nanjye ntyo Haguma wee!!! NGO IHORA ABANA GUKIRANIRWA KWA BA SE ! KO NO MU MATEGEKO Y'ABANTU ICYAHA ARI GATOZI UZAHORWA ICYAHA CYA SO NKANDE ? AHO ATARI INGOME NI HE ? NIBAHINDURE PHILOSOPHIE
Ikiza cyane ni uko hari ubwo uzaca akenge kandi Imana ifuha; nutabyemera kuri ubu uzazukira kubyumva no kubyitaho cyane! Yehova ni umunyembabazi azaguha amahirwe yo kumumenya umwemere umwubahe umukorere cg uzibagerane ubuziraherezo!
@Lil Puppy, icyo kibazo mpora nkibaza ariko nta gisubizo wabona, gusa NTAGO Imana yaremye isi mu minsi itandatu ahubwo ni mu bihe 6 aho igihe kimwe cg période imwe y’irema ishobora kuba imyaka 1000. Kuba izuba ryararemwe ku munsi wa Kane bivuze ko umunsi w’irema utari 24 hours kandi utari ushingiye ku gucya bukira bigendeye kuri iri zuba.
@@cyamatarerodrigue9972 ni ubwa mbere wumvise ko umunsi umwe ku Mana ungana n'imyaka 1000 ku bantu? uzabyumva niba utarabyumva ko hari aho bible ikoresha umunsi umwe mu byukuri bashaka kuvuga imyaka 1000.
uzarebe amazu akomeye bubaka kandi isi ari icumbi iwacu ari mu ijuru ! uzasure Hotels za matorero akomeye hano mu Rwanda UREBE AKAYABO ABINJIRIZA KANDI iby'isi byose ari ubusa Imana izabirimburana n'abatunzi bo mu isi !
Popote ibyo uvuga ni ukuri! Ikigorana ni uko ikintu cy'amadini kibamo conditionnement nini cyane ku buryo bituma abantu badatinyuka kwicara ngo batekereze ku bintu by'imyemerere
@@serge__97 I have been away but Check this. The lost voyage of Jesus. and this, Israel and Egypt share the boarders, so how can Moses and people move from Egypt to Israel in period of 40yrs???? does it make sense?? Muslims . Islam started in Petra Jordan now all Muslims are fooled that muhammad was born in Mecca saud Arabia
Mu bujiji bwinshi uravuga ko iby'ISI ari ubusa, nta mumaro warangiza ibyo ufite ukabishimira Imana? Ukayisaba kubikongerera? Uravuga ubwenge bwo mu isi nta kamaro warangiza ugashima Imana ko yatumye wiga neza ukarangiza. Ibi bintu Kubyemera neza bigusaba kuba nk'umwana muto (kudakura mu bwenge), bigusaba kuba imbata (ibitekerezo byayo bigarukira mu kizenga irimo), bigusaba kuba umuswa (bivuze ko nabyo birimo ubuswa), bigusaba kuba intama (bashorera aho bashaka) Imana igereranywa n'umwami kuko ibi byanditswe mu gihe ibihugu byose byayoborwaga n'abami, gukangata kwayo, gutinywa kwayo, kutanga no kwambura, uko izaca imanza byose bigereranywa n'umwami. Uwazanye Iki kitwa Imana ni nawe wazanye mucuti wacyo shitani.
Niba hari igikorwa kigeza kuri resultat runaka ubwo ni cyo kiba gikenewe. Gusa wavuga uti "iyo adasenga ntiyari gukira?" Gusa ukibaza na none uti "None se ko hari abasenga bagapfa?" Ufata umwanzuro vuba ati "Gusenga nta cyo bimaze?" Undi na we ati "Ni amayobera, none se udasenga ko na we apfa? Ubwo ibikorwa byiza yakoze ni byo ajyana?"
@@privateema5327 Ni ukuri nahoze ngira ngo ni ukutabasha gusingira agakiza nk'uko babivuga. Kuriya kuvuga ngo ni uko Imana yabishatse ni uko nta kundi nyine yarenzaho. Byakwiye rero no kuvugwa n'uwakoze iyo bwabaga, noneho bakavuga bati twaragerageje ariko ubushobozi buranga.
@@emmd1234 si naho birangirira niyo umuntu ari kugitanda kwamuganga doctors bari kumubaga hanyuma umuntu yakira bati imana yumvise gusenga kwacu kd babonye akazi kakozwe nabaganga ubwo kandi kuruhande hari uruhinja ruri kumungwa na cancer wagirango nuko nyina aba atazi gusenga
@@privateema5327 Rimwe na rimwe ukibaza uti "ese Imana ni yo yadusabye kuyisenga?" Tuyibwira icyo gukora? Abarwaye ntibakire basenze se Imana iba itamwumvise?
Mba mu Bubiligi, za Kiliziya nta muntu ukizijyamo:nyinshi ont été désacralisées, bazihinduye "Maisons de jeunes, Restaurants, Salles de concert.." N'iyo ugiye mu misa usangamo abasaza n'abakecuru gusa.Muri make nta ujya mu misa.Abato ntubabwire iby'imisa na Yesu.
