Ububasha bwa yesu na witeka ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu, Umubyeyi Bikira Mariya ayandagire yose ayajajange ayohereze munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Mu izina rya Nyagasani Yezu kristu sekibi kirangaza washinze amadini n'amatorero ndakurimbuye mu izina rya Yezu Kristu Umwami wacu.nkurimbuje ikizingo cy'amahwa kristu yatamirijwe, nkurimbije umusaraba Kristu yabambweho, nkurimbuje igishura cya Bikiramariya Gitagatifu.Ndakurimbuye mu izina rya Kristu Umwami.
amashitani yise yirirwa ayobya abana b.Imana Data Uhiraho ku mbuga nkoranya mbaga mu izina rya Yezu Kristu mwami nyategetse gupfukama mu butabera bw .Imana Data buyacre urubanza buyahane.
Ijambo ryi Imana, ni indirimbo zabahanzi kandi si Tiyatera. Intumwa yose yi Imana yo ubwayo niyo igomba gutambutsa icyi yatumwe ni Imana. Ibirenze ibyo si ibyanjye Murakozi. 4:18
Si uby' ubwibone tuvuga Sekibi abashukisha isezerano rya kera Kandi icyo gihe umucunguzi yari ataraza.none niba wemera Kristu akumariye iki wirirwa wamamaza ko Imana yicana.uwo antichrist mwakurikiye mutamuzi. Nyagasani azabafashe mumenye ukuri.ikindi Kandi musobanukirwa yesu na Yezu ni abantu babiri batandukanye .yesu ni umwana wa nyabingi na mayimuna.muve mu bitotsi
Yewe ubwo harya ngo ni wowe muhanuzi ihagurukije. ???urashaka connection z imbere mugihugu ni nyuma gusa umu diaspora utarakanguka ubwo uramutembana pe Gusa wihanuriye wizakira igitambaro cy impumyi kuko uri imwe muzindi nka we zitwa ngo ziyoboye abanyarwandaw Aba diaspoymituveho Abana bacu iburayi barakijijwee Bariga Imana iratwemeera Gusa kwisi yose kinwe naho murwanda nahandi hose tubamo abahura n intambara zotari zimwe akenshi ari n amashuri yayo Rero ubwo buhanuzi bwo guforesha ni iby abana bo mumwuka Tes victimes seront que les enfants spirituels ou ces chrétiens qui ne prient pas ni lire la bible Impumyi nkawe yamarirA intama mumwobo Bantu mukanguke mushake Imana personnellement kuko aka ni agasuzuguro kwitwa ngo Uri.Bishop Ariko ntiwubahe ubwoko bw Imana Ça ça devient trop! Izabahanaguececka kwa yo si uko itazahana kuko irareba
Ubundi se uyu aziko twe abamukurikira twese turi abana mu by'Umwuka Wera cyangwa turi Mayibobo mu Mwuka. Ngwino wiyamamaze turazi icyo Bibiliya ivuga ku bahanuzi bo mu minsi y'imperuka rwose.Bamwe tuzi no kugenzura impano zanyu,ngaho mwamamare ntago tubabujije rwose.
Vital agaruye Aps Yongwe
ruclips.net/video/mnFV6V74Z2Q/видео.html
Imana Iguhe umugisha
Bazabona ishyano abavuga ngo Imana yavuze itavuze.
Niba ariyo rero yavuganye nawe uhabwe umugisha niba kandi atariyo ubwo nawe ishyano rikugezeho.
Iyi N Imana ivuze , ibi Imana yabimbwiye 1995 , irongera impishurira vuba hano muntangiriro zukukwezi rwose mbona birikuba peee....kandi n ubundi byakomeje guca mukanywa ka abahanuzi benshi .reka dusenge kuko nziko benshi baba imbere y Imana bafite iryobanga nubwo batinya kubivuga...
Kristu Mwami, watuwe U Rwanda, akurimbure wowe sekibi sekinyoma, wikomeza gushuka abana b'Imana. Yezu Mukiza wacu, senya sekinyoma, bwoba, kirangaza, bagende bajye mu nyenga y'irimbukiro. Bavemo.
sekibi sekinyoma ngutegetse kujya mu butabera bw'Imana ushinzemo inkota z'abamarayika n'abatagatifu bose ugacibwa urubanza kandi ugahanirwa ko wayobeje abana b'Imana , wiyitirira Izina ry'Imana Data; genda ujye mu nyenga y'irimbukiro mu Izina rya Yezu Kristu Umwami wadupfiriye akazuka!
