NARONGOWE MBISHAKA BYO GUPFA😏MBANA N’IBIKOMERE BITEYE UBWOBA😭Claudine BURYA IBYE BIRATANGAJE
HTML-код
- Опубликовано: 30 сен 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
ruclips.net/video/qRkvg8RFBL4/видео.html ushobora gukurikira ibindi biganiro bye hano 👌
Yoooooo nukuri Niko bimeze ibikomere turabifite cyane rwose byo mu muryango
Gusa rose ndagukunda cyane gusa bikunze wa duha number yawe
Sha gutaka uwo mwashakanye cyane muruhame bituma yumvako kugushaka arimpuhwe yakugiriye jyubivuga ariko ntugakabye azagusuzugura abone atari kuri niveau yawe yishakire uwo barimurwego rumwe nkwifurije kutazagaruka hano urira uvuga ikinyume yibi urikuvuga kurata ibyiza byawe nukubiteza aba haters simbikwifurije aliko ujye witonda chao.
Ufite inama nziza ❤
Umubwije ukuri ❤❤
Yewe kumurata cyane nibibi pe bituma akanguka akabonako wamuhenze 😂
Kuvuga asubiramo nibyobituma mukunda cyane icyo sikibazo avuganeza arandijije cyane ujyusengera nabandi bafite icyokibazo bazakire nkawe baruhuke
aba jo❤ mwamfashije kwivana mubusgomeri koko kanda kwifoto yange wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha kandi uzagwize amafaranga kd uzaramee cyane❤❤❤❤❤❤
Ibyo bintu bya jo nibik ubundi😮
¹1😊@@ingabiremariegrace3922
Hello humura
Mvugisha inbox
Ur’umukebwe
Ubwo urunva kuba uri umwana w’imyaka 15 kuva mu biryogo ujya gusenga mu gakinjiro urunva ari big issue?!! Wagize n’Imana bagutoza gusenga mbese niki kibi bakoze ko ntacyunva?iby’ikanzu n’igitenhe cya mukecuru byo nicyo nanjye mpora abarokore kuko bagira superstition nyinshi zitagize nicyo zimarira abantu ariko muko ntukabye umwana w’ilyaka 15 gufasha anandi akazi nta gitangaza kirimo ntimukarere amaboko dore nibyo byisha abana b’abanyarwanda
Man arabeeshyaaa tante siho asengera.ibyo bintu byadayimoni aunt ubwe ntabyo azi 😂😂😂ngo mugikoni cya tante 😂😂😂😂😂nibikanzu byoguteruza isafuriya😢😢waap pe ko yabanje kuvugako atabibwiye nyina se nkaba numva avuzeko yabimubwiye hhhhhmana yange ahaa iyimihanda izatubuza ijuru
Ahaaaa narambiwe aravuga story nabi koko arazivanga
nsuhuje abantu baduteze iminsi ngo ntacyo tuzimarira
Sha urabisha inkuru uvuga usubiramwo bitera ubute kukumviriza pe .
uyu mumama duhuje ubuzima weee mana yajye uwampuza nae pe kuba muri famille noneho abakire sha ndakumva neza cyane
Reka sha none kuberiki utamwoherereje mumyaka 5 warumaze utababona??
Uyu mugore rwose arikuga agarura inkuru zimwe anivugiruza kdi yaje azi ibyo avuga none ngo sinashakaga kubivuga .
😂😂😂😂😂😂,egoko MANA yajye uyusiwamugore uherutse kuvuga ubujajwa kuri.voice note abushyiriye mama charlene.,uziko byagombye kumanza kumwibwira kuko ataramuzi,ngo uzibintu bariya bagabo mbankorana nabo uko.baba bakuvuga ngodore umuyobozi.wabo ni.claude,none.yajehano kuvuga ibiki?kombona Rose asankuwamurambiwe ,aravuga ubugambo.abusubiramo urabona wagirango arikubeshye 😂😂😂😂,ateye ubute kumwumva rwose
Ugenda usubira mikintu1 kenshi
Rose ndagushimira kuba wakira abafite ibikomere by'umutima bakaruhuka.
Ariko abeshi mbona ari igitsina gore kiza kdi kivuga kubagabo babo babakomerekeje .
Ikibazo : harya ntabagore babaho bubatse neza ? Ngo nabo ubakire .
Kuko nanone ubu buhamya buzatuma ingaragu ( urubyiruko ) ruzinukwa kujya kubaka urugo kuko abatumirwa badutera ubwoba pe.
