IBYAHISHUWE 2 12-17 Urwandiko rwandikiwe ab'i Perugamo

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 17 сен 2024
  • NZI AHO UBA
    Ushobora kuba udatuye aho Intebe ya Satani iri arik birashoboka ko utuye ahantu akunze kwibasira. Ushobora kuba uba mu bwigunge Satani agashaka gukoresha ubwo bwigunge urimo, ushobora kuba ufite uburwayi ubana nabwo bukaba bwarakubereye nk'intumwa ya Satani, cyangwa se ukaba ufitanye ikibazo n'uwo mubana.
    Yesu arakubwira ati kabone n'ubwo waba uturanye n'intebe ya Satani, nabyo ndabizi kandi ndacyari wawundi ufite inkota ityaye amugi yombi iva mu kanwa kanjye.
    “Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.

Комментарии •