Ububasha bwa yesu na witeka ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu, Umubyeyi Bikira Mariya ayandagire yose ayajajange ayohereze munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Ikibi cyanyu nuko mubeshya,ibyo mwanditse kumutwe w'inkuru ntabe aribyo muvuga.
Hahaha aaaaahaaa murabeshya peee!
Barasaze 😂😂
Imana z.injajwa ndazirimbuye mu izina rya Yezu ububasha hwa nyabingi bwirirwa buyobya abana b.Imana DataUhoraho ndaburimbuye mu izina Kristu mburoshye munyenga y.irimbukiro
Uyu arakinisha Imana cyane n ibandi ryuzuye kwipfuka mumaso
Amen
Uyumuntu Imana imurengere guhanura intambara guhanura intambara muri ikigihugu mbona babyita icyaha Manyu urinde abana bawe.
Manyu ninde?
Imana iguhe umugisha
Hahahahaha hahahahaha,ndasetse kweli, sekibi warasebye genda warasebye warasebye, rekura uwo mwana w'Imana wagize ingaruzwamuheto.mu izina rya Yezu Kristu Umwami wacu Amen.
Nibyo rwose. Kera abahanuzi barubahwaga cyane. None ubu nibo nsuzugurwa cyane.
Sekibi nushaka werure ubwize abantu wayobeje ukuri ko akawe kashobotse.N'ako karimi usigaranye ndagaciye mu izina rya Nyagasani Yezu kristu wadupfiriye akazuka. Sekibi mu izina rya Kristu Umwami ndagutetse uhite uva muri uwo muntu ubutazamusubiramo.
mw'Izina rya Yezu Kristu Mwami.
Amen bibe uko ibigambiriye.kdi butabitegereje
None iyo ushaka telephone 📱 zabo ukabahamagara Bose maze bigatuma muhura ahiherereye mukabiganira mumwiherero! Bityo twetutari abahunuzi ntibyumve kereka niba Ari communication
Cyakora Imana Ikumpembere muburyo bwose nukuri .!!!!!kuko jye ntacyo nabona nguha kirenze icyo Iyo uri kuvugira yaguha .gusa uba ukwiye inkunga yamasengesho menshi yabantu babirimo neza knd badafinina kugirango Imana ikomeze irinde Icyo yashyize muri mwe. Murakoze cyane nabakunze cyane rwose.
Hari abahanuzi bahanura ibyo bavanye mu Manama mubikari (Framasoni). Ntimukabitindeho ibyo. Icyo mukwiye kwitaho nukwirinda no kurwanya ikibi, mukitoza gukiranuka no gusenga. Naho ubuhanuzi bwibinyoma biruzuye.
Halleluia Halleluia Imana ishimwe cyane ko Imana ubundikiriye igihugu cyacu. Amen 🙏 🙏 🙏
Ndagusetse viorret Ngo Imana ntiyica NIMANAYICA IGACYIZA KUKO NTAMPANO YOKURONDORINDIMI WAGWAMUCYAHA CYOGUTUKUMWUKAWERA NTIMUGAHUBUCYIRE GUCIMANZA MUTAZARIMBUKA NDAGUCYEBUYE MUREKE. TUBITEGAMASO NTITUGAPINGIBYO TUTAZI
Amen.amen.imana.iguhe.umugisha.bwokobwima
Mu izina rya Nyagasani Yezu kristu sekibi kirangaza washinze amadini n'amatorero ndakurimbuye mu izina rya Yezu Kristu Umwami wacu.nkurimbuje ikizingo cy'amahwa kristu yatamirijwe, nkurimbije umusaraba Kristu yabambweho, nkurimbuje igishura cya Bikiramariya Gitagatifu.Ndakurimbuye mu izina rya Kristu Umwami.
Amen
Yezu Kristu yaduhaye ububasha bwo kwirukana sekibi mwizina rye , sekibi buyobe, sekibi binyoma,sekibi uyobya abana b'Imana sekibi wiyita Imana ndakurimbuye wowe sekibi wazanye ubuhanuzi urangaza abana b'Imana nkohereje munyenga yumuriro, nkurimbuje umusaraba wa Yezu Kristu yababweho ngenda unjye munyenga yumuriro utazima
Ndakurimbuye, ndakumenesheje va mubana b'Imana njya munyenga yumuriro utazima
Ndakurimbuye, nkurimbuje igishura cyumubyeyi wacu Bikiramaliya Mutagatifu, nkurimbuje Rozali ntagatifu, nkurimbuje igitambo cy'Ukarisitiya cya buri munsi , nkurimbuje Ukarisitiya ntagatifu njyenda unjye munyenga yumuriro jyenda sekibi ndakwirukanye muvemo muvemo nkohereje munyenga yumuriro mw'Izina RYA Yezu
Ariko kuki abantu bapfana amadini ari gushingwa? Bihuriyehe nagakiza? Mbese hari idini rizajya mwijuru?
