Nyagasani
HTML-код
- Опубликовано: 15 сен 2024
- Muhonoke Benimana TWIGE kandi TUMENYE TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO.
Vunyisha mu Bicumbi kuri: 0788514177/0725520312
Dukomeze TWIGANE Kandi TUMENYE TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO.
Imana y'i Rwanda ihorana namwe yo n'#AbazimuBacuBatazima ❤️❤️❤️❤️❤️
#Nyagasani #ImandwaNkuru y'u #Rwanda
#MugangaRutangarwamaboko,
#UmupfumuMukuruMuBicumbi, #Umushakashatsi, #Umwigisha w'#UbuzimaBushingiyeKuMuco, Inzobere mubyo #Umuco, #Amateka, #Imbonezabitekerezo (Filozofiya), #UmwimererePhilosophy yatangije n'#Ubuzima bwa Muntu Bushingiye ku #Imyizerere, #Imyumvire, #Imitekerereze, #Imyitwarire ndetse n'#Imigirire. Umuyobozi Mukuru w'#IkigoNyarwandaCyUbuzimaBushingiyeKuMuco: Tel:+250788514177/+250725520312,
Whatsapp1:+250788514177
Whatsapp2:+250733090143.
Kigali, GISOZI, KG 774 Street.
Gukosora: Izina bwite ry'igitabo cya Padiri Muzungu Bernardin, ku bakenera kugishaka kitwa 'Le Dieu de nos pères' ntabwo ari 'Dieu de nos ancêntres nk'uko twabivuze twibeshye twerekeza ahubwo kucyo yarengurizagaho avuga Imana ya ba Sogokuruza. Dukomeze TWIGANE Kandi TUMENYE TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO. Imana y'i Rwanda ihorana namwe.
BAZIFUNGE ZOSE AHUBWO.%
nukuri uzadutumirire John mugabo
mwunganirane muduhonore
Muganga ngukunda cyane kubw' inyigisho zawe zihonora benshi.
Nta munyarwarwanda wo gusega rwose,
Iso nsengero zabo nizo kudusahuriramo imitima n' imitungo by' abantu, ariko noneho ikibabaje nuko dusahurwa nabo dusangiye isano.
Izo ngirwamadini zose ni ugusahurira munduru nta mumaro, uretse kubeshya ngo barakora ibitangaza kandi ari ntabyo.
Duhonoke Benimana tubeho ubuzima bushingiye kumuco
Uruzi bazifunze zose!.
Ndakwemera, ndabona mu iminsi iri imbere, Amadini azabura abayoboke. Gutegeka kwa2 13: 6-8. Ntuzasenge Imana basogokuru banyu batigeze basenga. None sogokuruza wa we ni Umuzungu?
Ese muganga ko bavuga ko uri numurozi ufite na Magini nibyo Koko uzasubize aba jean utubwire ❤
Ntabyo afite ahubwo ubu bazamurwanya
No kuba bamuhitana babikoraa kuko nta Soni bagira..
Horana Imana Mandwa Nkuru RUTANGARWAMABOKO.
Mpora ngushima cyane kuko uduhugura ngo duhonoke.
Uwo munyamakuru iyo umukosoye biranshimisha. Ndibwira ko n'abandi iyo bakumvise usobanura ibyo UMUCO NYARWANDA bagenda biga.
.
Aho bageze abaterekera,ababndwa bo mu cyaro ;nitwe n,IMANA tubizi.
@@bonifacebarerwa779 duhe amakuru neza
Rwose Imana yi Rwanda ihorane nawe uwo munyamakuru akeneye kumurikirwa ❤❤❤❤❤
🎉🎉unomunsi Mbaye uwambere kukiganiro😊😊#Gamba #mbandwankuru ,I Burundi turagutegereje 🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Yewe data we bazifunze zose nakwishima amadini yo gatsindwa n,Imana y,irwanda adutesha igihe.
Ibyo uvuga ni ukuri.Imana y'i Rwanda igukoreshe dusubire ku isoko ry'umuco wacu.
RUTANGARWAMABOKO basobanurire nibura tugize amahirwe nibura wenda bahonoka hanyuma twese tukiga kubaho ubuzima bushingiye kumuco kuko umuco ariwo shingiro. IMANA yi RWANDA ihorana natwe.
Babwire unababwireko twbahaze kutuyobya gusa Imana y'irwanda iratabaye.
