IBIRUNDO ni Ibihimbano: Biba mu Rwanda Gusa - Umucyo w'Ibyanditswe Byera - Ubutekamutwe mu Nsengero
HTML-код
- Опубликовано: 19 окт 2024
- Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA Ministries: / @itabazaministries
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.rw/
Contact Us:
Phone: +250 788 824 677
WhatsApp: wa.me/message/...
Email: Info@itabaza.rw
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: / itabazatv
© 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZAMinistries
Ikiganiro na Pasitoro wavuze ku Birundo agahita yirukanwa: ruclips.net/video/8I7_tTDtuIE/видео.html
Ndababwiye ngo kwirirwa musebyitorero ntacyo muzigezaho rwamapera afite daimoni uwo sumwuka wera urarushywa nubusa tuzabitanga ubundix ubona amafaranga yanyu Ariyo atunze itorero gukoresha bibiriya sibwo bukristo kuko muzayobya nintore niba bishoboka Kandi mmuzakiresha bibiriya..
Uwabona Itorero ribeshejweho n'ubutunzi bwanyu, umwami mukorera azabahemba
Umwuka wubuhanuzi cg bibiliya haraho bivuga ko ibirundo aritegeko ikindi ahandi ntibabizi@@goodsamaritan3364
@@NtakirutimanaGervois-yh7exKd burya ayo dutanga nayacu KD ntanuduhatira kubitanga so😅😅😅😅😅
@@NtakirutimanaGervois-yh7exUvuze ngo afite iki🤔!Uko siko babwiye Yesu?
Nta mugaragu uruta shebuja rwose,Ubuntu bw'Imana bugenderere umutima wawe n'iyacu twese butwigishe rwose ibyo Imana ishaka.
Bagaragu b'Imana Nimukozwe,Imana ibayobore iteka ryose🙏🏽🙏🏽🙏🏽.
Arko igihe muvuze ku ijambo ry'Imana mujye mutangiza isengesho kdi musoze naryo
Erega nabo bazi nezako ibyobaba bagiye kuvugaho nta njyana bifite
Ark Ninde watanze icyacumi cyango Ibirundo Agacyena Akaba Asigaye Asabiriza? Bantu bimana Ntimutakarize lmana icyizere mubitewe Numwana wumuntu Mukorere lmana lbindi mubitere umugongo
Aho turikumwe wangee ukuboko kudatanga ntanubwo kwakiraaa
None se Imana irakennye ku buryo ikeneye amafaranga ? Ese kuki abakozi b'Imana bahembwa mu isi Kdi ibihembo Ari ijuru ?
Barakena bakaniba muvandi. Kd ntabwo abantu Bose badasabiriza batanga icyacumi. Oya. Uzige neza icyo iryosomo rivuga. Muribenshi bagitanga gutyo nibanga babikora bakiranutse mubyukuri? Mbese murabubarakoko? Byose? Numutima unyuzwe? Nokwicisha bugufi? Erega turaziranye nshuti zanjye.
Itorero risigaye rikineye amafaranga kurusha abakizwa insegero nyinshi zirasanabi kd bakabaka ibirundo mwabuze ayo kubaka urusengero kd nanayo barabusige kurusengero muhumuke bavandi
Abizera bakwiye kwigishwa kuba indahemuka ku Mana , Ndetse no gucika ku byaha rero ntabwo Imana ikeneye amafaranga kurusha imitima iboneye
Mu gitabo inama ku busonga birimo ko hari uwasezeranye ko azagarura ibyo yibye Imana,yabanje gutekereza neza ibyo yariganyije ,ariko hasoza havuga ko uwo bidashoboka asabe Imana imbabazi maze akemera kutongera kwiba Imana.
Wandangira ayomagambo ahwari wabupfashije
Page 87
Bagaragu
Buhoraho nkundagukurikira bucece
Gusa uwo mucyo muwutambutse ukwire hose kuko dukeneye ukuri kwimbitse ark bive muri Biblia
Icyo gitabo se cyanditswe nande?? Mwaretse kuroha abantu koko
Murakoze cyane kubusobanuro mukomeza kugaragaza kuko Itorero rya Imana rirafashanya kdi mukomeze kuzamura ibendera rya Imana
Rwamapera ni imvange yubupagani,nubudive
@@RichardAlphonse-wd9zeAhubwo wowe niwowe mvange. Ibihabanye n'ukuri kwa Bibiliya ntibikwiye gukoreshwa mu Itorero.
