Ngiyi inkuru y'incamugongo aka kanya kuri CLARISSE KARASIRA n'Umugabo we😭| Ibibabayeho biric.. 😭
HTML-код
- Опубликовано: 16 окт 2024
- #ClarisseKarasira #Dejoie #Urukundo #Nimukomeze
Ngiyi inkuru y'incamugongo twakiriye aka kanya itugezeho kuri Clarisse Karasira n'umugabo we Ifashabayo Silvain Dejoie/ Ibibabayeho bishenguye umutima/ urarira niba ubakunda. Dukomeje kubihanganisha
Isyigariwe! Nari ngize ngo ni Clarisse wapfuye, uragatsindwa n,Imana urabona ibiganbo byose uhurutuye, mpise nkwanga, wagiye ubara inkuru uko ziri ukareka guhahamura abantu,. gs uwo muvandimwe , Aruhukire mu mahoro ,
😮😮
Kararisa
Ariko presenter. Ubgo kubyinisha Aya mashusho wumvako ari sawa?.
Imana ibakomeze.
Ntabwaribyiz pe
Pole warukagatij cyane nawe wagira NGO haruwapfuye umwe muribo
Pip😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭❤❤❤❤❤❤❤
Munakuwa bayuwayi kbs ubwox nkawe uri kwamamaza photo cga urikuzimaguzwa toka
Sha urimbwa imwe mbi cyane cyane ariko
Ariko ibi bigambo byose muhuragura kur'uyu mwana w'umukobwa mubiterwa n'iki?
Hahhhh
Igitego aragitsinze kuko yashakaga comment none mwazimuhaye niyitangirire umwaka neza nyine gusa aratwibye
2021 !! Umuntu witabye imana ! Bamutangaza nkabavuga umupira wamaguru ??
Sha nukuri imana izaguhane kuko uratubabaje ubeshya amahanga ngo kararasa yitabwe imana urumurozi
Genda unteye ubwoba naringize ngo batandukanye ahwiiii Imana ishimwe ko ataribyo nawe wabikabije cyane ahubwo uwo muvandimwe Imana imwakire mu bayo bambe
Bihangane cyane pe!! Ahubwo naringize ubwoba ngowabona babyaye agahinja kapfuye😭😭😭
Nanjye nuko ariko Imana inibarinde
Yesu weeee oya ntibikabe
None uvuze iki, ngo agahinja gapfuye niho wari kubabara.
None ubu ntubabaye?
Mbega woe. uratangaza ukura abantu umutima uziko watera umuntu ubwoba , jya ugusha ku ngingo utarambiranye.
Arik mwaretse kuba mutuka abamenyesha makuru burya murazi gutukan kwaricah zamwifurizanya ivyiza Imana ibishimire.
Kararise ndamukunda cane indimboze ziramumuriza ❤
Mbega umunyamakuru ukura umutima ndakugaye mujye mwandika inkuru neza utumyee umutima umvamo
ARIKO WE UBWO WIZE ITANGAZAMAKURU KOKO. URABONA UKUNTU UDUKUYE UMUTIMA. UKWIRIYE GUSUBIRA MU MWUGA WAWE RWOSE CYANGWA SE ITANGAZAMAKURU URIVEMO, URADUHABUYE RWOSE
Thanks for the story
Umva uri igicucu mwenyewe
Urakaboje cyane uri mu bucuruzi
Iman ibacyire mubayo
Indirimbo ziwe zadufasha twamukunda Ariko imana yamukunze kuturusha imana imwakire mubwami bwayo
Imana izi kurinda pee waruduteye ubwoba
Nawe wabikabije utumye umutima umvamo naringize ngo numwe muribo ,nibihangane arko nawe udukuye umutima KBS
Jyewe uwampuza n'uyumunyamakuru na mucapa urushyi.
Atumye koko umugongo wanjye ucika kubera ubwoba naringizengo n'umwe muribo.
@@mukamuzimachadia5401 ibi byo birarenze harya birangira bitya gusa ?
@@andrengendalufula6451 umva sha wamugirute c?
Shadu wagiye ureka gukabya inkuru uziko utumye ndira naringize NGO yapfuye?
Ndagukunda😢😢😢😢
Imana imwakire n umuryango
wihangane ariko mujye mugerwa kungingo
Birababaje cyane.Gusa bihangane kuko Twese niho Iwacu.Imana imwakire mubayo.!!
Arikose iyinkuri niyo namba murabeshye
Yooooooo imana imwakire mubayo kandi mushikame
None habayiki ?
