MFITE IMYAKA 57! NARI SLAY QUEEN W'IBIKOMEREZWA ABASIRIKARE BAKURU ARIKO NDICUZA CYANE KUVA MURI 84
HTML-код
- Опубликовано: 15 сен 2024
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi #gerard_mbabazi
Tabara Umurerwa 0787 454 634 aragukeneye...❤
Kabisa
@@MugishaSam-wq7js Ako kantu nikabi
Rwema ndakwemera ariko apana gufasha abantu bakoze amahano!
Si nk' igihe bariya Barbara birirwa bitunenfa hano igihe cyagera ngo bazanye ubuhamya.
Ariko twaragowe pe, ngo dutabare kdi??? Dutabare iki?? Ubu Koko uyu wowe wamufasha Gelard ???
@@NiyitangaAaron-t7j ntabwarikabi
Yebaba weee burya ntaherezo ry'uburaya niba ariko nawe ubyumva mpa like
Mubuvemo kko dore uko muzarangira
Nyamara uyu Mubyeyi ari gutanga isomo ko kwiyandarika k'umukobwa cg umugore birangira nabi💯%
Yaba babyumvaga
Ariko ndumva ubuhamya bwuyu mubyeyi hari isomo ririmo,mureke kumucyaha, hari abo bishobora kwigisha cg guhindura kuko ibyo avuga yanyuzemo nubu biriho cyane murubyiruko, yenda haruwo byakigisha
Umuhana avayo.
Mbaye uwambere mumpe like ndabakunda mwese
Abanu bishimiyeko uyumubyeri ahanuye urubyiruko ame like ❤❤❤❤❤😢😢😢😢😢
Ndahiro Aho mwize,igihekane nta,na mpa ntabyo wize?ngaho subira muri comment yawe urebe amakosa ubawakoze
Burya nawene icogihe ntihabuze abamuhanura ariko ntiyumve
Imana icyo nyikundira ni umutunzi w'imbabazi NGO naho ibyaha byacu byatukura tuktutuku irabyeza bigahinduka nka shelege ,ikunda umunyabyaha icyo yanga nicyaha
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Dugigf @@umuhozaclarisse8292
Imana yarakoze kukurinda ikakwereka inzira yagakiza nukuri izinyigisho ninziza kurubyiruko kutiyandarika kuko ntacyiza kirimo thanks Gerard ❤❤
ibyo se hari utabizi?
Nubu urakyari mwiza, ufite charme kyane.
Cyane ni ukuri
Inyigisho kubana babakobwa na badamu bakiri bato,imana iguhe umugisha ❤❤
Amahitamo y'umuntu akenshi ategura ahazaza he!iyabe twabimenyaga hakiri kare!😊❤
Uyu mubyeyi
Numukire ukomeye kuko
Afite yesu kiristo
Mubuzima
Ihangane maman , abo bana 7 bose wabuze , vuba ubwo Yesu agiye kugaruka , Imana izabaguhera mw’ijuru bose uko wababuze mwongere mubonane aho rupfu na kuzimu batazaba bagihari ukundi. Komeza ukomerere mu Mana , uharanire kuzaba ku ruhande rw’abazataha muri Edeni yo mw’ijuru, abana bawe bose uzahurirayo nabo kuko bo bigendeye bakiri aba malaika nta cyaha bafite. Komera!
Amena
Iyi nkuru ije mu gihe cya nyacyo la jeunesse ikeneye christo mu buzima bwabo kuko aho christo ari nta butinganyi nta n ubusambanyi bihaba May God blss u Mom
Nahoraga nibaza ukuntu ama slayqueens tubona bazasaza bameze narayobewe 😢😢 ubwohaje urugero rwukuze wenda hari aka lesson karibwinjire. Imana iduhe ubwenge bwokubara iminsi yacu neza
Ariko abantu turi babi vraiment ,ubu koko muvandi, wumviche agahinda nakababaro kuyumuvandimwe ,ibi bintu ubyanditse wabitekerejeho neza vraiment???!!!!
