God bless you 🙏 Uwiteka azashoboze ndaginzi ibice byose maze inyogerere iminsi yo kubaho migure imihigo nahize nishyure ni cyacumi cyayo ni bindi mbitunganye🙏
Mana yanjye!!!! Nyamara mwirinde, mushishoze ijuru aba bantu bajyamo, hari #Ijuru n' #Amajuru. Birashoboka ko aya mayerekwa aba atari amahimbano, ariko akomoka muri rimwe mu majuru adakomoka mu ijuru rya Data wa twese.
Ese kuki Ubutumwa bukomeye gutya , Ndetse bwabasha kurimbuza umuntu kuki butanditswe muri bible, ko ubu butumwa butavuzwe n'intumwa twatumwe ho twe aba nyamahanga?, ese aho Amategeko ndetse n'ubuntu byose tubitwarane byose bizadukiza? Ese ubwo tuzaheshwa ubugingo n'ibyo nyuma y'amaraso y'igiciro ya Yesu kristo yatumeneye?
Kimwe mu icumi ni itegeko Imana yatanze. Kumvira amategeko y'Imana niko gukiranuka. Umukiranutsi rero azabeshwaho no kwizera. Kudakiranuka kuri kimwe mu icumi ni icyaha, iyo kitihanwe ubugingo buzava he !?
Hari n'abandi babonekewe na Bikiramariya Kandi ari umugabekazi wo mu ijuru w'umudayimoni soma Yeremiya44:12-16 urasobanukirwa ko amayerekwa yose atava ku Mana umuremyi w'isi n'ijuru.
hari aho YESU YIGEZE YAKA ICYA CUMI YITONDE AHUBWO ? ESE INTUMWA ZA YESU KRISTO ZIGEZE ZIGISABA UYU ARASHAKA KUTUGIRA IMBATA Y'AMATEGEKO SOMA ABAGALATIYA 3:2,3
Yemwe yemwe mwitondere ibivugwa kuko gutanga icyacumi si agakiza si ninzira yagakiza kuko iyo biba bityo bi byo Kristo nintumwa bari kuba barabanje kutubwiriza. Isezerano rya kera siryo Kristo yatuzaniye ahubwo yatuzaniye ubugingo buhoraho Kandi ubugingo buhoraho ni ukumenya ko Kristo atanga ubugingo, ababarira ibyaha akaba no kutumenyesha ko Imana yatubabaririye muri we. Imbabazi z' Imana zibonerwa mu kwizera Yesu w'i Nazareti wabambwe ku bw'ibyaha by' abari mu is yose!!!!! Turasabwa kujijuka bitari ibyo imyuka Iyobya ya sekibi azaduheza mu rujijo. Umwami Yesu adutabare tumerewe nabi.
Umva muvandi, 1/10 gisobanura ko Imana ari iya mbere mu buzima, ko utakiri uwawe ngo wigenge. rero imibare si yo ngombwa Umwuka w’Imana ajye akuyobora uko ubigenza pe🙏🏽
@@claudinemujejimana3637Ubu iyo utanze icyacyumi aba aricyp kubaka amazu meza no kugura amamodoka meza y’Abapasiteri. Kandi abakene bo bababuza no kwinjira mu rusengero cg bakabucaza inyuma mu rusengero. Urugero: uzibuke ibyo bakereye abakene mu gihe cya Covid, babasubizaga inyuma ntibinjire ngo kugirango badafata umwanya w’umukire ufite mu muvuka.😢
Tuzizera iby,Imana idusaba mu ijambo ntituzemera amayerekwa ayariyo yose kandi umwuka wera arahari kumuntu ufite inyota yo gukiranuka
A great eye opener indeed. Imana idushoboze nukuri kuyumvira nokuyikorera mukuri. Thank you for sharing.
God bless you 🙏 Uwiteka azashoboze ndaginzi ibice byose maze inyogerere iminsi yo kubaho migure imihigo nahize nishyure ni cyacumi cyayo ni bindi mbitunganye🙏
Gal 3:10,13
[10]Abīringira imirimo itegetswe n'amategeko bose ni ibivume, kuko byanditswe ngo “Havumwe umuntu wese udahirimbanira ibyanditswe mu gitabo cy'amategeko byose ngo abikore.”