Cyokora mu byo uvuga harimo n'ibitari byo. Ibitabo byanditswe na Musa ni ibihe? Ubundi se twe abakristu twigeze tuvuga ko Imana ari yo yanditse Bibiliya? Ibyo ni ibiki? Bibiliya ntiwayize, cyangwa wayigiye mu bagushuka
Nta Mana yanditswe n'Imana, urugero va Isayi, va Jermiya va Luca va Yohani bandi muri Bibiliya kdi ni abantu si Imana.Nta gitabo na kimwe muri Bibiliya cyitiriwe Imana, byose byitiriwe abantu! Kuva ku Itangiriro kugera ku Byahishuwe!
That politics is what you fear! And what you fear is what you don't know. The way you learnt is what prevented you to know the truth. Ibyanditswe n'umuntu uvuga ko utemera none wowe waba wumva ko ibyo wibwira ari ko kuri ubwirwa n'iki ko ari ko kuri? Ese ukuri kwawe nuramuka ukwanditse kdi ibyanditswe n'umuntu utabyemera ibyawe bizemerwa na nde? Izo ngufu ukekeranya rero nizo ziguteye ubwoba ukaba uvuga utyo!!!! Gusa icyo wiyumvisha utazi neza wari ukwiriye kuyimenya
@@yesunkiza iyo uvukira muri Papua new guinea ubu uba wizera iyihe mana? Cg ushingira kuki wemeza ko imana uzi ariyo yanyayo ugahaka ko za zeus na za krishina atari izukuri?
@@privateema5327 byashoboka ko udakunda gusoma ariko muro New Papua Gunea hari abakristo ninabo benshi. At least 26 percent of the population is Roman Catholic; 18 percent Evangelical Lutheran; 13 percent Seventh-day Adventist; 10 percent Pentecostal; 10 percent United Church (an offspring of the London Missionary Society, Australian Methodist Church, and the Presbyterian Church of New Zealand); 6 percent urabona ko wibeshya cyane, niba ubona bari b'idini gakondo ukangira ngo igihugu cyose niko bimeze
@@privateema5327 Ndakumenyesha ko bo abakristo barenga 98%. According to the 2011 census, 98 percent of citizens OF Papua New Guinea, identified as Christian
Bravo my guy.! Biranshimishije kubona umunyarwanda utarugize uba brainwashed n amadini abazungu batuzaniye... Wake up people, we have reached the age of reason.
kwemera Imana kugira urukundo niryo juru Ibindi ni imitwe ibusambo byagiraga ngo bidukoronize, Imana ihe abanyafurika gusobanukirwa,
Ubundi hariho Imana
Twemere nibyo bitureba.
Ntacyo idushakaho ngo tuifashe cg tuyikorere,
Kandi nta n'icuo tugomba kuyibaza kuko byose tuzabyishakamo.
Uzarebe ibyo utunze byose ni ibyo wishakiye si ibyo wasengeye.
Icyudafire nacyo urasabwa kugishaka wowe ubwawe.
Ibindi ni iterabwoba.
Uzi ubwenge rata❤
Yewe mbonye umusore dutekereza kimwe kandi nanyuze mu nzira isa niye rwose. Imana y'i Rwanda niyo y'isi yose, ntawe ugomba kuyitwigisha kuko Imana itagira idini !!!
Gusenga biva kunshinga GUSEGA bivuga gusaba,gusabiriza ni umuco w'ububwa cyane kuko wakagombye kwishakamo ibisubizo aho kugirango ujye guabiriza usenga.
Ntakibazo cyakemurwa no gusenga
Ahubwo gukora no kwiyegereza bagenzi bawe bizagufasha guteraimbere.
Aho nisawa cyane azi ubwenge azatera imbere kuva yaravuye mumadini yamutwaraga umwanya
Ok urakoze nyjye sinemera Imana bavuga muri bibiliya kuko ibintu bayivugaho igaragara ngaho Ari ingome kabuhariwe.
nanjye ntyo Haguma wee!!! NGO IHORA ABANA GUKIRANIRWA KWA BA SE ! KO NO MU MATEGEKO Y'ABANTU ICYAHA ARI GATOZI UZAHORWA ICYAHA CYA SO NKANDE ? AHO ATARI INGOME NI HE ? NIBAHINDURE PHILOSOPHIE
@@hitamungujeandamascene5710 mwibuke no kutubwira Imana mwemera di!
Popote rwose ibyo avuga ni ukuri 100% kuko biriya bintu byamadini ni ibintu byaje muburyo bubi cyane, kunyungu zabo bwite no gukwirakwiza imico y'iwabo gusa. Nange kugiti cyange mbona amadini ari mumpamvu zimbere zidindiza iterambere rya Africa muri rusange. Igihe kirageze ngo duhonoke kbsa
Ikiganiro cyiza cyane. Umunsi abanyarwanda tuzamenyako amadini atubeshya, iterambere rizaza. Amadini ni ibiziriko bituboshye!
Urababaje pe. Gusa IMANA Ikugirire neza rwose
Iki kiganiro ni sawa biranshimisha cyane kubona umuntu nk'uyu wafashe umwanya wo gutekereza aho kwemera butama. Popote uburyo wumva ibintu n'uburyo mbyumvamo harimo bihwanye
Ikiza cyane ni uko hari ubwo uzaca akenge kandi Imana ifuha; nutabyemera kuri ubu uzazukira kubyumva no kubyitaho cyane! Yehova ni umunyembabazi azaguha amahirwe yo kumumenya umwemere umwubahe umukorere cg uzibagerane ubuziraherezo!