Intambara iraje! Ninde wundi ububona ampe likes.
Ibyo uvuga bishobora Kuba ukuri, ariko kuvugako wavuganye n'Imana byo ni ikinyoma. Imana ntabwo yatuma umuntu kubantu maze ngo aze abatontomera, ibyo iterabwoba. Guys mbabwize ukuri umuntu uzakuzanira ubutumwa atontoma, nkwijejeko atazaba abukuye kumana. Ese Hari intumwa nimwe muziko yigishije itontoma Koko? Wapi wapi kbs
Watangiye neza ariko usoje nabi urabeshya cyane imanikubabarire
Ubuse aho wavuze ngo nyabarongo ihindutse amaraso birihe?
Ndafashijwe bBishop! Imana ikumvire mubyeyi
Ukuri n’uko ibya kayizari babivangavanze n’iby’Imana !!!
IMANA iguhe umugisha mwinshi mukozi w IMANA
Mbwire abanyagatorika baza kuma channel ugasanga umuhanuzi wese mumwita ko ari sekibi muribeshya. Kuva kera Imana yakoreshaga abahanuzi ikaburira ubwoko bwayo. Ba Yeremiya, ba Ezechiel, Habakuki nabandi murabazi. Tutibagiwe Yonasi. Kdi mubisoma buri munsi mumasomo matagatifu. Imana si umurejiyo, si umu Adeper, si umudive, methodiste Libre. Icyo Imana ireba ni ugukiranuka. Kdi ugukiranuka nibyo bizahesha umuntu wese kujya mu ijuru.
Kuburira ni terabwoba biratandukanye, abagaturika nawe ubareke
Abana b, Imana bose sekibi yashimuse ikabakoresha mubuhanuzi bwayo, ikabagira abakozi bayo ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
mw'Izina rya Yezu Kristu Mwami.
Sekibi zose Zigaruriye Abana b'Imana zikabanyuzamo ubuhanuzi bwazo nzirimbuje Igisibo Gitagatifu.
amashitani yise yirirwa ayobya abana b.Imana Data Uhiraho ku mbuga nkoranya mbaga mu izina rya Yezu Kristu mwami nyategetse gupfukama mu butabera bw .Imana Data buyacre urubanza buyahane.
Amen Nibyo umuhantuzi yarubahagwa
Imana iguhe umugisha mwinshi
Ahubwo sekibi zatangiye kwivamo.nonese niba Imana yararemye muntu yakwemera kumurimbura?? Imana ntiyica irakiza kandi Imana ntiyigeze ikora Covid.Sekibi zikuvugisha ndazirimbuye mu izina rya Kristu Umwami.
6 Uwiteka arica, agakiza, Ashyira ikuzimu kandi agakurayo.
7 Uwiteka arakenesha agakenura, Acisha bugufi agashyira hejuru.
(1 Samweli 2:3;7)
Uwica akanakenesha ni uwiteka si UHORAHO.Hanze ya Kiliziya nta Mana ihari haba kirangaza gusa.
Ko yarimbuye isi yo ku bwa Nowa se, ko yarimbuye ab'Isodoma na Gomora se,...
Nta Mubyeyi uhahamura abana, cyeretse nyanayimbwa ibabavugisha. Nimugarukire Imana. Imana Data Se wa Yezu Kristu n'Umubyeyi mwiza, nyanayimbwa wowe rekura abana b'Imana wagize ingaruzamuheto, baraboshye. Genda munyenga y'irimbukiro.
Ubu c wowe utukana urumva Yesu umuzi koko? Ndumiwe
Mwizina rya Nyagasani Yezu mbohoje uyu mwana wayo sekibi zirikuvugiramo.
Haranditswe ngo uzatuka Imana Data n'Umwana wayo azababarirwa. Ariko Uzatuka Umwuka wera( Roho Mutagatifu) ntazababarirwa. Ndabwira ababantu batuka umuhanuzi ngo ni sekibi ngo mutegetse ko ajya mu irimbukiro. Nibisohora muzabyitwaramo gute? Muzongera gutegeka ngo ajye mu irimbukiro? Icyo avuze kibi ni ikihe? Mwagiye mukina nibyo muzi? Mwitonde mwe mupfa kuvuga ibyo mutazi no gutukana. Ejo wazisanga WAramutse Umwuka wera akaba ariwowe ujya muri iryo rimbukiro.
