MUSONI Flavien: Ibibazo by'Abadive n'Abagaturika; Gutabarwa N'amababa Ntutembanwe N'uruzi
HTML-код
- Опубликовано: 8 фев 2025
- Mu gitabo cy'Ibyahishuwe igice cya 12 havugwamo ibitero ikiyoka cyagabye ku mugore usobanura itorero. Ibyo bitero bigaragaza ibitero bya Kiliziya Gaturika, ibyo yagabye ku kuri kwa Bibiliya. Kandi tubona havuka irindi tsinda ryavutse rihangana nabo. Kurikira iki kigisho.
Namugerwa Allen from Uganda Nshuti zange twitegure kandi twige komatana na Yesu kuko hali ibintu nja mbona mwtorero ngatinya nkanababara Imana itabare itorero ryayo
Imanishimwe ko ibaha umwuka woguhisbura ukuri
Murakoze kubutumwa bwiza muduhaye
Bavandimwe igihe cyacu Niki muze twiyezenone abafatanyije najywe gusabamwukawera ngwatwigishe namakarayike
Urakoze dukunda uburyo wigisha bibiliya urakoze
Twatangiye kumenya ibwayo madini ahobagezeho kujya baha abatinganyi umugisha
Ujya uduhungura Imana iguhe umugisha
Ndabakunda cyane
Imana Ibahe umugisha
Igitabo cyibuahishuwe14:7-9
Imana ikomeze kukongerera impano
Muga namwe harukuri mwataye😭 kandi birababaje iyo usigura neza arko mwagera muri deba yabagorozi mukaburira inyishu yivyo bababaza. Ko ntarabona aho mwatsinze abagorozi, mweho wumva hatari ukuri muhisha
Umva ivyo wigishijwe bikunyuze bigufashe ukuri nako abadive batigisha guce KO akarongo tukumve.ariko ni vyiza KO niryo ryakinyuze Saba Imana igufashe gutahura mwene data.
Ark Aho ntunyishuye kuvyo nabajije.kuko nikeshi nama ndaba Ama débat yanyuuuu. Hm kuvuga ikintu cukuri naho nabandi mumadini harivyo bavuga ugasanga arukuri ugira bama bavuga ibinyoma gusa. RER abagorozi nabajije impamvu babatsinda ark namwe ntimubatsinde kandi muba mwatumiraniye
Nonese wagizengo debah munzirijya mwijuru irakenewe muvandi uzagirane debating na yesu wenyine ibindi sibyawe
Uwiteka imana ijeikogerera imbara namagaramazoma ujeurushaho kuduhugura
Nikuki muvuga satani cyane kuruta uko muvuga Yesu. Mureke ubuhezanguni muri bible ntatorero ryabadive 7 ririmo.mujye muvuga yesu gusa niwe nsinzi yabantu
Nuko utazi ubusobanuro bwigitabo civyahishuriwe yohana
Amen
Amena
Ark inyigisho zawe ziravangavanze ntamuronko zifite 1abakorinto14:23 nawe soma usobanukirwe nabarokore urwanya
Ndabakunda c y ane
Amen Amen
Ibyo byumweru n'amasabato ntacyo bifasha abaroma 14:5-6 ( hari urobanura umunsi umwe kurutisha indi hari n'ubona yose ko Ari kimwe usumbanya iminsi ayisumbanyiriza Nyagasani ashima Imana akayihwanya buri wese ajye akurikiza icyo umutima we wemera
Ariko ntawirengagiza umunsi kubwu Mwami
Nubundi abacatolika batwita abahakanyi bahakana inyigisho za Papa.
Wowe uri umuyobe kobombo
Reka nkugire inama
Shaka abakwigisha Bibliya kuko ntuyizi
Ahubwo wikoreye bagenzi bawe
Reka nkubaze sobanura
Ubuhanga ni iki ?