Mwkoze cyane kubwicyo kiganiro kandi Imana ibahe umugisha
Mungu awabariki kweli itazidi kuwakweli
mwa basoremwe murakoze cyane hari aho munkuye .
Nimukomeze mudusobanurire. Turusheho gusobanukirwa nabyo kuko twe iburasirazuba dutanga kabiri mumwaka ikibabaje ni paster Deo wirukanwe. murakoze cyane.
Niba gutanga atari icyaha ,bitwaye iki ko nabasaba kumuhanda tubaha:umugisha uhabwa abatanga ibindi bazibarizwa!!!
Bavandimwe mwiterana amagambo buriya wese afite Aho ageze mu kwakira umucyo rero utazi ko itorero rigomba kubona amafaranga kugirango imishinga yitorero ikorwe Yaba yigiza nkana gusa kuri njye kuvuga ngo nukwezi kwimigisha,ukwezi kwimbabazi byo simbyemera .Kuko naho byaba bitaniye na indurujensiya , Ahubwo turunde imishinga yitorero cyane ivugabutumwa ryihute dutahe.
Wowe ndakwemeye
Ese muzajyanwa n'ibirundo mu ijuru , ko mutanga ariko ibindi byaha byose mukabiha intebe
Iyo mishinga nayo uzayigenzuze ibyanditwe byera numwuka wubuhanuzu. Uzabikore wicishije bugufi kd usenga. Haricyo uzabona.
@@DusengimanaAnneMarieuvuze neza cyane rwose, ibintu byose ubu byabaye imitwe ni ukuba maso pe!
Mwiriwe bavandimwee amahoro y'Imana akomeze abane namwee . Mu kuri ibirundo kubaho nta kibazo kirimo kuko umurimo ukeneye ubushobozi. Nanone gitanga umuntu wagize Aho y' ibagirwa cg ntatangee. Icya cumii cy' Uwiteka. Ka twibaze ibibazo muri iyi minsi birashoboka ko hari ibyo tutatangira icya cumi??? Ibisubizo ni yego . Kuko biragoyee ko watanga icya cumi cyimboga , imbuto nibindi byo mu karima kigikoni cyaneee. Kubera ko mu itorero bujyanye nigihee ntitukizaana ibiribwa mu rusengero . Ndetse nibindi bintu bitoya. Rero guha amahirwe abantu bakihana birakenewee. Gusaa ikibazoo nuko biba itegeko kuko icya cumi bigendaa tugashyiraho ingero . Icyo gihee umuntu azatanga atari uko yihanye ahubwo kuko yanga guseba mubandi. Niba Ari amahirwe yo kwihana reka tureke abantu bisuzume niba hari ibyo atatanze abizanee kuko ashaka kwihana. Atari ukumubwira ngo atangee 100000 nurugero Kandi wenda ntaho yasibye gutanga icya cumi. Nkuko kubatizwa Ari mahitamo nkeka no kugarura ibyo utakiranukiye Ari amahitamo atari agahato . Maze rero nta tegeko muri bibikiya rihana utatanze ibirundoo. Ariko nanone kuba waribye ibyo Uwiteka ntubigarure nabyoo ni icyaha . Tujye dutanga amahirwe ku bantu nkabo kugirango bunve icyo batangiye ibintuu. Hezekiya yatanze ayo mahirwee kuko hari abantu bari bararetse gutanga icya cumi. No muri iyi minsi hari abireka niyo mpanvu tugomba kubaha amahirwe ariko SI itegeko kubabikoze neza bakagitangira ku gihee. Umuntu uvuga wese ko atari itegeko Ari mu kuri. Tureke abantu batange bunva icyo batangiye atari ugutanga kubera gushimisha abantu cg kubera pressure
ko bitazoroha!!!!
Imana ijye iduha ibyo tuyishimira maze tubitange kahave
Nukuri Imana ikomeze iguhe umugisha ❤❤
Murakoze cyane, mudufashe bidatinze mutuganirize no Ku musaruro
Bizasaba ko usoma igitabo cy'Inama ku Busonga, ukagenda wita kuri burisomo ryagiye ritangwa
Umusaruro wo wubaka ibikorwa byidini nka mashuri insengro knd iyi gahund na leta irayizi cyn
Ese musoma ijambo ry'Imana (Bibiliya cga Umwuka w'Ubuhanuzi?
