🔥M.Charlene birangiye asubiye mu BAYISIRAMU🙆♂️Impamvu nigendeye ndayivuga mbabaye nimunyinginge😜😜😜😜
HTML-код
- Опубликовано: 4 окт 2024
- #MAMAN_CHARLENE_0783542668
Tubashimira uburyo mubana natwe, mufite igitekerezo cg inyunganizi mwatwandikira kuri iyo numero. Imana ibahe umugisha
Waaaw,urimo gutekereza neza,ugarutse mu ba Islam byakubera neza cyane ukumirwa. Njyewe nubwo ndi umusilam wintege nkeya,ariko niringiye ko Imana izansubiza kuri lever nahozeho.kuva nava mu bukristu nkajya muri Islam,Ubusilamu nicyo kintu cyiza cyane cyambayeho mu buzima bwose nagize kwisi
Ariko iyo mikino urimo ko atari sawa
Ubwonyine umwana wakumbuye iwabo ntawumusubizayi ,ijyendere rwose ntawugufata nibariho haguhaye amahoro,ubwonyine ukumnuye mwegiputa,kurya amadegede na tungurusumu.
Disi ugeze ahabi uzagaruka na Mani Martin yabigarutsemo kdi yari yarabivuyemo.
Yoooo Imana ishimwe disi niba Amani Marthe yaragarukiye Yesu 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Eeee yaragarutse se Imana ihabwe icyubahiro
@@mukemwema Amen
Nonese usenga abantu cg usenga Imana nudakomera uzarindagira ntawugonba kukwinginga my friend ba intwarane
Ugende haruwaguhamgaye nubundi kontakiza tukigukuraho ubutumwa watanganga kontabwo ugitanga
Nawe warabibonye ko ntakiza kikimuvamo
20 Niba kumenya neza Yesu Kristo Umwami wacu n'Umukiza kwarabateye guhunga, bakava mu by'isi byonona maze bakongera kubyizingitiranirizamo bikabanesha, ibya nyuma byabo biba birushije ibya mbere kuba bibi.
21 Icyajyaga kubabera cyiza, iyaba batigeze kumenya inzira yo gukiranuka, biruta ko basubira inyuma bamaze kuyimenya, bakareka itegeko ryera bahawe.
22 Ibyabasohoyeho ni iby'uyu mugani w'ukuri ngo"Imbwa isubiye ku birutsi byayo", kandi ngo"Ingurube yuhagiwe isubiye kwigaragura mu byondo."
2 Petero 2:20;22
Amena
Amen
Niko bimeze pe imbwa isubiye kubirutsi byayo
Mama charlene ntugirahujya kuko YESU niwe nzira n'ubugingo ntawujya kwa Data atamujyanye ihangane uzahabwa ingororano
Wasaga wabonyeyo umugabo ukaba usubiyeyo bon voyage maman
Ko uvuga ngurisubirirayo, ninde yaguhamagaye nguveyo. Urasezera uwaguhamagaye
😂
🤣🤣🤣🤣🤣🤣nawe uramukomye pe
Twarabivuze mukadutera amabuye aba ni abatekamitwe ntago baje aha baje gusenga nugushaka amaramuko kabisa ntago wabwira abantu ngo uwababajwe nuko uteye aziyahure muri Nyabarongo ngo ube usenga byukuri.
Ndisekeye gusa! Izi mbuga nkoranyambaga zarabazamuye murashyekerwa, ibyanyu bigiye ahabona none ngo nwe😂😂
Uri seriye se cg ni Film sha wigenda muri Yesu niho turuhukira.