Vuga urangurure.nubwo batakumva ariko babwire.batumye tudakizwa.kubera ibinyoma byabo
Urakoze muntu wa Christu, utumitse uko watumwe! Abafite amatwi turumvise kandi duciye bugufi imbabazi ze zitugaragareho!
Ceceka wa muswa we,Nyabarongo ibaye amaraso ite?ngo urahanura wowe wigira utyo ariko Imana murayibeshyera wagirango mufite phone yayo muyiterefona uko mushatse hahh rib izajye ibafunga cg ntimuri mu gihugu sha.
WANZE KUMVA IMANA IVUGA? UGIYE KUBONA .
Yasize inzara kk waretse kubeshyera Imana mana musange umukureyo
Abantu impamvu bagutuka bakunda guhanurirwa amafranga nibindi ntibashaka kwihana
Uku ni ukuri, Imana iravuze nukuri, itweze
Ijambo ryi Imana, ni indirimbo zabahanzi kandi si Tiyatera. Intumwa yose yi Imana yo ubwayo niyo igomba gutambutsa icyi yatumwe ni Imana. Ibirenze ibyo si ibyanjye Murakozi. 4:18
N,ukuri noneho iyi ni lmana ivuze 100% abapinga ndabakomeje irivugiye pe ! Ahasigaye niturengere ,abadashoboye iduhagurutse ndisabiye mw,izina rya Yesuu !Mana ndagutegereje 🙏🙏🙏
imana yahe? iyi ni sekibi sekinyoma igeze aharindimuka! Ndayirimbuye mu Izina rya Yezu Kristu Umwami wadupfiriye akazuka! Irimbukane n'ibyayo byose ijye mu nyenga y'irimbukiro!Uyu mwana w'Imana nawe ndamubohoye mu Izina rya Yezu!
Iyi ni Imana yo mu ijuru Ivuganye natwe. Sekibi c aba avuga iki?
Abapinga bazabona ishyano
Amen, dutabare Mukiza!
Mwizina rya Nyagasani Yezu Kristu Umwami ,sekibi wahinduye abana ,b'Imana abakozi bawe ,ndagutegetse genda ujye munyenga yirimbukiro.
Woe wavangiwe?
Ububasha bwa sekibi bwashimuse abana b, Imana Data bukabagira abakozi bayo ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Mbe iyo mana muvuga niyahe ?mube musobanura neza kko mbona mufise nyinshi
Manawe.ukonukuripe.komezamana.wigaragaze.ubyutse.abanuwiremeye.Amen
Imana yomwijuru iturebane impuhwe
Uwo mwana w'umuhanuzi mwazanye kuri Camera koko!!!! Ba Erisa bazamwitaba?
Yesu SI umuhanuzi.ni we Mana nzima.yihinduye umuntu.
Very true
Yesu numuhanuzi usome neza haranditsengo Yesu ahanurira abantu ko bazapfanibyaha byabo
Iyomana yicana ndayirimuye mwizina ,rya Nyagasani Yezu Kristu Umwami. Nyiciye umurizo,nyiciye amaguru namaboko ,nyimennye umutwe ,mwizina ndayirimbuye,nyirishye munyenga yirimbukiro.
3 Ntimukongere kuvuga iby'ubwibone bikabije bityo, Ntimukabe abanyagasuzuguro mu byo muvuga, Kuko Uwiteka ari Imana izi byose, Kandi ari yo imenya urugero rw'ibyo abantu bakora.
6 Uwiteka arica, agakiza, Ashyira ikuzimu kandi agakurayo.
7 Uwiteka arakenesha agakenura, Acisha bugufi agashyira hejuru.
(1 Samweli 2:3;7)
Ntabbwo yabyumva muvandi naho wamuhonda
@@birandikwatv4608
Si uby' ubwibone tuvuga Sekibi abashukisha isezerano rya kera Kandi icyo gihe umucunguzi yari ataraza.none niba wemera Kristu akumariye iki wirirwa wamamaza ko Imana yicana.uwo antichrist mwakurikiye mutamuzi. Nyagasani azabafashe mumenye ukuri.ikindi Kandi musobanukirwa yesu na Yezu ni abantu babiri batandukanye .yesu ni umwana wa nyabingi na mayimuna.muve mu bitotsi
amashitani yose avugira mubana b, Imana Data ndayarimbuye nyohereje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Imana iduhe kwisubiraho
Ikibazo namwe murababeshi reba titre ukuri kwanyu kurihe
URwanda nta kibazo rufite, umwuka w'amadini mu Rwanda niwo wa vangiwe.