[13]Kristo yaducunguriye kugira ngo dukizwe umuvumo w'amategeko, ahindutse ikivume ku bwacu (kuko byanditswe ngo “Havumwe umuntu wese umanitswe ku giti”)
Yesu yapfuye kuko tutabasha kwikiza ariko turarwana no kwikiza
Ndabaramukije mwizina rya Yesu harikintu nshakako muzadusobanurira neza komuvuzengo umuntu aramutse afashe 1/10
Akagiha ubabaye ngontibazo Kandi bavugako bitemewe umugomba kubanza gutanga 1/10 hanyuma akabona kujya gufasha ubabaye ibibintu bivugwa bitandukanye nukuzabisobanura neza
Pamhi ndemeranywa nawe rwose kuri avi yawe. Icyacumi ntabwo gisimbira amaraso ya yesu. Ahubwo giherebwa ingororano nkindi mirimo yose tuzapimirwa. Mwuka Wera adusura adusobanurire. Adukure mu rungabangabo rw' icyacumi abahanuzi batandukanye mugenda mudushyiramo. Imana ibahe umugisha.
Udasobanukiwe,icyacumi ubwo nta juru ategereje,lmana itwigishe,naho ubundi ntibyoroshye
Muradu challenginga pe. Ndasaba Mwuka wera ngo aze ansobanurire ibi bintu byicyacumi. Kuko narinziko icyacumi cyandikwa mu gitabo cy' imirimo nkindi mirimo myiza yose dukora. Mutumwa ibitandukanye mukaducanga.
Dore uko uzajya utanga icyacumi cyawe:
Ujye ureba abakene cg umukene muturanye umugurire kawunga n’ibirayi, umutangire Mitiweli, niba afite umwana uri kwiga umutangire Minerval, etc...
Mana yanjye!!!!
Nyamara mwirinde, mushishoze ijuru aba bantu bajyamo, hari #Ijuru n' #Amajuru.
Birashoboka ko aya mayerekwa aba atari amahimbano, ariko akomoka muri rimwe mu majuru adakomoka mu ijuru rya Data wa twese.
Amen lman ishimwecane
Kandiyongere idushoboze murivyose dukomeze
Kuyikiranukiracan🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🙏🙏🙏
Ese kuki Ubutumwa bukomeye gutya , Ndetse bwabasha kurimbuza umuntu kuki butanditswe muri bible, ko ubu butumwa butavuzwe n'intumwa twatumwe ho twe aba nyamahanga?, ese aho Amategeko ndetse n'ubuntu byose tubitwarane byose bizadukiza? Ese ubwo tuzaheshwa ubugingo n'ibyo nyuma y'amaraso y'igiciro ya Yesu kristo yatumeneye?
Ikindi kibazo nibaza ko ibyinshi utabisanga muri bible abandi bo bazabimenya bate
Rwose,simpinyura ibihanurwa ariko ndabona ubu butumwa buje guhagarika imitima yabakristu, nkuko byagenze muri ibyakozwe nintumwa ibice 15.
Urabeshya wowe
Pamphiile uzadurumirire wa mugabo w,irutsiro uherutse cg wamusore w,irubavu wajyaga ikuzimu naho uwo arabeshya.
Arko rero ndumva bitanoroshye ndumva igitambo cya Yesu gikeneye inyunganizi. Twaba dusubiye mugihe cy'isezerano rya cyera rero ni sabato tuyikurikize. Mbambona arko tuzanacanganyikirwa Uwiteka adutabare pe adufate ndumva bikomeye peee. Yesu dutabare utube hafi
Bivuze ngo buri faranga ryose ryatunyuze muntoki kuva ku myaka 8 kugeza ubu, nimyaka yose twejeje mu mirima kuva icyo gihe kugeza ubu, n' amatungo yose tworoye kuva icyo gihe kugeza ubu, uravuzengo nukubara ayo madeni yose tukayishyura hatabuzemo na kamwe kugirango twandikirwe izo VVV mu gitabo cy' Ibyacumi, ndetse tugatanga na 1/5 cyabyo nk' amande y' ubukererwe. Ntababeshye hatabayeho imbabazi z' IMANA benshi cyane twasigara. Ubwo amaraso ya yesu ntahagije . IMANA idusure idusobanurire ibi bintu byadutse kubw' abahanuzi, bitigeze byigishwa abakristo mu nsengero nkuko Ari kubivuga, cg ngo bibe byanditswe neza muri bible nkuko Ari kubivuga. Kuko Bible nibwo buhanuzi butavangiye, Kandi ntahantu nahamwe handitwe ko udatanga Ibyacumi atazajya mu ijuru. Ikindi nuko abahanuzi mubivugaho bitandukanye. Iyi ni very big challenge ku mugenzi wese uri kujya mu ijuru. Kuko uduciye intege ngo nta mbabazi ahubwo ni ukwishyura amadeni abenshi tutanibuka umubare wayo.