Barakwingingase,kuko gukizwakwawe,arinyunguzande?kubumurokore kwawese,bifashiki ribanda??amahitamo nayawe gusa ndabona,urimo gutandukira,Niba abayisilam warabavuyemo,wikinisha,amahame yabo.plz
Mumbarize niba haruwamugiriye inama yo gukizwa hhhnh ahubwo nagende nonaha
Ayiweee disi urambabaje 😭😭😭 ubundi media zizarikora peee
Sha maman Charlene wanjye senga imana yawe ureke aba kristo nikihihe bateye ubwoba isengere imana yawe chr ngewe ndagukunda
Mwabantu mwe arabaha urugero rwabantu mwirirwa mutuka abomudahuje amadini rata maman komeza usenge imana
Kdi niba hari ikintu kintera confidence,nuko Imana intungira abana ntiyandavuje,kdi nkumva ntafite gushikagurika mubya abagabo,mbese,support Imana impa,noagumana icyubahiro cy'Imana,bituma ntabwoba. Wowe reto ulaza unkomeza.
Abagore batawe n'Abagabo,nimukomete Imana itatuzi sha.kdi izaturinda,ibyishimo abagabo bataduhaye Imana yiteguye kubiduhera ku Bana.
Ababyizeye nimfashe duhereze Imana icyubahiro.
Ngo bakwinginga ugenda ugirango bazagukumbura ahubwo bakakwibagirwa
buriya s ho wamaramo kangahe nshuti? bazaba barigushije ikigaragara nuko utazi icyo ushaka
Mama charlene biragaragara ko ugeze mugihe inzira ucamo itagaragara,gusa Yesu aravugango ndi kumwe nawe ntumukureho amaso,amagambo w'igishije yo kwihangana se wayigishije abandi ntiwiyigisha wowe kuburyo ibibintu uvuze ukomeje?Reka rero upimirwe kuminzani ireshya Imana irebe ibiro byawe,gusa komera kuvugwa bibaho ariko tuzahanagurwa ayo twarize.
Numvise ataco uvuze maman Charlène,genda wishakire care.twe intambara turwana nazo twizeye k Yesu ariwe azoduha care zikwiye ata muntu yoyiduha.Wewe Yesu ntiwigeze umenyana na we.Nashimye ko bikunaniye utangura gukina udu film twoburofa.mbega kwambara neza ntivyashoboka uri umu Pentecôte ?Umuntu yaguye arabishe weeee!ariko Imana igutabare cane
Ese ubwo ni woe wigishaga ibya yesu burya muri abateka mitwe kweli
Ubutekamutwe ububonyehe?wifitemo imyunvire mibi
Umuteka mutwe niwowe shipu
Ibaze umutekamutwe se yawugutekeye?
Mukurikirane ubone kumugira urubanza wabanje kumva
Ahubwo ukeneye gusengerwa ubutekamutwese ububonyehe
Ndumva waje kwamamaza Islam courage!ese wamenye ibyawe kwagakiza arakumuntu kugitike.woe ndabona uhetse ingobyi umwana yaragiye cyera
I Am Catholic and proud of you. I love you 😘
@faithbanda1982 loll mwabaye abakristu mukareka kuba abanyamadini 😅😅😅😅ubwo utavuze ko uri umugatulika ntibyakumvika☺️ubwo nawe utaje utwike nku Uyu mudamu 🤩Nta ba gaturika mu mihanda gatekerezo aba adeper baraduhagije pe ❤️🙏
Nange abasilamu ndabakunda cyane nzajayo vuba❤❤❤
Turagukunda mubyeyi , Imana igufashe ureke kwita kubantu bakuvuga ugaruke kwivugira ubwiza bw'Imana gusa, ibyabantu ntanubwo wabirangiza mama.
Imana irihangana wamugore we ariko na kera kose nabonaga ubwirizanya ubushizi bwisoni ntagashya waba uzanye
Ese ubwo ibyo urimo nibiki?
Ibyo ukina nabyo urabizi?