Nabubatse neza arabakira peee, uzarebe neza uzababona rwose, urugero ni Anet ngondo, hari nundi mudamu ufite channel ya Family pillars, nabandi,,,,,,
Pls give your gd mum a minimum respect (Rose mujye mukosora Abantu bige kuvuga ikinyarwanda kizima)Awakecuru 😮😮😮😢may her soul rest in Eternal Peace.Ukomere nawe kandi.
Sha nange nabaye muma family ariko nagombaga kujyakuvoma ntuye injerikani 2 nijoronaza nagombaga gufasha umukozi bajyakuryama nibwonjye nasubiraga mumasomo nukuri umva ntarubanza dufitanye bangiriye neza kuko bemeye kumpa icumi nkabasha kwiga
Njyewe nabyukaga samunsni zijoro nkavoma inshuro 2 nkabona kujya kwishuli mugitondo nimugoroba Nava kwishuli nkasubirayo icyo gihe nigaga primary kdi njye nabaga iwacu. Kdi sinabyinubiye ubu iyomba mba murugo rutari iwacu nari kujya nanga ubuhamya mvuga KO nakuze Nabi banyanga 😂😂
Ariko abantu bajye bareka gukabya, twabyukanaga ibishigwe tubijyana mu kabande tukazamukana amazi cg tugakura ibijumba tuza kurya saa sita tuvuye kwiga tukabizamukana n'amazi ubu tuvuge ko iwacu batwangaga ? rwose byatugize abo turibo ubu, ikibi ni ukubikora kubwo agahimano ikindi ushoboye uzirerere abana ariko isi turimo hari ubwo itabyemera .
Barahar babakristo kumunwa Gus babah p❤❤
Mbega inkuru iteye ubute!
IMPORE MAMAN, IYI NKURUYAWE IRI KUNYIBUTSA IBINTU BYINSHI.
Ntago uzikuvuga ubuhamya
Dorumugore w,umwirasi weee.rose ndakwikundira rata wowe❤
abantu bakunda kugayabandi sibyiza agomba kuvuga ikanzu,na tate we kuko nibyobiri kubyamukomerekeje uragira avuge ibyawe ? Urimwiza rose
Sha nanjye numiwe. Yarerewe mu muryango mubi, bamwiciye personalité. Abantu baraho bajudginga.
Bimubwire uruhuke umutima rwose❤
Umugore Mwiza Gutya Ngwasa Na Aria cool Uramukoze Nuko Atazisoma Ubundi Wamuntu Wagirango Wasomye Mpangara Nguhangare Gusa Yenda Gusa Numugore Wanjye
sha ni keza nanjye nagasambanya
Roza muge mwongera volume
Byiza cyane
😅
Rose se ko uruwamjye
Murasa wagira muravukana
Mwese.musaneza😅😅
Apuuu iyi nkuru irabishye pe.
Ntabwo iryoheye amatwi
Ngewe sindamubabarira ataransaba imbabazi.yashwanye na aunt wange amufasha azanye uduco tante adakunze baratandukana atangira kujya avuga ngo ndwaye sida mu ishuri😢😢😢😢kd narindwaye stroke Cloudine nimfura itari nziza😂😂😂umwana womucyaro wabeshyaga ko agiye kwiga ntageyo 😂😂😂😂kanze mbwire tante ibintu urikumubeshyera hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh
Ikibeho nomumasizi muri musange kuvakera havukaga abakobwa neza araboneka yuko atariye impombo asa numugore wa papa yariyamuye iburundi Mama imana ikongerere iminsi yokubaho
Icyambere ntuzikuvuga inkuru yawe!!! Ikindi wagirango ntabwo ibyurikuvuga wabitekerejeho Dada! Gusa kuvuga ngo nyogokuru wawe ngo ntabyaha yakoraga wamenye Imana se ? e new nimba yaratashye akijijwe yejejwe nawe uharanire kwezwa kgi uzongere kumubona mwishimye kdi Imana izaguhoze amarira nagahinda Kuko Imana irabishoboye
Gusa uri mwiza
Icyambere Aho basengera urabeshye siho.2 tante yagusezereye umaze iminsi umubwirako ugiye kwiga ntujyeyo ukigira iyowajyaga none utangiye kumubeshyera kuki ubeshya ariko ubwo nzabona unzanye imihanda uvugeko nkirwaye sida hanyuma Ko wahabaga wakoraga iki??.😢😢 shiaa Coco wowe waaap wap pe sinkwanga ariko ibyo nabyo ntibyatuma ngukunda.