Reka Reka ibi bintu atubwira binyuranye nigisobanuro cyagakiza dutange uko dushoboye dukundane dukunde Imana urukundo rusesa urubanza.Nukuvugako nurwaza umwana mubitaro uzajya wishyura umwenda wibitaro nuwicyacumi?
Sha aha ntawazarijyamo pe.iyi Mana itababarira icyacumi se.nuwakubwira ngo wibuke ibyo watunze mumwaka ntiwabyibuka.ariko nkurikije uko asobanura imirongo ya bible imwe wagiramgo akoresha bon sens.
Sinumvishije bavuga igihe wabatirijwe ahari
Iyi Mana ibereka buri munsi ko dufite amatwi arimo amabuye koko .yazarangiruriye ahirengeye igakura urujijo kubisobanuro bw abahanuzi
Uyu muhungu yabyishe kuko iyo avuga ati ni uko Imana yampaye message ntajye gusobanura ibyo Imana yamubwiye. Kuko ijambo ari gutanga biterwa na contexte ryavuzwemo. Murakoze
Pamphi nanje ndi mu ruhand rwaw kuk ndumva ntanyuzw nubwo buhanuzi
Yego gutanga bizana umugisha nibyo ariko haricyo nibaza niba kujya mwijuru aribi byose twumvise YESU KUMUSARABA nawe ATI nijye nzira nukuri nubugingo pamphi dukurikize iki twumve ibihe biraducanga peeee
Merci pamphile,uwo mukozi w Imana ahabwe umugisha nayo
Ntibisobanutse neza rwose
Pamphile yabajije neza Ibibazo nanjye narimo ndibaza.
Ariko nubundi ikiganiro kirangyiye ntari nasobanukirwa...Yenda nzagyenda nsobanukirwa mubindi Bice. Ntawamenya.
Reka dutegereze 😢 kko pamphile aramubaza ark nkasigara ntanyuzwe
Niba inzu tuzabamo zubakwa na maturo nicyacumi Yesu yaba yateguye ayahe ko yasize avuze ngo kwa Data hariyo amazu menshi ???
Ndatangara cane kubantu berekwa kuko umwe wese azana ubuhanuzi bwiwe none se lmana ni zingahe KO biri wese imwereka ibyiwe atawuhuza nundi
Nange mbanumiwe pee. ntakubeshye iyerekwa rye namaze kuripinga
Nanjye iyonumvise abantu baza bavuga ngo berwtswe baramvanga kuberako buriwese azana ibye ! Dusabe umwaka wera adufashe gusobanukirwa bible tumenyeneza icyoyigisha ,naho ibyamayerekwa ntawukwiye kubyubakaho!
Kimwe mu icumi ni itegeko Imana yatanze. Kumvira amategeko y'Imana niko gukiranuka. Umukiranutsi rero azabeshwaho no kwizera. Kudakiranuka kuri kimwe mu icumi ni icyaha, iyo kitihanwe ubugingo buzava he !?
Pamphi njyewe nasabaga udukorere comparaison yibyo wigishije ku cyacumi ubushize nibyo uwo mugabo arikuvuga ko yagihaweho ubutumwa kuko ndumva binyobeye
8 Ariko nihagira ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu ijuru, avumwe.
9 Nk'uko twabanje kubivuga na none nongeye kubivuga nti"Niba umuntu ababwira ubutumwa budahura n'ubwo mwemeye mbere avumwe."
(Abagalatiya 1:8;9)
Ayo mazu menshi niba atari ayacu kuko mubisesenguye nanjye nibarize yesu yayatubwiriraga iki?,no kubaka inzu mu isi byaranze Yesu nabirebe ntakibanza nabona mu ijuru kubwimirimo yategetswe namategeko,kubw'imbabazi ze zihoraho iteka nzaba muri ayo mazu,icyakora ngerageza uko nshoboye ngo nkiranuke ariko ntaho byangeza rwose nta maraso ye,abahisemo amategeko nimuyakore yose uko ari magana angahe
Wibitindaho uyumuntu ntabwo yatumwe n' lmana uzasome Abaroma 3: 20 -28. Umuntu atsindishirizwa no kwizera muvandimwe ntabwo atsindishirizwa n' lmirimo.
Abrahamu se ko yatangaga icyacumi mu matungo yatangaga 1/2?
😂😂😂
Erega yanavuzeko atazanywe no gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyakomeza ikindi yaravuzengo ibya kayizari mubihe kayizari iby'lmana mubihe lmana.