Ubanza waragizengo Yesu nimubyara wawe
Urambabaje gusa
Uzirinde kumenyera Imana
Kwitonda ukarindira byemeza umutware mubyeyi nkunda❤ humura
Imana ikubabarire ntakindi nokubwira.Gukizwa kwaw kuri mubantu bakuvuga ntushobora kubandanya urugendo ruja Isiyoni,mumajambo menshi habamwo gucumira,iyaba uwundi wokwibutse itanguriro ryaw ugikizwa,ariko Yesu akube hafi.kandi wibere maso.bayiii
Waba umusilamu waba umurokore ndagukunda setu ubundi ikingenzi nuko tuzahurira mugitaramo cyo mwijuru Kandi hazajyayo abana b Imana bihannye si abasiramu cg abanyamadini hazabayo abera ibindi nubusa
Yesu akwagure kandi aguhe imbaraga kuko ibyo urimo gucamo ukwiye kubyihanganira kuko ntamugaraguburuta shebuja ibyo biboneka muri yohana15:18-20 niba bakwanga baguhora agakiza kakurimo urahirwa kandi uzabihemberwa kuko ukunzwe ukangwa na Yesu ntacyo waba wararuhiye,niba uri muri yesu neza GUMAMO,ingororano ninyinshi mu ijuru, kandi dusengeshe umwuka iteka,ibindi byose Imana iri mukazi Mama Charlene we .Yesu aguhe umugisha
Ahandi Yesaya 54:17 havugako "ntantwaro bacuriye kukurwanya izagirabicyo igutwara".
Bivuzeko amagambo yabo ntacyo azagutwarankuko bivugwa muri zaburi 93:4 Uwiteka byose abirusha amaboko
Jyenda wenda zadaimoni zafataga charlene nizigaruka uzasoma iduwa sha mama Charlene nanjye islam nayihozemo arko muri yesu haritandukaniro ubwo rwose pe si lmana yacu yari yaraguhamagaye ubanza arabantu baguhamagaye njyewe navuye muri islam arko nacyinu nacyimwe cyizatuma nihakana yesu wapfuye akazuka nimumuveho mumwihakane nawe azabikana kumunsi uteye ubwoba. Yesu dushoboze kukugumaho twihanganye kuko ijoro rirakuze burenda gucya numwana wawe mama charlen ndamusengeye cyane ngo umushoboze kwihanga asubire mumurongo mwizina rya yesu amen 🙏
Uyu mubyeyi, hari ikintu cyamuzanye kuri yesu cyari imigati none yarayibonye agera naho agwa ivutu!!😢 Ntibizagutangaze nyuma yiminsi mike cyane wumvise ngo yabaye umugore wumugabo ufite undi mugore, nibamubaza azababwirako Islam yemerera abagabo gushaka abagore bane, ubwo rero nuko nyine
Aka nagatwiko gusa byose namahitamo yawe ❤
Urantangaje kabisa yesu warumaze lmisi uvuga ntiwigeze umutahura nabuke uke kuko Yaba baramutahuye nivyiyumviro nkivyo ntavyokujemwo
Mama Charlene,wikamamaza ubuslam,ngo nuko mubukristo wahuriyemo ni ntambara,imbamvu ukiri mubaslam,ntawagutukaga,nuko ntacyari kikurimo,nahubu urimo Kristo nicyo uzira,igiti kirimo imbuto nicyo bateramo amabuye
Ese niba waramenye Imana ukakira yesu n'umukiza mubugingo bwawe kubera iki uterwa ubwoba n'abana babantu? Ese Imana yaguhamagaye ntabwo uyizi? Ese Imana izaguhemba ntabwo uyizi? Ese Imana ukorera ihuriyehe n'abantu bagutuka? Ese intambara zitabayeho wavuga ko warwanye uruhe rugamba? Aho wasengera use mugihe uri kwisi uzahura n'ibigusha n'ibigeragezo, ushobora kujyayo ugasanga siho Imana igushaka bika kubera bibi kurenza ibyo uhunze banza isubize amaso inyuma kd niba wemera ko Imana ivuga kd ikanakora ubanze uyibaze ubone kugenda.
Nabantunibabi harigihe. bakuvuga. Ugacika. Integep
Mama charle uku biri kose ntuze wibagire Imana yagukirije abana . Hanyuma igihe cose uzoba ukiriho uzovugwa .
