Uyu mu papa numugabo cyane Klizia Gatulika yari isanzwe mu buyobe kimwe namatorero hafi ya yose ya gikiristo none Francis we ibyo bakoreraga mu ibanga abishyize kukarubanda we ni sawa rero iyaba hari habonetse numuprotestant werura akagaragaza ibinyoma byabo maze mukareba ko Itorero ry'ukuri ry'Imana ritagararira amaso ya rubanda bagahumuka
Ahubwo se niba ibyo uvuga ko papa yavuze ari ukuri koko yabivuze,abantu baramutse batabyemeye ngo banabikurikize ubundi akandi gakiza baba bashaka kazava hehe handi, ahubwo icyo nkuye mubyonkumvanye nuko abantu tudashaka kumva.wakoze cyane kurayo makuru ahubwo ndumva ari meza cyaneeeee!!!!
Nibyo koko tugomba kumva nokwizera ko Yesu ariwe nzira nukuri ijyamwijuru twebwe nabandi bashaka kuyoboka YESU tugomba gukomera kumwami wacu YESU CHRISTO
"""""Tout chemin mène à Rome """" Un seul chemin étroit mène à Dieu :C'est Jésus Christ le Chemin, la Vie et la Vérité Je crois en toi Seigneur Jésus Christ. Amen
The Truth is Jesus Christ and he never change. For sure all ways lead to Rome but only one Way lead to Heaven . Jesus Christ is the way to Heaven. Amen
Icyo namenye ni uko Yesu Kristo ari inzira ni ukuri n'ubugingo,kandi nta wujya kwa Data atamujyanye".iki nta wagihindura,inama zose zahindura ibyanditswe byera n'imfabusa kandi nta gaciro nzigera nziha,zirareba benezo kandi nibo bazabazwa kuyoba no kuyobya abantu.
Idini y ukuri ni BIBILIYA YERA kandi ibonekamo ukuri kose kutavangiye iyo rero uyigishije ugashyiramo amarangamutima uba uhushije intego.KUVA 20:8,Ijambo Imana yandikishije ntirizavaho n agace k inyuguti ,AMATEGEKO 10 Y IMANA NTAHINDUKA KUGEZA KU MPERUKA Y ISI.
Aho muzabera abana ba satani nuko mukunda gusebya kiriziya Gatorika, IMANA YONYINE NIYO IZADUCIRA URUBANZA KUMUNSI WANYUMA TU NE PAS LE DROIT DE JUGER LES PERSONNES MONSIEUR GITWAZA. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS DONNE LA SAGESSE. AMEN AMEN 🙏🙏🙏
I agree with the Pope🙏 Me my self when I read the Bible Jesus was different from the way many religious leaders take him eg What was the religion of Jesus? You see...Change is a factor of life and God is one who brings Change
Daniel 7:25 And he shall speak great words against the most High, and shall wear out the saints of the most High, and think to change times and laws: and they shall be given into his hand until a time and times and the dividing of time.
Daniel 7,25 nigihe gisohoye arik azokwakwa ingoma uwusenga Imana ashishikare kuko ningombwa ivyanditswe bisohore arik ntibitwibagize ko Yesu ariwe nzira n,ukuri nUbugingo knd ntazohinduka pe merci apotre ubwenge bwImana bukurwireko cane urumuvumbuzi pe🎉
Papa niwe yanyamaswa yomu byahishuwe Imana nigihiduka ese murabonako ataribihe byanyuma jyewe ndahagara kubirege byage ko Imana itajya ihiduka rse nibande biteguye kurwaniri icyubahirok Imana nubwoyahindura ibyanditse muribiriya abemera Imana nikuzigera tuyisoma pap urahiye mureke tuge kumavi dusenge Imana idutabare nibazaga inyamaswa yimitwe irindwi nono bigiye kumugaragaro jyewe nemera umwani wacuu ariwe yesu kristo kandi ndana mwizera koyadumviriye kusaraba igorigota kugirago tubambubwe
Nanjye ndinyuma yawe
Apotre Paul Gitwaza, Imana ikuzigame!! Turasenze mw'Izina rya Yesu Kristo , Imana itwongerereze abandi bakozi bayo barimwo Mwuka wera
Thank you Apostle umusi naronse amafranga nzoyaguhezagiza
Uyu mu papa numugabo cyane Klizia Gatulika yari isanzwe mu buyobe kimwe namatorero hafi ya yose ya gikiristo none Francis we ibyo bakoreraga mu ibanga abishyize kukarubanda we ni sawa rero iyaba hari habonetse numuprotestant werura akagaragaza ibinyoma byabo maze mukareba ko Itorero ry'ukuri ry'Imana ritagararira amaso ya rubanda bagahumuka
Ndakuzi inyamata nkunda kuntu imana yakwaguye ntuzahinduke uri umwe muba pastor babanyabwenge amen
Nibyo Imana imurinde
Urakoze bwana Pasteur ..... Hezagigwa!!!! Ukuri ni kumwe!! Qui ne risque rien n'a rien...... Ntukureko kandi ntiwongereko ijambo na rimwe!!!!