Yesu agusange nkuko yahuye nasawuri ubwenge bwabanyabwenge buzahinduka ubusa Imana ikwihishurire
Ndakwemeye cyane ukuri Niko kuzatuma dutera imbere noho ibyabibiriya nibindi bindi
Uyumugabo numuhanga cyane jye sniigezemba mwidini sinzanarijyamo nibintu bitumvina ibintu byakiriyagitabo bisobanurwa muburyo butumvikana .ngo abantu bakomoka kuri adam gute adam yabyaye abana nabo baragije barabyarana haraho mwumvise gisobanura imana yaremye imiryango ibi2 irashingirana nigute abana badam barongoranye tukabaho rwose ikigitabo ngisobanurwanabi
Imana yaremye izuba ku munsi wa kane ese ku munsi wa kabiri bwakeye gute nta zuba rihari.
Yego ra ngo burira buracya uba umunsi wa mbere nta zuba ryarashe ngo rirenge
@Lil Puppy, icyo kibazo mpora nkibaza ariko nta gisubizo wabona, gusa NTAGO Imana yaremye isi mu minsi itandatu ahubwo ni mu bihe 6 aho igihe kimwe cg période imwe y’irema ishobora kuba imyaka 1000. Kuba izuba ryararemwe ku munsi wa Kane bivuze ko umunsi w’irema utari 24 hours kandi utari ushingiye ku gucya bukira bigendeye kuri iri zuba.
@@nolanmckain2061 usibye no kurema mbere banavugaga ko izuba ariryo rizenguruka isi uzasome ukuntu yosuwa yarihagaritse bivuze ko izuba ariryo ryazengurukaga isi, abantu ba kera ibyo bezeraga ntawabibarenganyiriza ariko ntaho bihuriye n'imana nko kuvuga ngo inkuba ni umujinya w'imana
@@nolanmckain2061 ibyo uvuga ibikuye hehe imyaka 1000, kuvuga imyaka ntabwo babinaniwe. Urumva ko buri wese yizera ibye.
@@cyamatarerodrigue9972 ni ubwa mbere wumvise ko umunsi umwe ku Mana ungana n'imyaka 1000 ku bantu? uzabyumva niba utarabyumva ko hari aho bible ikoresha umunsi umwe mu byukuri bashaka kuvuga imyaka 1000.
Abantu nkaba rwose, nibo tuba dukeneye muri Society, apana uza akubwira ngo iby'isi ni ubusa cq ngo hahirwa abakene kd abana be bose biga za USA, yubaka imiturirwa, abo batura batanabona amakayi y'abana babo, gusa birababaje cyane kbsa.
uzarebe amazu akomeye bubaka kandi isi ari icumbi iwacu ari mu ijuru ! uzasure Hotels za matorero akomeye hano mu Rwanda UREBE AKAYABO ABINJIRIZA KANDI iby'isi byose ari ubusa Imana izabirimburana n'abatunzi bo mu isi !
Shn popo najyaga nkumva kuri Salus cyera iwacu i huye muri ongeya na Radio salus ariko sinarinziko ufite imyumvire nkiyi yo kurwego rwo hejuru sinzimpamvu abantu badagumuka kbs..!!! Uzambona murusengero rwe azambipe
*badahumuka sorry
Si uko se
Brother Popote Nawe siwowe ni imbaraga zikomeye zikurimo ariko kandi yesu niwowe yaje ashaka igihe kizagera uhindure ikerekezo Wakire umwami yesu wawe wagupfiriye kuko yesu arakuruta cyaane
Ndagusabiye mu izina rya Yesu imyaka naho yatinda ariko Yesu azagufate uvuke bwa kabiri naho imyaka yaba myinshi ariko Ntuzamanuke munsi y'ubutaka aho umubiri ujya utarabona imbaraga zivuguruza ibyo wavugaga muri iki gihe
Yesu aragukunda
Popote uravuga ukuri pe, Bible yanditswe kumpamvu za politike kabsa
Abashaka ko uyu Musore ahura Na Yesu mumpe
Erega umuriro utazima, haracyarimo imyanya
wamugabowe uravuga ukuri rwose
Utemera bibilia haribyo ugomba kuba wemera Ubwo umwuka were niwo wagufasha utawemera ntibyahura
Aha turikumwe 100% .nange Imana yo muri bible sinkiyemera ndetse insengero kuri nge it's nothing!!!!
Yeweeeeeee!!! Imana muzahure peee niyo yonyine izakwemeza. Imana inyumvire izagusure kdi vuba.. bibe bityo
Uyumugabo
Numunyakuri
Yarasesenguye pe/💯
Mugire urugendo rwiza niba utemera Imana wemera I ki? Kuba amadini Ari ikigare ntibikuraho ubumana bwImana.
Nanjye tirahamanya ibiberamumadini byaranyobeye ubujura ubwicanyi amazimwe inzangano unva namayoberape
Ubivuze neza pee !!!!! Ikibabaje ni ko abakuru benshi batabibona kubera ubwoba amadini yinzaduka yose yamaze kubabibamo.africa niyo irimo amadini menshi bicyoyo niho huzuye ubukene nubujiji ubwicanyi
Ibaze umuntu akaza yita abawe batabarutse ko ari abazimu abe ko ari abamarayika.thanks brother
Thx alot Popote, jyewe ikindi kimbabaza cyane nuko batwigishije ko twemera ko basogokuru bavutse ku Nyende(Monkeys)
I just loved you! For the first time someone from Rwanda talks real talks real talks!!!
