agira abanzi badakenewe kubera mwaza kumunesha😊