MENYA NIBI MU BUBATSE:🤷NGIYE KUBIGISHA UBURAYA🤣KU BAGABO N'ABAGOREBABO😱M.CHARLENE ABIVUZE MUMAZINA🙄
HTML-код
- Опубликовано: 13 фев 2023
- #MAMAN_CHARLENE_0783542668
Tubashimira uburyo mubana natwe, mufite igitekerezo cg inyunganizi mwatwandikira kuri iyo numero. Imana ibahe umugisha
Urwawe rwarakunaniye none urubaka izabandi wihaneeeee
Banza wubake urwawe
Tuzabamenyera ku mbuto zabo ntazo ufite 000
Uzabanze wubake urwaweeeee mugore we ubone kubaka izabandi
Ni mwumva aribyo mu mpe like
Suko rata
Mama Charlene wigisha neza ijambo ry'Imana, ariko topic zabagabo nabagore zireke kuko nawe byarakunaniye wanze kubabarira umugabo wawe, ntabwo wakwigisha ibyo utashoboye
Voila
Ururimi ni inyama yigenga.Iyaba wavugaga uti bandebereho 😢
Hhhh noneho ni kora ndebe si vuga numve hhhh
Umugabo we arahiriwe nizere ko ntaho yajya
😂😂😂ererereee yigize inshege ngo aje guhugura ingo ayiwee,ko atabikoze ngo urwe ruhagarare??
Erega umenye ko yavuye mu gisilamu nibi rero hariho umugabo wabikorera akumva ko umuca inyuma kdi Wenda waranabyize nta ngeso mbi waciyemo ubwo rero ntiyaba akirwubatse kunanirwa mwibigira igitutsi ibyo ni ibisanzweee uwarwanye niwe ukomeretswa niwe uneshwa cga se akanesha
iphoto nkizo kumukozi w,Imana va mwitorero ushakishe amahera kuko ndabina ubutunzi bwaraguhabuye,vyukuri ndababaye.
Imana ikugarukeho kuko ubivugisha ibikomere wifitiye ubwo subutumwa bwiza urimubucuruzi
😂😂 ese mwigisha ibyingo gute izanyu zarabananiye
Wamudam we sinarinkuzi nakumvaga, ariko Imana iguhe umugisha kuko uvuga ukuri kandi ntacyaha ukoze. Rero uzarwanywa kuko ukuri ntigukundwa. Courage
Bihutira kumutuka kandi Ingo zabo zarangijwe no kutumva impuguro nkizi
Umeze nka wa muntu wavuze NGO umva ibyo mvuga nturebe ibyo nkora.....Nkubaze wigisha abandi ibyakunaniye cg wigisha. Abandi ibyo washoboye !!! Ibi biganiro ntibigukwiriye kuko wasenye urwaye none wakubaka izabandi gute?Nsubiza rwose
Ibyo uvuga birasa n'ukuri ariko rero Mama dusuzume neza dutekereze 2 sinzi niba missions ya Yesu tutaribusange igenda igabanuka ugasanga turi kwiga isi kuruta uko twiga ijuru.
Nyamara nitwiga iby'ijuru tukabibamo iby'ibyisi bizizana doreko twabyemerewe mu ipaki y'inyongezo
Hhhhhhhh, nonese niba wubatse iyugiye gutera akabariro ukoresha bibiriya cyangwa ukoresha ubumenyi n inama wumvise?
Ndagukunze uvuze ukuri, dushaka ibitariby umumaro , mission yacu tukayita. Imana iduhe umwuka w' ubwenge no guhishurirwa
Inyigisho nziza maman Charlène 👍👍bibwirwa beshi bikumva benevyo
Ark.....🥺🥺ibi ntabwo Ari nkombwa ku bakristo kuko si ngombwa cyaneee subirana n'umugqbo wae inyijyisho zae zizajyira agaciro Soo please! Bibiriya ifite ibitabo 66 ntabwo wabura aho udusomera pee! Ese woe ko uvuga ibi byose knd ko nae urumuntu uwo muriro urimo kwikururira after this enterview harakuricyiraho icyi??? Ntabwo nijyeze nkunda Inyijyisho zae p
Hhhh ikorere business ariko nawe ukeneye kubaka urugo kugira bizarusheho kuba byiza ibyo wigisha abandi nawe ukabitubwira uko ubikora naho udafite umugabo byitwako nawe udafite exprience
Wowe se wabanywe niki murwawe !?komera 😅
Arikose bagakatiriki???