Imana igushyigikire kbx
Emmanueli Arabakunda
Emmanueli Arabakunda
Tubwire urwo rurimi uvuganamo n'Imana barwita gute nikihe gihugu gikoresha urwo rurimi urimo gukoresha ubeshya abantu????
Umva ubaye uwa mbere uhanuye AMAHORO PE
Ko numva ufite impano yindimi wavuze muri izo ndimi igifaransa aho kuvuga ibiterekerenye
Yewe ubwo harya ngo ni wowe muhanuzi ihagurukije. ???urashaka connection z imbere mugihugu ni nyuma gusa umu diaspora utarakanguka ubwo uramutembana pe
Gusa wihanuriye wizakira igitambaro cy impumyi kuko uri imwe muzindi nka we zitwa ngo ziyoboye abanyarwandaw
Aba diaspoymituveho
Abana bacu iburayi barakijijwee
Bariga Imana iratwemeera
Gusa kwisi yose kinwe naho murwanda nahandi hose tubamo abahura n intambara zotari zimwe akenshi ari n amashuri yayo
Rero ubwo buhanuzi bwo guforesha ni iby abana bo mumwuka
Tes victimes seront que les enfants spirituels ou ces chrétiens qui ne prient pas ni lire la bible
Impumyi nkawe yamarirA intama mumwobo
Bantu mukanguke mushake Imana personnellement kuko aka ni agasuzuguro kwitwa ngo Uri.Bishop Ariko ntiwubahe ubwoko bw Imana
Ça ça devient trop!
Izabahanaguececka kwa yo si uko itazahana kuko irareba
Urashyanutse muvandi. Niba bitakureba wacecetse. Ibi avuze nibyo nawe nta gakiza ufite wapiii
@@joliejoie2010 uwo nabwiye niba afite amatwi yumvise nabo abibwira ko bareba ari imyumyi cg ko bumva ari ibipfamatwi ni benshi
Abo Yesu yarabaanzekandi yarabaasize nagaruka kandi bazaba bagihari
Ibyabo yabivuze neza ngo yaraje kugira ngo abibwira ko bareba bahume nabibwira ko bumva bazizbe amatwi
Kandi uyu munsi twujuje abafana nkaho aho amakipe y’a football nayandi muyobeww aho ari
Ubwami bw Imana buratwaranirwa
Mu reke kuba abanyedini cg abafana
Niba ntamakuru ufite Jya ucecek
Navuze ibyo nzi
Ubu
Shitani yibera kwakagame nabatinganyi biwe nibumve ubutumwa
Imana iguhe umugisha, Rwanda dukeneye amahoro ❤❤❤
Ameen ,n,ubwo tutazi uko lmana igiye kubirangiza
Kiliziya nimwe ,yashinzwe na Yezu kuntumwa 12 ,
Ibyashinzwe nabantu ,byose bishingiye kubantu,mube maso kuko Yezu yavuzeko ,hazaduka benshi yita izinarye .
Iyo ushinze idini uba wigereranyije ,naYezu kd utariwe. Mubemaso mumenye Ko Kiliziya arimwe.
Izo ntoki washiririje nguritukuza genda Israel wababaje abantu twarituziko uri umukozi w Imana none waritonoye boshye uri umugore Imana irahirengeye turayirengereza
Imanikomeye niyo urigusenga wiyicyariye na meya wi ntara ntiwamusabutyo se izo ni ndimiki urikuvuga ko intumwa zazivuze bose bakunva mururimi rwabo
Nyabarongo ibayiki àrko ubwo mubamwandika ibyomuzi ubuwabuze ibyomuzi uhhhhmmmm ntakigenda rwose😮😮
Nukuri IMANA itubabarire ubwoba
Nkuyu mutekamutwe kuki badahita bamuweka ndani
Ubundi se uyu aziko twe abamukurikira twese turi abana mu by'Umwuka Wera cyangwa turi Mayibobo mu Mwuka. Ngwino wiyamamaze turazi icyo Bibiliya ivuga ku bahanuzi bo mu minsi y'imperuka rwose.Bamwe tuzi no kugenzura impano zanyu,ngaho mwamamare ntago tubabujije rwose.