Ark twahawijambo none tuvuga nibidakwiye.ndumva ntacyo iyo famille yakubangamiyeho
Jge sinarinkuzi pee urakoze
Muramfashije kdi hari abakiri mu bibazo by,uko bakuze hakiyongeraho urushako rubi . Nyamuneka hari n,igihe utagira umugisha wo kubona uwo ubwira wanamubona akongera ibikomere
💖💖💖💖
Yooo sori komera
Mwebwe mugaya abandi mujye musaba ibiganiro byanyu namwe twumve ibiryoheye amatwi
Ntazi kuvuga inkuru pe
I love your couple❤️Justin ❤️ coco you're beautiful in and out 🥰 Imana ibongerere imigisha muzasazane mwishimye😊 gusa kuba mu mafamille byo ntibiba byoroshye peee,hashimwe Imana yakugiriye neza
Inkuru yi kanzu mbegaaaaaaaaa
Abarokore ni bamenye ko icaha s imishatsi gusa,nukudakunda abandi canke kudafasha abandi ubishoboye naco ar i caha.
Agakiza bagapimira muvy amaso yabo abona,ariko har ivyaha vy imbele mu mitima yabo.
😂😂😂😂😂😂😂😂
Iki kiganiro kinyibukije mu cyaro abagore baturanye bari kuganyiriza
Rose nkunda ikigoniro sinkirangije uyu mutumirwa arasa nushakisha ibyo kutubeshya biragoye gukomeza kumwunva
Urakoze kutubwira
Imana ishimwe ko ubu yaduhaye ubushobozi bwo kwigurira supermarket yose yimigati tukayihaga tukanayimena Ubuse Bo babayeho bate
Pole sana Sha Imana izi byose nukuri ndimo kurira kukubaga ireba
Arasa na isimbi alliah cool
But beautiful than alliah
None se iyo uba uri iwanyu ntabwo wari kujya ukora imirimo yo murugo ntakintu kibi numva yakoze gusa umwana utarezwe nababyeyi be aba afite ibikomere bimutera kuba umwana mubi
Muragakoze pe ,ubushyuhe!?!?m
Ark se Mana ati mfite umugabo mwiza nanjye iyi couple ndayikunda sana
Wowe umwita mibi uri mubi cyane shitani ninshuti yawe
mwiriwe ndizerako mu meze neza ,wampaye number yawe koko❤ please
😂
Claudine,
😂😂😂😂😂 ariko se Rose rwose abantu baraza bakakwifatira bagapapira inkuruuuu zitabayeho
Uyu mugore ni akadamutwe wallah umwana winyakizu😅😅😅
Ese nkubwo nkawe uravuze cyangwa nudushyari muhorana yagutetse umutwe se agusabye angahe?abo nabadaimoni bishyari bajyane hirya wogacyizwawe🔥
Rose nishimwe unjyira akajwi keza cyane kandi nkunda ibiganiro byanyu nukuri uba utuje cyane 🙏💗
Warezwe .na so na nyoko kanyagwee
Ariko nkuyu buriya atubwiki koko
Adeper nubateka mutwe
Abantubazi nyabigugu ndabasuhuje.
Ark disi mufitanye ikizere kinci
Mbega kurera umwana mubi uri mubi gusa
Ma cousine hejuru ndakwemera
Bayaguhe pe urayakoreye kabisa
Hhhhhh rose wee noneho wakoresheje byinshi kbsa.
Merci Rose et Claudine 👌🏽
Inkuru yawe irasa niyanjye 😢😢😢
Ariko urimwiza mama komera
umwana wiwacu disi komera mama urimwiza .
Uvuga wikanira kuga utaruka niho ibiganiro vyawe bizaryohera amatwi urakoze.
😂😂😂😂ako kwikanira niko kabi
Uri mwiza mutumirwa
Ihangane mwana wi wacu.
Mbega kurera umwana mubi uri mubi gusa
Gusa uburanga bwiza🎉
Rose ugurirahe wandangiye❤
Courage cyane . ❤❤❤
Niko avuga
Pole sana
Rose❤❤❤
roze ndagukunda
Rose❤❤
Uyu mugore rwose arikuga agarura inkuru zimwe kdi yaje azi ibyo avuga none ngo sinashakaga kubivuga
Eeeeee ni RUclips yaje gutuma usebya uwo mwabanye ushaka gukwega abakureba
Mbaye uwa mbere mumpe like zanye disi weee