Plaisir niyihangane iyi isi yuzuyeho abagambanyi buriya hari abafatanije n uwo mugore bafitiye Plaisir ishyari. Ubundi se izo miliyoni enye zari izi iki ?
Reba nka deboh wibeshyeko yaryamanaga numugabo urwayesida akamwanduza nyuma akayikira urumva ataradanganyaga ngo uwomugabo yamuhaga amadorari igihumbi kumunsi. Nonengo ubuntayo afite y u u u u u
Gasaro we mujye mugira amakenga aha kumihanda ntibyoroshye ngewe ubuhamya bwuyu mugore ntibwigeze bunyubaka ninayo mpamvu ibibintu ntabyemera abarozi rwose ngewe mbambona nibi babeshya batarabiretse ese abo babaha millions babashimira iki ? Ko batayaha benewabo bakennye cg ababyeyi babo ugaha umuntu warogaga abantu Sha Pasteur Brigitte ndagukunda nkunda ukuri kwawe no guhora usaneza uri smart hose ntujya ukora ibiganiro byamatiku namenshi gumamo rwose courage
Nazane ibizibiti ko bamwoherereje huit millions hanyuma undi aramuriganya??? Kdi bibaye nawe Penina uri kumuharabika ashobora nawe gushaka ubutabera!
Ese murebe penina neza ataba arugusebanya
Ariko imihanda ibaho byinshi pe, ariko izo million yahawe na Diaspora itayaha ababyeyi babo cg imiryango yabo ngo basanire amazu abababyeye ngo bayahaye uwo mugore, ayomafranga se bo barayafite ntimukabeshwe
Uyu muterankunga nubundi bose yabamenyeye kuliyi mihanda nakiranure abantu asobanure ukuli biraba kuliyi mihanda nawe
Ayo mafranga ko ari menshi byatera kwibaza, sumuryangowe ayoherereje hari ikibyihishe inyuma, kuko yivugiyeko yarogaga wenda wasanga yarafite mission yamukoreye ko mbona dusigaye mu isi iteye ubwoba. Aho umuntu agura kugirango yikize uwo adashaka.
Gasaro gose more blessing na Maman pasteur Brigitte ❤
Ndagukunze uvuzukuri penina niryarya🎉
Bambwirire past kuko barakabije gusebya abakozi b'Imana
Oya ahubwo abakozi bimana Niko biyise mwitekamitwe ryabo bafite inda nini cyane
ubundi pst Brigitte niwe wanjye 👌🏽👌🏽👌🏽👌🏽
Umugore uzi kurira amarira y ingōna azarimbuka n atihana😊inda nini irabamaze
Bishop kweli uvuze neza cane,nimba barayarungikiye Plaisir nayiwe bavane amatiku ngaho
Bishop uzi gukaranga umunwa kbs,
Uri umusirimu
Mukozi w'Imana Brigitte nukuri nange nddmeranya nawe, Imana izabahane yihanukiriye abobarozi bose baduhangayikishije pe!
Gasaro & Bishop Brigitte Hi!
Yooooh! Penina yatumwe.
Plaisir wirambire. Ab isi nuko bashima.
Urakoze mami
UBAYE KURE MBA NGUKOZE MU NTOKI BISHOP BRIGITTE 😂 PENINA YAVUZE IBINTU BITEYE UBWOBA AHUBWO BAMUFUNGE NI UMWICANYI NONE ATANGIYE KUVUGA NGO BAMUHAYE AMAFRANGA KOKO ABESHYERA PLAISIR AHUBWO YITONDE ATAZAMUROGA NI SHITANIIIIII Y.UMUROZI
Bamushimiraga ko yamaze abantu abaroga Sha
Mubyeyi Abarizi Nabagomebabi Biriya penine Avuga Nibayarabikoragakoko Mwizina Ryayesu Imana izamwotsa Ntajuru Ryumurozi Kd Ibyokoko Nibaribyo Byamugize Imbatayabarozi nokwicana Niyanabireka Mumugenderekure
Rweme
Uko nukuri
Ko Imana yagukúye habi wanyuzwe n iby Imana yagukoreye?
