UFITE URUHINJA? DORE UMUTI W'ICYO MUNDA!
HTML-код
- Опубликовано: 30 сен 2024
- Tugezeho igitekerezo cyawe muri comment tuzakigarukeho mu kiganiro cyacu gitaha.
Twandikire kuri #0788789544 no kuri email: tetanyampinga@gmail.com utubaze ikibazo wifuza ko twazagukoreraho ubushakashatsi.
Ushobora kudushyigikira utugezaho inkunga yawe ukoresheje MoMo 0788789544
Sangiza abandi ibi biganiro, ufashe Society.
nubwambere ngukurokoranye arko ndagukunze cyane
ufite inama nziza
Nanjye karira ijoro,amanywa
Ihangane ni minsi mike bigashira. Uge umuheka!
Nanje kararir kandi mbona gafita munda hanini nagomba kubaza ico bivako nicobiheza pls
Umwana iyo abyibuha ahera ku inda niyo mpamvu ubona iruta ibindi bice by’umubiri
Umwana iyo abyibuha ahera ku inda niyo mpamvu ubona iruta ibindi bice by’umubiri
Urakoze cyane kunama udahwema kutugira ibibintu uvuze narimbikeneye Imana iguhe umugisha kdi ikongerere ubumenyi. Turagukunda.
Warakoze cyanepe , twabanye murugendo rwo gutwita gs ubu narabyaye kd byaramfashije kugukurikira cyane🥰🥰🥰🥰🙏
May God bless you 🙏🏻
Nkunda uko utwigisha neza 🙏🏽❤ be blessed muganga
Oooo yambiiii doctor nyampinga numwe mubo mwiganye college Inyemera mihigo urakoze kubwikiganiro ndasobanukiwe
ruclips.net/video/UBfoM_BtaPU/видео.html
Murakoze cyane
None c ko njyewe uwanjye iyo munda hamuriye ahita aboga ni ukubera iki? Kdi aboga byinshi cyane pee
Kuboga ni ibisanzwe kuruhinja
Njyewe mfite umwana wumwaka 1 namezi tatu Kandi aracyaribwa Munda Niki nakora?
ugomba kumujyana kwa muganga wabana( pediatre) akakurebera ikibimutera bakagikemura
Hi muganga! Ubwose umwana utakirwaye ntaba yazingutse amara? Ubwo nta kibazo?
Aba yarakirwaye ariko ntibimutere kurira
Urakoze cyanee menye uko umuntu aryamisha agahinja courage
Congratulations
🙏🏻
Ndakwemeye kabisa
urakoze cyane
Wakora iki kugirango umurinde icyo Munda ucyimara kubya kugirango atazajya arira?
ntakintuwakora kuko niba wakurikiye nakubwiye ko ari amara ye aba ari kumenyera. kandi nanakubwiye icyo ugomba gukora kugirango bitamubabaza
Usukaho amashereka umukondo ukivaho Niko inaha babivura
Rwose ukomeze usuhe contents zijyanye na newborn ndetse nuko umubyeyi yakwitwara kuko abantu batubwira byinshi.kdi dukunda ukuntu usubiza ibyo tukubajije.turagushyigiye
ndakomeza kubikora uko nshobojwe
Twabanye murugendo rurerurerwo gutwita Ubu naravyaye mwampay integ yokubakwirikirana
Murakoze cyane nubwambere numvise inama zawe murakoze cyane
Nawe wakoze kudutega amatwi
Urambariye urakoze cn komeza utubwire nibind vyerekerany nuduhinja
yego ndakomeje
Urakoze Mubyeyi rwose birasobanutse
ni ibisanzwe urashinyiriza ukabirya pe
Thank you soomuch!
Urakoze cane muganga
Turagukunda cyane.
murakoze cyane
❤❤❤❤
Murakoze cyane pe muradufashoke
Ubundi niwowe wacu nkukunda cyaneee 💓
Murakoze cyane kunama zanyu
Subu birakunda koko ndarijoro p
❤❤🙏🙏
Mwaramutsee utanga numero yawee
Yego
Wayimpa see
Ni 0788789544
Ndara ijoro pe
Uduhe nbr zawe disi najyaga mbona arekuye ibere amaze niumunota umwe yonka nkamuryamisha nkagira ngo arahaze.
