Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwarathank you for this video we love you them
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Pfitikibazo. IcyocyibugaNtabwayabanza aka gikoreramo imyitozo
Ewana very good kabisa .🎉
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Birakomeye cyanee
Turabyishimiye cyaneBravo to RNP
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
Murakoze mutwereke namoto
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safeCg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Thank you RP❤ for this technology
Murakoze cyane🙏
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Porisi,oye oyeeee!!!
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
None c haruburyo umuntu ugihe kuhskorera yihuguriramo??
Mufungure kode twaratwegereje twabuze kode mufungure dukore
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Ewana ibintu byose ndabona biri kumurongo
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ibi nisawa murakoze cyane Reka nze nongereho B kuri F narimfiteThanks!
Ndabemeye kabsa. At least ubu twagaruka ku kibuga.
Very professional 👌👌
Uwo mupolisi ujya mu modoka abar'uwiki muri circulation? Nibo badutera pressure 😢 njye numva yakabaye atajyamo kuko technology imodoka ikoranye ihagije
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Wawuuu 👏👏👋👋
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Apuuu Category A biroroshye
Umuntu yemerewe kwimenyereza kuricyo kibuga azakoreraho
Ni byoroshye
Mutubwire vitensizikoreshwa kurimotomirakoze
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Ikizami nagitsinze kandi ari ubwambere naringiye gukorerayo. Ikizami gutsinda birashoboka , upfa kumva theory umu police yakubwiye mbere y ikizami ukirinda nubwoba.Police y' u Rwanda turashima.
Nimudufungurire,urubuga
❤❤❤❤❤ murabambere
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Cyakoze
Police yup Rwanda Imbere cyane
weeeeeeeee love rda
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Ese haraho ibiga babyitoreza mugihe taraja mukizamini cg
None se kuhigira biremewe? Imodoka ya police izajya yishyurwa? .mutubwire kabisa
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ese ntagoAriotomaticgusa?
Ibiciro bihagaze bite kurizo category x??
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Igisingizocyazaburi
Aha nisawa rwose
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Merci bcp
Hey ntakuntu abantu bazajya barotira permit zabo muri busanza batarinze bajya kimironko
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
Ese ibizamini byakorwaga muntara nabyo birahita bihinduka , bigishe ibizami nkibi byibusanza ?
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Mbaye motar kbs😂
Nonese komutubwira ko mwafunguye tukaba twarabuze code yibizamin
Muge mutanga amahirwe yokuhihugurira
Cyakoza ibi bintu biri kuri standard hatari kbx gus habontse u uryo bwokwihugura kuri ibibintu byafasha cyn??
Asantini bantu bacu gusa se aba baza gukora tests Bose babwirwa bino or babanza gukurikira RUclips? Police mutubwire kwitegura muvuga nigute ?
Mutubwire ese umuntu ukorera ikizamini aha arishyura niba yishyura mutubwire ibiciro kuri rwego . Ese yishyura kumunsi akoreraho cg yishyura arimo keiyandisha murakoze.
IMPUSHYA Z'ABAFITE UBUMUGA MUZAZITUBEIREHO UKO BIPANZE
Nonese, iyo umuntu afite ikibazo cyamaso, afite indorerwamo zamaso yahawe na muganga, ntiyemerewe gukora iki kizamini?
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Amatariki ahari niryari c
Mutubwire ni haruburyo bwokwihuguramo kuri moto
Ejo nahavanye permis kandi byaranshimishije cyane. Mu gihe wize amategeko y'umuhanda neza, ukayubahiriza igihe cyose, ukaba wize imodoka neza, nta kabuza urayihavana. Ikindi kandi, abantu bakwiye kumenya ko ikoranabuhanga rije nk'igisubizo. Amahirwe masa.
Bishyira nkibisanzwe
Nonese Umuntu yabanza akihugura
Umuntu yakwihugrira he ko ziriya modoka nta auto ecole nzi izifite? Ndangira Aho wihuguriye?