Hi
Ahubwo se niba ibyo uvuga ko papa yavuze ari ukuri koko yabivuze,abantu baramutse batabyemeye ngo banabikurikize ubundi akandi gakiza baba bashaka kazava hehe handi, ahubwo icyo nkuye mubyonkumvanye nuko abantu tudashaka kumva.wakoze cyane kurayo makuru ahubwo ndumva ari meza cyaneeeee!!!!
Papa uwo mumureke asohoze ibyanditswe kuriwe kuko niwe wu mwijima uri mubuhanuzi uyu muburo udukoreho kuko umucunguzi wacu wamennye amaraso kubwacu araje vuba ahubwo twezwe kuko utejejwe atazabona umwami Mana Yesu ageze hafi kinguŕa yinjire
Muze Aba Christo nyakuri dufatane urunana natwe Yesu Christo Azatuneshereza.❤
Erega bene data ibi birohera hama papa Nawe urya arashaje chetani nayo iciboneraho nimba arivyo ivyo muvuga aragowe atarivyo naho muragowe nukur
Non KO yesu yavuze ntihagire nakadome murokuraho ntiwumva KO bwataretse
Imana izoduha ubwihisho.
Imana idutabare iduhe kwizera yesu nkumwami numukiza wacu habwa umugisha pe.
Ikibazo cyanyu nuko mubivuga mwese muri abayobozi b'amadini
Dusenge cyane
Karabaye
Nibyo koko tugomba kumva nokwizera ko Yesu ariwe nzira nukuri ijyamwijuru twebwe nabandi bashaka kuyoboka YESU tugomba gukomera kumwami wacu YESU CHRISTO
Yesu wacuazotugwanirira nimuhaguruke dusengeimanayaremyeijurunisi duhunge ibinyoma
Ndagukunda mubyeyi mwiza
Rekeraho kubeshya Gitwaza Mbabarira. Ntukomeze kubabaza Imana ubeshyera Papa.
Umukoziw,Imana gitwaza ukomerezaho yesu nagukomezereze maboko duhangane nivyo bisigo
Imana idutabare mubihe bigoye bigiye gushika
Mushumba Imana kongere imbaraga
Kugatuka kwa Yesu kwajeee Mana dukangure mu izina rya Yesu amen
Papa agiye gupfa natwe yesu azoturwanira
Umwami atabare,tugeze mubihe Bibi Pawulo yavuze,buriwese arinde izamu rye neza,ntabwo tuzajya mwijuru kubera imirimo twakoze,Imirimo izaduherekeza ,tuzajya mwijuru kubera ko Twizeye Kristo,tukamwakira nk'Umwami numukiza w'ubugingo bwacu,byakubera byiza imubyizeye,aho kugirango ntubyizere uzasange umuriro uriho kdi utarawizeye,Umwami adufashe!!
IMANA iramubura icarikuba ciza nuko atari kuvuka
Imana ibarinde
Komera ku ishyaka rya Yesu wacu Imana igushyigikire
Pasteur ibyo uvuze imana ikongerere ubwenge arko nawe umenye ko urimukinyoma cya Roma kuko dimanche arumunsi wakiriziya umunsi wisabto niwo wimana yejeje
Mubareke bakorere umwami wabo,ntibidutere ubwoba ibyo kwa satani n,ingabo ze puuuu.