0788789544
Konsa umwana aryamye hari icyo bitwaye? uwange aronka akanituma ariko icyo mu nda iyo bigeze nijoro kiramufata bikomeye gusa iyo bukeye ahita asinzira ariko ijoro ryo simba nifuza ko rigera
ugenzure neza ko ari icyo munda kimuriza kuko kurira nijoro ashobora no kubiterwa nizindi mpamvu
Wowe urinkange pe
Umwana wumukobwa yicara afite amezi angahe
Kubibero atangira kuhicara kumezi 3 naho ahatari kubibero ni kumezi 5
@@nyampinga1266 murakoze cyane ngewe naringizengo yarakererewe
Ibyobyo ndabyemeye gumukorera massage kunda nange nibyo muganga yambwiye kd yararibwaga cyane ark byaragabanyutse
byiza cyane
urakoze ku kiganiro cyiza uduhaye ngiye kubigerageza ndebe ki mumeye nabi
yego nawe Urakoze
Murakoze umwana wanjye ntaryama haba nijoro cg kumanwa aribwa ubwo nicyomunda gusa
ni icyo munda
Murakoze cyane doctor . Muzadusobanurire ibijyanye nabana bavukana intananya
Intananya ni iki?
Ubwo ni intanwa, kwakundi ururimi ruba rufite akantu munsi yarwo katuma umwana yazavuga atinze cg ntanavuge
Imujyana kwa muganga bakayica
Murakoze cyane Mwiza🙏🙏
nawe urakoze cyane
Muganga mukorera mu bihe bitaro ngo tubagane muduhe services
uzanyandikire nzakuyobora
Urakoze cyane ku kiganiro uduhaye.Ariko mfite ikibazo .Maze iminsi 3 mbyaye,ariko iyo um wana yonka amabere arandya pe! Amashereka amanuka mbabara cyane ndetse n'imoko ikandya. Mwangira inama y'I cyo nakora.
ruclips.net/video/UBfoM_BtaPU/видео.html
Kubabara imoko biterwa Nuko haba jarajeho imbyiro , ufata agatambaro namazi ashyushye ukoza kumoko nimpande yayo , mbere yo kubyara izo mbyiro ukazimaraho ukajya ukomeza gucunga ko zigarukaho ugahora uhanagura
Ooooh bajyaga bavuga ngo nizo zirera ibere, murakoze kubisobanura
Ese ko bavuga ngo umuti witwa Grippe water uvura icyo munda nibyo koko?
hari abo utavura
Muga ko mwibere ryumwana harimo akantu kameze nka kabuye umuntu yabigenza ate ngo kavemo?
ntabwo ari uburwayi bizashira
Urakoze cyaneeeee!!! Kunama utugiriye, ubutaha uzadusangize kugihe umwana bamuhera ifasha ibere nibyo wamuha
Vubaha rwose
Murakoze cyane
Ko bavuze gripe water ikiza icyo Munda ibyo
ntabwo bikira kuko impamvu zitera icyo munda ni impamvu zimikorere y'umubiri kuburyo utabihagarika. gusa yo ikora nka painkiller ikagabanya ububabare gusa si kubana bose
ikindi nakubwira ni uko igira side effects nyinshi ntuzayikoreshe utayandikiwe na muganga yabanje gusuzuma umwana.
Nari ndaye ndibuyishake, kugira ngo ndebe ko yamfashiriza umwana ariko reka mbanze nkurikize izi nama mutugiriye.
Nonese wakora iki ko iyo ukomeje kumwonsa yose ayaruka
Ntago gikira nakoresheje griper woter na ibuprofen siro byaranze
Uzadusobanurire ni ryari umubyeyi aboneza urubyaro nyuma yo kubyara Ese uburyo bwo kubara bukora no kubantu bagira imihango ihindagurika ndavuga amatariki
Yego nzabigarukaho bidatinze
ubutaha muzatubwire uko bakarabya umwana utarageza amezi 5
Ko harabakubwira ngo amazi y'akazuyazi afasha umwana kutaribwa byaba aribyo?
Ndagukunda cyane kunama ugira ababyeyi