Bohoka ubigishe pe.
Ariko uzi Umugabo Uheheta umugore we ukuntu ari swingi
Amafranga ya youtube agiye kuzabatagangaza koko!
Reka tubamenye lmana yavuze ko izabashyira hanze mumureke tumenye neza
Bitey isoni, muba mwabuze ibyo mwigisha?
Maman Charline yemeye ko yapfubaga yabera🤣🤣. Gusa aravuga ukuri
Yabivugiye he kontabyumvise?
Byarakunaniye none urimo kwigisha abandi
M Charlene nukuri ndagukunda kuko urimo Imana pe komeza ushyigikirwe nuwiteka rwose nubwo harabatakwemera arIko njye ndakwemera njye nkuzi kera kuko no mubatumye nkomera mubyagakiza inyigisho za bagore watwigishaga ku munini ninazo zatumye nkomera kubaka urugo ndagushimiye
Mugusenga no kubah'imana byose birakoreka .mama icyo sicyo twahamagariwe mwamamaze kristo
Ibibintu wabiretse ko bizaguteranya ni mana yawe koko ? Basi ukajya wigisha Nko guteka cg ukabwiriza cg ukajya utumira abatanga ubuhamya ko byaruta ibi koko
Yesu nImana bavuze urukundo
Izonyigisho ntizijya kuri camera 😢kuko habagaho abana 😢
Uganda or Burundi?
Imbere cyane mamy
Komera wange
ndumiwe,niba uyu mungore ahagarara mwitorero akavuga ijambo ry,Imana,vyukuri uratukishije Izina ry,Uhoraho.
Courage rwose turagukunda
Mukozi w,imana watanye ibisibyawe
Arikombabaze icyatavuze utazi Niki rekabigishe kuko ninyigusho zabashakanye
Hahaaaaa oya bigishe Uburaya rwose kububatse
Ubxo ntibazongera kujya gusambana bari kugatuti 😂😂😂
Garukiraho ko warayobye,Elie yabwiye abahanuzi ba bayari ati niba ari Imana muyikorere kandi nibari bayari mumukorere.
Ahaaa ! Ifaranga zizatuma abantu bivuguruza ubu Koko inyigisho watangije iziherekeje ibibipfasoni uheruka kujya muribiya kera habayeho , doreko mwuzura imwuka noneho baraje barebe imyuka ugiyegukuram,Aho umuntu yigisha ibyabamo igihe cyarikigeze ngo ugaragare
Umuntu wakubonye uri kwigisha inzira y umusaraba ntiyakubona warabivanze, ibyo nibyo Yesu yasize avuze ngo mujye kwigisha??? Waratandukiriye maman garukiraho.
Mbega ujawibuka ko abanabawe barigukura umwuka wivyowahozemo uracakuzererako
Kwa buryohe bo umuco bawuhinduye ico!!!! neza neza!!!
Bafata ibyo bagakoreye mucyumba bakabizana kugasozi!
Erega ntasoni bakaza gutambikiza imbere ya camera! numwarimu wigisha kubyaza abyigishiriza mwishuli bikamenywa nabanyirabyo ntago ajya kumuhanda ngwabyigishe none wowe buryohe ukora mumaguru yumugore kukarubanda!!!!
ngonamafranga !!!!!
Komereza aho
uhezagigwe muvyeyi wigisha ukuri bari bakwiy kumvira inyigisho zaw nanj ndagushimiy
Izoninyigisho zabubatse zivugigwa inyuma ya kameraaa , mumasengsho yabubatse niyobikorerwa , aha kuri réseaux sociaux harabna batabikeneye kko hataragera,
Ngo azahuhurwe se yumve?inyigisho z'abubatse zitangwa mu byiciro
Ese umuntu tutwa indaya cg umuhehesi iyo Byagenze gute ?