Kuvangirwa birashoboka icyonzicyo
"Ngo icyacumi nicyo gikatira ikibanza mwijuru umuntu azabamo"?
Byanditsehe muri bibiliya?
Senga ubaze umwuka wera ( ngo atunihira iminiho ku Mana)
Niba bavuga icya 10 ukumva watangira kwiregura ukoresheje imirongo cg se ukumva wasubiza uyu muvandimwe uri kubisobanura umwiyama, ni uko bikugonga. Wishaka kwiregura no kwirwanaho ahubwo reba niba ari byiza utangire ubikore kuko Imana yacu ihora yiteguye kwakira uguhinduka kwacu. Rwose nibavuga ikintu ukumva ubaye blessé jya umenya ko kikugonga. Ihutire kugikosora aho kwihagararaho.
Bonnes questions Pamphile
NDAGUSHIMYE MANA KO NGEZA MUNZU YAWE NGUGIRIREHO UMUGISHA AMEN
Imana ibahezagire mutwigishije neza nukugira aba Krito dusangire ntihagire umu Kristo Akena duhe abadafise
kuko amategeko yatanzwe na Mose, ariko ubuntu n'ukuri byo byazanywe na Yesu Kristo. (Yohana 1 : 17)
Dukizwa ku bw’ubuntu bw’Imana si amategeko. Rero dukwiye kuyoborwa n’itegeko ry’Umwuks ryatubatuye mu byaha rikatuzana mu mudendezo wa Kristo. harya ngo utazishyura ibyacumi yariye azarimbuka? ndatangaye pe. none se igitambo Yesu yatanze ku musaraba cyaba kibaye impfabusa? ariko muziko Umeuka w’Imana ashobora no kuntegeka gutanga arenze 1/10 ku byo naronse? twemere kwigira ku birenge bya Yesu ubundi tuyoborwe n’Umwuka wera w’Imana naho ubundi ibisigaye bivanga abana b’Imana ni byinshi cyane😭😭
Iyo usomye abaheb 10:5-10 usanga bihabanye n'ibyo uvuga ku maturo kuko imbabazi ziruta ibitambo
abaroma 10:9-10 (niwatuza akanwa kawe ko Yesu ari umwami ukwizera mu mutima wawe ko yamuzuye uzakizwa....) ibyacumi n'indi mirimo ntekereza ko bitakwambura ubugingo ahubwo byakwambura ingororano n'amakamba
Yesu ashimwe mwenedata. Ibi uvuga nange Niko mbyumva. IMANA idufashe cyane.
Murakoze.
None mu kirundi sinasobanukiwe ijambo akanyerezo.
Nusoma igitabo cya abagalatiya urabona ubu butumwa bunyuranye, ntabwo dukizwa ni miririmo itegetswe na mategeko, Ibi birajya gusa nisezerano rya kera .
Uvuze neza.✅
Uyu musore ndibaza uwamutumye bikanyobera.
Aha Yesu yaburijwemo.iri juru ryajyamo mbarwa.Yesu yavuzeko murugo rwa data harimo amazu menshi... ubwo icyacumi kizubaka hehe.ndumva yaragiye gutegurwa ayo mazu ahari deja?
Umvugiye ibintu
Ahubwose ko hari abantu bakizwa bagahita bataha , abo bantu bajya muyahe mazu ko nta byacumi baba bagatanze. ???
Mubyukukuri Ndafashwijwe cyane Imana ibahezagire cyane gose
A abaroma 5:1-3 inyigisho zihagarika imitima yabizera Kandi amabonecyerwa yose sukuri ubuse abayislam nibavuga ko Muhammad Imana yamuboneke Kandi ibyishi bizera birwanya umwami yesu nukwitonda musome Abagalatiya 5:16-26 muzameya byishi
Hari n'abandi babonekewe na Bikiramariya Kandi ari umugabekazi wo mu ijuru w'umudayimoni soma Yeremiya44:12-16 urasobanukirwa ko amayerekwa yose atava ku Mana umuremyi w'isi n'ijuru.
Mumbarize Pamphile we
Kuko bitandukanye nibyo wavuze. Uyu mwana mbona afite imyumvire mike
Kwizera kutagira imirimo kubba gupfuye no kuvugako ukijijwe udakora ibyimana ishaka ngo wahawe umwuka wera ntibifatika ukora ibyo Imana ishaka niwe wi Imana
Icacumi kondiko ndacubakisha urushengero ndabireke canka mbandanye ndasavye munyishure.
Jewe ndiko ndacubakisha Ingoro y'IMANA.