Ariko ntakibi avuze ahubwo avuzeko bishobora kuba isomo🙏🏼
😅
Ari kwigisha abakiribato ngo bamenye uko bigenda nyuma
@@solangeberwa239 hubwo ujyusubiza wasomye neza kuko tiwabyumvishije . Nashatse kuvugako abarata ub3iza nikimero wasanga babonye isomo kubwuyumubyeyi
Sha,ngo habwirwa benshi.Abakobwa barubu bigize abacuruza imibiri yabo bitwajeko aribeza mumenyeko mufite ibyago bikomeye,harigihe muzicuza rwose.murishinga indamushirimbere mugurirwa inzoga ninyama ariko harigihe muzashaka uko muziruka.
Murerwa ndamuzi asengera kwa Jackson kandi Imana ishimwe ko akiriho yigeze kurwara tubarira iminsi muntoki
😢 do we need all that😢😢
Ntihagire umuntu umucira urubanza murerwa amaze imyakamyishi yarakijijwe namumenye 2011 kndi yarakijijwe.mumureke numukobwa wa yesu
Arko dis nimwiza imana ikwiyereke ntacyo mfite naguha arko ndagusengera mwizina ryayesu yesu ahindura amateka ibyo wanyuzemo uzabyibagirwa imana nyirijuru nisi iguhe gusaza neza Amen ❤❤❤❤
Ubwò uvugishje ukuri ntani'1000 Rwf ufite ngo umuhe?
@@inezawilly4543ijambo ryimana riravugango mutange icyo mufite muhaye icyo mfite mwizira ryayesu kd imana iramwiyereka
Uyumubyeyi Ari gutanga isomo. Jackie narebereho
Ni ukuri insengero zagize umumaro mu guhindura ubuzima bubi bw' uburaya ,ubusinzi ,ubujura kubuvamo ukakira Yesu🎉🎉🎉❤❤❤
Hhhhh insengero se kuzibamo ugirango Niko gakiza?hari abazihishemo bakora ibyobyose.
Rweme ndagukunda%, nifuzako abahungu bange bazaba bameze nkawe,ngerageza kubarera neza ngobeko bazamera nkawe ,Rweme Mbabazi,Imana iguhe umugisha
Uyumumama ko arimwiza ubwo icyo gihe yaramezate?
Rekada uko yarezwe se urabizi ko ingendo yundi ivuna
@@MireilleUMUTONI Mireille uramuhamije uwo mudage
@@MireilleUMUTONI😂😂😂😂Kandi muto uti ngo ingendo yundi .......hhhhh
Ba slay batizigamye barihe ngo baze bicare binge barebe uko birangira
Ingaruka zo kuruha uri umwana ( Adverse Childhood Experiences-ACE). Abenshi bahuye n'ibibazo ari abana bagira imico twita mibi (kunywa ibiyobyabwenge, uburaya, uburara,...) maze tukabacira imanza kandi ari ibyago bahuye nabyo.
Mujye mwivugira 😢😢 ntuzi iyo abana batangiye ngo mama turaburara ? Kubwabana ntacyo utakora😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Oya sinemeranya nawe kumwana wimfubyi,indushyi, ubucyene byahumwana imbaraga zokwiyandarika !
Abantu bacu ikibazo bagira nuko bafata ibintu byose ko bibaho randomly. Kabisa ikintu cyitwa childhood trauma ntabwo bajya bashaka kumva ingaruka zabyo.
@@NoellaUwamahoro-mn1jt abenshi babikora suko baba babyishimiye c'est la vie
Ariko n'ubu nimwiza pe urareba aya menyo ye😍
Shn iyinkuru irimo isomo rikomeye pe mbega Mana yanjye ibyo wakikora byose aba ari ikibazo cy'igihe rwose🧭pole sana Imana ikube imbere ninyuma🤍🙏
Encore très belle
Urakoze Mubyeyi ku nama nziza uduhaye. Nubwo ari abagore n'abakobwa bahura n'ibibazo byinshi. Abagabo nabo niboroshye.
Biragaragara ko wari mwiza cyane !
Nubu ni Mwizaaaa Ku mubili no kuri Roho nubwo ntareba Roho ye!
