"Kuki HEC irerega bamwe mu bize igiforomo muri RDC kdi urugaga rwemera ko bize?"
HTML-код
- Опубликовано: 20 сен 2024
- Join this channel as a member to get access to perks:
/ @connectiontv5
Instagram: / connectiontv2022
Facebook: / connection-tv-10723680...
Ababuze Équivalence ni benshi cyn Barenga 70. Kd abo bose batsinze neza ibizamini bitangwa n'urugaga. Ikindi uko Umusesenguzi abivuga ngo kuba wakora muri Privé nabyo ntibyemera, kuberako kugira ube umukoz wemewe bisaba icyo cyemezo cy'urugaga. #HEC_RWANDA NIKORE AKAZI UKO BIKWIRIYE IFASHE ABANA B'URWANDA.
Ikibazo cyo kwimwa Equivalence si icyabaforomo gusa kuko nabize Cambridge International College ( CIC), UK hashize imyaka ibiri dusiragizwa na HEC. Kandi mbere yo gukurikirana amasomo ya Cambridge twabishishikarijwe na HEC ariko dushoje amasomo itwima Equivalence. Ubu twarumiwe.
Ntabwo baguha lisence utagira equivalence iyo wize hanze!
Murashaka ibibazo. 🫤
Utekereza ko umuntu twize kuri promotion imwe yabonye equivalence ariko kubera nje nyuma ye Gato ngo ntabwo ikigo cyenewe Kandi ari ikigo kimwe promotion imwe.hec iaradupyinagaza pe
Ese niba twarize tukabona Diplome ,twagwera mu Rwanda tugakora ikizamini tugatsinda kuki bataduha Equivalence? Hanze aha turi benshi turi mubushomeri kubera ikibazo cya equivalence ,mumavuriro naho barataka ngo abakozi nibake ,abaturage bamwe barahabwa service zitanoze kubera ubucye bw'abakozi . Nibadufashe rwose tubone equivalence bareke kudusiragiza
Buriya mugarukira kuri reception mwa kwishakiye ministre se? Cg mukwandikira urugaga rwabaganga byakwakwa mukanjyahejuru ko bemera aruko president avuze kumurushya gusa kanda bakabikoze ntimikaharukire kuri reception kuko
Biteye agahinda ntibikwiye mugihugu gusa Ako nakarengane
Ntabwo byoroshye namba twarize ariko turiho nkaho ntacyo turicyo mbese ntakuntu babikora uwatsinze examin ya NCNM yajyahabwa licence na equivalence icyarimwe kuko ibya HEC bimaze kuducanganyikisha mumutwe ahubwo tuzahinduka abasazi kubera ibyangimbwa peeee mudufashe mubidusabire
twarumiwe peee kereka president wacu niwe wadutabara
Mbanje kubasuhuza mu nyamakuru washyiraho numero ya phone yawe tukazakuvugisha kuko ikibazo cya HEC,na NCNM, biteye agahinda gakomeye .nimba urwego rushinzwe ku evaluant ubumenyi bwa ba Nurses ari NCNM, yaguha ikizamini ukagitsinda hanyuma HEC yitwaza iki yimana Equivalence? Muzatubarize iki kibazo
Nimushaka iyo title muyihindure.
Naba namwe murakora,kuko ubu uri gutsinda council ariko ntiwemerewe kuyiretira udafite equivalence.Nkibaza nti niba umuntu yatsinze council si ikimenyetso kibemeza ko yize koko?ibi ni uguhoza umwana w'umukene hasi kuko abafite ubushobozi nitwe twiga hanze kuko amashuri yaho adahenze
Nukuri muvuganire abaforomo nabaforomokazi bize RDC bari mukarengane nukuri babone ibyangobwa equivalence barazibuze kd licence barayitsinze bicaranye pass
Nikibazo gikomeye, na NCNM bayigarukeho kuko ntakuntu waha umuntu permit de travail kumuntu ufite diplome itemewe mu gihugu? Hajye habanza equivalence then habone gukurikiraho license
Ncnm nayo ijyigaragaza Amanota Abaforomo babonye kugira umuntu Amenyaho yagize Integenkeya
Hose nukwiga mubavuganire nabo nabana bu Rwanda