Uzambariize amadini ko imana yatubwiye ngo dukundane kugeza naho dukunda abanzi bacu.
None kuki badukangurira kwanga shitani kandi ariwe mwanziukomeye dufite .
Njye ndumva nawe ahubwo twakagombye kumukunda kuko niko bibiliya ibivuga😂
Nkwifurije gukundana nawe akaramata ndumva umwiyumvamo😅
@@UmuhirewayezuEvergiste Ntanicyo dupfa ariko
Popote turemeranya 100/💯
Merci Popote!
Votre niveau d'analyse est très élevé. Si bose bashobora kugutegera, ariko ubandanye ujijure abantu.
MBEGA UMUSORE UZI BIBLIYA ICYAKORA UVUZE CYANE WAYOBYA BENSHI KANDI IBYO UVUGA BIRUMVIKANA PEEE...GUSA MENYA KO AMADINI AFASHA LETA ..
NGO NTUKIBE...NTUZASAMBANE...NTUZICE...
@@marietuyisenge2713 hhhhh uti yayobya benshi knd uti aravuga ukuri
Kabisa
Ibibintu byamadini nanjye Wapi kabisa Sinjyambyunva Nagiragango ninjye gusa. ✅
- Ndemeranya nawe Popote 100%.
Imana izabahe agakiza.kuko uwakwishyuza umwuka uhumeka.nibwo wabimenya.ndabasabiye yesu aza biyereka.Imana umwana umwuka wera.uzi zero yesu nkumwami numukiza wawe
@@placidiemurebwayire7360 naringatangaye Atarigitsinagore, Mwebweho ntacyo mwanyunvisha Kubyamadini Kuko mukurikira nkindogobe.
Dukwnwshejwe no kwizera no gusenga tubiivuyemo twakira pe
Ibyo uvuga nibyo bro, abantu bimitse Imana y‘abazungu. Abantu batangiye gusoma Bible ejobundi ku mwaduko w‘abazungu ninabwo bamenye ibyo. Abazungu barabyanditse cyane cyane babiha abirabura biba uburyo bwo kutuyobora tutaburanye! Bashatse kutubibamo kuba abakene!!! You are right popote
Batuzaniye amadini nimbunda baba abakungu turatindahara
Ubu ni ubukoloni bw' imyumvire yabazungu tugomba kwigobotora tukaba abo twateshejwe kuba bo
Bimwe mubyo numvise uyu munyamakuru nibyo nibajije mugitabo mperutse gushyira hanze icyo namurikiye Ikigali 2020 NEW RWANDA FROM HELL TO HEAVEN
Uri igitangaza
Icyakora wansekeje peee
Tu es excellent ....
Ibyo uyu muvandimwe avuga ni ukuri ariko kubera ko abenshi mu banyarwanda n'abanyafrika muri rusange bavutse nyuma y'umwaduko w'amadini mvaburayi batojwe kwemera ibyo ayo amadini abigisha kuva bakiri bato kugera bashaje. Iyo myumvire yarabacengeye cyane ihinduka umuco wabo ndetse banaterwa ubwoba ko utemera ibyo ayo amadini yabo yigisha azarimbuka kandi ko Imana izamuha ibihano by'iyicarubozo. Niyo mpamvu bumva ukuri ariko bakakwirengagiza cyangwa bakakurwanya kubera ubwoba babitswemo. Bigishijwe kwemera ibyo babwirwa n'amadini ariko babuzwa gutekereza kubyo babwirwa n'amadini aho niho ruzingiye. Nyamara Imana jye numva atari umunyagitugu gutyo ntanubwo ari umuterabwoba gutyo (Terroriste).
Bazakugire umucunga mutungo ndumva uzi kubibara
Yego rata. Urukundo ni rwo dini y'ukuri izajyana abantu mw'ijuru niba koko ribaho. Reka mpite njya gukora subscribe kuri chanel yawe 🤝👏👏👍👍
Yitwa ngo iki ko ntayumvise
Ndakwemera nibitekerezo byawe.
Yewe Imana ibabarire ibyo murimo,gusa mumenye ko iryo terambere muvuga ryazanywe n,amadini n,amatorero.kandi ibintu ni 2 Hari ijuru Hari n,inyenga wowe hitamo.ijuru nugukorera Imana inyenga n,ugukorera sekibi.Na YeZu mutemera yishwe nabo yaje gukiza.
Yewe Imana ndayizeye niwanga kuyumva kuneza uzayumva kunabi
Uyu muvandimwe sinamuherukaga, Ukwezi TV 👍🏽
Imana ishimwe ko itokwemerera ubu bujiji kwinjira mu mitima y'abayo,
Nukuri mubyukuri haribintu abantu dukwiye gusobanukirwa .haraho umuntu agera yabivuga bakamwita ngonumukozi washitani nkibaza uburyo mbumukozi wa boss ntazi nawe atanzi bikambabaza
Ariko kuki iyo abantu bahimvye baca batangira kubonako Imana itabaho.Aho Ibombe yovugira impaande yiwe yokwibukako Imana ibaho.Ivyo ariko ararogota yibazako mw,iyisi ari mubanyabwenge ariko ntamenyako ubwo ari ubupfu.Avuga atanisoni afise ariko ubupfu bwiwe ntibubuza Imana kubaho.