Iyo nkumva nsanga uri inshuti ya Sekibi Satani kuko wifitemo urwango
Maze rero kugirango uzaronke ijuru ubashe kuzababarirwa
Shakashaka Yezu kristu amatiku uyareke
Kuko byinshi urabeshya
Urimunzi yubuhumyi iyonama yigire wowe ubwawe ukwiye kumenya ukuri
Umvir'iri jwi : ter'umugongo ikinyoma wifatanye n'abari Kubanza cy'Intumwa n'Abahanuzi => Abaefeso 2 : 20.
Nyamara niwowe munyabinyoma
Ibyahishuwe 12 uyu mugore ni Bikiramariya wabyaye kristu nyagasani ibindi urabeshya
Bikiramariya niki? Uwabyaye YESU nimariya
Urakoze kudusobanurira abagore 2 bo mubyahishuwe bagiye guhangana tube mubyahishuwe 12
Ariko n'ubgo uvug'utumwa witonde ushishoze kuko urikubuvugira inyuma y'ikirango( Logo ) kirimo umusaraba was Roma.
Kagire inkuru , umusaraba wabaye uwa Roma gute , ryari nawe dusobanurire ..
Hhhhhhh sobanukirwa neza vamubuyobe icyumweru ni ikimenyetso cyinyamanswa shishoza ureki itiku
Yewe biriyani byonuguterekera cyakora ibintu byamadini ujyubireka nawe warabisanze namayobera reka twizerimana yomwijuru isabato nicyumweru ntacyobivuze 🎉
Nonese wanjye kwizer,imana nukuricyize amategeko yayo bimazicyi.
@TuyizereIsmael-d7e noneho kwizerisabato ukayishyirimbere nibyobyokuri wavagusenga ukujya gusambana nimwizerimana mureke kwizerisabato ibyontacyobivuze
Ntabwo uri umucamanza wa bagenzi bawe kdi kuba umuntu yaba azi ukuri ntibivuzeko atakora ibyaha uzasome Yuda imirongo isoza wumve ushobora kumenya aho nakoreye ibyaha ntumenye aho nihaniye@@TuyishimeDonatha-c8q
Kdi nushaka kumenya ukuri usome gatigisimu p.126
🎉🎉🎉🎉
Erega namwe muravangavanga inyigisho yamategeko namahame muzivangavanga nizubuntu bigacanganyikisha abantu.
Ayahe mategeko ayahe mahame yashyizweho nande yakuweho nande?? tubwire!!
Abadivantiste muzira kiliziya Gatolika nk'aho haricyo yabatwaye ubundi abadive mugira ikihe kibazo? Mwagiye mwigisha kurukundo, impuhwe, imbabazi, ubutabera, ubumwe, ubwiyunge, amahoro, isanamitima ko ibyo muhora muvuga kuri kiliziya Gatolika ntacyo bizabagezaho ko mba numva isabato n'ibyumweru aribyo muhoramo wagirango nibyo bizabazinira agakiza ibyo bya kalindari ntacyo bifasha umuntu umva abantu b'ikigihe bakeneye impuhwe, urukundo muge mwigisha ibintu bifasha abantu
Abadivantist ntabwo Banga abagatorika kuko babifuriza kumenya ukuri ese wagira Urukundo impuhwe imbabazi.... Kandi ubitanga warirengagije ibyo agusaba muvandi reka ukuri kutubature mu IZINA ry YESU AMEN 🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Banga inyigisho ziyobya za Roma
Som imiga 12:1 ch abantu nkamwe murambabazape nonese iyashyizeho isabato yaribeshye?
Njyewe impamvu yo kuruhuka isabato nyikura muri gatigisimu p.126 cyera umunsi wo kuruhuka wari sabato ariko twebwe nka klizia duhitamo umunsi nyagasani Yezu yazutseho . Klizia igira ukuri 💯
Amen
Muhezagirw,muso 21:06 ❤
Amen
Amen