UMUGORE MWIZA WASHAVUYE 😭IMYAKA 11 UMUGABO ANDAZA HANZE😭|NO KU RUPFU RWA MUSAZA WE😭SIFA YARABABAY
HTML-код
- Опубликовано: 18 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
How Rose is caring others while crying is sooo emotional i wish a friend like this😭🥰
Abantu Imana yahinduriye status nimureke twongere tuyishime 🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽🙌🏽
Njye ndacyategereje,munsengere.
Amennn nukuri 🙌
La safi pongezi sana dada nkuzi Nairobi ark sinarinziko ufite témoignage ikomeye! Uum yewe burya abantu barashize , sois forte ibyiza birimbere.
wouww Safi weeeeeeeeeee ibyo uvuga ndi umuhamya wabyo narabibonye peee Imana ihindura amateka ,ngaho komereza ho rwose mubuzima bushya
Sha mushut najye ndabyibuka najye harigihe umugambo wawe nyigize kutuvudukana ihemba neza niyambura shima imana ko yaguhanaguye amarira ❤❤
Rose mwaramutse neza nukuri turagukunda ariko nkibaza impamvu utajya uganiriza aba dame barubanda rugufi Kandi nabo baba bafite ibikomere, merci
Bambe Uyu mudamu namukunze cyane hari abana bafite ibyo bibazo bikaba bigoye kumenya icyo barwaye 😢 Thanks for your testimony
Sorry sweetheart amarira aranyishe hi was sweet guy but God knows why and i believe that hi is in good place where God choose him to be you are loved baby girl 💓
Yooooo safi ndakumva cyane nshuti yanjye ndumuhamya rwose ndashima Imana yaguhinduriye amateka.
Ahwiiii Mana weee Safi urandijije pe. Imana igukomeze kubwa Dani. Kdi ishimwe ko yaguhaye urugo, uzarugiriremo ibyishimo byinshiii
Be strong maman Kenny ndi umugabo wo guhamya inzira y'umusaraba wabayemo
Okay
Oooh nukuri Imana imukomeze
Najye ndamuzi twaraturanye ibyo avuga nibyo afite umugabo wumusinzi
@@kiberinkaaline Niko bigenda iyo wanze abagabo beza bitonda ugakurikira iraha namafranga.
@@_trust9994ariko gushaka byari amahitamo ye gushaka uwo ashaka urinde wo kumva yari guhitamo uko ushaka? Tujye tugira ubwenge mubyo tuvuga.
Iman’ikomez ikurinde safi mwiza wewe usobanuye byinshi cyane kandi imigisha izakomeho iteka ryose ndagukunda cyane kandi urabizi🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰👌
Mbega inkuru ibabaje we!! Ntakibabaza nko gupfusha umuntu mwabanaga agufasha byose, biraryana pe, I know! ndize rwose nkimara kumva ko bamusanzemo cancer, na nyirubwite atararira
Nejejwe nuko ubu wishimye
Knd Rose thank you, ibiganiro byawe birafasha
Safi uri mwiza cyane nkuzi through umushuti wanjye tubana ino.uriya mugabo uzamukunde cyane ni Imana yamukuzaniye disi
Nkunda ukuntu abanyarwanda duhoberana shahu.
Komera mugore mwiza nanjye ndarize wabuze inshuti umuvandimwe baravuga ngo abeza ntibaramba nukuri nanjye ndumva uriya mwana wumuhungu atarasanzwe disi gusa byarikuba byiza iyo aba agihari imana irahambaye gusa iragukunda kdi ndishimye nanjye kuba yaraguhaye ugunkwiye mugihe ginkwiye imana numukozi wumuhanga komera 🤍🤎💜
Imana ibishimigwe caaane mu maman mwiza kandi ihezagire caaaaaane uwo mutware waw yakumporeje naw ukiyumva.
Komera nshuti yanjye Isi si iyacu tuzayivamo urupfu rwa Danny ntirujya rumvamo, gusa Uwiteka ashimirwe imirimo myiza agenda akora much love yours Nzozo Fille ❤❤❤❤❤❤
Rose ahoza umuntu nawe urira 🤗. Ni ukwihangana ku isi turi abashyitsi kdi nta joro ridacya!
😭😭😭😭😭😭ubu nibwo ndikubyibuka ubundi wowe watumye mba strong disi agasombe kawe kataburaga ndagakumbura
Uri mwiza imbere n inyuma. Imana izaguha kubyarira uwo mugabo mwiza mama❤
Ni mwijaaaa❤❤❤❤
Oh haleluyaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
Same story!!!! God will remove tears on my eyes.............. Possible to Lord😢😢😢😢🎉🎉🎉🎉
Abagabo wee!! Ibaze ni ukuri. Mbega impuhwe! Ngo ngufashe kwiga! Kumbi arishakira ibindi!