None ndabigenze gute?❤
Mukobwa ndagowe!!!njye noneho kuva navuka sindagitanga narimwe!!ndumva no mw,ijuru bizansaba gukodesha pee!!!ese pasteur wee!!icyo cyacumi agihande?
Ico mbona Ku ca 10 c'ibitungwa biragoye. Exemple Ku nka ntiwokwigera urenza 1. Nk'ubu nguze inka 1 ikavyara n'ukuvuga iyo ivyaye noca ndayitangako ica cumi mpaka. Nokwamana inka 1. Ikindi ko numvise ko n'imbata,ingurube n'ibishuhe vyotangirwa ikigira 10 kandi nziko bibiliya yabishize mu bizira ubwo kubitangira ica 10 ntiwoba ukoze icaha?
Ikindi erega wowe utanze icyacumi gitange ikiranuke ibyo gikoreshwa ntibikureba kk abacyakira bakagikoresha ibyabo bazakubitwa birenze. Gusa pamphile aho hantu kubyimbabazi ho uhakurikirane nuwo mukozi w'lmana muduhe ubusobanuro buzima gs ndakumva cyane ndumva bitakubuza ubugingo ahubwo wabura amakamba y'ingororano.niko mbyumva.
Hoya no mugutanga icyacumi ugomba guloresha ubwenge .kugitanga ukivanaho ubizi ko ntamurimo w Imana kizakora nabyo nikibazo
Icyakoza uri umuhanga pe,ukurikije ukuntu usobanura nuko uvuga imirongo ya bibiliya mumutwe.
Nakunze uburyo afite ubutumwa bwiza ariko uko mkomeza kuryoherwa mbukurikira Niko ndikwisanga mubibazo ntabonera ibisubizo,adufashe ajye ahuza 100%ibyo utubwira nibiri muri bible,hamwe nogusubiza ibibazo muburyo buri wese anyurwa.courage!!!
Twizereko part 3 ejo Nayo tuzayibona nkaka tukirangije wenda ibyo Ubu tutari kumva tuzabisobanukirwa niturangiza ibice byose,tnks
Bati uko njye nkurikira Niko ndushaho kwisanga mubibazo!!!
Ese itorero ryambere tubona mubyakozwe n'Intumwa kobatatanga icyacumu ahubwo umwe wese akazana ubutunzi bwe bagasangirira hamwe urugero Ananiya na Safira ntibazize kudatanga cangwa gutaga icyacumi cyituzuye ahubwo bazize kubesha ko ikiguzi c'isambu yabo cyuzuye.Rero ibyo birakemangwa.
Uvuze neza.👍
bivuzeko dushatse twajya duha ababaye ,nabakene icyacumi, aho kugiha aba pastors ?
Nonese niba umuntu ufite inka 2 agomba gutanga mo imwe, ubwo icyo ni icyacumi? Cyangwa ni 1/2?
Hari amajuru angahe KOko
hari aho YESU YIGEZE YAKA ICYA CUMI YITONDE AHUBWO ? ESE INTUMWA ZA YESU KRISTO ZIGEZE ZIGISABA UYU ARASHAKA KUTUGIRA IMBATA Y'AMATEGEKO SOMA ABAGALATIYA 3:2,3
Pamphile urazubwege umubajije neza ntiyoreka kuba umunya Rwanda ahubwo urahanwa canke Aka kwaka ICO yaguhaye arikwo kubura wamugisha umuntu habwa yagitanze
Nshimishijwe n ubu butumwa kandi nungutse byinshi,nshimishijwe n ukuntu Imana itwitaho.Bamwe bajya bavuga ngo abapasteur barya fr ariko nshimishijwe n uko mu kubara Imana yabisobanuye neza.ngo bazakuramo 1/10 muri kimwe cya cumi bahawe hanyuma bagitange hanyuma ibindi nabo bibatunge nk ibyo biyejereje kandi nta mutima uhagaze
MANA Weeee 😢
NYESU ati: Ni njye NZIRA, UKURI N'UBUGINGO.
sinaje gukuraho AMATEGEKO ahubwo naje KUYAKOMEZA❤
Dusabe MWUKA WERA adusobanurire aho tudasobanukiwe neza😊
Mugenzuze BIBILIYA
Yesu ashimwe nonese cyagisambo kumusaraba cyatanze icyacumi gusa njye simfobya icyacumi ark ndashaka gusobanukirwa
ubwo agatangira akazi tuzaba hanze😳 ko nta cyacumi
Ese umushahara utangirwa icyacumi gute. Mumfashe kuko ngize challenges nyinshi ku cyacumi. Ubuse koko ndaherahe kandi ko nshaka ubugingo.