Musenge cane ibarariraguye mukore ibishobokavyose abizera yesu ntiduhemuke tumatanenimana ubudasiba
Thank you so much for the message about pop this is end tome God bless you
😢😢😢😢 yesu agiye kuza.mana impa ubwenge nokukumenya😢😢
Muriyandagaz muzovug muruh ntimuziger mutembagaz catholik
Umugore bisobanura ishengero ntabwo arumusore azotwara itorero
Mukwiriye gukwirikirana inyigisho zi dini ryaba ventisi
Kuko ibitabo vyubuhanuzi bafise birimwo ukuri kwuzuye
Rero bantu biracangoye biraza
Ntimushukwe
Yemwe bakobwa ba wa mugire mumenyeko
Ibihano bizohabwa malaya
Bizoshika no kubakobwa biwe
Murakoze
"""""Tout chemin mène à Rome """"
Un seul chemin étroit mène à Dieu :C'est Jésus Christ le Chemin, la Vie et la Vérité
Je crois en toi Seigneur Jésus Christ.
Amen
Imana ikomeze irinde abayo
I thank you for the good message you have revealed
Papa yavuzukuri umuriro witeka ntubaho Kuko mugikombe cya mwene hinomo bahatwikiraga ibyanda yahoraga yaka nyuma uwabaga yakoshejebose babajugunyaga ahongaho bakabyita igihano ariko imana yarabinenze ivugayuko itabibatumye ubworero imana nurukundo ntiyatwikira abantu mumuriro ikindi yumuntu apfuye asubira mumukungugu Kuko arimwo twakuwe tugatekereza umutsi wumuzuko yavuzukuri papa ngewe abahujibitsina simbemera ariko batanze umutekano kuribose yukoze ibyiza ubushohoje amategeko
The Truth is Jesus Christ and he never change.
For sure all ways lead to Rome but only one Way lead to Heaven .
Jesus Christ is the way to Heaven.
Amen
Nawenuntu azarya imbere yurubanza
Uyu Mugabo aravuga ibintu bikomeye cyane mumutege amatwi kuko bidufasha gusobanukirwa rya dini rimwe mwumvishije kera rizatwara isi yose.Dore ikigiye gukurikiraho ni uguhishurwa ku munyabugome wa mundi mwumvishije kera uzaza mu is i ugomba kubanziriza kugaruka kwa Christ Yesu. Yemwe bantu bimuye lmana,muraje mubone ibyo Bibiriya yita inyamaswa yavuye munyanja n'iyavuye mu gitaka.Muraje mubone wa mutware uzaza wamundi wahanuwe na Daniel ugomba kuza mucyumweru cya 70 cya Daniel.Uwo mutware ni nawe wavuzwe ni intumwa Paul aho yamwise umwana wo kurimbuka .Ni umubisha wishyi hejuru yitwa Imana ryose gisengwa kugirango yicare mu rusengero rw'Imana yiyerekane ko ari Imana.Pope araje ajuwe role y'umubanuzi w'ibinyoma,akorane n'uwo mutware uzaza,ubundi abanze kwizera ukuri kw'Ijambo ry'Imana ngo bakizwe bazatangara. Ese ijambo Ecumenism,Singletism na Mondialization muzi icyo bivuze?Mbabajwe n uko mufite amaso ariko nimubone,Mbabajwe n'uko mufite amatwi ariko ntimwumve. Yesu Christ yabwiye abayuda banze kumwizera ati"Naje mu izina rya Data ntimwanyemera ariko undi azaza mu izina rye mumwemere"Ese yemwe yavugaga nde? Si wamutware uzaza ariwe Antichrist ugomba kuza yambaye umubiri! Muraje mubone!! Uyu mu pasteur uvuze ibi arantangaje cyane!!! N'ibijyanye na New Age abikomojeho!!