😂😂😂😂
Wowe sinakurenganya kuko abarundi mwebwe usibye no munsegero igihugu cyanyu cyose cyaracanganyukiwe kugeza naho prerezida wanyu ajya muri stade akirirwa abyina ngo imana
Idini ry' abazungu ryaduhejeje mu icuraburindi no mu bukene. Icyampa Imana abantu bakazahumuka, bakareka amanjjwe bakimika ubumwe mu rukundo nyarwo.
Ubwo Popote yemera Imana nicyo gikuru👍
Nigutya bitangira finally ugera kukuri nyako ko Imana na Shitani ari ibihimbano byacu abana
Erega Imana ntaho ihuriye n'idini kuko idini ryahozeho Yesu yavutse ririho rizanahoraho kuko riprofitira mu bujiji n'iterabwoba.
Popote ibyo uvuga ni ukuri! Ikigorana ni uko ikintu cy'amadini kibamo conditionnement nini cyane ku buryo bituma abantu badatinyuka kwicara ngo batekereze ku bintu by'imyemerere
Ntabwo wakubaha Bibilia utarayisoma,udatuwemo n'Umwuka w'IMANA. Abagenzi bajya mu ijuru bo barabyumva.
Ndakuramukije muvandimwe Popote. Amahoro y'Imana abane nawe. Uri kuvuga ku bijyanye na Bibliya kandi ukabivuga uko ubyumva ni byiza ariko ibyo uvuga si byo. Mpereye ku munyamakuru yabivuze neza ko hari umuntu wo mu Rwanda wahinduye Bibliya mu kinyarwanda. ( Gusobanura bitandukanye no kwandika). Unuvandimwe ibyo avuga ntabwo nzi Biblia asoma ariko Bibiliya ntibuza abantu gukora. Ibwira abantu gukora kandi bakagira umwete ku murimo. Imana itegeka gukora kandi abo uvuga bakwepa imisoro Bibiliya ntabwo ibashyigikira na mba ahubwo Bibiliya itegeka abantu bose kugandukira ababayobora. Yewe n'imisoro irimo. Rero ibyo uvuga urashaka gushyiramo ubwenge bwinshi ariko si ko biri. Uzabuzwa kwemera Bibiliya n'ibitekerezo byawe ariko imisi cg isi izakwemeza kuko ibirimo biruzura umusi k'uwundi. Niba atari ukuri se byuzura bite? Uzamenya ukuri igihe gikwiriye kigeze.
Ubundi se Bibiliya bisobanuye iki?
Ibyo uvuga ko utekereza harimo gushidikanya. None se ibyo wemera ni uko umuntu akomoka ku nguge?
Ikindi ni ayahe mategeko mboneza mubano ibihugu bigenderaho bibiliya itavuzeho?turebeye kumateka y'Amerika,aba fathers bayo bizeraga Bible,kuko bari baje kuhatura bahunze akarengane ko mu burayi ariko reba ukuntu ryahise riba ishyanga rikomeye mu buryo bwihuse kuko amahame bagenderagaho ntiyanyuranyaga na Bible nubwo bije guhinduka nyuma.
Finally someone understands nature of politics!! Dear brother meet me some day I will show you researches that I have done since 2007!!!
I need to read that research plz
Go on give knowledge. Africa spir
@@serge__97 I have been away but Check this. The lost voyage of Jesus. and this, Israel and Egypt share the boarders, so how can Moses and people move from Egypt to Israel in period of 40yrs???? does it make sense?? Muslims . Islam started in Petra Jordan now all Muslims are fooled that muhammad was born in Mecca saud Arabia
man you are very smart .. to them ... wasanga harabumvise
Mbega umusore usaneza ariko mumutwe hakaba harimo amazi??
Yooooo! Uzahura nayo pe! Ndumva ari sekibi wagukoresheje.
Popote komera cyane
Injiji zirangwira, Imana ntimenyerwa wa kana we. Katigeze uburere
AFITE UKURI ARIKO
Ndagukunze Musore, mbonye umuntu duhuje byibuze 60% kubyerekeye amadini.
Mu bujiji bwinshi uravuga ko iby'ISI ari ubusa, nta mumaro warangiza ibyo ufite ukabishimira Imana? Ukayisaba kubikongerera? Uravuga ubwenge bwo mu isi nta kamaro warangiza ugashima Imana ko yatumye wiga neza ukarangiza.
Ibi bintu Kubyemera neza bigusaba kuba nk'umwana muto (kudakura mu bwenge), bigusaba kuba imbata (ibitekerezo byayo bigarukira mu kizenga irimo), bigusaba kuba umuswa (bivuze ko nabyo birimo ubuswa), bigusaba kuba intama (bashorera aho bashaka) Imana igereranywa n'umwami kuko ibi byanditswe mu gihe ibihugu byose byayoborwaga n'abami, gukangata kwayo, gutinywa kwayo, kutanga no kwambura, uko izaca imanza byose bigereranywa n'umwami. Uwazanye Iki kitwa Imana ni nawe wazanye mucuti wacyo shitani.