❤❤❤❤❤ nyamara bakobwa cg bagore twumvireho pe uyumubyeyi yaciye mubikomeye
Wimutera ibuye abato bumvireho bo kwiyahura mubusambanyi nihabi cyane naho agakiza nikeza ariko byaba byiza ukijijwe ufite mumubiri hazima
Ndagukunda urumwana mwiza number one fan 😅
Yooooo!disi warahabaye cyane kubungana gutyo ntamwana ufite nikibazo ark komera ikingenzi nuko Imana yakomoye ibikomere
Arikumukecur anganukwo kwigamba vyobikozason yarimw sivyiza mucowaraheze kwel egera yesu niwavuribikomer 😢😢😢
Ubuse wumvise ikiganiro cyose cg upfuye kuvuga gusa uyumubyeyi yigishije urubyiruko rwinshi rwiratana ubwiza kd buzashira kwirirwa mukabare abagabo nabasore bagushaka cyane bakubwira ko urimwiza nutabyitondamo uzasazana agahinda nkako asazanye niyo nama ari kubaha
None aramutse abonye ubufasha urumva Yaba ahombye se?cg ugira ngo umuntu apfa kwishyira hanze ntanyungu?
Umuriribyi yarariribye ATI ntasoni mfite ureste izibyaha byange urumva kubivuga biruta ibikomere cg ibyo yanyuzemo akabivamo ntakiza akuyeyo
Wameumvise invere yo kumucira urubanza wowe? Mujye murekanguhubuka muvuga muranumvise inkuru
Nyamara nukuri Ibi ninyigisho ikomeye cyane ❤niba namwe tubyumva kimwe nkandira ku ifoto❤
Ihangane,ntawanga aheza arahabura shenge!!!imfubyi zihura na hora😢
Nta cyiza kiriyo rwose, nyamara ubuhamya bwawe bwafasha urubyiruko...ngo kuva mu byaha niko kujijuka
Uribyiruko rubyumve pe
Ikibazo nuko ubwenge buza ubujiji buhise kd umuhana avayo ntumuhana ajyayo.igihe kkijya gisobanura ibintu pe
@@stephaniemurego9384ni amahitamo si impanuka yewe. nibaberwe.
Imitima icyeneye urukundo nyakuri dukundane kuko Imana nayo ari urukundo ❤
Ooooh Imana ishimwe pee ntaho itakura umuntu
😂😂😂😂😂😂😂😂😂,cyarikiraya koko mbega we,erega mwabantu mwe uburaya subwanone,nogusambanira kubagore babageni sibyanone,nibyakera pe abagabo bakarongora abageni wowe ukibera puberi yibyobigabo byibirara ,pole mama kandi wabona ntana etaje wakuyemo murubwo buraya ubuse abana bawe nibakumva ntibasigarana ipfunwe koko.
Yewe uzaseka neza ni uzaseka nyuma koko.mbega ukuntu abantu bazagira amaherezo mabi bazarira ayo kwarika amazi yaramaze kurenga inkombe.niryo somo nkuyemo Imana imfashe gutegura iherezo ryanjye rizabe ryiza
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Sha mbabajwe nuko ntakana agira pe uwiteka amuhumurize kuko yahuye nibikomere byinshi
N’ukuri nakuze numva bavuga Guinness Inyamirambo sinari nziko ari wowe disi . Imana igutabare ikugirie neza warababaye. Kandi Imana iguhe umugisha kubwo guhugura abandi 🙏🏾
Ariko disi aracyari mwiza anaseka neza❤
Mariya bamuzaniye Yesu NGO yafashwe asambana bamuzana mubiganza byumunyembabazi Yresu Ari utarakora icyaha namutere ibuye yandika hasi usomye inyuguti itangira izina rye agacaho Ari mukanya nanjye baramenya ibyanjye ntawudakosa Imana niyo yera igakiray yonyine niyo kamere yayo uwiyita intungane Aba yose Imana inyabinyoma .
Nuku ba shadibu na Sasha keti bazaba bavuga za 2060
🤔🤔🙆🙆
Ntago bazahageza😂
@@inezaaline2494urimana se igena igihe
Jaquy
Nibagira amahirwe bakahagera
Geness rwose ❤ uyu mubyeyi twaraturanye inkuru ye ni mpamo
Arko indaya ishaje yose iza ivuga ko abasirikare aribo bayiguraga😂bagorwa bagorwa koko
Bagorwa iki se nindaya mbaya 😮
Erega nabaraya
😂
Iyaba iyinkuru urubyiruko rwayumvaga bagakuramo isomo urakoze Mubyeyi kubuhamya utanze ❤
Yawe abana 7 bose koko😭mumaso harimo agahinda kenshi 😭Humura Iyakuremye yaribizi Mama 🙏🏽
Nta generation itagira abubu burya
Ugomba kuba waranduje benshi, Imana ikubabarire
Kuki se we batamwanduje???!