Ni igihe cacu co gukunda Kristo kurusha ho
Yesu kristo aduhindure ibishiriya vyakumuriro
Imana rekimugaragaze
File
Mana yacu rwose ngwino utabare ubwoko bwawe ashyire ikimenyetso cya bacunguwe kuruhanga rwabo Amen urakoze data kutwumva
Izina ry'umwana w'imana wavuye mwijuru ni: YASHUAH HAMASHIYAH
YESU ,YEZU, JESUS ibyo ni ibihimbano byabana ba ROMA abizera ibyo bizera ibinyoma
Icyo namenye ni uko Yesu Kristo ari inzira ni ukuri n'ubugingo,kandi nta wujya kwa Data atamujyanye".iki nta wagihindura,inama zose zahindura ibyanditswe byera n'imfabusa kandi nta gaciro nzigera nziha,zirareba benezo kandi nibo bazabazwa kuyoba no kuyobya abantu.
Imana idutabare,umwuka wera atuyobore
Idini y ukuri ni BIBILIYA YERA kandi ibonekamo ukuri kose kutavangiye iyo rero uyigishije ugashyiramo amarangamutima uba uhushije intego.KUVA 20:8,Ijambo Imana yandikishije ntirizavaho n agace k inyuguti ,AMATEGEKO 10 Y IMANA NTAHINDUKA KUGEZA KU MPERUKA Y ISI.
Gitwaza turagushigike tekana imana iri kuruhande rwawe
Urakoze cane Apôtre, message ni choquant.,très choquant,bouleversant 😢
Imana irimuruhanda rwacu kdi ifit,imbaraga hejuru y,izindi mbaraga
Oya mukozi w'imana vyaravuzwe rekabishike yesu agiraze gutorumugeni ahubwo bukuza dusengacane yesu aguhezagire bazagomba batwitse abimana barahari
Imana su muntu Amaboko yu witeka arakomeye ntihinduka
Gitwaza uvuzeneza yesuniwezinatwahawedukwiyegukirizwamwo
Uwiteka ajye agushyigikira Apotre dukunda❤
😢yesu uzampe iherezo ryiza
Mubuga ivyo mushaka ntimuvuga ivyo Imana Ishaka
Hebrews 13:8. Jesus Christ is the same yestaday, today, tomorrow and forever.
Yesu niwe nkoni yajye ngenderaho
Dear Pastor vugisha ukuri kose kuko urabizi neza kuko na dimenche muhuriyeho ni IKINYOMA reka guca ibintu ku ruhande.
Imanaitwibuke
Yesu arihafi koko
Papa ntazaza kwisobanura kuko kiliziya yubatswe kurutare mandi ntabwo uli umuvugiziwayo
Merci pour votre révélation sur situation de l’église
Quelle révélation de ce Sataniste ?
Isi irik irashir ivyahishuw bik birashik
Atubereye maso Yesu
Yesu amuhezagire uyo mu cardinale wumu Nigerian.
Imana idutabare nukur
I Imana Data wa twese wo Mwijuru Aguhezagire akwongereze ubwenge n " inkomezi abayo yabamenye kera .
Yesu tabara
Gitwaza ntukabeshyere Paapa, iryo jambo twaryumvishije keraaaa!!! Warivugiye I Burundi ubeshya abakristu baho.
Mujye mubanza musobanukirwe neza aho guhora mutura ubintu ahongaho mushukana Ku nyungu zanyu.
Kiliziya ifite uko ibaho uko ikora, nta kajagari igira, ahubwo muzabe abagabo muyisabe urugendo shuli mwige.
Nagwe munyamakuru ntugasarurire mu nduru, iyo nkuri ni iya keeraaaa, uzasubire mu ishuli kwiga.
Idini irica wangu,ngaho izibe amatwiii
Inyrarya muzobona ibara sha
Hezagigwa uvuze ukuri imanaiguhe gusobanukigwa ukuri
Mwari gusoma ikorowani mwamenya vyinshi islam
u niyo dini idahinduka itabeshera yesu
Amen uwumwizeye ntazomaramara
Aho muzabera abana ba satani nuko mukunda gusebya kiriziya Gatorika, IMANA YONYINE NIYO IZADUCIRA URUBANZA KUMUNSI WANYUMA TU NE PAS LE DROIT DE JUGER LES PERSONNES MONSIEUR GITWAZA. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS DONNE LA SAGESSE. AMEN AMEN 🙏🙏🙏
Le Saint Pape est sage'...et très intelligent ....
