NYIRINGANZO: Umuhanzi Abede Nzajyayo wabaye muri Les Fellows yakuranye na Jean Christophe Matata
HTML-код
- Опубликовано: 6 сен 2024
- Abede Nzajyayo umwe mu bacuranzi b'abahanga kuri guitar basse, afite umwihariko wo gucurangisha imoso, akagombye guhinduranya imirya ngo iyo hasi ijye hejuru. Ni ibintu bivunanye ukurikije imiterere ya guitar.
Journaliste rwose ntabwo ureka umutumirwa ngo arangize gusubiza ikibazo wamubajije iyo urebye usanga utwara umwanya munini kuruta umutumirwa, uzajye utubabarira ureke umuhanzi arangize gusubiza icyo wamubajije .umbabarire muvandi.Thanks.
Merci bcp
Africa nil bande bararimvye iyitwa samanta
Genda Nganji ugira menshi
Muraho neza, muzatugezeho amateka ya Matata (Umukobwa ndagowe)
KO mera indirimbo Mwana Na kunezera ya les ferose nayibona nte
Indirimbo nakuze numva disi nari muto ariko zose ndazibuka as i was born in 1981 nyuma yimwaka 30 ndacyazumva ❤❤❤❤
Imana nimuhe kuramba Abede nzajyayo ❤ ❤
Waouuuuu vieux abede star wakoze musaza
Nzojobiri Abdallah...
Abdallah alias Abede ni tuva indi imwe kuri nyogokuru ubyara data kandi turi abarundi ntituri abanyarwanda nubwo twabaye mu Rwanda igihe ariko ntiyihakane aho akomoka i Burundi
@BEN INGANJI uzatubarize ku rugendo Les Fellows zakoreye mu birwa bya Comores ,uzaba ukoze❤
Jean Marie ni umunyacyangugu ntabwo ari umukongomani. Yabaye i Bukavu ariko ni umunyarwanda kanuni. Ni nka Chouchou Mihigo nawe wabaye i Bukavu ariko akomoka i Cyangugu aho bita i Murangi
Dorumulari yarasigaye atuye muri togo yarabaye pasteur .
Uwowe ukoresha ikiganiro ubanza ubaze ukore assignment yawe, ntujye mu kiganiro nkaho ntacyo uzi!
Jean Marie Mayanga aba Bruxelles et non en France meilleur soliste muri Les Fellows, yacyuranze muri 123 yo mu Ruhengeri
Durumurari yabaga muli Benin....
Baracuranganye cyane.
Uwomugabo numuhanga abato babigireho
Muli Africa Nil Band balihamwe
Morogoro yari umurundi
Abdallah alias Midude..
Ni Bassiste mwiza , ni na Batteur...
Acurangira i bumoso...