Njye turemeranya rwose ntacyo amadini atumariye
Ahubwo iyo bayafunga yose ako kajagari kakanavaho
Black spark
White fire
Imana yacu se w'Umwami wacu Yesu Kristo ni inyamaboko akomeye yo ubwayo izirwanirira kuko icyubahiro cyayo nizigera igiha Undi. Icyo nifuriza uRwanda ni ukutagubwa nabi n'ukuboko k'Uwiteka, Uwiteka we rengera itorero ryawe ryo muRwanda
Bazifunge burundu abanyarwanda ntidukeneye imico yahandi twarabirambiwe mugwiza abivuga neza ko atarabakozi bimana ahubwo arabakora mana induru bazivugije koko batazongera kurya ntabwo arishyaka ryimana
Ayo masenga ngo ninsengero 😂😂😂
Ark uyu munyamakuru numuswa kweli kweli. Uzige kubaza sha wakarimarima we
Utu munsi ndanyuzwe...
Nanasetse cyane.
Ariko naseka narorera mba nakuyemo ibituma mpinduka buhiro buhoro.
Ndahari humura
Nukuri ❤❤❤❤❤!
Ndagukuda cyane
Shimwa gasani sherezo amashyo benimana Imana y irwanda ihorana namwe murakaramba ndabakunda cyane
Imico yabazungu ntitukiyikeneye
Black genesis book
Toka shitani ntiwizera / uramenya Yesu kristo arahumura rutanga rwamaboko!
Ahubwo Toka satani Ari wowe utazi ibyurimo ahubwo Imana yu Rwanda ikubohore ubwo bubata bwa madini
Nyagasani Rutangarwamaboko ujye wakira n'abanyamakuru bazi kubaza neza bifasha benshi uyu imibarize ye irihasi cyane pe
Uzambarize Rutanga Yesu aramwera basi?
Bazifunge bazimare zose
Imana ihiorane nawe mandwa nkuru y' I Rwanda" Rutangarwamaboko ndagukeje. Abo bana ntibazi kuganira bajye bagutega amatwi n' umutima utuzure rwose , Abatindi baratworetse.
Rwose basorejwe.
Ariko uzambarize Rutanga, ko arumuhanga asoma ibitabu bya bahanga, azasome na bibiriya nka mpyisi kuko aramwera.
Uku Niko kuri 😊
Imana y' i Rwanda ihorana na we!
Komereza Aho Uri umuhaga. Tukuri inyuma komeza ubabwize ukuri.
harikindi Amadini yica, ayomaturo aturwa aba ari amanyarwanda, kuyoherereza hanze bayavunja muma dolari ibyo bihita bituma ifaranga rita agaciro imbere yiryo dolari. kandi ibihugu bitagira ayomaburagasani ngo namadini nkubushinwa, korea, japan, thailand nahandi usanga bateye ibere niyo bataza ubu tuba tumeze neza.
Amasengesho amenagura iyo myuka mibi yanyu ..
🙏🙏🙏🙏
Insengero ni amabohero amaze ku rubyaro n,urushako n,inshuti
.Hashize imyaka 35 ntotezwa mu izina rya Kiriisitu na nyina.Amahirwe ni uko nzii uburenganziira bwanjye.
Ahubwo abatubereye mu ruharo;ni bahaguruke Babungabunge gihanga ihigikwa iwacu.
Ahubwo abatubereye mu ruharo;ni bahaguruke Babungabunge gihanga ihigikwa iwacu.
@@bonifacebarerwa779 mpore mpore buracya bwitwa ejo Benimana Barimo Guhonoka rwose KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO.
❤❤❤❤❤
Uruzi bazifuganga zose, ndakucyeje Imana y’iRwanda ihorana namwe kandi ibyuvuga ntibica mu gutwi kumwe ngo bihingukire mu kundi, ahubwo tubizirikana ku mutima kuko umuco ariwo shingiro.
Nawe ushakubeshabandu ubibi
Dore uko turi ibihone rero, Leviticus(abarewi) 18: 22( hagira hati Ntimugatingane).ababitubwiye baragaruka bati nimutingane kandi hari ababifashe nku kuri! Kandi basoma bibiliya. Rwose se sinkigaya abavuga ko bibiliya ari fictional book y' amadini. RUTANGA DUTABARE AMADINI AMAZEHO ABANTU UMUTIMA NAMA.
IRitsiro ntamudigudu utarimo urusengero iwacuho umudugudu igiye ufite insengero 2 kd amatiku ntajya ahava.