Ibihumbi 100 utanga (ibihumbi 10)
Umushahara wibihumbi 50 ubwo (icya 10 ni 5000)
Pamphile ntiyemera iby'amazu twubaka mu ijuru .
Ngo Yesu yarayaduteguriye !!
Nanjye ibyo kubaka amazu mu ijuru sibyemera, amazu kwa Data arahagije ntabwo amaturo n’ibyacumi aribyo byubakayo amazu.
Oya oya.
Kuko Yaravuze ngo murugo rwa data hari amazu menshi iyo aba adahari nabbibabwiye.bivuga ngo arahari deja
Abantu mukurikiye ubu butumwa ,undusha gusobanukirwa ansobanurire,amafranga y,inguzanyo (loan) atangirwa icyacumi?
Amen
Yemwe yemwe mwitondere ibivugwa kuko gutanga icyacumi si agakiza si ninzira yagakiza kuko iyo biba bityo bi byo Kristo nintumwa bari kuba barabanje kutubwiriza. Isezerano rya kera siryo Kristo yatuzaniye ahubwo yatuzaniye ubugingo buhoraho Kandi ubugingo buhoraho ni ukumenya ko Kristo atanga ubugingo, ababarira ibyaha akaba no kutumenyesha ko Imana yatubabaririye muri we. Imbabazi z' Imana zibonerwa mu kwizera Yesu w'i Nazareti wabambwe ku bw'ibyaha by' abari mu is yose!!!!! Turasabwa kujijuka bitari ibyo imyuka Iyobya ya sekibi azaduheza mu rujijo. Umwami Yesu adutabare tumerewe nabi.
Yesu ashimwe benedata. Jye rwose ndatsinzwe kuko kuva nabatizwa mu mazi menshi sinarinziko icyacumi cyambuza ubugingo. None nimungire inama yicyo nakora kuko umubare wibyo nakiriye kuva icyo gihe simbyibuka ngo mbiteranye nishyure Icyacumi cyabyo byose gishyitse hatabuzemo narimwe. Nkoriki bavandi.
😂😂😂😂😂😂😂 hagararurimbuke
Ntugire ubwoba, ntabwo ijuru rigurwa, ibuka ko kwizera Kristo ukareka ibyaha nibyo bihesha ubugingo. Ntahantu bibiliya igaragaza ko udatanga icyacumi azarimbuka
Ubutunzi nimirimo bubyara sibwo butanga ijuru Kandi ijuru nimirimo buratandukanye imirimo namakamba Kandi amakamba nayo sijuru
Yoo! Imana iguhe umugisha ..satani yaramaze abakristo abayobya.
Turemeranwa nawe gose pe nukuri gusa urikuvuga Imana iduhane Umugisha
*Mu rugo kwa Data hariyo **#amazu** menshiiiiii cyaneeeeeee...!!!*
*Ntabwo hakenewe 1/10 n’amaturo byo kubaka amazu yo mu Ijuru.*
Arko nanjye turi kumwe pamf ubwo se umuntu ko yamara imyaka myinshi atibuka numubare wibyo yakwishyura ngo hakajyaho ni mpongano dusubiye mubya kera kdi ubusambanyi ntibugerekweho impongano ntekerexa ko ibicumuro byose Ari kimwe
Uzabanze udusobanurire uko babara 1/10.cyane cyane abacuruzi
Umva muvandi, 1/10 gisobanura ko Imana ari iya mbere mu buzima, ko utakiri uwawe ngo wigenge. rero imibare si yo ngombwa Umwuka w’Imana ajye akuyobora uko ubigenza pe🙏🏽
*#DAMIYANI**, aho gusubiza ikibazo Pamphile akubajije ahubwo urahita utondagura imirongo n’imirongo, nuko bikarangira nta gisubizo gitomoye utanze.🤔*
Ndumva rwose ibyuvuga Ari ikinyoma pe kuberako ntaho tubona muri bible hatwerekako tuzajyanwa mw' ijuru ni uko twatanze icyacumi ahubwo woe ugitanga uba uhinyuye igitambo cya kristo Yesu ko kidahagije ushaka kucyunganira😢😢 mureke kwikoreza abantu imitwaro namwe ubwanyu mutabasha kwikorera ( Mariko 7 uzahasome),iyo Mana yabikweretse si Data watwese kuko we yashimwe kudukirisha Umwana we ariwe turo n' igitambo kiyihumurira neza. .ndakwingingira lmana ngo ikugirire Ubuntu bwayo Usobanukirwe neza igitambo cya kristo Yesu dusanga mubaheburayo ibice 9 , ndetse n' igice 10.ubundi urebe icyo abantu bazazira mubaheburayo mubaheburayo 10: 26-29.