Imana Iguhimigisha myinshi kubwo kuvuga icyo Bibiliya Ivuga,ntibikwiriye ko ,Ibirundo byitwa ,ICYACUMI
Njya mbona abantu dushobora kuzahusha intego cyane. Ngira ubwoba iyo mbona abantu bahanganye n' ibyo basize. Mu kuri itorero ryacu riramutse ryakiriye umucyo n'Inama y'umugabo wo guhamya ntabwo ikibazo cyaba ibirundo ahubwo biriya bibera umutwaro ba nyirabyo. We need to focus on the present truth kandi tukita cyane kukiruta ibindi niho twahera. If not utumva neza azabona ko tumwibasiye. Murakoze
Mwaramurse neza? Ese bavandi buriya n'ishyaka mufitiye umurimo w'Imana cyangwa n'indi impamvu ....muramenye mutaba murimo kuramya Imana mutabizi.
Imana izi ko ari irinyantege nke ariko irikomeresheje mwuka waryo wera kugeza ku iherezo rizanesha.
Havumwe umuntu wese udahirimbanira ibyo Uwiteka ashaka ngo abikore. Ntabwo twahiga kuba abanyantege nke ngo tuzigumemo ngo maze tuzatsinde urugamba. Oya rwose. Mbese intege now zizashira muwuhe mwaka,ukwezi.....?
Kuvuga ukuri ntabwo ari ukurwanya itorero. Kimwe mu icumi ni ukuri ariko kugitwerera ibindi ni uguhindura Bibiliya kd uzayihindura ntabwo ariwe waba ari mu kuri ahubwo ukuri kuko kuri muri bibiliya niko gukwiye gukomezwa.
Nta gahato rero ahubwo niba kiri muri bibiliya kibe icyo ngicyo. Mukomerere mu mwami cyane.
Ese muracyemera umwuka w'ubuhanuzi?
Njye nizera ko Itorero ryasigaye n'amarembo y'ikuzimu ntazigera arishobora na gato.
Ahantu bakwiye kuba abana b' Imana aho kuba abana b'amadini. Ese mbabaze ko iyo dutanze imisoro ko leta iyakoresha itwubakira ibikorwa remezo, nk'imihanda, amazi, amashanyarazi, amashuri, amavuriro, n'umutekano, igatanga akazi ntakuvangura, ibirundo n'ibindi bitangwa mu madini bimarira iki abakirisito?
Itorero se ryo ntamashuri namavuriro nibindi....rifite?? Ark mwagiye mureka ibyo wavuze byose itorero rirabifite
Imana itabare abayo
Ibirundo byazanwe kumpamvu zo kongera ibintunga abakora imirimo yo mubuturo Byers, izo mpamvu ziracyariho. Ibirundo bizakomezwa gutangwa ntakizabibuza, uko murushaho kubirwanya Niko bizarushaho kwiyongera, mwe murabantu, ntimuri Imana.
Bizakomeza gutangwa kubabyumva gutyo. Ariko ntabwo arihame ko abantu Bose babyumva gutyo. Mujye mwihana nubufana bumeze nkubwo mumupira.
Ariko ubundi mbaze kwicyacumi namaturo byaribihembo byabatambyi babaga kurusengero bagafasha abazanye ibitambo kubikoja nokubyitwika , kwigitambo cyabonetse rimwe gusa bikaba bihagije , abatambyi bamara iki munsenhero ,ko Yesu yatubwiye kugendagenda twigisha munsegero mukoramo iki kwariho ubwobusambo bwose buva
Icyakora niba hari ukiranukira Imana 100% we arahirwa, icyo nzi cyo nuko n'abazana izi nyigisho ni amaco y'inda kubera ishyari, uwabashyira mu buyobozi bahindura inyigisho.
Bantu b'Imana mukomerezaho kuko ubwo n'ubugorozi!
Umuntu utanga icyacumi akiranuka, agahamanya n'umutima we ko abikiranukaho 100%, uwo ntategetswe gutanga ibirundo.
