Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
❤❤❤❤❤ Courage fresh
Umubyeyi mwiza rwose
MAMAN NANA ibyuvuze nibyo harumuvumo watujyezeho kubera icyaha IMANA yavuzeko kwifuza kumugore kuzaherera kumugabowe Naho umugabo azahinga ubutaka yazaniye umuvumo nibwo azakuramo ibyatungisha umuryangowe
Mama noneho biragoye cyane kubwanjye mbanumva ntarukundo abagore bakigira wagirango harikibirukansa akagushaka atagukunze akakwicira ahazaza waba utihangana cg ukomeye mumutwe ukibonera ishyano.
Ibyo ntibiba ku bagore gusa, hari n’abagore baza hano bavuga uko abagabo babariye amafaranga. Ntawe Sstsni atanyuramo
Ibi biganiro byubaka benshi, ndetse turi gukuramo inama nyinshi
❤❤❤🎉🎉🎉🎉
Woooowwww courage kabisa turabakunda
❤❤❤🎉🎉
Muri iki gihe suko Mama umugore wikigihe yagupfura ubwanwa udacishije make
Gusenyuka kw'ingo gushingiye ku bintu byinshi: kubura uruhare rw'umuryango,kuvuka no gukurira mu bibazo bitandukanye,ukajya kubaka wumva ibyo wabuze ubisanzeyo,kugendana n'ibyiruka nawe ukabyituramo, kubaka bidashingiye k'urukundo nyakuri,kutihangana,etc
Ariko ntigomba kwibagirwa umuvumo twavumwe abagabo birengagije umuvumo bavumwe Ubu bashaka abagore bakora umugabo agomba gutunga umugore kandi akamukunda nitegeko ryimana lMANA idufashe
Mama ntakubeshye nange numva nongeye kujurira sinakongera gushaka umuntu nawe udafite icyahomba
Mushatse kuvuga iki ubwo?
Burya rero Imana yategetse ko muzatandukanwa nurupfu ntabwo yibeshye. Mwatandukana ariko intambara ibera ku mutima ntihwema
Ese abo bagore baracyabaho?
Umuntu udafite icyo ahomba agenzwa no guhombya abandi.
❤❤❤❤❤ Courage fresh
Umubyeyi mwiza rwose
MAMAN NANA ibyuvuze nibyo harumuvumo watujyezeho kubera icyaha IMANA yavuzeko kwifuza kumugore kuzaherera kumugabowe Naho umugabo azahinga ubutaka yazaniye umuvumo nibwo azakuramo ibyatungisha umuryangowe
Mama noneho biragoye cyane kubwanjye mbanumva ntarukundo abagore bakigira wagirango harikibirukansa akagushaka atagukunze akakwicira ahazaza waba utihangana cg ukomeye mumutwe ukibonera ishyano.
Ibyo ntibiba ku bagore gusa, hari n’abagore baza hano bavuga uko abagabo babariye amafaranga. Ntawe Sstsni atanyuramo
Ibi biganiro byubaka benshi, ndetse turi gukuramo inama nyinshi
❤❤❤🎉🎉🎉🎉
Woooowwww courage kabisa turabakunda
❤❤❤🎉🎉
Muri iki gihe suko Mama
umugore wikigihe yagupfura ubwanwa udacishije make
Gusenyuka kw'ingo gushingiye ku bintu byinshi: kubura uruhare rw'umuryango,kuvuka no gukurira mu bibazo bitandukanye,ukajya kubaka wumva ibyo wabuze ubisanzeyo,kugendana n'ibyiruka nawe ukabyituramo, kubaka bidashingiye k'urukundo nyakuri,kutihangana,etc
Ariko ntigomba kwibagirwa umuvumo twavumwe abagabo birengagije umuvumo bavumwe Ubu bashaka abagore bakora umugabo agomba gutunga umugore kandi akamukunda nitegeko ryimana lMANA idufashe
Mama ntakubeshye nange numva nongeye kujurira sinakongera gushaka umuntu nawe udafite icyahomba
Mushatse kuvuga iki ubwo?
Burya rero Imana yategetse ko muzatandukanwa nurupfu ntabwo yibeshye. Mwatandukana ariko intambara ibera ku mutima ntihwema
Ese abo bagore baracyabaho?
Umuntu udafite icyo ahomba agenzwa no guhombya abandi.