@@frankminani2265 Yarandujwe kuko nawe ntayo yavukanye ariko nawe yanduje benshi. Abo bagabo bose babyaranye. Hari ikindi gisobanuro ushaka?
,
😂😂😂
@@user-zd9ck8km5iibaze base babana ba 7 nabandi tutazi 😢😢
Ubundi se mwari muziko iherezo ry'uburaya aririhe ahubwo wowe ndabona ugifite akantu kagasura😂
Isomo ryiza utanze kuri slay Queen 👍 Imana igufashe.
Ndagukurikiye sana, iyo ngira ikintu mba nkufashije
Mubyeyi wacu komera abakuvuga nabi ubihorere pe gusa ubuhamya bwawe burafasha abato biki gihe bigaragara ko abana bacu bashaka ibintu bishyushye ariko harabo byafasha cyane ko uruwo mubantu bakera ibintu bitarahinduka mwiterambere Turimo iki gihe ubwo ababyitwaza ndavuga abakobwa bacu babyikuremo bahange umurimo
Ntabwo ari abakobwa na bagore gusa hari abagabo na basore bigulisha! Nabo basa ntabana nabobabye baranze kubarera batazi ahobaba!
Rweme disi ndagukunda ukuntu wiyegereza abantu ndagukunda pe
yewe birabababaje ariko yesu yomora ibikomere kandi abavugira kuruyu mukecuru nibicecekere bari hano kwisi gusa yesu abababarire umubiri nubusa kandi ntawuhitamo kuba gutya twese ntawutarakoze icyaha ariko niba uri muzima cyangwa ukaba ufite ibyo uyu adafite wimutera amabuye mama ihangane ndunva ngize umubabaro ariko hashimwe yesu wakuyoboye inzira nziza
Uvuze ukuri rwose turemeranya. Turi kwisi niba utaraciye mubintu runaka suko uri mwiza kurusha abandi, suko ukiranuka cyane , suko haricyo uricyo..... Ni imbabazi z'Imana, yabinyuzemo ngo hazagire abiga kubwe, kuba nta mwana agira byonyine nigikomere kinini.... Rero niba wowe utarabinyuzemo jya wicara ushime kuko ntawanga kubaho neza. Kdi muri tweseeee ntawutarakora icyaha, wasanga nabamutera amabuye gutyo hari byinshi bibi mukora birenze ibyo. Mujye mwumva mutinde kuvuga ahubwo mushime kdi musengere abana banyu cg barumuna banyu
Nk iyo ngirwamukecuru koko,,ntanubwo uri umubyeyi gatsindwe n imana,,wabaye indaya ,nabo wabyaye ubwo rero n indaya bose😊
Good lesson mama !
Uravuze ngo wari umukobwa mwiza nkurebye numva nize isomo 😮
Mabazi we me nagukubari kwanzia ukia rba . Congratulations me Niko nawewe bega kwa bega.
MURERWA KOMERA MU IJURU HARI IMANA .NIBA WARAKIKIJWE KUBERA KUBURA ISOKO KUKO WATAYE POSSE CG GUPFUSHA ABANA ,ONGERA WISUZUME.KDI WERE IMBUTO NZIZA NICYO UBURA.
Thanks
Ginese ibyuvuganukuri ndakuzi murugunga narnzikowamfuye
Krist'O niwe wenyine womora akanakiza ibyo bikomere,
hashimwe mw'ukawera wamutumenyesheje❤❤❤
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Izina niryo muntu pe!! Uri Mbabazi!!