Ntabwo byakundako muharabika plaisir mwebwe ngo bicemwo birigita Nuwo mugore atumwa na Grace
Turakuzi gasarowe urumugore ufite umugabo ufotora umugabowawe nigafotozi chou turakuzi
Mwihangane
Ndumva naguheka past umvugiye ibintu ahubwo rib ijye ikurikirana mwene aba bantu biyemerera ibyo bakoze(kuroga)
Batuvire kuri plaisi yifashirize Imbabare
Ukuri kuraha nibyo bizakora umuti nkandira kuriyo FOTO inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈✅
Ni Jeradi mbabazi
Pliasir Ibyonibizaguce Intege Abutabara Nibeshi Kuko Penina Guharabika ntibyamunanira Nokwica yarishe bihagije Kuko Abyivugira
Ariko kuriki cya numero musubire inyuma murasanga indyarya nyinshi zidashira number zabatumirwa kubiganiro.
Icyombon cyo rwose inzara iratuma duhemuka pee😢
Ikind yigeze kuriganya uwamuhaye inzu
Ariko mbere yo gucīra umuntu urubanza mwagiye mubanza mukareba imyigatire ye?
Namuhaye milioni 8 amushimirako yarandaguye imisalaba mwirimbi, n' Uko yasambanye abagabo benshi !
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣❤
😂😂😂😂urumwan mubi
@@GrâceNinahazwe ngwakabi gasekwa nkakeza reka nisekere amenyo namabuye.nyine reka bamuhembe million umunane kuko yarinkozi yibyiza
Plaisir ntumukozi wimana afasha beshi bimutera umutimamubi
Ese wa mugani Peninah bamuhaye 8M kuko yakoze iki?
Najye nabivuze ahaaa ngohanze bakorera amafaranga yogutera inyoni da.najye ndihanze sirimwe sikabiri umutware wajye ahora atuma Plaisir agadutumikira abamusebya rero simbizi uretseko sinarinigera ntanga na milioni imwe kumuntu umwe gusa undi bamwoherereje 8.manza uyamuhaye ari president kuko ndihanze simpembwa na milioni 4 kukwezi kandi ndimubantu bafite akazi keza
Nanjye nibaza icyobayamuheraga nkakibura
@@chantalvumilia9779nange ntyo da no ku kwezi ayo ntawonzi uyahembwa, ziriya million zirimo ikibanza cg gusana inzu yumubyeyi ngo uyahaye uza avuga ibibi yakoze, twese turafasha ariko bareke kubeshya
Plaisir ararengana,Penia bazamufunge ni ikirozi
Kugirango plaisir wigirire amahoro ube uretse gutabariza abakene utazarinda no kuhasiga ubuzima. Absigaye bagifite ibibazo Yesu wabapfiriye abe ariwe uzabatabara akanbatabariza. Ba ubivuyemo wikorere akazi kawe utunge umuryango wawe wicecekere kuko ababakene nibafatanya nabanyeshyari bawe bazakugirira nabi.
Ahubwose ko numva bazanye amajwi ya ploisir kuki batazana amajwi bavuganye amubwirako yayamuhaye
Ariko ubundi milion 8 baramuhembera abo yishe cg yatwaye abagabo
Ariko ubundi umuntu arivuga ko yishe abantu RiB ikabirebera yabyivugiye abandi kobafunzwe
😂😂😂 Penina Wakuniye kuri ari Aritari 😂😂😂 uriya mugore Bita penina numugome Ntacyo Atakora pe
Nagaharabike umu
Nubwo ari intyoza ngo arabwiriza biriya n impano si agakiza
Plaisir niyihangane iyi isi yuzuyeho abagambanyi buriya hari abafatanije n uwo mugore bafitiye Plaisir ishyari.
Ubundi se izo miliyoni enye zari izi iki ?
Ndi Pnaisir namurega uku nukwangisha umuntu rubanda
Kuki atazanye ibimenyetso
Niyo yaba yarayariye abayohereza bajye bayoherereza nyirayo. Kuko Plaisir si umukozi ushinzwe kwakira amafaranga yaba Diaspora ngo ayageze kumuhanuzi.