Mwiriwe Yesu nashimwe
Nonese icyacumi ,ibirindo
N'amaturo byatungaga abatambyi
Akaba ubu abapastor aribo
Bafite business zikomeye
Abana babo bakaba bigira
Ubusa kimwe mwicumi
Nicyiki kuri ubu mumbwire
Nkeneye gusobanukirwa
Mukomereze aho
Uburyo ibirundo byakwamo ubona ko nta mwuka w'lmana uba ubirimo ahubwo nuko abadive basa nabatewe ikinya badashaka guhumuka ngo barebe uburyo satani arikurikoreramo
Ndabasuhuje. Muzadusobanirire amagambo Ari mu Inama ku busonga avuga ko amasengesho adasimbura icya cumi. Ese Koko bisobanuyeko uwariganije Imana cg akaba atabona, abare anamenye ibyo yibye Yaba yari umukristo cg atariwe ntacyo gusenga asaba Imana imbabazi byamumarira?
Iminsi yubujiji Imana yarayirengagije keretse niba wenda wari ubizi ukabyirengagiza nkana ariko utari ubisobanukiwe njye ndumva ntarubanza pe kandi ikitagukomanze kumutima burya ntikikakuvune.
Ikibazo nuko twitaye cyane kubikorwa abantu bakora kuruta kwita kumpamvu zibakoresha. Umwuka wera niwe ukoresha umufite muriwe. Ntabwo aruko tubishishikarizwa kuri ruriya rwego.
Ese wabuze ibyo wigisha mwene Data uribeshya cyane ese uzoma Bibiliya uribeshya rero tuza
Amen
Ibirundo ndabyemera, ariko ingingo yo gushyiraho urugero yo sinyemera!
Nkubu tuba mu itsinda ryabantu 6 (aba mama 3 n'abagabo 3).
Igiteje impungenge nukuntu itsinda ryose yahawe urugero rw'ibihumbi 400.
None mbabaze, ese ayama frw nzaba nyatanze kuko bimvuye kumutima cg nzaba nkora ibyo nategetswe gukora?
Ese ubundi bagena ingero babwiwe niki uko merewe muri iyo minsi?
Ahubwo niba ibirundo aribyo umuntu aba yarariganyije Imana nkuko babivuga, urugero rw'ibyo ngomba kurunda rwagaturutse kumutima wanjye ubundi nkabitanga nezerewe!
EREGA MWABAVANDIMWE MWE,
BYONYINE KUBA PR DEO YARAVUZE KUBIRUNDO AGAHITA YIRUKANWA NUKO IBYO YAVUGAGA KWARI UKURI,
NUKUVUGA KO IYO ABESHYA ABA YARAKOSOWE.
KWAKA ABANTU IBIRUNDO NKUKO BIKORWA MW’IRORERO RY’ABADIVENTIST MURWANDA HONYINE
UBU NABWO NI UBWAMBUZI BUSHUKANA
Reka nkubwire ubu nsigaye numva ntajya gusenga mukwa 7 iwacu ho baduciyemo ibice bitanu abagabo ukwabo abana ukwabo abagore ukwabo abasore ukwabo abakobwa ukwabo,ngo bagahiga bite umujinya pe
@@mukabarangajacky7702mwihangane
Muzatubarize :Ese ko gukora ku Isabato ari icyizira aba pasteur, abakora muri institutions z'itorero iyo bagiye guhembwa babakata ayo ku isabato ?
Nicyiki kiragaraz kunyurwa na yesu kuwamwakiririye nukwirekura kumafaranga cyangwa ngutekereza jambo
Ndabakunze cyane
Imana yacu twese ishimwe cyaane
Ezayi 8:20
[20]Nimusange amategeko y'Imana n'ibiyihamya. Nibatavuga ibihwanye n'iryo jambo nta museke uzabatambikira.
To the law and to the testimony: if they speak not according to this word, it is because there is no light in them.
Ariko se ko muvuga ngo nawuhiga icyo azakorera Imana, kandi yefuta yavuze ngo nungabiza abamori nkatabaruka amahoro
Reka mbabwire ukuri kuzuye neza amadeni yose yomuriyisii yose yahimbyi ibihimbano kugirango yongere inyungu nibyubahiro musome baibuli neze icyacumi namaturo byaribyogutunga abarewi bomwisezerano rya kera Kuko nibobaribagi we nI'mana Kuko icyogihe ba iseal ryarisezerano ryabo iwabo Kuko ntawundi mugabane aba rewi barinfite uretse icyacumi namaturo bahabwaga nabene wabo ntawundi umunyamahanga warufite inubasha bwogutanga icyacumi mwami wacu Yesu amazekuza iyogahunda yubutambyi ayikiraho Burundu icyacumi namaturo nibyimihangi yabayunda byqgarukiye kumusaraba byararangiye obibo amatoro nibindi byose byakuweho kuko Imana ntiyabishmye izana mwanawoyo abikuraho kugirango natwe twese obomwisi tobone agakiza kuberakwizera imwqna wimana YESU kristo Soma abaheburayo 10:5 ukomeye ntamurewi ikibarizwa miriyisi ibyobyo byararangiye kristo Yesu amazekuza
Uravuga ukuri pe urumugabo
Je suis d'accord avec vous
❤❤❤
Ndashaka kwibariza aba bavandimwe?
