Abaturiye Mpazi babayeho bate? || Andi magorofa agiye kubakwa muri Cyahafi ya Kigali

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 8 сен 2024
  • Imirenge ya Gitega, Muhima na Kimisagara ni indaro ya benshi mu batuye ndetse n’abashakira amaronko mu mujyi wa Kigali rw’agati ndetse na Nyabugogo.
    Ni hamwe mu hateraga impungenge kubwo kubarizwamo nyinshi mu nyubako zishaje kandi zigaragaza ko zishobora guteza akaga harimo no kubura ubuzima mu bazituriye kuko zikikije ruhurura ya Mpazi.
    Umujyi wa Kigali ku bufatanye n'abaterankunga ugenda uvugurura iyi mirenge ifatwa nk'amarembo yo mu mujyi wa Kigali rw'agati haba mu kubaka amazu ajyanye n'icyerekezo ndetse no kuhegereza ibikorwaremezo birimo imihanda n'amavuriro.
    Kigali Today yaganiriye na Mukankundiye Dorothé wari usanzwe atuye hano muri Cyahafi akaza guhabwa inzu mu kiciro cya mbere cy'izubatswe hano, aratubwira ubuzima bahozemo mbere ndetse n'uyu munsi ari nako agaruka ku mbogamizi uyu munsi zikigaragara aho batujwe.

Комментарии • 16