@@gasutamopascal2546 Ntekereza ko wabanza ukihugura. Ntabwo ushobora gutsinda mu gihe utazi imodoka ndetse n'amategeko y'umuhanda.
@@ntakirutimanavalens4412 Jye nagiye muri auto ecole isanzwe. N'ubwo ibizamini bitandukanye, ariko iyo wamenye gutwara rwose usanga ari kimwe. Kandi iyo muhageze babanza kubereka ikibuga, bakaba imodoka mukimenyereza rimwe, mbere y'uko umuntu atangira ikizamini. Abapolisi barasobanura neza ku buryo utangira ikizamini nta mpungenge na mba. Ubwanjye narahakunze bitavugwa.
Mutubwire nibaharuryo twakwihugurira kukibuga hanyuma tukabona gukora.😊
This is very interesting. Bravo Rwanda. Abatanga ruswa nabayihabwa birabarangiranye….
Imiyoborere y’Igihugu irarushaho kugenda neza.
ibi bintu nibyiza arko haribyo mugomba gukosora mwakabije kugorana icyambere abafatanya bikorwa banyu bafasha muguhugura abazakora ikizamini barahenda cyane ibihumbi 30000 kwisaha imwe nibangahe mubanyarwanda babona ubwo bushobozi bwokwihugura byibura kugeza abimenye icya 2 igihe mwatangaga cyaragabanutse cyane bikabije parking iminota 2 kandi mwaratangaga 7 munite aha mubikosore pe hamwe no kuri t crossing iminota ibiri nimike muri make timing mwarayigabanyije cyane
None abo bahigura bakwigishiriza muri iki kibuga?
cyakoza ndaje nanjye nige kuyitwara
thank you for this video we love you them
Ureke babavabdi bazitwimaga murakoze cyane ahubwo mufungure code
Nashimye uburyo mwakira abantu neza! Kdi mugatanga amahirwe kumakosa mato mato. Big up RNP
Thank you RNP murikugendana ni igihe pe
Abantu burikubona kode mwebwe biri kugenda ute kotwazibuze cyanee cg byarahagaze
Nonese kuri demarage biremewe gufata feri yurugendo kandi ubusanzwe byari ukuringaniza umuriro na amburiyaje?
Oya ufata ferii
❤❤❤❤😮😮mudukorera show kbx
Murakoze cyane kubusobanuro muduhaye nonese ko turi gushaka code yuruhushya rwaburundu tukabura code kd twarabonye itangazo ritubwira ko mwafunguye
Nibatubwire niba icyo kibuga mbere Yuko umuntu ahakorera ikizami hari amahugurwa ahakorera byarushaho kuba byiza
Yego rwose peee batubwire niba bikunda ko umuntu yahihugurura.
Apaforme irabafasha ibusanza
Birasobanutse, ariko mushyireho izindi sites zikorerwaho ibizami by' ikoranabuhanga, ibibuga by' apaforme driving school byakoreshwa nabyo abantu bakahakorera ibizami , kuko byagabanyiriza ikibuga cya busanza ubwinshi bw' abahakorera, Kandi bikongera ahakorerwa ibizami bya permi. Murakoze cyane
Mwiriwe nez,Abantu bakoze ikizamini ku buryo busanzwe baratsinda barishyura ,Mutanga iminsi 14 ngo uruhushya ruzaba rwabonetse haba barimo ibihe bibazo bituma umuntu amara 2mois arabona perme mwadufasha mukareba ikibazo kirimo.
Police y'urwanda ishema ry'abanyarwanda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndabona byose byoroshye (ibyo mutweretse A na B). Bonne chance kubitegura gukora.
Mwazadukoreye video niyingiyi hakoreshejwe Ikamyo driving license C , tukareba utwara ikamyo ukuntu ajyenda akora ikizami byadufasha cyane murakoze
So good kabisa, ubu buryo ndikubona bworoshye kurusha ubwari busanzweho.