Nibande bahinduye ihame ibirundo?
Mbese mu mahame y'itorero mu Rwanda haba harimo ihame ry'ibirundo?
Ntabwo amahame yitorero kwisi kuva katanga kambere aboneka mundongozi yitorero yo my Rwanda gusa. Uzasome neza nahandi.
Icyintu cyambabaje ku birundo nuko bashyiriraho abantu nurugero rwibyo bagomba gutanga nkubu ntuye I nyanza turi mu nyubako yu rusengero narwo rwananiranye ku zura badukubitaho urugero rwa miliyoni esheshatu zi birundo ndibaza nti niba ibirundo bikora umurimo ni gute bayatwaka ngwa gende mubuyobozi bwi hejuru twongere dusigare tubanzwa ayo kubaka urusengero ni cyibazo
Ibyo babyita agahato
Nonese koko ni gute umuntu akugenera ayo ugomba gutanga ataguhemba ngo amenye inyungu wabonye? Bakabya kwerekana kp bashaka frw kurusha ko imitima ikira.
🤔🤔🤔🤔🤭 ibi ni ibiki banyarwanda
Mwiriwe neza ndi Mado ndi Karongi nukuri Rwape nshima Imana ku bwanyu ,inyogisho n,ubusesenguzi , mu fiteukomereze aho ,nanjye ibyo mbona mukazi Kari aho nkorera Muvandi turugarojwe.
Kelly Rwamapera wadusobanurira impamvu mwitorero iyo tugarukiyimana bongera kutubatiza
Bavandimwe ncuti umugani w,itaranto n,umugani wa mina iyo migani isobanura neza ibyaha by,inyongobezabugingo.uwasigiwe mina imwe yatutse shebuja ko ali umunyabugugu usarura aho atabibye?yahanishijwe iki?bahise bamwicira aho.yakwa na mina ihabwa uwazigenzuye neza.Yakobo yasenze Imana ngo:Numpa Amahoro ukampa icyokurya n,icyokwambara nzaguha kimwe cyacumu cyabyose!none muli ili sengesho rya yakobo ntaho mwibona?
Ok Kelly Shalom Shalom turagukunda
Icyacumi cyahabwaga abarewi babaga murusengero kuko batagiraga gakondo . Uyumunsi ubutambyi bwarahindutse ,musome isezerano rishya
Mwebwe nkabanyamakuru muzatubarize ubuyobozi bukuru ku isi icyo bubivugaho, Aho kugirango mujye mukora ibiganiro muvuga uko mubyumva, ibi mbifata nko kugumura abakristo. Muzabaze Teddy Wirson impamvu biba mu Rwanda gusa
Teddy ntabwo Ari ijambo ry'Imana muvandi ni umuntu wakosa Kandi wakwibeshya. Tuyoborwe n'amahame y'ijambo ry'Imana gusa.
Ibirundo ni 1/10 tuba twarirengagije cg twaribagiwe gutanga kubw'imigisha Imana yaduhaye .Icyo cya 1/10 kibagiranye iyo giteranijwe kibyara ibirundo.
Muvandi ntabwo ibirundo arikiguzi cyicyo cyaha cyo kwirengagiza gutanga. Oya. Kd niyo byaba byo ntiwabibara ngo ubishobore ukurukije uko Imana yategetse kucyacumi. Watsindwa rwose. Kwirengagiza gutanga nicyaha. Kd ntampongano yicyaha I Hari cg ikiru. Oya. Uwo muntu wakoze icyo cyaha kimwe nubindi byose akeneye kwigishwa gusanga YESU akubabarira hanyuma akamwisha gutanga icyacumi atirengagije kubikora.