Mwenedata rekeraho gusobanura ubutumwa
buvuge uko wabihawe we kubisobanura uko ubyumva kuko uri kubisobanura ugahuza imirongo idahura
Cyakora ntawabura icyo atanga pe !
Ndabashuhuje mu izina rya Yesu Kristo
None rero mfite ikibazo ku kigendanye no guhiga , nkiri umunyeshuri nigeze kuvuga ngo ni ndamuka mbonye ishuri ryo kwigamo imidoka nzinjiramo nzagenda mvugira Imana mbyibutse ubu none ubwo nzakora iki? hashize imyaka 12 yose ndangije kwiga secondary ubu nzabigenza nte?
Tangira uyivugire uhigure uwo muhigo
Ubwo ntamukene uzabona ijuru?
Ntibyoroshye guca kurayo mabariyeri. Ibyonakiriye guhera kuriyamyaka 8 batangira kwandika kujyera muriyinfite sinzi konabibona byokwishyura. Ahubwo kuko arinyembabazi. Imbabarire kuko mbyunvishe. Inshoboze. Kuko ndunva bitoroshye
Burya ba paulo (ndavuga eglise primitive)nabo batanga icacumi canke batora icacumi? Umengo mu vyakozwe n'intumwa ntahantu nahamwe dusoma ko intumwa zigeze zisaba icacumi. Uyu muntu ariko araducanga. Pasteur yotanga icacumi c'icacumi yahawe kiba ari rwiwe?
Ariko ubwo utarasobanuriwe icyacumi ntarubanza? Gusa numva kujya mwijuru haraho hazamo ibiguzi
Niguha 40.000frws yo kwishyura inzu uzayatangamo 4000 hanyuma usigaremo4000 nyiramazu?
None uwutagira amahera yo kugura iyo nzu bizogenda gute?
Yesu ashimwe bene data! Mufashe munsobanurire
1:iyo umuntu ahawe umwenda wokwambara cg inkweto,isaha ishakoshi,.... ubitangira 1/10 cg ugitanga gute?
2, njye nyuma yo kubatizwa rimwe narimwe natangaga1/10 kuko nakoraga ibiraka mbona udufaranga duke nyuma nza kubona akazi mara nkumwaka ntagitanga kuko ntabyumvaga neza impamvu yo kugitanga .
rimwe numva impamvu nkwiriye kugitanga kuva ubwo sinasibye narimwe kugitanga kugeza ubu
None nakora iki ko ntazi 1/10 narikwiye gutanga ? Gusa hari umwaka nibuka umushahara wuwo mwaka nahembwaga ese birabsaba kuza wishyura ? Ibyo ntibuka byo nakora iki?
Nyaboneka bavandimwe twitondere amayerekwa yo muriyi minsi uyu muntu aho gufasha abakristo arabahabura. Icyacumi no mwisezerano ryakera cyari cyarabananiye ntibigeze bagitanga neza aho muri luka 11 Yesu yavugagako batangaga icyacumi cyimboga kuko zidahenda ariko ntibatangaga icyacumi cya zahabu bari batunze ntibatangaga icyacumi cyamafaranga ibintu ubigize itegeko umusaruro nibyaha ariko uwo Yesu yakoze kumutima arenza icyacumi kandi bikamunezeza. Nimugarura itegeko ryicyacumi mutangire mwubahirize nisabato kandi mubikore neza ntaburyarya turebe ababishobora mbega mbega ????
Yewe ni Imana yonyine pe naho ubundi ntawatambuka Kristo arusheho kutwihishurira
Nanjye ntyo
Birumvikana nk'aho nta n'umwe warenga iyi mitego yose , kandi ntaranarangiza yavuzeko bariyeri ari esheshatu ..
Njye natsinzwe kuya mbere 🤷♀️😥
Arikose ko 1/10 ntaho tugisanga mu mategeko 10 y'Imana, ubwo ni mumategeko yande😢. Nonese ko Bibiriya ivugango ntacyaha Imana itababarira keretse gutuka Umwuka wera, none nikuki 1/10 utaragitanze atababarirwa😢
Nonese ufite iyerekwa wese riba rivuye ku Mana?