Turabashimiye cyane mwatekereje kubanyarwanda police y'igihugu cyacu lmana I bahumugisha
Nukur nibyiza peee Rwanda yacu ni oyeee
Nkunze akantu kogupima abantu ko buziye kbs
Pfitikibazo. Icyocyibuga
Ntabwayabanza aka gikoreramo imyitozo
Ewana very good kabisa .🎉
Bjr nonese ikizami cya moto ntademaraje bakora ?
Birakomeye cyanee
Turabyishimiye cyane
Bravo to RNP
Mutwereke category D1, munadusobanurire kubijyanye nibiciro ese naho nukwishyura bisanzwe cg nubunu ko mutigez mubivugaho???
Irikoranabuhanga rizagera ibutare ryari ngotureke kugumya kurenganywa?
Nonese mwatubwiye ibiciro byo gukorera Category C na D1
Murakoze mutwereke namoto
Nukuri murakoze kubwiyi video ,twarakoze turashya kubera kutamenya ikibuga
Mukomere cyanee nonese wagiyeyo ibiciro nigute kuri B
@@SemucyoJeanPaul 150k byose hamwe, kandi harigihe ushya
Ahubwo njye ndibariza, iki kibazo 'Uwaba ashaka kwihugura, ashaka kuzakorera muri iki kigo, mu mufasha iki?'
Gusa Permis z´indundi ni nkongomani umuntu atumaho aryamye iwe mubanze muzihagarike, hanyuma mushyiremwo na SECOURISM...buriya iyo habaye impanuka benshi bapfa kuko babuze ubutabazi bw´ibanze...cg mumpe ikiraka nshinge ishule. murakoze
Mwaramutse murakoze kumakuru meza muduhaye ariko mwatubwira kubihungurira byo bijyenda ngute
Ko ibizamini byabaye byinshiiii
Mwatubwira kuri category A hariya banyura mu kayira gafunganye kariya kayira gafite centimetero zingahe 🙏🏿
Ese iyobasanze urwaye nkamaso cg utumva neza bigenda bite mugihe urwaye amaso asanzwe akoresha linette ntibyemewe😮😮
Hari ibipimo byamaso bagenderaho iyo ijisho rimwe ripima 8/10 nibindi rifite 8/10 uba uri safe
Cg rimwe rifite 9/10 Irindi 7/10 cg se 6/10 na 10/10 nabwo uba uri safe ariko iyo ari munsi yibyo bipimo ntabwo ukora ikizami Niko mbizi🙏🏽
Ibyiza rwose ark x aho kwitoreza ko hatameze nkaho mwakubaka nikibuga cyo kwitorezamo?kugira aho witoreje abarinaho ukorera thx
Ibi turabikunze ark mushyireho ishuri nabarimu babyize neza
Thank you RP❤ for this technology
Murakoze cyane🙏
Uko amanota avanwaho bitewe n' AMAKOSA akoze nabyo babiduhe
Porisi,oye oyeeee!!!
Turibaza niba muntara haraho kwitoreza ibi bizamini , Buri munyarwanda akaba yibitseho permit , nkabazungu bari baradusize rwose ,
None c haruburyo umuntu ugihe kuhskorera yihuguriramo??
Mufungure kode twaratwegereje twabuze kode mufungure dukore
Ndashimira police yu Rwanda uburyo bushya yazaniye Abanyarwanda bwo gukorera impushya zaburundu zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga.
Se demarage niriya twabonye ntago ari Jeep bakoresha ikindi nabonye demarage akora kuri feri
Ewana ibintu byose ndabona biri kumurongo
Mutwereke ikizami cya category C ❤
Ibi nisawa murakoze cyane
Reka nze nongereho B kuri F narimfite
Thanks!