Mama charlen mumugire inama niyigishe ijambo ry'IMANA uko akwiye kuryigisha areke gucira imanza amaso y'abagabo. Ikindi niba harumugore wamuregeye umugabo ko atamuhaza niyegere uwo mugabo amugire inama kuko iyo avuze muri rusange harimo abadafite icyo kibazo
Ashobora kuba yarakoze uburaya mumureke abigaragaze rero tumenye icyo yapfuye numugabo we
Kwimenyereza kwumubiri gufite umumaro kuribike.garukiraho kwigisha
Urambabaje uraguye pee !!!
Uwiteka azagukorere igikwiye
Iyi foto ntikwiye mama pastor
Ibyo utashoboye mu rwawe! Rukarinda rusenyuka ntabyo ufite, nicyo wahoye uwawe se? Mbona uvuga ubusa gusa kandi kera narakwemeraga. Gusa icyagusenyeye ndacyumvise
SHALOM. MAMAN CHARLENE IZO NYIGISHO NOSABA KO UZITANGA KENSHI GASHOBOKA KUKO INGO ZA BENSHI ZIGEZE HABI
Yego yaratabareke abobafite uwobakorera
Njye nkukundira Ko Wambara neza ukaberwa
Ahhh, mbega umugore ?
Uyu mugore ni akasamutwe Sha hagize ukurongora yajya mu kagozi reka kubeshya
Wamugorewe urumusazi ntanubwenge bw'Imana ufite ntiwagombye kuvuga ibintu nkibyo ubyuruye waratewe ntiwabimenya ntanubwo izonyigisho zikubereye nawe byarakunaniye urabona .😄😆
Wagira ngo uwo mugabo ni umubyaza wa maman Charlene. Ntibikwiye namba. Umugore mukuru nk' uyu agatambikiza umugabo agakora ku bwambure bwe imbere ya camera! Mana we, ni koko urihangana!
Vuga ry ntavuga vuga ry ntavuga!
Ukuri kwuzuy pe.
Mama Charlene Imana iguh umugisha inama zawe zatumye har impinduka iza murugo rwange thanks
Agashoferi niko kagayitse? Wahihendeye,ko twaminuje wokaturangirase
Wakwigishije Bibiliya ko byari bihagije. Uvangiye ubutumwa wavugaga
Ariko wakigore we ugira ubwenge kora uburaya ukure Imana mukanwa kawe Imana niyera nabayivuga bagomba kuba bera warayombye, ubwose wirirwa uvuga ubusambanyi udafite umugabo bwira ntuje gusambana koko?
Wowe ubikorerwa nande?
Urikwigìsha uburaya ntamugayo biragusa koko nubundi wamaze gutana aho ushaka gushakana n'umugabo wataye umugore wee Imana ikubabarire nutihana uzabibazwa waraguuye garuka munzira wibuke Aho Imana yagukuye .
Ngaho ABA bagore ba youtube babitse byinshi erega amabi yabo azwi n'Imana
Ushoje nabii
Rero ibyo urukuvuga urabiterwa nokutagira umugabo ugahora uvuga ibigambo ngurigusha😂
None se ahubwo we uzi kunezeza abagabo arubatse ?
Mana Nyagasani kare kose wabagahe koko
Rwarakunaniye none nguzaganiriza abagiye kuzubaka ngugiyekwigisha uburaya erega nakera ngogutegakarakazi ntimuka jijishe
Oya babwire abubatse rwox biminjiremo agafu
Izo nyigisho ninziza pe ariko zigisha umuntu uri en couple cg umubyeyi umaze kurenga urubengero. Plus de 65ans.
Waravangiweee
Bikomeye yavuye mumurongo
Hoshiii wowe ntawe wakwigisha rwose.