Imigisha y ' IMANA nihame gushima ntamunu uguhata kujya gushima ningombwa kumuntu wizera IMANA
Imana ibahumugisha
Njwembona dusigaye mwidini Imana nitabare
Kuba mutabyemera hari ababyemera Kandi babitanga banezerewe Kandi Imana ijye iduha ibyo dutanga
Mbanjekubaramutse mfisikibazo iryanyandiko ivugako kimwemwicumi arigipimo cokugororoka niyuku?
Murakoze cyanee
Ese ko byabaye itegeko ,ngo urugo rwo kwa runaka rugomba gutanga Aya, batitaye kumakene😢 ye ,Yemwe mu cyaro ho nibitutsi bizamo pe.
yegoko
Ibyo niwowe mbyumvanyeee 😂😂😂😂😂 NGO buri rugo??😂😂😂😂
Bampaye ibahasha ndayanga mbabuza no kuyiha umushyitsi
Mwihangane bavandimwe
Ubu koko mwabantu mwe ubaranywe n'Imana Imigisha yaguhaye wabona 1/10 uyuha? Ati izi union zirabireba bikaziyobera 😂 urabeshye abenshi barikubikora. Kdi bifuzako bimera nko murwanda
Ntabwo Ari igihugu kiyobora ibyijambo ry'Imana tuyoborwa ninyandiko yera
Niba bifuza ko bimera nko mu Rwanda cyaba ari igihamya ko atari umurongo w'Itorero. Kuko Umurongo w'Itorero utangwa na General Conferance ntabwo utangwa n'u Rwanda. Ahubwo nibikurikizwa ahandi bifatwa nk'ukuri aho cyakomotse bazabona ishyano kuko bazaba bakwirakwije ikinyoma.
Ibirundo ntabwo Ari umwihariko wurwanda gusa rwose, NDI mugihugu cya Cameroun kandi natwe tubirimo. Uvuze ko bitemewe na Bible wendaho byakumvikana ariko ntabwo Ari umwihariko wurwanda. Ntekereza ko naho uwo mucyo utari wagera uzahagera. Ahubwo uwiteka aduhe kubitangana umutima ukeye Kandi utuje
Mushaka ko tubireka cg twimuka tukajya mubihugu batabitanga mujye mwegera abo muzi munganya kwizera kuko mushobora kugusha benshi
Umugambi mubisha wo kugoreka ijambo ry'Imana.
Nibihe bagoretse pastor we
Ahubwo bagoroye
Ngo umugambu mubisha!!! Jya kw Itabaza tv utange ubugorozi ureke gutukana
Bene data , ntago ijambo ry'Imana risobanurwa uko umuntu wese yishakiye ibi nibyo byishe amadini yose kwisi akaba ari mubuyobe bukomeye,igihe cyose umuntu ataramenya guhuza no gutandukanya isezerano rya kera n'irishya abantu bazagumya gushyirwa mubuyobe barinde bapfa batamenye ibyo Kristo yakoze k'Umusaraba bitume barimbika kubera kutemera isezerano rishya twahawe.
Ese ibirundi niki?
Imana ibabahe umugisha.
Nonese kuki CONFERENCE GENERAL itabiha umurongo. Ituma abantu baguma muri confusion gute?
Ibirundo byabaye akasamutwe
Kuvuga Ngo urugero RWA.......
Ngo kugarura icya cumi mwariye.
Ibirundo biba murwanda gusa mwitondere gusoma Bibilia ukomwishakiye
Kera nkirumwana iwacu kwitorero bigeze kuvugango batange amaturo bubake ibitaro, isabato yambere barabitangaza hashize nkukwezi uwitwaga Kayonga araza atangira gutongana ngo turabapagani ntidutangira Imana, umusaza umwe atera agatoki mwiteraniro amuha umwanya agirango agiye kwitanga kuko yarumucuruzi , aramubwirango niba aribusiness yibitaro nimuvuge agaciro kumugabane dushoremo tuzamenye ahwinyungu zijya, kuko namashuri twubatse twitushye icyuya yigamo abana babifite baturutse hanze abacu bicaye murugo kdi twaracitse intugu twikoreye amabuye twubaka ibyumba byamashuri. Bussines abadive bakoze nibasarure izo bareke gutesha abantu b,Imana umutwe, Imana yanyu ninda muhiza imitima......
Nanjye aho mbarizwa Ntabihaba gusa umucyo uhari watangwa pe!!!!
Mubarizwa muyihe ntara y'ivugabutumwa ?
