Mu kwamamaza, Perezida Kagame yihanganishije imiryango yaburiye ababo mu bikorwa byo kwiyamamaza

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 4 окт 2024
  • Akarere ka Huye ni kamwe muturere 30 tugize u Rwanda kakaba na kamwe mu turere 8 tugize Intara y'Amajyepfo, kakaba gahana imbibi n'Akarere ka Nyanza (Amajyaruguru) Akarere ka Nyaruguru (Amajyepfo) Akarere ka Nyamagabe (Iburengerazuba) n'Akarere ka Gisagara (i Burasirazuba) kagizwe n'imirenge 14 n'utugari 77 n'imidugudu 508. Akarere ka Huye gafite ubuso bungana na 581.5km2 gatuwe n'abaturage 381,900 dushingiye kw’ibarura rusange rya 2022 ku ubucucike bwa 657 hab/km2 ,Umujyi w' Akarere ka Huye ukaba ari umwe mu mijyi yunganira umujyi wa Kigali.
    Umukandida wa FPR Inkotanyi, Nyakubahw Perezida Kagame azaza kwiyamamariza muri aka Karere aho azava ahita ajya mu Karere ka Nyamagabe tariki 27 Kamena 2024.

Комментарии • 3

  • @mutesianitha3924
    @mutesianitha3924 3 месяца назад +1

    Mbabajwe nabivutsa ibi byishimo ngo barisunga inyangarwanda😂twe turishimye kubera umubyeyi wacu❤

  • @NiyibiziAlphonse-ti1yl
    @NiyibiziAlphonse-ti1yl 3 месяца назад +1

    Niwoe

  • @annemukandayisenga6091
    @annemukandayisenga6091 3 месяца назад

    Nkwifurije kuzambikwa inyenyeri z'imirimo yawe nizacu zose,ngira amatsiko yo kuzakubona mwijuru inyenyeri uzaba wambaye mubyeyi w'Urwanda.ngukunda birenze intekerezo.iyo nkubona amarira yibyishimo anzenga mu maso.