MBARAGA we urandangije noneho ngo uwazanye Imana niwe wazanye mucuti wayo Shitani !!!!! MWABA MUZI AMATORERO NAKO AMADINI BENEYO Bagurishije amabati bayasambuye ku nsengero muri Covidi n'igihe Leta ivuze ngo bafunge insngero zitujuje ibisabwa ?
hitamungu jean damascene : ikitwa Imana gikundana n'ikitwa shitani ahubwo abantu nibo bafite ikibazo cy'ubujiji. Iyo mana ijya ngo kureba yaravuze ngo tureme umuntu, igihe itinya ko Adamu n'umugore bazaba nkayo, yaravuzengo "dore bariye kuri cya giti baba nk'imwe muri twe, batararya ku giti kizatuma baramba iteka ryose reka tumanuke tubitukane, ahandi yafatanije na shitani ni aho yavuze ngo ubwo bariya bantu bashyize hamwe, ari abavandimwe, bavuga ururimi rumwe nta kizabananira reka tumanuke tubatatanye. Uribuka ko iyo mana yahaga abana bayo shitani bagasohokana bakajya kuryoshya no guceza (ntago waha umwanzi wawe abana bawe ngo abasohokane) cg ngo mwicarane mugambanira umuntu, uribuka inkuru y'ukuntu iyo mana na shitani byakoze umugambi mubisha bigambanira yobu. Uziko neza ko abasenga ari nabo baterwa na shitani cne, shitaba ivugwa ahari kuvugwa iyo mana. Wari wumva shitani mu muganda, mu kabare, mu budehe cg mu kabari? Wari wumva shitani mu misango yo gusaba no gukwa? Ariko uzayumva mu gusezerana ahitwa imbere y'iyo mana. uziko shitani iba mu nsengero kuko ntacyahakorerwa batabanje gutera isengesho riyingingira kuba isohotse, ubwo iyo basoje ibyabo irahagaruka. Uziko ibibi byose batwigisha ko biterwa na shitani ariko batwigisha ko dukwiye gushima Imana mu bibi no mu byiza. Batwigisha ko byose biba mu bushake bw'iyo mana.
Dutandukanyirize Imana, idini,na bibiriya
Bambarize uti iyo murwaye mujya gusenga cg mujya kwa muganga niba c babikora byombi ubwo ibifite agaciro ni ibihe
Niba hari igikorwa kigeza kuri resultat runaka ubwo ni cyo kiba gikenewe. Gusa wavuga uti "iyo adasenga ntiyari gukira?" Gusa ukibaza na none uti "None se ko hari abasenga bagapfa?" Ufata umwanzuro vuba ati "Gusenga nta cyo bimaze?" Undi na we ati "Ni amayobera, none se udasenga ko na we apfa? Ubwo ibikorwa byiza yakoze ni byo ajyana?"
@@emmd1234 gupfa byo ni rusange yaba usenga cg udasenga bose barapfa ikibabaje ni nkumubyeyi wanga kuvuza umwana we akamujyana mu banyamasengesho hanyuma yapfa agatangira gushima imana ngo ihisemo kumujyana mu ijuru
@@privateema5327 Ni ukuri nahoze ngira ngo ni ukutabasha gusingira agakiza nk'uko babivuga.
Kuriya kuvuga ngo ni uko Imana yabishatse ni uko nta kundi nyine yarenzaho. Byakwiye rero no kuvugwa n'uwakoze iyo bwabaga, noneho bakavuga bati twaragerageje ariko ubushobozi buranga.
@@emmd1234 si naho birangirira niyo umuntu ari kugitanda kwamuganga doctors bari kumubaga hanyuma umuntu yakira bati imana yumvise gusenga kwacu kd babonye akazi kakozwe nabaganga ubwo kandi kuruhande hari uruhinja ruri kumungwa na cancer wagirango nuko nyina aba atazi gusenga
@@privateema5327 Rimwe na rimwe ukibaza uti "ese Imana ni yo yadusabye kuyisenga?" Tuyibwira icyo gukora? Abarwaye ntibakire basenze se Imana iba itamwumvise?
Nonese kuba uri kwisi hari uruhare ubifitemo? Uzicuza
Icyakora ijambo rimwe nakubwira nuko nawe atari wowe gusa Imana izakwiyere ark ndabona ushaka kuba umusitari muri make watwitse hahiye ayiwe guma murayo
Mba mu Bubiligi, za Kiliziya nta muntu ukizijyamo:nyinshi ont été désacralisées, bazihinduye "Maisons de jeunes, Restaurants, Salles de concert.."
N'iyo ugiye mu misa usangamo abasaza n'abakecuru gusa.Muri make nta ujya mu misa.Abato ntubabwire iby'imisa na Yesu.
Ark umuntu yakwishimira gupfa nabi mwisi no mu ijuru
Uravuga ukuri ariko Imana ibaho
Kiliziya yubatse imihanda wa mugabo we. Ikindi: inyungu ziva mu mavuriro ya Kiliya no mu mashuri arongera agashorwa muri ibyo bikorwa. Uzabaze n'abayobozi bwite bwa Leta. Hari amakuru udafite. Uzarebe ibigo by'imfubyi Kiliziya yagize, abana yarihiye, abo yatangiye Mutuelle, abo yavuje, abayobozi bakomeye barihiwe amashuri na Caritas cyangwa Paruwasi za Kiliziya, amabanki yahawe Leta, n'ibindi. Ariko njye navugaga ibya Kiziya da!