Ndikubona mumutukira ubusa ntimwamukurikiye .iyomukurikira mwarikumenya ko yavuze ko uwutarakomera atazi ivyo akurikira aba warasubiye muvyo yavuyemwo abitewe nabarokore bagenziwe bamutuka .bisobanuye ngo hari beshi bisubirira aho bahoze kubera muhora mubatoteza
Yesu uramuhaze ngaho jyenda mugore mwiza wicyuki ,ufite namabuno harya meza ,uzahirwe nugerayo,hanyuma Yesu we ntazabura abamukorera ,umugeni we ararinzwe,Kandi we ntajya ahirahira kumuvaho
Ndagukunda arko urimo gutuma abarokora bangwa cyane😢 umusiramu wari gukizwa ntagikijijwe
Nusubirayo uzaba ugaragaje ko wazanywe n'abantu atari agakiza.ihangane kk kwihangana kwawe kwagaragara gute? Umukiranutsi wanjye nasubura inyuma sinzamwishimira nink'imbwa isubiye ku birutsi.
Non ndakubz uwowakurikiy nind ereg impemb yumwana ipfa mumagodok umenyk itazorab intang yaw izorab iherz ryaw
Mama ibyimana ntibibamo nikiniraga korakazi neza wiberenkumukinnyi wamafrim umunyamakuru nibindi tuzagufana tuguhe na za viuznyinshi ark kora ikitonderwa mubyimana kuko6 itindakurakara arkirarakara irafuha n tibangikanwa niyomikino
Nukuri urakoze cyane pe uvuze neza Imana iguhe umugisha
Sha nanjye najyaga mpungabanishwa no kumva hari abantu bambwira ngo abantu baranyanga,ariko nza gusanga nayo ni intwaro satani atwicisha,hanyuma nsanga ibintu Imana inkorera,mubibwira ko banyanga nsanga harimo abenshi ndusha u uzima n'imibereho.
N'intumwa za Yesu barazitoteje barazica kuber'izina rya Yesu. Gukurikira Yesu rero nta mikino, urankwa, barakuvuga, ugenda ugenzwa. Kandi aha kw'isi tubana n'abakeba(abadayimoni, abarozi, abapfumu,...). Utambana na mukeba ntakubita urugohe. Le physique n'est pas comme le spirituel.
Yesu yaravuze ngo ushaka kunkurikira yiyange yikorere umusaraba,nawe baramwanze baramwandagaza yarabagiriye neza,ihangane ube ariwe urebaho gusa,yesu naguhemukira rwose uzigendere pe,gusa komera yesu araje vuba
Uwomuvyeyi ndamukunda cane IMANA ibandanye imuha umugisha
Ariko mama charlene,uretse kubeshya abantu mukorera kuma cano muri Abakristo?ngo muri Abarokore?oya murabeshya.....nonese hari umurokore utukana?ariko namwe murihamiliza ko mutukana,murabeshya,abenshi murimwe mwashenye ingo,murasebanya,nimwerure mwiyite abomuribo.
Umuntu wumuvugabutumwa cyakora ndumiwe pe mama ugeze kurepe !
Ubwo nanjye numiwe abavugabutumwa bamwe bikigihe aho kugirango bamamaze ubutumwa bwuwabahamagaye bamara igihe bavuga amatiku , ngaho nyumvira nawe araneguye gusa kandi ijambo ritubwira kubanza kwitokora mbere yo gutokora abandi nkubwo koko urumva isomo rifashije abantu ari rihehe koko
Uyu mugore akeneye muganga w.imitekerereze , ikibazo dose uburwayi bwe bugezeho n.uko atakwemera kuvuzwa, abamukunda mushaka mwamukorera fandairizing yo kumutwara 😅😅kwa muganga wo mu mutwe da.
M.Charle ngutuye indirimbo nshyashya ya Meddy na Adrien Misigaro cyane cyane aho bavuga ngo uri mwiza Yesu we!!!