Nonese ko wabigize birebire, ukaba udukuye umutima , ntuziko mushikiwe afite umugabo wiwe ukwe , kuki wabivanze nibya karasira?
Mujye mutangaza inkuru mwamenye neza 10:59
Muze mwerekana abapguye mureke abazima se muba ?wabuze aho muxihera aka nakumiro koko
Ariko umutwe wamagambo ntaho uhuriye nibyo watubwiye. Iyo ubyita urukundo cg kumenyana kwabo,lmibereho yabo...uwatashye ntacyo wamuvuzeho pe.
Yooo disi imana imwakire mubayo mushiki wa mfashabayo RIP ntituzamwibagira imana imuhe iruhuko ridashira
bihangane pe gusa inkuru nzawe ntago nkizikunda urabikabiriza cynee ikindi kuki ukunda kuvuga inkuru zibabaje gusa ugire uhinduremo kuko uba wadukuye umutima
Turabakunda cyane ndi kampala
Murabatekamitwe gs ubuse iyi rip muyikuyehe?
Asyiiiiiii weeeeeee uvuga inkuru nabiiiiii
Ako mwagiye muba abanyamakuru bumwuga mukareka gukura abantu imitima nicujije igitumye mfungura iyinkuru😥😥pole sana kuri famille yagizibyago
Mpise ngenda cyane.
Kubera comment yawe. Merci mu kudata umwanya wanjye
Mwihangane ,
😂
Mwihanganepe kd inama imwacyire mubayo
Ntugakure abantu umutima jya uba umunyamwuga kuko ukomeje gutya ntawakomeza kugukurikira
Urumwanamubi warunteyunwoba naringizengo nikararise witabye imana urumugome
muraberanye p
Ibyo muhora muvuga mukabanza gutera umuntu ubwoba ntabwo aribyiza mubihindure kbs!!!!!
Ujyuvaga ibyuzinez waruntuweeee
Ese ko urondogora cyane
Nne nkaho uvuziki wakijuju we jew mbona urikijuju gikomeye cane
Mbega umuntu uvuga ibitandukanye ninkuru yarinteye ubwoba
Nonex nibyanyabyo Koko 😭😭😭😭😭😭😭😭
Cyakora ibi birakabije ngo inkuru y'incamugongo nonese gupfa n'igitangaza ? Nonese aho wowe urumva ko utazapfa, gabanya ibigambo cyakora ushonje nabi.
WAmugabowe unkuye umutima jyuvuga inkuru uyirajyize nawe ufite icyibazo unteye ubwoba
Yesu weee mwari munkuye umutima naringinzengo ni Clarisse cg umutware we uvuye mumubiri. Nubwo nuwo bidashimishije ariko mukuye abantu umutima
Yoo
Ubwose wowe ntuzapfa?
Ngoyagiye mu'Amerika atazi gusoma?
Ikyigoryi gusa .ubundi ubugabo nkubungubu buba bukwiye gupfaribwo bukavaho bogukabiriza amakuru nogukura abantu umutima
Njyewe ndikumva ahubwo wisubiririyemwo inkuru yabo, naho uwapfuye ndumva ntawuhari
Akakanyamakuru nakanyana kimbwa kagiribikabyo, gswr wakabwaw
Nukurip
Jyewe sinzongera kumva inkuruze
Watayumutwe ntabwenge
Yeah! Ni imbwa! Ahiga amahaho mu buryo bwa Gisazi!
Njye narumiwe, kaba kigize agahatari, bundya mumatwi gsa ubuhomvu bwaka gasega kimbwa
Nimukatubeshye uziko mwakura abanu umutima we.
iyi nkuru irabishye
Ahubwo irabishye cyn aravuga ntasoza mbegaaa
Izi,pfoto izirikumuvuduko mwish wangizamaso
Ikaze kuri ISABA tv
Oooooo mwihangane
Uyu munyamakuru yavuyehe, icyambere akura abantu umutima, Kandi avuga amagambo ayasubiramo akarajyiza ntacyi nti cyizima avuze. Ushaka icyo yaragamije ukacyibura
Nambabanyamakuru barabeshya
Ubwo nibyo?
Presentation yibigaragara numutwe winkuru birahabanye,plz mujye mubanza mwige uko bakora inkuru
Turabihanga nishije Imana imwakire muba yo
Ariko mubina shadu adakwiye gufungiranwa mu bitaro bya Ndera byakira indembe zirwaye mu mutwe???? Shadu wa kintazi we nk,ubu kuki uduhabuye????