Uyu mugabo ndumva abivurunze akabivangavanga ahubwo yaca abantu intege agatuma basubira inyuma niba ari Imana imutumye asenge byumvikane neza.
Nonese niba icyacumi kigomorora imigisha yo mwisi? Kidatanga ubugingo ?kuki utagitanga atazabona ubugingo?
Nukuri Imana idufashe jyendumva ngiye kure ntampamvu rero yokwikebagura kuko nsanze ijuru rwanira ntaryo hari mihigo nahize ntibuka ubuse niba ntakwihina ngo ntangire kwirinda numvuse inyisho numva namaze gucibwaho iteka Mana yajye icyacumi sinabona icyo nishyura mugihe maze ubuse numvise ubutumwa nkaba ntakwihana ngo ntangire bushya paka nishyuye manaweee birakomeye nananiwe gusenga p ndumva ijuru rizajyamo bake twajyaga twihumuriza ngo twasabye imbabazi kumbe ntazo twahawe birakomeye simbabeshe
Ufite imodoka se?
Nonese kirya gisambo cyihaniye kumusaraba cyizaba muyihe nzu?ko ntacyacumi cyatanze?ese ukizwa kumunota wanyuma yarabatijwe akagwa, akatura mbere yokwitaba IMana akizera Yesu kristo nkumwami numukiza WE azabuzwa kujya mwijuru nicyacumi atatanze ?najyayose azaba mukirere ko ntakibabanza azaba ahafite?
Yewe ntibyoroshye , Uwiteka adushoboze kugishyitsa. Ahubwo ukuntu hariho inyigisho nyinshi zivugako kitagicyenewe murikigihe
Eeh Ko numva bitoroshye, Ubwo ijuru ryazajyamo nde?
Ninde utari warya icyacumi?
Nari nzi ko icyaha kitababarirwa ari ugutuka Umwukawwera none ngo no kudatanga icyacumi! Birancanze pe.
Ugira amagambo menshi wa musore we.vuga ivyo watumwe nubwo bidasobanutse neza dukeneye no kwumva ibindi
Ese isabato yo bayibaza kuri bariyeri ya kangahe?
😂😂😂😂❤ ihangane wenda biraza mu zindi BARIYELI😅
Imana iguhe umgisha
MU ISEZERANO RISHYA, gutanga ICYACUMI ntibikiri itegeko. Icyacumi cyari kigenewe ABALEWI batagiraga gakondo, abanyamahanga n’Abakene.
Ubu se nta bakene , imfubyi n'abapfakazi bakiriho?
@@claudinemujejimana3637Ubu iyo utanze icyacyumi aba aricyp kubaka amazu meza no kugura amamodoka meza y’Abapasiteri.
Kandi abakene bo bababuza no kwinjira mu rusengero cg bakabucaza inyuma mu rusengero.
Urugero: uzibuke ibyo bakereye abakene mu gihe cya Covid, babasubizaga inyuma ntibinjire ngo kugirango badafata umwanya w’umukire ufite mu muvuka.😢
@@claudinemujejimana3637Dore uko uzajya utanga icyacumi cyawe: Ujye ureba abakene cg umukene muturanye umugurire kawunga n’ibirayi, umutangire Mitiweli, niba afite umwana uri kwiga umutangire Minerval, etc...
Hari ibyaha bisaba REPARATION ,sinumva impaka za Pamphile ,
Uwakijijwe utaba muri SANCTIFICATION azabona Imana ??Pamphile ansubize .
Urya icyacumi si umujura se?
Ese ubundi icyacumi gitangwa mukihe gihe? Ni buri kwezi? Cyangwa ni rimwe mumwaka? Icyacumi gitangwa kugishoro? Cyangwa kunyungu?
Bagusubize numvireho.
AMAHEREZO AZADUSUBIZA NO MU GUTAMBA IBITAMBO NK'UKO NABYO BYANDITSE MURI BIBLE CYANE ABALEWI
Nubwo nabonye uhagurukijwe no gutera amabuye Pamphile, ariko ubyemere ko wayobye. Uraza gusubiza abantu mu isezerano rya kera, ngo 1/10 nicyo gifungura compte y'imirimo, bivuze ko Abraham yemewe n'Imana kubwo kwizera kwe byatumye Imana imuha amasezerano, aruko yamaze gutanga icyacumi?
Umuntu yajya mwijuru ariko akabura amakamba kuko amakamba nimirimo twakoze
Uzatuzanire wamugabo wavuze yuko hadutse abahanuzi b,ibinyoma
Gutanga ingurube koko ho icyacumi ntago byemewe . Itungo rizira riguranwa iritazira