Imana niyo yaguhamagaye si abantu kdi inzira ziruhije ucamo na Yesu yaziciyemo.
Abo bakwanga,bagutuka nabo Imana izabibabaza!
Urushyize kera ruhinyuza inwari.
Woe waranyobeye wamamaza satani mukanya ukavuga Imana,shobora umese kamwe !kdi Imana izakwanika wa mubyeyiwe.
Mada,Imana aba hose ,ugomba gushikama kuko ari ibigeragezoibigeragezo rero ugomba gushikama .Nawe ukerekana ko Uri umugabo.Komera rero ureke kujarajara usenge Imana izaguhitiramo .
Nubundi wowe ngukund byuzuy ntuzigere ucika intege ngonukuber ibyabantu bakubwir komeza ijye imbere imana niyo izi ibyawe numutima wawe abakwandikir bakubwir nabi urenze amaso amagambo yabo wikomereze tujye imbere ndagukunda cyane
Abafite iyo bajya baragyenda nonese ubwo izombuto uvugaza gikristu urazigaragaje ndumiwe gyenda vuba vuba haribihumbi birindwi bitarafukamira bayari uzanyereke umurongo wa bibliya yesu Imana yigeze imuhendahenda ntasoni urimuntuki bahendahenda genda umugabo wawe aguhendahende murwanda niwowe wenyine bavuga ntasoni Yesu kobavuze ngoni berizeburi bivemo nubundi ntiwarubirimo neza uzakunde n'a Charlène ntukine nImana yanjye ubukuri kwivanga nga Bismillah Rahman Rahim urajyahe Efurayim yarivanze mesakamwe nturuwambere uzabugiye urimukuru twe turakomeje basengere Niba barabafungishije ' urakabya amagambo menchi avamo ibicumuro nagukundaga ariko warengereye menya uwariwe ntawuzokwinginga caho vuba yesu abyara buri musi Niba bakuvuge namaze nonese iyomyambaro niyawe cangase iyo dua se aha nzaba ndeba
Njyewe ndagukunda kd ndi umukristo
Gusa guma muntambara
Tuzabona igihembo cyiza nidutabaruka
Witinya mama komeza mbabarira uririmbe umuririmbyi wa 385
Yewe niba uri gutinya kugeragezwa byakurangiranye.Imana igutabare pe
Tinya Imana yonyine!!! Abantu ntibakaguce intege.umutima wawe nutagucira urubanza jya uba uwo uriheeee be yourself
Ihangane wisubira inyuma nta muntu uri ku rugamba urwana asubira inyuma arwana ajya imbere umuririmyi yararirimbye ngo uwaba atinyutse ibyago byose naze akurikire umwami yesu
Yesu niwe nzira y'ukuri n'ubugingo nta wujya kwa Data atamujyanye.
Niba warakurikiye Yesu ahanganire kugeragezwa kuko nawe yarabyihanganiye.
Widusiga mumujishishi tutagejeje umurwayi Kwa muganga ihangane,niwowe muntu wa4 kuko umujishi ujyamo abantu 4,wicika intege nshuti komera
Amen ,Imana ihabwe icyubahiro iguhe umugisha ndagukunda ❤❤🙏🙏
Hhhhh yewe abo yahaye amata nibo bamwimye hanyumase abarokore nibo baguhamagaye cg niyesu. akugenderere pe waraguye warashize Gus wongere wibuke guhamagerwa kwawe ❤
Urabura kwigisha ijambo ry'Imana ugahora ureba ku bakuvuga,ninde waguhamagaye?
Imbugankoranyambaga icyo zanyeretse nuko twabashije kubona, neza, ukuntu abantu bavuga YESU wundi , atari YESU KRISTO ,
Hanyuma mwana Mma Charle,umuntu nagukanga,uzamumbarize ko Imana imuhaye ishuti nk'iruawe wanyuzemo ari iryurushako,mbese imyaka umaze utabana n'umugabo,ntusambane,uwo muntu wigira intyoza we yamara iminsi ingahe atarasambana?