Imbabare Ninyinshi Izomiriyoni Avugabamuriye Bamuhemveragiki Yakoze Nabobantubose Yamaze Abarozi muzashya Ahomushyira Abandi Namwe Muzahahya
Nashake ibimenyesto
Ubwomurashaka kuvuga mbabazi ko yashizeho nimeroyiwe mugufasha mama wavava u u u u
Ngo miriyoni umunani abadiaspora bafite cash
Sukose, ibaze rwose 8, ntibaziko amafranga avuna kuyabona
birantangaza kubawitwa bishopu ukaba utemerako harabamuha ubufasha
unwo wizerimana ?
Uriya murozi ntuyigeze akizwa nubu aracyaroga ntabwo yaza kurega Plaisir ubusa ngo tumwumve
Nakumìro koko uwo niwawundi waje avugako ari umurozi? Yewe akabaye icwende ntikoga koko😮 yaragufashije uramenyekana
None Dore inyuturano😮
Abatanga izofaranga nibo batagirubwenge kuko uyahaye umunyamakuru wemezwa niki kwabazayamuha?
Njye nibuka avuga ukuntu yarogaga abakobwa bakarinda bapfa badashatse akoresheshe ubusamunyiga ni bindi bisimba umusore yamurambagiza ngo akunva aramunukira nkakagasamunyiga mbese Penina ateye ubwoba pe
Ngo 8million? Bamuhemberaga Ayo mabi yose yakoraga se wa !
Ntabwo mwashobora kwata prair
Ahubwo se yari yakoze iki ngo bamuhe izo miliyoni
Ntago amafaranga ahabwa uwakoze gusa 🤔🤔
Ubundi nibajije ngo ninde mu diaspora wahaye uriya mukecuru 8000$ byidorari cg amadorari 8000 ntayo muzi ahubwo narasetse ndihirika nibutse ko ndara ijoro muri America nkorera 150$ ku munsi hanyuma nkumva uvuga ngo yahawe ibihumbi umunani byamadorari sha yiyicariye koko?! Ese yari ayo kumuha kugirango azure abongabo yishe !
Penina Uwiteka amuhane nimba atazagabanya Umunywa.kuko aravuga nkuwutigeze ahagarara kugatuti!!!
lyi nayo muzayirebe
MURATWIGISHA AMABARA YA YEZEBELI YO MU MASO.
Plaisir niyihangane iyi isi yuzuyeho abagambanyi buriya hari abafatanije n uwo mugore bafitiye Plaisir ishyari
Uriya mugore arabeshyera Plaisir.
Ni umupagani kuko yigeze no gutwara umugabo w abandi kand nyuma y uko utanga ubuhamya
Mwibuke yuko yatanyaga umugabo numugabo ubuse twabwirwa niki ko atatumwe nimyuka mibi ubundise ko nziko ntantungane kumafaranga abo bavugako brezire yabaririye amafaranga bibutse kuvuga aruko bumvise iyo nkozi yibibi
Yavuze ko ari enye zirazamuka
ubuse wirengagijeko harabantu bafite amafranga yabasagutse ibihumbi 8000$ arinka 800frws .
Ariko ubundi youtubers niyo abantu bagirana ibibazo mufite uburenganzira bwo kugenza ibyaha? Babafate namwe mutangaze amakuru yibiri munshingano zanyu. Byonyine niyo yamukorera amakosa aho baregera amakosa ntihazwi. Ese izo youtube channel mukoredha gutyo muziko mwica society ? Muziko imiryango yabo muzana kumihanda ikeneye u
Umutekano nabo muzana ba plaisir uko ubugenzacyaha butazana amabanga kumihanda namwe mugire ibanga mube professional cg muhanwe. RIB nikurikirane buri wese ukora akazi katari are nka youtube channels. Gusebanya sibyiza niyo umuntu yaba yakosheje. Ese mutekereza kungo mwasenya nimiryango mwateranya nimbuto nziza abo bantu baba bafite mwakwangiza?
Reba nka deboh wibeshyeko yaryamanaga numugabo urwayesida akamwanduza nyuma akayikira urumva ataradanganyaga ngo uwomugabo yamuhaga amadorari igihumbi kumunsi. Nonengo ubuntayo afite y u u u u u
Bibahoanbatuntibatagakuwe
1$ Canadian =800 ibaze izo million,bari baguze iki se,ese abiwabo babayeho bate?