Sha urimbwa kbsa
Polesana. Ugiribigambobyinshicyane ee
Imana ikubabarere wamunya makuru we
Nibakomere ariko nimujya mutanga amakuru mujye murasa kungingo .umuntu ufite umutima mugufi matuma agira ikibazo .aya namakuru akoreshwa nutazi umwuga.
ariko uri injiji koko!!! nigute uvuga incamugongo ukazana amafoto y,abazima!! ubuze kuza ifot yuwapfuye uzanye abazima!!!Uteyyye asyiiiii!! Guys niba ntammakuru muba mufitee, just SHUT UP!
Nibihangane imana imwakire mubayo iyinkuru irababaje
Rip ss
Ahwiiii warudukuye umutima kbs
ASYIIIIIII, uranyumvura kino KIROFA cy'umunyamakuru, GACIKE UMUGONGO WENYINE, urabona ukuntu uba ukuye abantu umutima😭, naringize numwe muribo upfuye.
Mpise nkora unsubscribe 👎
Ceceka njye munda hahise handya.
@@mukamuzimachadia5401 abanyamakuru baragwira
@@gracemutehayimana3897 araduhabuye gusa.
Nanjye kano kabwa k'akanyamakuru kanteye ubwoba. Clarisse akiyame
Umuntu abumwe agatukisha
Bose nkuyu munyamakuru
Abagirango twumve ibye
Sha uzabazwa byinshi
Sinshobora kuzonjyera
Kuzonjyera no kubumva
Niba warukeneye kwamamaza amapfoto wakaretse kuvunga kurupfu please
Se ubwo wahagaritse ayo mafoto tukirebera urayabyinisha kuki?
Uko abyinisha Aya ma photos Niko igihorihori ke gitimbura! Yarasaze!
Jya urasa ku ntego yibyo wanditse ku nkuru naho ibyo uvuga twarabyumvise uri injajwa rero.
Ijyewandika titre neza ureke gukura abantu umutma
icyakora urikigoryi ntabunyamakuru bwawe pe
Why did u use the fake word Rip hmmmmmm
Wamusenziwe sinakogera kumva ibyawe mwagiye muvuga ibyomuzi urumva ukuntu ukurabantu umutimapu
Gatsindwe ni mana jyuvuga ibivugika wamugabo we
Udukuyumutima pe! Nibihangane❤️
Mbega umunyamakuru ukwiye andi mahugurwa pee .uziko utanga amakuru nkutarigeze arikandagiramo gabanya ibikabyo
Ariko abanyamakuru nkaba babaha akazi bate, narumiwe njye
Muba mwabuze icyo muvuga
Yooooo mwihangane nukuri
Puuu, subira mw ishule kwiga wagure ubumenyi.
Kuvuga nta bwenge buri mwo.
,Kuko uri umubeshi wa rofa we .Wewe warize itangazamakuru ? Urashobora kuduca kumutima ugitangaza nagize umubabaro nziko ari abo bageni bapfuye
Uri akajajwa kakagabo,puu hagowe umugore wawe
Cyakoze uri feck gupfa urumva aribintu bikaze x urumva amagambo afite ra nkayabagombozi x yewe tuza peee suko bashaka amafranga
Ntimukabeshye kumuntu ngoyapfuye
Kokox nimukatubeshye😢
Cyakoze ndumiwe
Menya wari umuswa mu ishuri:: uzige kubika umuntu umwubashye utavuze NGO yagize gutta arapfa nkaho yabyifuje. Menya utazi ikinyabupfura
Imburamikoro!!!
Ndagutwenze wowe bagufuge kabisa wekwica abanu
Urashoboye
Arrete d'alerter les gens , ça c'est une famille élargie c'est pas direct ..Ibyo ni ubujajwa .Si byiza .
Ibyukora nabunyamwuga burimo
Mwana uziko uzadukuramo imitima basi jyushyiramo imiyaga
Wamunyamakuruwe ba kuvuga vuba na vuba abantu bamenye ikibaye . Ibisigaye ubuvuge ny.uma
Njyenda warutwewe ntukabeshye gakurikirwe na so wanyu ahubwo niwowe wapfuye jyipfa wenyine wa bwawe
Ubuse nkawe kko wagiye uvug inkuru nyamukuru ukava mumagambo ibaze ngew ndabon waruri kwamamaz urukundo rwabo ngo story zadufash hhhhhh urasekej. Gusa Rip imana imwakire mubayo