Mbese uwamuha kuruhana abana 5 yashobora management yabo atandavuye?
Nanje ndagukunda mwiza,rero komerera Aho wakomerekeye Imana irikukwigisha kubantu ndi umurundikazi mugabo muranyubaka cane
Igendere rwose n' ubundi uhari udahari wakumbuye pe ushaka gukurikira Yesu yemera gutukwa bamuhora Kristo ubwo rero niba utemera gutukwa ubwo si we wakurikiye gusa imigati ye yo warayiriye
Ntawe uzakwinginga rwose n'ubundi ntiwavuyeyo kuko umutima wawe ariho wibera rero ahokugira ngo ubyifuze bihari wabikora naho yesu we uramubeshyera ntiwamumenye kuko uwo bahuye yaranamumenye icyakora ufite trauma.
Wagiye ureka gukina mada! Iyi Mana ni musaza wawe cg! Urabishye gusa ntakindi! Abantu nkamwe Imana ijye ibatembereza aho abantu bataba! Kuko ntacyo umariye abantu b'Imana. Ibyawe namatiku gusaaa! Ndumva unteye umujinya! Waba ubeshya cg utabeshya reka gukina suko bakina!
Ndagukunda mama Charlene ❤❤❤
Muba musetsa cyane !
Ubundi bagushakaho iki ko ibyo wakwemera byose ubigirira roho ya we 😊
Muri Kristo Yesu harimo ubutunzi bukomeye cyane bwatuma twemera imibabaro yose twahurira mu rugendo kuko bizagira iherezo ryiza
Ya ya ya uzicuza ntakwihangana ufise uvyowavuze vyoseee binyeretse ko yaramaranga mutima émotions sha kwihakana Yesu birambabaje cane wapi canke wa saze tu canke dépression tekana ntamuntu atavugwa uriko uha amasifa satani waruzi kuba muri Yesu ko vyoroshe. Utegerezwa kugwanywa kuko iyo ukijijwe uba winjiye muntambara satan nawe ntaza umubona aca mubantu rero ivyo uriko urakinisha ntavyo uziiiii
Ariko Mama Charle,ngo barakwangwa? Jye ndagukunda rwose.
Mbese ntuzi ko umwe ashobora kwigiramo benshi,kugirango agusaze?
Mama Charlene ufite ubwenge bw'Imana, ibyo uvuga ni ukuri abakiristu twisubireho, uwareba title atumvise ikiganiro cyose yagira ngo wagiye muri Isram, gumya kuduhugura ndakwikundira
Komera rata
Najye ndakwikundira mugore mwiza wumunyakuri kwishi ❤❤❤
ngo abantu nibasubira kugutuka ngo bakwinging ngo uzosubira muba islam!Mbga umushumba aruta shebuja?Yesu bamukorey ibiki ga madame.tulia maman
Ntabwo azacogozwa ni ncamugongo sigaho garukira Aho udahita upfa ukarimbuka ukajya kwisasira Inyo ukaziyorosa bibiriya irabivuga ngo nawe uraje?kwisasira Inyo ukaziyorosa?
Mama 🙏🏻Charlene kankubaze waba uvanze nabatutsi ko urimwiza cyane ? Impanvu nkubajije nuko washakanye numuhutu Ariko uko usa nukuntu uteye uteye gitutsi usa nabatutsi Kandi uri natural …
Hhhh😂😂😂
Nukuri uyuvyeyi imana imwogere umugisha
Sha Madame we, Imana ikubabarire kandi igutabare kuko ndabona ibyawe bitoroshye peeee
Nyamara shahu ibyo urimo ntabyo uzi!!!