Murakoze. Ariko mwagombye gusoza ikiganiro cyanyu nk'abanyamakuru musabye ubuyobozi bw' itorero gusobanurira abantu kubirebana n' iyo ngingo.
Yego, badufashe bazabaze ubuyobozi bw'itorero.
Butange umucyo n'unkomoko yabyo.
Ubuyobozi iteka butanga ibisobanuro bw'ibyo bakora,ahubwo turebe ku busobanuro batanga n'ubwo Bibiliya itanga duhitemo
mu gitabo cy'ubusonga icyigisho cya 20 harimo ibisubizo ,ikiranga umuntu wihannye ni ugusubiza ibyibano ,ubwo kwisuzuma ukagarura kimwe muicyumi wariye nibyo Imana ishaka ,hari uwavuze ngo aratanga ibyo yibye mu myaka 20 ibyo se si ibirundo ,musome icyo cyigisho harimo igisubizo rwose kandi dusenge Imana iduhishurire ukuri tutarwanya Imana n'abayobozi bayo Murakoze
Igihe umuntu yihannye nibwo agarura ibyibano. Rimwe gusa ubundi akajya agura yishyura. Nukuvugako agenda munzira igororotse kk yakiriye yes nkumwami.....
Iyo wihanye wishura imyenda ntabwo Imana ikwishuza ibyicyacumi
Birababaje ndumva uwo mu Pastor yararenganijwe
Uzi agaciro ko gukiranukira Imana azabikora, uruzi uwabimpa buri kwezi ngatanga ibirundo.
Uburyo ibirundo byakwamo ninkitegeko urugero baha abantu ruba ruri hejuru cyane, ninko gusahura abizera mbifata nkubusambo
Arko ntawuguhatiraa kubitanga so ndumva wazareka kuyatant nimb arubusamboo😅😅😅😅😅😂😂
@@lilianempinganzima2762cyane rwose abo bibangamiye bakwiriye kubireka ntawe bafatiraho imbunda ngo natange. Kd nababitanga ntabwo babikura mumifuka yabo sinzi Aho bibababaza pe Gusa Imanimufashe 🙏🙏🙏🙏
Mbese itorero
Ryimana rigenda
Rihenebera
Amarezo
Muraho neza ndabasuimira rwose kumurimo mukora
Ariko niba numvise neza mwavuzeko muri utangaza makuru rya giprotestant ndumva Bibaye byiza mwajya mubanza isengesho kuko ibyo muvuga Biba byereke kumana Kandi biribugere kumitima Myinshi gutangiza isengesho nozozesha Isengesho byarushaho kuba byiza
Ibindi Mujyembere Uwiteka abashyigikire.
Ndabakunda Rwamapera we nawe Selestin we
Mwabagabo mwe muzashaka kugaruka mu itorero bitagishoboka, kuki mudafashe iryo ry'ibirundo ngo ariryo musobanura? Ese ubundi bitwaye iki gutanga 1/10 utekereza ko utatanze ukiranutse?
Ese hari ikindi gihugu kibamo ibirundo cg ni mu Rwanda gusa, ariho gusa ibirundo byaba Ari ibinyoma
Nibyiza kobyitwa ibirundo kukohakubiyemobyishigushima imihigo icyacumi harinibind imana idukorera kubabyitwaibir undosigitangaza byabayehokandibigombagukorwa kubemerabibiriya
Itorero ryacu ryo mu Rwanda hakwiyemo ubugorozi bukomeye pe.ubundi ibitaba ahandi kwisi mumatorero yacu,ntabwo dukwiye kubigenderaho,
i BURUNDI birahari pe
Ese ibitahaba ni ibiki ni 1/10? Ibirundo ubundi ni iki? Si 1/10
@@goodsamaritan3364 icya 10 kirasobanutse ariko ibirundo ntabusobanuro bwumvikana buhari, detse buri muntu agashirirwaho urugero!!!!ntibikwiye rwose
@@Marie_guilene376 ubwo bije vuba kuko aho mperukira ntibyagayo
Hari umupastor wabwiye abakuru b'itorero ayoboye ko bubahiriza gahunda zose nkuko babishyiriweho n'ubuyobozi bubayoboye gusa
Yesu ashimwe !umunsi umwe hari kwisabato twatangiye ibirundo ,Nuko baraduhagutsa batangira kutubaza ibyo twemeye kuzatanga :bangezeho ndababwira nti ntakintu mfite kuko nari umunyeshuri seconder ariko nti Imana ninshoboza nzatanga pastoro ati«uzabona umuvumo waYefuta »byabaje bamwe mubizera gusa sogokuru bimugezeho kuko yatagishobora guterana bite we nizabukuru yahise antangira iryo turo.ubu hashize imyaka 17
😢😢😢😢😢
Ese Rwamapera ibitabo by'umwuka w'ubuhanuzi urabyemera? Ibyo utatanze byose yari iminsi y'ubujiji? Ntabwo uziko Imana ariyo yavuze umuntu wese agarure ibyo yibye?