Proud of you Aunt kdi uzagera kure, I love you so much❤❤❤❤ w're blessed to have you🙌😇🥰
❤😊❤❤❤❤❤,
Amen❤ Hahirwa abapfa bapfiriye mu mwami ... mukomere nshuti nziza❤
Rose nawe uri mwiza kd ngushiniye uburyo utwubaka
Marriage is not a race that you will win a trophy! If you are not happy to the point you can’t handle leave before you are beyond damaged that you can’t even be put together! Some women uses kids to stay in toxic relationships that damages kids more! You leave for kids not stay for kids! Staying could cause more damage than leaving! Just saying! I’m glade you left beautiful mama you are beyond beautiful be blessed your future is bright ♥️♥️💡
Jyushyiraho nimero zabo tubafashe tubabyaze umusaruro tubihoreze mwene aba ntibagorana rwose
Ese kuki abantu bavuga ko Imana ariyo itwara abantu? Ese urupfu rwavuye hehe? Hari umugisha abantu basangira nko kubyara hari n’imivumo abantu dusangiye urugero nk’urupfu!
Yoooo pole sana dada umuvandimwe wawe yarwaye nka murumuna wanjye neza neza😭bararuhutse cyane kuko bahuye n ububabare burenze🤲🤲🙏🙏🙏
Am enjoying the show though i don't understand the language
Impole for your brother! You are a strong woman❤
She rejected nice guys in her 20s, those guys could have taken care of her but she chose to follow guys with money and suffered thereafter. Do more research about someone before posting rubbish.
Wagize urugo rubi 😢nkurwannjye 😢😢 imyaka 7 yurugo rwinkoni
Ooooh bazina komera cherie!!! Ndababaye kubwiyo temoignage!
Mana Aha Imana gusa ijye itanga imitima yihangana cyane pe!!!!😢
Ikintu cya mbere kitwica nukunva ko harikintu umugabo azakumarira.
Nshuti abakobwa beza mbere yo gutekereza ikitwa umugabo,nukuzajya tubanza tukiyubaka.
Disi se ko yari umwana w' imyaka 15 ubwo yari kwiyubaka ate?
@@MMathy116
Ariko ubwo uba wasomye message neza?uyu watanze message ntaho nigeze muvuga. Navuze abakobwa en general kuko mugutanga ubuhamya aba ashaka gufasha abandi!!!
Safi we be strong kandi Imana ishimwe ko nyuma yibyo byoye yahabaye .
Ndakwumva. Imana ihabwe icyubahiro ko yaguhinduriye amateka
Imana iguhe umugisha cane Uri umu maman mwiza caneeee rose aduhe contact yawe
Rose murakoze inkuru yambabaje irangira, ariko osoje neza. Gusa uzamuzane noneho mugabira ku nkuru ye y'urukundo arimo ubu mwayiciye hejuru.
Inkuru y'urukundo rushya nanjye ndayishaka
Ikiganiro cyiza🎉🎉 urabivuga nkabyumva incuro 100😢😢😢😢
Imana ikuzigame mu maman mwiza
Sha Safi imana iragukunda,kandi urimwiza caane
Hi beautiful, urandijije namge nafgishije my brother in 1988. He was in University of Kinshasa just like your brother. Que son ame repose in peace like my brother Rudahinyuka Antoine. I miss him daidaily.❤
Sorry, I mean dairly.
You are right, sometimes the last decision come from yourself. I Salut you my dear. God bless you for your inspiring testimony. ❤
Inkuru ya musaza wawe irandijije peeeee ukuntu mwaruhanye😢😢
Impore impore safi weeee Dan Imana ikomeze imutuze aheza nukuri kdi Imana ihe umugisha abacuti bawe bakubaye hafi bakagufasha gusenga
pole Safi
Safi mwiza
Imana niyonkuru🙏🙏🙏
U are lovely beautiful .be blessed more rose I love u
Thank you so much❤
Sha mfite sister ufite ikibazo kimeze gutya abana be 2 basigaye barwara gutya kwikubita hasi bakajya muri coma pe ibyo avuga nukuri amakimbirane yo mungo agira ingaruka zikomeye cyane kubana
Wambwiye akaza hakiri kare
Safi urandijije basi! 😢😢 Imana ishobora byose izakubakire! Naho gupfusha nibindi bindi ntibimenyerwa twese twashiriyemo pe
Pole
@@chefBlackbeauty03 urakoze ma!
Yooo shawe namenye Alarm Ministries 2017 nifuza kuyijyamo kuko nabakundaga
Ariko ngira iphunwe n’ikimwaro
Cy’uko ndi Single Mother
Iyo menya ko wabagamo narikuza tukiyegeranya.
Shawe reka mbabwire gutandukana n’umugabo bitera iphunwe, uriyanga, uba wumva utajya mubantu, nta jambo ufite
No murusengero narihezaga nkicara inyuma, nkumva sinajya mumirimo y’itorero kuko Imana yangiriye neza mfite igihagararo cyiza, ndasa neza pe! Ariko nkavuga nti niniyegereza abashumba b’itorero baranyakira na Yombi
Nyuma nkongera nkibaza nti ariko se nibamenya ko nibana bazamfata gute? Bazansuzugura banteshe agaciro?!😢
Mbese kugeza nubu ntinya kwiyegereza Abantu.