Hhh nukuvugango ninsengero abantu biyubakiye ubwabo babyutse biyumvamo umwuka wera 😮😮
Niba muvugako
Adini yazanwe n'abazugu
kon'iyo mikoro
urikuvugiraho
aribobayizanye ko wagiye
kwigayo
ntagisubizo mutanga
ahubwo iyo mandwa nkuru
Iby'ikora ninde ibikomoraho
Umuco w'abazungu siwo torero ,itorero nyaryo ni umuco mana niyompamvu n'abazungu wabananiye,umuco mana ni ubumuntu mumuntu ubwibuzemo aba umuburamana
Inyigisho by'ubuzima bushingiye kumuco narimbikimbuye. Ntago muheruka kutuganiriza hano.
Ibirya barezi kobabifun,e ibibyaribyarabihishe hhe?
Mutubwirire ategure ishuri aho kuri icyo kigo tuge tuhasura twige ibijyanye n'umuco wacu .
Ishuri ry'umuco rirahari rwose abandi basanzwe baza kwiga no mu bukerarugendo Bushingiye ku Muco ahubwo nawe wisange uvunyishe usabe gahunda ikunogeye mu Bicumbi: 0788514177 KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO.
Erega natwe tumushyigikire akore igikorwa kinini. Akeneye amaboko. Naho iki gitekerezo ni cyiza cyanee
@@thebesthoyame Dushimye Dukomeje Umusanzu n'Umuganda wa buri wese Benimana mukwiyubakira ibyiwacu birambye KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO ❤️❤️❤️❤️❤️
@@mugangarutangarwamaboko4121
Imana ihorana namwe Nyagasani Mandwa nkuru. Bibakundiye mwazareba uko mushyiraho urubuga rwo gukusanya inkunga. Hanyuma mwazareba nyuma icyo yakora bitewe n'ibivuyemo. Urubyiruko rwahonotse kandi mubigizemo uruhare rwo kuduhonora twiteguye gutanga umusanzu ujyanye n'ubushobozi bwacu.
Tuvanemo abobazimu
@@doro2197 bakurimo ntibakuvamo, nibo Mizi yawe bakuvuyemo wazima Mwenimana. Honoka ubanze wige umenye TUBEHO UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO.
😂😂😂😂njye ntuwemo na YEZU KRISTU kuva mbatuzwa muvandimwe ( PRETRE ROI ET PROPHETE ) ,WOWE NDUNVA UTUWEMO N ABAZIMU BO MUBABANDA PEEEE ,REKA KUBASHORAMO ABANA B URWANDA BATUWE KRISTU MWAMI NA NYINA MARIYA NYINA WA JAMBO RY IMANA Y URWANDA ARIYO MANA YA ABRAHAM ISAAC NA YACOBO ( ISRAEL) ,REKA IZOMANDWA ZAWE PE ,IGUMANIRE MAZE UJYE UZICYEZA WENYINE ,😂😂😂 UMENYA ALININGABO ZAWE ZIRARA KUMAZU YABAKRISRTU ZICURAGURA
YEZU KRISTU n IMANA yatewe mumitima yabanyarwanda maze iratwerera pe tuba umwihariko w IMANA, Se w Umwami wacu YEZU KRISTU ari Yo MANA y UKULI ya ABRAHAM ISAAC na YAKOBO ( ISRAEL) ,tuvanemo ayo maco yindambi URWANDA rwavumwe na RUGANZU NDOLI yatikuwe icumu mujisho n ingabo z umuhungu we MUCOCOLI wamwigometseho amaze kwicira umuntu kuli place publique agahunga se yambutse umugazi wa KIBILIRA ,AJYANYE NA TURAGARA NA MUKONO ( UMUGABO WA KABINDI ) NGO UMWE AZAJYE AMUTEREKERA UNDI AMUBYALIRE ABAGABEKAZI ,NIMUREKE KUGIREKA AMATEKA MUDUSHIKIRA ABANA KUBERA INDAMBI
Ese kuki mudasobanulira abana b Urwanda impanvu kuva kumwami RUGANZU NDOLI ntamwami w Urwanda wambukaga umugezi wa KIBILIRA ?????? Nimureke kugoreka amateka mutanazi neza kubera inyungu runaka muba mugamije
🤫🤫🤫harya ngo mwize ubuzima bwo mumutwe ,pole sana ,njye mbita abarozi ,vous savez creer le besoin ,niwe muroga ,maze mukagaruka ngo muravura ,c est malin n est ce pas