Nikose Beatrice kwatwigisha iryoshyari niryiki, iyahure kuko turamukunda
Bambwirire
Ko n'abitwa ngo barabizi se basenya.mureke Uwiteka atuyoberere ingo ntizizubakwa nibyo mwigisha.
M.Charlè aho ho rwose ndabona uri kwiyanduriza ubusa.
Kuko sindabona umwana uvuka bakamwigisha konka.
sibyo rata🤝igihe yahereye asakabaka se yubatse zingahe singaho na we ubwe byaramucanze😂😂 agira umunwa gusa
Nta mwana avuke ngo ananirwe kwonka uko nikwo kuri igisha ijambo ry Imana ibindi ntibibereye umuvuga butumwa ba uhanugwa wumve va kuri Tv buryohe
Sha Christine aha rwose uvuze ukuri :Abayoborwa n'UMWUKAWERA nibo bana b'IMANA bukuri Abaroma 8,14 niwe wigisha konka k'umwana akivuka ni nawe wigisha abashakanye iyo bamugororokeye*
Nsomye komanteri yawe ndasetse, urumunyabwenge
yaba mwegereye namukubita urushi kumunwa nkamuchechekesha kuko imyuka mibi iri kumukoresha.
Ese uburayaa bisobanura iki??? Bari nziko ari ukuryamana nabagabo benshiii ababizi mudusobanurire
Wowe koyagucitse warurihe
Ariko disi abantu barindagiriye kuri youtube! Ndahamya ko ibibintu ntawe byunakira!
Urugo rwubakwa nimana
Abagore musabe Imana ibahe kunyurwa nabagabo banyu nabagabo banyurwe nabagore babo nibyo byubaka ibindi nukurindagira!
Wowe wataye inzirayumusaraba ubwose urigisha ibyakunaniyekoko ugikwiteza umubirikukurya umubiri uraje ukurye unanirwe gusinzira doreko usigaye uryaneza ababariga urimuretaje ubundi satani araje akubone ubwo utangiyekwinjira mubyabashakanye muburiri uraje ufashe bibiriyahasi Kandi niyoyarigutunze ahubwo turabetwiteguye ayokuguha kuko amarirayawe azaba arimeshi iyo imana ikuzamuye ukayifashahasi urakurekura Ugirubwenge satanintakuriganye vamuribababuryihe utazashiduka buryihe akurya aha nihitiraga
Yesu wenyine arampagije simpazwa ni iruba cg irari,ese uwo mwunakanye akoze impanuka ntabe akibasha kurangizwa kwifuza kwirari ryawe,uzamuta? Iyo amarangamutima yabantu babiri bubakanye muburyo bwemewe,ntakabuza byose bigenda neza,..naho niba ari ukubyigisha nkaho imibiri yanyu yabananiye,..nuwashaka yafata bimwe mubiyobyabwenge bigakunda,..
Birabuze noneho ngo za bibiriya zanyu
Bantu b’Imana ntitwemerewe gukurikira abikigihe
Bibiriya yababaye nto reka barondere ibindi bigisha bagume bironkere umuceri 😂
😅😅😅
Hazashya koko mbega mbega
None se ubwo koko utatubeshye warashenye none ngo urigisha abagore uko bafata abagabo neza?Noneho pratique uyinkorera hehe,ngaho shaka umugabo nibwo ibyo uzigisha bizumvikana
Bivuge rata kuko benshi bavuga agakiza ariko ibisenya ingo ntibabivuga. Yesu arabyemera niko bikwiye. M.charlene numuhanga ahubwo yatinze ahantu.... ariko iki nicyo gihe
Babwire bumve
Umpaye ikaze se ngo nze unyigishe practice muburiri ko byananiye?