Kandi koko muri Société hanze aha ntago batwumva neza
Nukuvuga ngo ugomba kuzana ikintu gituma w’influançant société nibwo byibura wagira abantu bake hafi yawe.
Ikibazo gikomeye rero :mumfashe
Muri kwa gushaka uburyo wakwiyubaka kugirango wubake izina ryawe naragerageje pe, ariko Umugabo uje kumbaza izina mpita mbonako akuruwe nuko niyubatse atazanywe n’urukundo
Demand ndazifite kubwinshi ariko nabuze amahitamo.
Byarananiye pe
Oooh birababaje abagore benshi bashingira ubuzima bwabo ku bagabo! Umufite utamufite rwose menya kumva ko ufite agaciro pe! Kugeza aho utinya kwicara ngo imbere hafi y'abapasteri koko? Byose ni mu mutwe nibyo washyizemo, kugira umugabo sibyo bivuga kunezerwa, hari benshi bazibabariyemo ariko bazigumamo kubera gutinya kunegurwa! Abo rero bari kure cyane mu byerekeye kwikunda ubwabo! Uzahitemo neza ushyize imbere indangagaciro z'umuntu kandi ukomeze ushyire imbere kubaka wowe!
Cherie uzaze gusengera kwa Apotre Mignonne byose iryo pfunwe rizashira burundu
Ndagushishikariza gukunda UMWUKAWERA no kuzirikana kenshi ijambo rye aba aguhaye mu byanditswe byera utitaye ku bikurangaza no gushiturwa nibyo urebesha amaso y'inyuma Yh14,16 na Zaburi32,8 bityo UMWUKAWERA azaguhitiramo intore ye ukwiye kandi igukwiye. Gira amahoro ya YESU
Buriya ikizakworohera n'igihe muzahura nuwo wowe nawe wakunze . Ikindi nuko abagabo bose atari babi, hari abagira urukundo nyarwo.
Imana ishimwe ko ihanagura amarira mugihe gikwiriye
Yewe ubwiza bw umukobwa ntibimubuza kuruha koko🤔
Sorry abantu benchibafite ibikomele Imanishimwe kuko ubuaramaholo.
Ndi Kenya ndifuza kukobona
Woow. Congratulations Safi🥰
Rose ndizi amarira aba yamurenze pole bambe ,gahoro gahoro nirwo rugendo
Ushobora kuba ufite umutima mwiza.
Nanjye nakurongora ndi umugabo naho waba ufite abana 5 +
Ubundi se ko uba urongoye umugore nubwo yaba afite abana icumi byaba bigutwaye iki ? Ikindi uyu yarapfakaye ntabwo yababyaye yiyandaritse ! Numugore mwiza cyane kandi azi nubwenge
Wabyumvise he ko yapfakaye?
Wampuje nawe niba bikunda ❤❤❤
Komera cyane mubyeyi ndakumva cyane
Mana yanjye Mama uransekeje pe umbabarire uragira uti ikintu kimeze nk'ibeba disi .ihangane Mama
Ntabwo ari abantu bose bazi urukundo ari iki!!
affection ntipfa kuboneka erega muzabayakire
For sure would like to meet you
Sorry for your loss sifa mwiza
Nukuri nanjye story nimwe niyawe
Pole sanaa mubyeyi mwizaaa 😥😥🙏🙏
Ahuiiiiiii amarira aranyishe weeeeeeeeee
Najye nukuri
Mpor mwiza kubur uwukund birababaz cne
Rosa wampaye number yuwo mu mama sha? Aracyaba muri Kenya?
Yego aba Kenya,kurikira ikiganiro cyose urumva why ari mu rwanda
😢😢😢😢😢
ndakwikundiye gusa
❤
Yoooo wari warahuritse pe
Ego Safi ndumiwe naguherukaga kera ma cherie
Ayeeee😢
Komera
Umbarize uyu mumama ngo uririmba indirimbo z'Imana?
Yego nizimana
Ariko safi garuka muri gospel kandi pole?
Pole mwana mukwetu❤
Nitwa Olive ntuye Ethiopia nakurikiye iki kiganiro wagiranye na safi uzamubwire ngo agomba kugaruka mumaso h'Imana agasenga cyane wasanga Imana izamukoresha
Yh
Ahaaaaaa
Uyu mumama twaraturanyr ndamuzi afite umugabo mubiiii we ee
Ûwo musore ubwo ntibamuroze koko?
Bavuze ko yari arwaye cancer
Sha ihangane nduvawarababaye nkangye nangyenarababayepe😢😢😢
mwembi mukomere bambe, surwumwe😢😢😢
Impore
Mukomeze kwihagana kurinyisi tugomba nguhura nabyose
Impore
Ubuse uyu nimwiza hehe??
Imana ikubabarire iryo shyari siryiza
@@gracegatete-sw1gj Uzi ishyari icyo aricyo?
Hose
Ni mwiza imbere n' inyuma!
@@MMathy116 cyane rwose