Eheeee!Urugendo rwiza niba wumva uhaze Yesu wakurengeye subura kwa Muhammad wapfuye nka Kabirigi
Wingirwe nyande se umunyabugingo kabugendera Aho Yaba arihose ko Imana imwemera
Ese koko uyu numwe wavugaga lmana ayiweeeeee gusa uzahirwe abayikorera ntago bazabura gusa abagore bajyeze kuri media baba bamaze kuraruka cyane cyane abitwa go na barokore gusa niyo utayikorera nibiti bizayikorera vana umurengwe aho
Imyendayo nibisazwe nanjye ndayifite kwikwiza sibyabayisiramu gusa erega wowe uzabeho mubuzima bwawe kuko niwunvako ushaka kuba ukwabantu bashaka bizakugora
Icyakora wamenya gukina comedie
Amara stress mukunda.kubi😂
Ariko muntu w'Imana ngo abantu bakwinginge koko. Ariko ubu abantu baraguteye ikibazo? Nta Kristu akurimwo kuko ntabwo warikumva ivyo abantu bavuga
Nukuri pe nimureke guca imanza uyumubyeyi azi gushakisha ubuzima Kandi nibyiza nabyo .
Ubu nyine ugiye kwihakana Yesu wagukirije abana bagiye kugutera icyuma no kugutwikira munzu!!!Hama hamwe ntihagire uzagukura kuri Yesu
Umva rero Maman Charlene, komera. Ku kuvuga bijye bigutera imbaraga zo gukomera. Uramutse wishinze abakuvuga ntiwashobora gukomeza kurera abo bana Imana yaguhaye. Bareke bakuvuge wowe ucungane n'izamu ryawe ryo gukiranuka. Nkimara kubona ibyo wanyuzemo byose Kandi ukabisohokamo neza byanteye imbaraga zo gukomeza gukiranuka.
Buretse gato?
Kuri iy'isi utavugwa n.inde??
Ngo yaranesheje biguha imbaraga , biratangaje nabyo uyu mugore nta kintu na kimwe cyagira icyo gifasha undi mu buzima😢 pee, cyereka niba aribwo utangiye kumukurikirana..
Ni nde waguhamagaye?
Arabeshya ntiyava muri Yesu ,noneho yasara .
This is so sweet dear! God Bless you!
Ubukunzi bwinda ntibukabaganze.😢 Ariko maman clarlene ivyo ukoze bintumye kukwanka nagukunda .ipîuuuu usigaye wishima cane.hama gusubira muro islilam ntawugufashe genda.ariko kugenda uvuga ngo bakuvuze ni wewe wenyene bavuze?na yesu baravuze kwaru munyamareba.
Nawe ni wowe witeza abantu pe! Ubundi gahunda ko ari izawe uba uvuga ibyiki! Jya ukora ibyawe iby' amagambo ubivemo! Uruvugo hari uwo rwishe! Kora ibyawe ibyo kwirirwa wisobanura cg ubasubiza n' iby' iki? Tuza kdi coursge💪
Yego disi akunda kwivugira ntagire ibanga nicyo bamuhora.
Gewe nkunda uko abayisilamu bambara pe! Barikwiza.
Baravuze ngo utazi iyava ntamenya iyajya ubwo niba utazi gutandukanya Yesu na muhamadi cyaneko bose ubazi niwowe uzihitiramo Uwo uzakurikira naho ibyo kuba bagutuka byo wisubiremo urebeko udasa nabagutuka ngo umukobwa baramubwiye ngo ushirisoni wamukobwawe ngo arabasubiza ngo nshira izihe mwabuhungumwe rero intambara zose umuntu arwana asakuza burya ntizirangira inama nakugira nuguhindura imyifato Mubyeyi
Erekana imbuto yo kwihangana bitari Ibyo wigishaga rwose waba ubyatse agaciro
Ntasoni. Bakwinginge gukorera Imana genda iyushaka. Na Kirezi Esther yaratwiyeretse uko yihishije muri ADPR
Itorero riracyafite akazi kenshi ko guhindura imitima , ndumva agikumbuye ibyo muri Egypta . Gukizwa n'inyungu z'umuntu ku giti cye ntabwo iyo mvugo nyemera nagato
Turakwinginze Cyane ntujyeyo Nshuti yacu🙏.