Mamacharlene garukiraho ivyawe vyaranse wigisha ibiki uwawe yaragutaye
Niba yaramutaye se yatwaye nubwenge n inama ze?? Witonde uwawe atazasiga aguciye umunwa ndumva warakubanye ikibazo
Usibye ko ariminsi yanyuma se ibyo muhonvora Ninde utabizi,imana iizabahembere kwigisha ubusambanyi
Hhhhhhhh, ushobora kuba ukunda gusambana akabaribyo ufite mumatwi!! Nge numvise impuguro zo kubaka urugo
Ndaguhanure wa muvyeyi, nugire umwete mwinshi wo kubwira abantu ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, ubabwire ko ari bugufi nayo ingo waje uzisangaho, uzozisigaho, kumbe uravangirwa bigeze iyo? Gendana n abanyabwenge nawe uzogira ubwenge, ariko uwugendana n ibipfu azokomereka, mesura ibishura vyawe, mbe woba wararuhiye iki urya musi utabonye Yesu?
Abakera inkoranya mbaga zitaraza ntububakaga?ahubwo vugako satani yakajije umurego.musenge bavugabutumwa mutazagwa mumoshya satani afite inzira nyishi yinjiriramo.nukuri amafranga ya RUclips ntazabatandukanye nimana.iyo urugo rwawe rufite Imana rurubakika.bigishe gutinya icyaha kko umuntu ugenda aheheta ntagakiza agira
Cartas we ntukabwire mugenzi wawe utyo kuko uwawe ntumutwara mukiziriko nawe vuba imijugujugu yakugarukira iyutera abandi
Ese nawe ni byo byagusenyeye?
Ko uvuga ko udasambana, kuki ibyo bintu byagutwaye umutima?
Uba ugira ngo abagabo bamenye ko uzi amaposition no gushimisha abagabo?
Wabwiwe n'iki ko uzi kunezeza abagabo???????
Uzivamo nako warabirangije!
Nawe byarakunaniye 😂
Arko sinzi impamvu wigusha ibyakunaniye mubyeyi dukunda ,uzabanze ushake umugabo noneho tuboneko uguwe neza ubundi utwigishe
Ntabwo izinyigisho ntizigukwiriye ntamugabo ugira iyo uzirecyera buryohe nimugore ishacyire amafaranga wabonyeko ibi aribyo birebwa nisi yose
Ariko uyumugore ni muzima ? Ibyiwe know byamunaniye ubu yagiye yicecekera koko
Ese KO utakimufite wabihariye ababafite bakabyigisha
Ahubwo uriya mugabo akarongore nicyo gashaka erega kateze ngo agakore ahadakorwa wandayawe yagaramye rwose umugabo wundi mugore mumaguru yawe koko watandagaje ahubwo waraguye ntiwabimenya wandaya we ntugasebye abantu
Maman Charlene arabesha
Mwarayombye
Avugukuri
Reka ndamubwire ntakintu nakimwe wokora umugore canke umugabo afise ingeso yubusambanyi ngo ntaguce inyuma. Akame kamuntu kari mumutima we.urinze uja hanze ngugiye kurondera ivyobadagukorera munzu uburindaya ntakindi.umugore wumutima canke umugabo wumutima nubwo ivyo vyomuburiri bitagenda neza muraguma mugakundana kandi mukubaka urugo rwiza.ivyo muburiri numwumvikano womurugo ntaho bihuriye.ubwo se nawe mwatandukanye numugabo kubera mugitanda bitagenda neza?😂😂😂
Arega ubundi uyuniwo muhamagaro wawe nahibindi sibyawe nukwishushanya indaya mbaya karekose wigiraga ibiki ?
Ariko rwose uyu Mugore arikwigisha ibikomere atunze ubu SI ubutumwa bwiza
Urasaze karabaye ariko Mada ubwo kubijyanye nokubaka ubwokoko wumva Hari ijambo ufite koko yewe ntanama zawe dukeneye nawe utigiriye twe tuzubakirwa n' Imana we izo nama ujye uziha abataye umutwe nkawe urumva neza?
Ndabira ikintu cahukanye ndiwe nasanga naho bavuga ibyingo nkiruka
Aliko nukuli ayo madini bagomba kuyahagalika sha uwomugole ndabona ali ndayi iryontashuli yigishoshwe mbona ese ko umugabo yamutaye kandi yarazi gufata neza. Ahubwo numusazi kuko mu bible ntaho byanditswe.
Wowe kobyakunanaye?
Mukunda views da