Meddy n'UMUKUNZI we bakoze AGASHYA mu gitaramo i Kigali

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 1 янв 2019
  • Meddy amaze igihe gito ahishuye ko afite umukunzi witwa Mehfira Mimi, mu bitaramo akora asigaye amwereka abafana, yamumuritse mu cyo aheruka gukorera muri Canada n’i Kigali.

    Meddy na Mimi bafitanye amateka yihariye mu rukundo, yamukoresheje mu mashusho ya ‘Ntawamusimbura’ nyuma batangira kugaragara kenshi bishimanye ariko ntiberure ko bakundana.
    Mu gihe gito gishize, aba bombi batangiye kubwirana ko bakundana ndetse bakabishyira ahabona, ubwo Meddy yazaga i Kigali yazanye Mimi ndetse yamwerekanye mu muryango.
    Mu gitaramo cya East African Party Meddy yakoreye i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Mutarama 2019, yageze ku ndirimbo ‘Ntawamusimbura’, ahamagara Mehfira Mimi ati “Ngwino…Vayo!”

Комментарии • 23