Eps 1 Gusubiza Seventh-Day Adventist, The true Church, Ellen g White . Niki Kibuza abantu Ijuru.
HTML-код
- Опубликовано: 7 сен 2024
- Muri Ici video Uraza kunva ibiryanye nukuntu itorero ryaba adventist ryatangiye nibindi byiza bitandukanye.
#rwandagospel #religion #viral #interview #ikiganiro #sdachurch #kinyarwanda #bibiliya #yesu #ijuru
Enjoy!
Amen 🙌🙏
Courage mukobwa wajye
Deline wAramunse nitwa Elyse Imani duhanu mugisha ndimuntara yakanama ikorera imahoko
murakoze cyane
Yego murakoze Imana ibahe umugisha
Luka yarumuganga yajyanaga na pawulo, akagenda yandika imirimo yagiye akora, Uwiteka abongerere imbaraga.
Murakoze lmana ibaheumugi cha
Turabasaba kudusomera aho byanditse ko umuntu yasenga yicaye cyangwa ahagaze ? Murakoze
❤❤❤
Gewe ntagonemeranwa nuwavuzengo isabato yakubiswehasi oya rwose kuko bibiriya iravugango sinaje gukuraho. Amategeko ahubwonaje kuyakomeza .
Murakoze cyane pe ariko abasenga kucyumweru nabo bacita isabato yabo none twatandukanya dute isabato nyakuri?
Ikindi nuko Yesu yakuyeho amategeko kwariwe mwami wisabato koturiho kubwubuntu tutariho kubwamategeko byo mubivugaho iki?
Nukuri ubisobanuye neza
This is interesting questions and answers 🙌🏽🤍
Biracyaza
Yego nukuri ugereranyije namadini ari hanze aha,ubona ko hari ubuyobe tuu
Uko usenze wabisomye niba ubwiriza bibiriya uko usenze bigaragarako utaramenya bibiriya
Mwaramutse neza? Byumvikanye ko SDA bagera ikirenge mucy'intumwa.
Nibyukuri ko kuruhuka Isabato arihame none uko Yesu n'intumwa zakoraga mw'ibwirizabutumwa niko naryo rikora.
Ingero: 1.Handitswe ngo(kuyoborwa n'ijambo ry'Imana)
2. Kudakorera ibihembo
3. Kutihuza n'idini y'abayuda
4. Kudashaka ubuzima gatozi na Leta, .......
Ese 1883, uvuze ko SDA ryahawe ubuzima gatozi, babuhawe nande?
Ntabwo iki kibazo bajya bagisubiza.
Ubuzima gatozi twabuhawe na Yesu, Umuremyi w'Ijuru nisi
Urabeshye ubuzima gatozi mwabwatse muri Leta ya America nka syndicate ishaka gukoreramo, ndetse no Mu rwanda murayisabye. Yewe tujya no mu rwiyunge rw'amadini kandi bibujijwe. Hiyongeraho kwihuza hakandimwa bibiliya ikuraho ubuhanuzi buvuga kiliziya nabi.
Ntabwo wwavugako mwahawe ubuzima gatozi na Yesu mu mwaka wa 1883 kandi mwaratangiye muri 1844.
Ubwo imyaka yose 39 mwari mwarihaye umurimo yesu atangira kuwemera iyo ishize.
Ndumva rero iyo utangiye nabi unasoza nabi rwose.
Ariko murambabaje muracyarwana ishaka ryamadini Aho kurwana ishaka rya Yesu, ubu Koko muracyatsimbaraye ku Munsi , urufatiro ruzima ni Kristo nukuri amategeko iyo ABA yihagije Kristo ntiyari kuza , ubwo yazaga izindi mfitiro zose zakuweho hasigara urufatiro rwa Yesu gusa , ibindi byamadabato , nibitambo byrangiranye numutambyi mukuru ariwe Yesu , Ese wibuka ko itorero ryintumwa ritangira ubwo Petero yigishaga hakihana abantu 3000 bwa mbere mu mateka byabaye ari ku Cyumweru kuki bitabaye ku isabato ?
Ibyo uvuga byandistehe
Wize uburyo icyumweru cyaje uwakizanye nimpamvu yakizanye numwaka cyajemo,?
Yesu ATI:" nimunkunda muzitondera amategeko yanjye". Yohana 14:15. Ntabwo wavuga NGO ukunda perezida utubahiriza amategeko y'igihugu ayoboye. Yego amategeko ntiyaguha agakiza ariko amategeko ni yo mushorera utugeza kuri Yesu. Umuntu amenya ko yakoze icyaha bitewe n'uko hari itegeko yishe. Si byo se? Ni byo. Amategeko ni nk'indorerwamo twireberamo ko twanduye hanyuma twasanga twanduye(twacumuye) tugasaba Imana kurubabarira kubwo kwizera igitambo cya Yesu Kristo watubambiwe I Gologotha. Murakoze. Iyo ni yo nyunganizi natangaga.
Ingoma yayesaya yarangiranye namaraki hatangira ingoma yayesu ibinyuze kwayohana amategeko yakubiswe hasi kirisitu
Noneho usigaye usambana ntakibazo?!!!
Noneho usigaye usambana ntakibazo?!!!
Deline wAramunse nitwa Elyse Imani duhanu mugisha ndimuntara yakanama ikorera imahoko