Urakirisituka cyane bikarangira noneho ukotana nabyo wibaza amaherezo
Cyokora mu byo uvuga harimo n'ibitari byo. Ibitabo byanditswe na Musa ni ibihe? Ubundi se twe abakristu twigeze tuvuga ko Imana ari yo yanditse Bibiliya? Ibyo ni ibiki? Bibiliya ntiwayize, cyangwa wayigiye mu bagushuka
Asante bro nejo uzagaruke
I'm very very happy today uyumuntu aravuga ukuri cyanee pee ark kuruhande rwanjye Sinemerako Imana na Satani babaho Imana na Satani mbafata ngibite kerezo byahimbwe nabantu bibi sambo baba bashaka gutwara imitungo yabantu baba nyabwoba pee njyewe ntabwoba ngira niyo mpamvu ntemera Imana na Satani.
Narinziko ndi njyenyine rwose none ntangiye kubona ko hari abantu batekereza byimbitse, umuntu arakubwira ngo imana ibaho wamubaza ibimenyetso ati ndabyizera, wamubwira ngo inyoni yabyaye inzovu akakubaza ibimenyetso byo ntabyemere kubwo kwizera 🤦🏽♂️
buriya njyewe ahagana 2013 nandikiye Imana na Satani njaka kumenyako babaho ark kugezubu ntanumwe uranzubizi pee uvugako bariho azanyereke aho batuye njye kubasura
@@dieudonnefoodstv8053 🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@dieudonnefoodstv8053 aho njy ntandukaniye nabo mbabaza imana bakambwira ngo nindebe ubuzima cg ndebe ibiti ndayibona hanyuma bo bambaza inkomoko y'ubuzima niba ntemera ko imana ariyo yaburemye nkababwira ko ntazi inkomoko yubuzima mbese bo biteguye kugusubiza buri kintu cyose kd kumenya ko uzi byose ni ntangiriro yo kutamenya
Dore number zanjye 0782657600 ubishaka tuzavugane mubwire birambuye kubijyanye nuko nizera kugiti cyanjye mvite amakuru menshi cyanee
Vip Bro m'n uvugishije ukuri
mbonye uwo duhuje kbsa! Imana ibaho ariko nta satani ibaho abantu bagiye gutangangara ku cyuka gusa
Kabisa uravuga ukuri! Gusa umutego abazungu bawudutayemo gusa nicyo gihe ngo twi decolonise no mumutwe kabisa.
Ngaha iburaya itari nibakebajamurusengero kandi arikwapapa afrika nihobarimumadini
@@tekanezaviocheftv1949 resume
Bibiliya isezerano ryera ,hakaza ngo isezerano rishya.
Ubwo irishya rigakiraho iryambera kuko nta masezerano abiri ku kintu kimwe.
Ngo kora ibyo imana ishaka kanddi ibyo ntibishoboka kukodukoze ibyo twaba tutari abantu tawaba tubaye imana.
Twe dukora ibyo abantu bashaka ni nacyo dushinzwe.
Naho imana yo ahubwo yakagombye gukora ibyo twifuza nk uko umubyeyi akorera umwana we.
Tumenye ubwenge
@Popote ndagukunze. icyampa tukaba twaganirira mu gikari!
Popote wowe turemeranya! Bibilia yanditswe n’umuntu w’umuhanga ngo Ibe nka #Garde-fou kuri society !
Bagabo mwakoze itangazamakuru mwize ibyo mutemera mukabirekera ababyemera? Mwe se igishya muzanye n'iki? Mwabivuyemo mushyiraho iki?
Inama nakugira menya icyo cyakoze ibirenze ubumenyi bwawe mbere yuko umusanga utamuzi
Uvuz ukuri pee nanj ndatahuye kbx
Munyunvire uyumuntu ngo bibiri ya sigitabu c,Imana ahubwo we urumusazi
Nta Mana yanditswe n'Imana, urugero va Isayi, va Jermiya va Luca va Yohani bandi muri Bibiliya kdi ni abantu si Imana.Nta gitabo na kimwe muri Bibiliya cyitiriwe Imana, byose byitiriwe abantu!
Kuva ku Itangiriro kugera ku Byahishuwe!
Yeeeeesss Theo très très bien kabisa, uzamugarire uyu muhungu aratekereza
Urukundo mu bantu nirwo rwakemura amakimbirane. Urukundo nirwo rutanga amahoro n’ubumwe. Tureke uburyarya n’ubugoryi. Ibindi n’ibigali gusa gusa. N’usenga udafise urukundo, ntaho vyakugeza ndabarahiye!!!!
Isi ijyeze kumalembera ndabona wowe ifite Imana yawe
That politics is what you fear! And what you fear is what you don't know. The way you learnt is what prevented you to know the truth. Ibyanditswe n'umuntu uvuga ko utemera none wowe waba wumva ko ibyo wibwira ari ko kuri ubwirwa n'iki ko ari ko kuri? Ese ukuri kwawe nuramuka ukwanditse kdi ibyanditswe n'umuntu utabyemera ibyawe bizemerwa na nde? Izo ngufu ukekeranya rero nizo ziguteye ubwoba ukaba uvuga utyo!!!! Gusa icyo wiyumvisha utazi neza wari ukwiriye kuyimenya
Kumenya n' ukwizera ni bintu2 bitandukanye
Woe urizera gusa ibyo gushaka kumenya ntabwo bikuraj ishinga
Njye ndumva ari uburenganzira bwe kwemera kuriya. Gusa natwe twemera Imana turakomeje. Imana irahambaye. Imana yaraturengeye dufite ibimenyetso byinshi byo gukora kwayo. Kandi idini naryo si ribi kuko nubwo wenda uwo mutumirwa ataryumva kimwe natwe, hari umumaro wo kuyobora abantu mu nzira nziza.