Nones ahubwo se uwayamuhaye yaserutse
Ahubwo uwayamuhaye niwe yarikuvuga apana penina
Afite ubuhamya bubi chane penins
Aba diaspora twaragowe! Penina ni ikijuju kuza kuvuga Ivyo adafitiye gihamya ! Amahera natwe ntituyatora mumuhanda ! Nareke gusebanya ari umubyeyi ufite abana . Ico abiba nico azasarura .
Ariko ni nyina wayamwoherereje? Nibyo baguze?
Nubu sindabyunva
Ikindi uwayamuhaye yarapfuye?
Ariko uguku'nda yaguha narenze miliyoni8 ahubwo Penina azane téléphone y uwo muntu watanze izo miliyoni8. Ariko Plaisir ntajya ashyiraho numéro de téléphone z abatumirwa be
Imana igiye gutwikurura Plaizir nyamara" muraje mubibone 😢 Muzasanga mwamwibeshyagaho
Nawe yagutwikurura ariko kuko nawe nturi umutagatifu
Plaisir ivyiza yarabikoze twarabibonye ibintu vyubugambo ntibitureba nonese penina nimba numéro yiwe batayisize kukiganiro ubwo se nigiki camubwiye kwayomahera yagiye kwa plaisir ? Nimba uwomuntu yarafise numéro ya penina kuki atayacishije kuri we akarinda kuyaha plaisir ? Ivya penina sinovyizera uwo wayamuhaye naze arondere ayomahera yiwe penina areke kurondera ibitarivyiwe
@@jeannenirere743ahubwo sha,uwo muntu yayatanze niwe yari akwiye kuza kwishuza kko niwe yahomvye kuruta uwo penina
Babaze uwo avuga wayamwoherereje noneho abone kwita Plaisil igisambo naho nta bimenyetso nta cyabaye
Uyo mudamu nimwiza kabisa, ndakunda nukungene yitonda ari mukuvuga. , mamama, mwabonye inseko yiwe. ? Nimwiza pe. 😂😂😂
Nimunyifashirize mugire subuscab kuri Evrosen Tv. Muzoba munfashije.
Iyoumuntuyihawyekuberaikimuciraurubajyarubi
Plaisir nawe mugarukeho kuki adashyira no zabatumirwa kukiganiro ntazi ko baba baje hano murwego rwa ama chene akurikirwa nabantu benshi kandi nabo bafite ihungabana ryabo kuko nibaharumuntu watanze amafaranga anganatyo uyaha umuntu wicaga abantu waba nawe udafite ikibazo nawe kiri biscologique . Plaisir rero nawe ikureho ibi bibazo nawe ujye ushyiraho no zabantu ese mwagiye mumera nka sabin uko abikora cg Gerard .Utwo tuntu mubamo kandi mwebwe abanyamakuru kuki mushaka kuzamukira kubantu basaze ibaze Plaisir yarariye amafaranga yuriya murozi ubwo nawe amuroze koko .Gasaro wowe ntabiganiro nkibyo ugira ukoresha babakozi b Imana bawe nibo ushakira ubufasha ntabandi igumanire nabo
Wibagiweko harabagore babiri banyuzeho bahoze arindaya, bikarangira bakoze amanyanga, Kandi babi babasabiye bakubaka amazu nibindi, numero rwose singombwa niba she gutanga ubuhamya ntaba aje gusaba
Ariko Plaisir yarigeze kuvuga impavu har'abo atagitanga numéro ngo nuko hari benshi bahaciye bavugako ari abakozi b'Imana,abahanuzi yatanga numéro zabo abantu bakagaruka bamutuka ngo barabivye kdi babakuye kuri Channel yiwe,ahitamo guhagarika gutanga numéro zabo,none ehe ibimugarutseko.sha Imana imurengere pe kko ntawonezereza ab'isi
Inzara iri gutuma duhemuka pe ukaza ugaharabika umuntu ufite izina ubeshya bazamukurikirane nabura ibimenyetso
Ariko aba diaspora baragowe peee ubwo ukohereza million 8 boshyi arikibanza urikugurira abana banyu . Ba diaspora muhumucye mubwonko .!!!!?