Ndabemeye kabsa. At least ubu twagaruka ku kibuga.
Very professional 👌👌
Uwo mupolisi ujya mu modoka abar'uwiki muri circulation? Nibo badutera pressure 😢 njye numva yakabaye atajyamo kuko technology imodoka ikoranye ihagije
Nabazaga niba ama site yo muri kigali azagumaho cyane cyane iya Gahanga?
Ibintu nibyiza kuko biri kumurongo
Wawuuu 👏👏👋👋
Police kabisa ku ikoranabuhanga mu bizamini .turabashimiye. mutuzanire na category E wenda tuzayibona
Apuuu Category A biroroshye
Umuntu yemerewe kwimenyereza kuricyo kibuga azakoreraho
Ni byoroshye
Mutubwire vitensizikoreshwa kurimotomirakoze
RWANDA NATIONAL POLICE,YOU ARE THE BEST.
Ikizami nagitsinze kandi ari ubwambere naringiye gukorerayo. Ikizami gutsinda birashoboka , upfa kumva theory umu police yakubwiye mbere y ikizami ukirinda nubwoba.
Police y' u Rwanda turashima.
Nimudufungurire,urubuga
❤❤❤❤❤ murabambere
Mumbwire munyobore nshaka kongeraho category yikamyo rukururana bisabiki?
Twebwe baraduha code ariko kwishyura bikanga mwatubariza impamvu birikwanga
Ibyo ni Saw gose kuko gukora umupolisi akuri iruhande wagira nubwoba
Cyakoze
Police yup Rwanda Imbere cyane
weeeeeeeee love rda
Kubyiga nihano se cg hari imyitozo itangwa iyo umuntu afite ikizame vuba mutumare amatsiko
Ese haraho ibiga babyitoreza mugihe taraja mukizamini cg
None se kuhigira biremewe? Imodoka ya police izajya yishyurwa? .mutubwire kabisa
Nonese kobafunze imirongo hacyirikare bakongeye bakayifungur
Tubashimiye ikorana buhanga mwazamye nibyiza rwose birashimishije
Ese ntago
Ariotomaticgusa?
Ibiciro bihagaze bite kurizo category x??
Ko numva ibizami byiyongereye ubu SI hatari
Igisingizocyazaburi
Aha nisawa rwose
Nonex demaraje umuntu azajya ayikorera kumodoka yatangiranye ikizami
Merci bcp
Hey ntakuntu abantu bazajya barotira permit zabo muri busanza batarinze bajya kimironko
Ntaburyo umuntu yajya abanza akihugurira aho kukibuga
Ese ibizamini byakorwaga muntara nabyo birahita bihinduka , bigishe ibizami nkibi byibusanza ?
Murakoze ❤❤❤🎉🎉
Mbaye motar kbs😂
Nonese komutubwira ko mwafunguye tukaba twarabuze code yibizamin
Muge mutanga amahirwe yokuhihugurira
Cyakoza ibi bintu biri kuri standard hatari kbx gus habontse u uryo bwokwihugura kuri ibibintu byafasha cyn??
Asantini bantu bacu gusa se aba baza gukora tests Bose babwirwa bino or babanza gukurikira RUclips? Police mutubwire kwitegura muvuga nigute ?
Mutubwire ese umuntu ukorera ikizamini aha arishyura niba yishyura mutubwire ibiciro kuri rwego . Ese yishyura kumunsi akoreraho cg yishyura arimo keiyandisha murakoze.
IMPUSHYA Z'ABAFITE UBUMUGA MUZAZITUBEIREHO UKO BIPANZE
Nonese, iyo umuntu afite ikibazo cyamaso, afite indorerwamo zamaso yahawe na muganga, ntiyemerewe gukora iki kizamini?
Ndabona icyo kibuga Ari cyiza kugikoreraho ikizami
Amatariki ahari niryari c
Mutubwire ni haruburyo bwokwihuguramo kuri moto