Ibyo bimenyetso byinshi ufite nyerekamo kimwe kuko popote nicyo yabuze iyo kiza kuba gihari ntanubwo haba hariho debate buri wese aba akizi anabizi ko imana ibaho nubwo ntazi iyo uri kuvuga nicyo washingiyeho wemeza ko ariyo yukuri usibye gusa ko wakuze ariyo wumva
@@privateema5327 Erega buriya n'ibyo twize mu ishuri nabyo nibyo batubwiye, buriya ugize ubushobozi bwo kugera nko ku izuba ,wenda byakoroha kumenya ko Isi izenguruka izuba cg izuba rizenguruka izuba. Rero akenshi usanga imyemerere ya Gikristo ndetse na Bibiliya byoroshye kuyicritiquant ,ariko kuyindi myemerere ho akenshi kubera abayigize usanga ,utinyutse gato wabizira.
Ubutaha uzamubwire atuganirize no Islam na Korowani , avuge no ku ivuka rya Muhamed. Nibwo azasobanukirwa ubukristo cyangwa se ibyo bimenyetso dufite.
Gusa nkuko nabivuze ejo, iriya ni imyumvire re, ariko kuyoborwa n'ibyanditswe muri Bibiliya bifite umumaro mwinshi kuko buriya iyo aba yaravutse ababyeyi be atari abizera ntabwo yari kuba abivuga gutyo. Impamvu abitindaho ni uko yabibayemo bikamukuza. akabyiyaka akuze ariko azanabigarukamo.
@@yesunkiza iyo uvukira muri Papua new guinea ubu uba wizera iyihe mana? Cg ushingira kuki wemeza ko imana uzi ariyo yanyayo ugahaka ko za zeus na za krishina atari izukuri?
@@privateema5327 byashoboka ko udakunda gusoma ariko muro New Papua Gunea hari abakristo ninabo benshi.
At least
26 percent of the population is Roman Catholic; 18 percent Evangelical Lutheran; 13 percent Seventh-day Adventist; 10 percent Pentecostal; 10 percent United Church (an offspring of the London Missionary Society, Australian Methodist Church, and the Presbyterian Church of New Zealand); 6 percent
urabona ko wibeshya cyane, niba ubona bari b'idini gakondo ukangira ngo igihugu cyose niko bimeze
@@privateema5327 Ndakumenyesha ko bo abakristo barenga 98%.
According to the 2011 census, 98 percent of citizens OF Papua New Guinea, identified as Christian
Kindly nyeneye number yuy'umugabo kuko ibitekerezo bye bikwiye kugera kuri benshi bakiteza imbere kuruta kuyoboka ibyo tutazi.
None benshi barayobye kandi bibatera ingaruka z'ubukene ndetse no kudindiza iterambere igihugu
Ivugire ibyo utazi
Izinyigisho zawe ndazigaye pe izi ninyigisho zabadayimoni
😄😄😄😄😄😄
Iki kiganiro ni icubwenge. Ese aba nya Afrika twojijuka tugaca ubwenge kugira tuve mumuzimiza twajanyemwo n’Abanyaburayi!
Popote numuhanga
Abanyamadini bazamugambanira
Bamwice
Gusenga nukwiyaturira ibintu wifuza mbese gushyiraho intego yawe yahazaza. Ngewe nikobyumva
Niba ahazaza hawe imana ihazi c kd ntacyo wowe wahahinduraho uwo mwanya utakaza usenga ntiwawuhingamo ibyubaka umubiri ukabirya ahubwo kugirango aho hazaza hazasange byibuze uri muzima
Agreed to you
Sha warabanetse mbandoga nyagashotsi !!! Erega shitani ni umuntu ! Kuko ikibi kiba mu mutima w'umuntu kandi n'icyiza nacyo n'uko kandi icyiza ni cyo twita Imana , Hari uwavuze ngo azapfa ntazitaba Imana kuko Imana itabaho ! hahahahaahah
Popote, uzi byinshi nibyo, aliko ujye wemera ko atali byose. Reka nsabe wowe n’abakunvise, ndetse n’ukwezi t.v mwagiranye ikikiganiro.
Urwandiko intumwa Paulo yandikiye abaroma igice cya 9 cyose. abaroma ubasimbuze Rwanda. Nuharangiza ugasanga ntacyo wize umbwire.
Bibiliya ni amayobera matagatifu y'Ukwemera... Shyira imbere urukundo ibindi bisigaye ujye ureba aho isi igana ukiriho.
Yohana8:47 uwimanayumvamagamboyimana nimuganirizi etienne
Très pertinent !
Bravo my guy.! Biranshimishije kubona umunyarwanda utarugize uba brainwashed n amadini abazungu batuzaniye...
Wake up people, we have reached the age of reason.
Uyu kweri nigute