Watangiye uvuga ibintu nkumva ni bizima none ushoje nabi birambabaje. Ngo amahoro? Urabeshye pe, uwagutumye aguhembe.
Abahanura ibitera ubwoba abaturage babihagarike
Sekibi ,indimi zawe ndaziciye ,Inkota ya Malayika Mikayire ,mutagatifi ,niguce ururimi,indimi zinyenga ndazitwitse,nzitwikishije ,umuriro ,ni mbaraga ,bya Roho Mutagatifu,ubuhanizi bwana we sekibi ,ndaburimbuye mwizina rya Nyagasani ,Yezu ,ubupfumu bwawe ,sekibi ndaburimbuye ,mwizina rya Nyagasani Yezu. Mbiroshye mu nyenga yirimbukiro.
Mwahaye abantu amahoro mwambwa mwe mwabuze ibyo mukora amaraso niyo aba mumitwe yanyu igihe mwameneye amaraso ntimuruha. Wowe uri umukozi wa mashitani y'interahamwe ibyanyu utabizi nigicucu nkamwe mwese mufite ubucucu ntacyo muzageraho. Ese ubundi ubyo uvuga bitabaye uzongera kurya amabere y'anyoko urocangwa?
Haba kuki 2:3
Ubwanwa bwabasuma ngo uri umuhanuzi,
Banza wiyogosheshe nibantanituro uheruka uvuge turiguhe wiyogosheshe,,,, ubona guhanura,,,,,,, ukureno ninigi nimisaraba,,,,,,,,
Habwa umugisha mukozi w'lmana
Ese urwo rurimi uvuga rufefetse nirwo Imana uvuga ikubwiramo?cyakoze ubutaperi buri hanzaha burarenze nukuri
Wacha bongo yako
Mbonehausemenjuya kagame
Imana yacu ishimwe cyane❤❤
Nonese komwitabahanuzi secyibi haribibi birutibyicyibeho ngo Bicyiramariya MARIYA NTARAZUKA MURAMWITWAZA NTIYABATUMYE YEREMIYA YAHANUYE. BICYE ?? MWAHANURIRA MUMASARO IMANA IKANANIRWA. KUVUGIRA MURI BIBRE??
Arko mukwiye gufungwa n’importe quoi kurumuhanuzi wasengeye iyo ntambara ntibe RIB ikwiye kubatwara muri mageragere iyo ninzara ibavugisha amafuti murakabije
Tuza mubyeyi. Reka kwicaginga. Be naturel
Abahanuzi benshi IMANI ZABAHANA 2 INTAMBARA YAKO NGO ISHOBORA KUZATURUKAHO UBWIGENGE BWA FRIKA Abashòzayi Ntambara bemeye kubibikoresho byabagashaka Buhakengucukurwobo Azarugwamo
Abivugisha indimi simbemera, abarokore ubwabo bivugiye aho babikura
Imana itubabarire
Ese mwagiye mubeshya mutagombye kuvuga mwikznira?,harya ngo muba mwuzuye umwuka!😂😂😂😂😂
Mwizina rya yesu abahanuzi ba bayali muceceke twarabamenye 😂😂😂😂😂😂😂😢😢😢😢 yewe imana idutabare nukuri umwuka wasekibi niwo urikubakoreramo
Uyu muntu ni Uwimana rwose ,nkurikije ubuhanuzi bwose avuze knd nabugenzuye neza rwose. Gusa Azampe numero ye nubwo ntabikundaga gusa bibaye ngombwa ko nyisaba.
Wapi pe naramukurikiranye ntamwuka wimana nibinyoma gusa soma ezekiyeri13 kangi wumvire iri jambo yona2:9zaburi81-14-15
Ubuhanuzi ni bwiza ariko buriya byabaye IHAME ko bugomba gutambukira muri JARDIN YA HOTEL buri gihe?
Nange narumiwe
genda ubeshyeyimana siyo yagutumye izakurimbura nawe
Kd itugarukeho
Sha mwese muri kimwe ntabwo yabatumye
Bamukura ubujinga ngaho mwabigize urwenya 😂😂😂😅
Ntabwo aruko batanga ubuhanuzi,ubwo u Rwanda nabanyarwanda ubuha abanyarwanda,ubwa Congo ugomba kujya Congo ukabutangira muri Congo
Ubuhanuzi yo ubuhaye uwo butareba ntibuba bukiri ubuhanuzi