Uwo muvandimwe avuze ko buei division ikora ibyo ishaka, ubwo iryo ni itorero ryimana?
Kd bibiriya ivuga kwizera kumwe ,umwuka umwe,duhuje umutima. Ibirundo byo nibindi bindi,.
Nshuti zanjye twebwe abakristu ntscyaha dufite hagowe abatuyobora bitwako badukuriye ibyo byose nibo bazabibazwa .ibyimana tugomba kubiha Imana ibyakayizari tugomba kubiha kayizari kuko amafranga ntacyo avuze mukwizera Imana icyambere numutima
Igihe ubonye umucyo ugomba kuwugenderaho kuko ntabwo uyoborwa n'abantu ahubwo uyoborwa n'ijambo ry'Imana
Murakoze bavandimwe, ibi byari byaranzonze,
Aka kantu ko kuvuga ngo ibirundo biba mu Rwanda gusa c koko kaba ari ukuri?
Cyane rwose
Murakoze nasomye gacye gashoboka ariko sinzongera kugitanga peeeeeeeee
Nzafasha abogufashwa ibindi sinzakomeza kuba umufarisayo rwose wapiiii
None ibirundo byaje gute ?
Nibyo kera bitaga umusaruro se ?@@uwizeyimanafaustin9894
Hari naho icyacumi utanga ku mwaka bakagusubiza 1/2 cyayo
Warahumye byanditswehe ?
Mu kuri gutanga imihigo ngo nzatanga aya nanjye simbikunda n'ubwo mbikora.Njye nandikisha icyo nzi neza ko nzunguka hanyuma nabona indi migisha ngatanga 1/10 uko bikwiriye.Ariko abenshi batanga ibirundo batazi ibyo aribyo nka contibution runaka.
Mwebwe rero mubivugaho mukwiriye kujya mwigisha abantu igikwiriye ko ari ugutanga 1/10 gishyitse nk'uko itegeko ry'Imana ribivuga kuburyo ibyo birarane baba batwibutsa ntibizongere kubaho.
Hanyuma ubuyobozi bw'itorero nabo Imana ibagenderere bigishe abizera kubaha Imana iminsi yose.
Niba umuntu hari ibyo atatanze kubera impamvu runaka zitewe n'intege nke akwiriye kubigarura atarindiriye mu kwa karindwi.
Nkunda Imana ko isobanukiwe impamvu itera umuntu gukora ikaba ari yo izirikana ititaye mu guterana amagambo by'abantu.
Ubu se urwo Rusengero rw'ikigali rudatanga ibirundo bararutinya ko batarushyira mubihano ko batubahiriza gahunda zose bashyizeho.
Bro sinjya mbitanga pe kuko nzi uko bisoza!
Gutanga ibirundo nuburenganzira bwumuntu ntawe bafata kungifu. Gusa
Impamvu ni uko mutashobora kubitanga, ntabwo maze igihe ndi umudiventiste ariko kuba hari igihe rusange cyo gushima Imana ntacyo bitwaye iyo bikoranywe ubushake
😂😂😂😂nibyo rata
Icyakubwira amakimbirane abayobozi bafitanye kubera amafaranga uburyo abantu barimbura abandi. Kandi basengana. Nawe uzarebe. Ibigo byimari nubucuruzi bikorw na ADRA baha nande imirimo itari ikimenyane ?¿?.
Muraho neza izindi onion zo muri division yacu pastor Edison yagiye kubibigisha
Bizera.mukomere kora yifuje kuba umutambyi agomesha abakuru mubisirayeri
Ahubwo Leta yacu ikwiye kugenzura amatorero kuko abayoboye amadini bari gukabya mu kwaka abizera amafaranga.
Ntibyakunda kuko ahari barayagabana