Utarabikoze namu tērē kibuye uwiteka ugirimpuhwe n, imbabazi nakubabarire
Uyu mudame yari mwize nibyo😂😂😂 nari umwana, nubwa mbere numvise izina rye, ubundi yitwaga Guinness 😂
Imana ishimwe yaguhaye agakiza.Mbabazi nawe Imana iguhe umugisha
Ubanza ari kwibeshya ari muri 2001
Imana idutabare gusa bidusigire isomo,kdi lmana n,umutunzi wimbazi
Nubu ndabona uricyuki
Murerwa wajye wee i love you so much narinarakubuze muvandimwe guma muriyesu nihohari amahoro.❤
Iyi nkuru irababaje cane harimwo isomo rikomeye kuku ntaciza nakimwe yakuyemwo ataragahinda .rondera Imana ibindi nubusa
Nkabo bagabo nwaryamanaga ntubakurongore koko badufashije tugakora group yo kugufasha
Sabin urahumura
Imbari ndumvawarazizengurutse di
Uyu mubyeyi atanze isomo ryiza. Kandi uko mbyumva yabigiyemo atabigambiriye.
iki nicyo kiganiro ndebye nkakirangiza nkanasubizabinyuma nkongera nkareba
Abakiri muri Egiputa y'ivyaha ububuhamya bubabere isomo. humura Yesu yabambiwe twese uwutakoze ivyo yakoze ibindi Amaraso ya Yesu agutwikire.
Yooooo!!!Imanigutabare shenge
Impore mama
Iri ni isomo ahubwo rikomeye😢😢 abantu benshi cyane bari bazi kwa Guinness ariko reba!!!!!! Reba uko yabaye
Mana ntawukwiriye kwiratana umubiri pe😢😢😢😢
Urakoze cyane peeee
Ndishimye Rweme Mbabazi ko uhari
Wowe uri gusarura ibyo wabibye ,ihangane usenge Imana nicyo kizaguha amahoro gusa.
Ndakwibuka uli inshuti ya cpt byukusenge wo mu Ngororero ngurungunzu ,karahanyuze
😂😂😂😂😂😂
Ndashak kubona part2 yahinduye ubuzima, imana igira neza genda ubibwire bose
Mujye mwizigama mukiyabona
Nyagasani asingizwe wagukuye kure pe!
Mwunve indirimbo ya Doubke Jay yitwa Kazoza iyi story ihise iyinyibutsa ❤
Mbega inkuru we!! Yewe slay queen zumvireho
Ndagukumbuye❤❤❤🎉
Ariko abakobwa ibi murabyunva kweli !!!
UMurerwa disi uyu mubyeyii ndamuzi kugicaniro cyuwiteka 🥰❤️❤️💙🤍
Ark subu nkuyu mubyeyi ntabana afite ibi ibintu sibyiza yego birigisha ark ibintu sibyo abana abuzukuru so uzasenge ubibwire yesu christo wenyine niwe uruhura naho abantu nukukumvira ubusa.
Bose barapfuye kdi ari kutwigisha mumuturize
Iyo umuntu avuze araruhuka nshutiii, niyo yasenga ark gukira Kwa 1 nukubivuga, bikamuvamo , kdi iyo yateye intambwr yo kubivuga aba atangiye gukira. Na yesu azamwomora,
Kuki c aba pasiteri bamwe na bamwe batanga ubuhamya bwibyo nanyuzemo, siharimo nuwatanze ubwuko yari indaya ..abajura, mayibobo ... nibindi kdi nibenshi kucyi mutareka gusengerayo? Nukugirango ibyo banyuzemo bibabere isomo kdi ikindi bibereke ko ntaho Imana itagukura. Kucyi c mujya munsengero? Kuki mutaguma iwanyu ngo mumusengere murugo? Kwatuza akanya agahinda kawe bituma ugenda ukira gacye gacyeee
Mumureke, avuge ibyo ashaka byose, kandi iki kiganiro ni inyigisho izakiza abakobwa benshi bakiri bato, cg ababa bagitekereza kwicuruza kubera kubura amaramuko.
Wababazwa nabuzukuru utaranabonye numwana koko
Mana yange wee uyu mubyeyi ASA na mama wange pe cyane ahubwo wasanga bavukana pee mumpe number ye mubaze ibyaribyo 😮😮
Afite ukuntu acidhamo akareba nka slay queen kbs
Nukuri nizereko hari abo ihindura kabone nubwo yaba umwe🙏
Komera mama warababaye
Rweme kbx you're mine❤❤❤❤❤❤❤
Mbega weeee!!!!! Umumuntu avuga byose ntakwizigama!