Birababaje njyewe nagahinda gusa sinaryamye isi irarangiye vatikani iragaragaye mureke bisohore satani noneho ahawe intebe kumugadagaro usi ukuri kubyanditwe nakomere yesu ariho sinfite icyomvuga nonono yesu agiyekuza babironinkiyo turayisohokamo
Abayesu ntitugire ubwobakatoripue iragaragaye ubutinganyi kweri oyaoya oya eponsible
komera mutama papa
Congraculations to the Nigerian Cardinal. Its good U stood u ground.
There are different gods.Because what a man called a God is his God
Amennye amabanga ya Papa????ni umunyamabanga wa Papa se ?????
Gitwaza we umeze nka RTLM ,ururimi rwawe ni rutwitsi.
Inyigisho zawe zirayobua abakunva urabeshya ukanabeshyera abandi ,wowe garukora Imana kuko urupfu rwawe ruregereje.
Aha yesuwe tabara abawe
Narinarabuze Aho nakura ibyavuzwe byuzuye
Ariko ndumba papa atarikuri y'ukuri
Mbega akaga! Uwiteka atabare itorero rye rwose
Nokumusarawe handitse kwingwe ese ingene yarabereye kuganzana na kristo
Hii
Ahubwo imana itunjyenderere kandi idutabare
Kiliziya n'imwe itunganye Gatolika,ibyo bindi muvuga ni inyungu zanyu mushaka,yabwiye petero ati,nzakubaka ho kiliziya yanjye n'imbaraga zikuzimu ntizazayisenya!
Bambwirire! Mbona bahindutse abamenyeshamakuru canke investigators b'i Roma!! 😅😅
Muhumuke mwarayovye uwo papa wanyu niwe antikristu
@@BlandaIranzi Iririre wewe nimiryango yawe. Wewe utayovye ibandanirize utwihoze!! Kiliziya nimwe gusa kandi itunganye... niba iryo jambo rikurya ahantu... samahani sana... nuko ari ko kuri nyene!!
I agree with the Pope🙏
Me my self when I read the Bible Jesus was different from the way many religious leaders take him eg What was the religion of Jesus?
You see...Change is a factor of life and God is one who brings Change
Feel sorry for you... How can u agree with someone who are destroying the world??
Yesu niwe buhungiro bwanje ntaco nzotinya
Ntitugomba kugenda inyuma yabakomeye kuko utakaje yesu wese arubusa
Umwana wintama Ari hafi kuza
You will know the Truth and the truth will set you free.
Anyone else who doesn't know the truth ( Jesus )
Is under Satan's York
For sure
Si Papa wacu,ahubwo tube maso kuk inkurikizi niyisi yose.tukaraba kituzoshobora guhangana nibigiye gukurikira kuk bituraba twese abari kwisi.
Erega ,igihe cy'amadini kirarangiye ngaho cathoric ni imivuurungano ;ADPER igeze kure ubu buri wese nategure umutima we nirwo rusengero dusigaranye Ibyo wumvise kera nibyo bigiye kugutunga mubihe biri imbere
Gitwaza! Wewe naho uvuga nabi gatolika,hari nabandi bakuvuga ukundi. Urumva gukritika abandi nawe utirsvye si vyiza. Nijambo ry'IMANA rirabivuga,bgo ntugakure igiti kiri mu jisho ryuwundi,muryawe harimwo ikigiga
None kamukozi w'IMANA ivya papa kumengo biragukozeko wew gumana ishengero ryawe urekane na ekreziya
Daniel 7:25 And he shall speak great words against the most High, and shall wear out the saints of the most High, and think to change times and laws: and they shall be given into his hand until a time and times and the dividing of time.
Nubundi ntawe mwisi dushobora gucira urubanza abantu bazaja mwijuru ntituzi abaribo gusa Imana niyo ibazi Kandi imirimo mwiza yabantu ninzira izatuma abantu Baja mwijuru
Uri murudandanzwa yavuze vyo. ashaka abantu tube hamwe umugore wawe arafise vyakunda reka rero nugakore kuvyo abandi bariko barakora ushaka kumenyekana nuzuja hejuru yacu vuga nibwo bwenge urihenda uri nyuma yamajambere isengero ryacu uzo rinda upfa uri hasi shakisha umwana muto
Open only your mind ....
Imana dusenga niyo izodufasha nayo abantu none babikura he ? 26:14
Yakoze ibara vraiment 😮