WA MUBYEYI WAHURIYE MU BURAYA N'UMUGABO WE BAMAZE GUTANDUKANA NYUMA Y'IMYAKA 10 BUBAKIYE KU KINYOMA😭
HTML-код
- Опубликовано: 12 окт 2024
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi #gerard_mbabazi
Antoinette 0784 040 235
Ushyireho ikiganiro cyambere
Rwema mbabazi urumunyamakuru
Mwiza ndagukunda can peee
Abamukundankanjye tumenyane
Uzambabarire umumikiganiro Queen
Uyumubyeyi nubwo nabonye injajwa zokumihanda zamwihaye mbambona arumwana mwiza rwose nubwo yanyuze mubintu Bibi
Mbambona ntamutima mubi agira nkuwizindi ndaya 🌝 zirakizwa ark zikagumana umushiha😂😂😂 uyu rero mbambona yitonda pe😍
Erega uburaya umuntu abuvamo sigitangaza rwose uyu mudamu biragaràgara ko ari umwana mwiza ahubwo yabuze umugabo muzima ihangane mama Imana izaguteturura
Nukuri Imana izamwomore
Mubyeyi, mureke ukomeze wisengere IMANA, ukore kdi izaguha umugisha, azakwifuza kdi nta mugisha ateze mwihorere.
Umva ihangane pe gusa Imana izakuvure ibikomere, bitaravaho ibyo bikomere umenyeko ataribyawe wenyine
Gerard uzatugarurir uriya mugabo nawe atubwire ibye tugereranye
Akebo wagereyemo abandi uyu munsi Niko uri kugererwamo😢😢😢
Abandi bakoze nkawe, bizabagarukira😢😢😢😢
Karma irakora bro, Ayo ni amarira y'abagore Wagiye usenyera cya gihe😮
Komera
Aka ni kakandi kabaye iwende😊
Nonese uretse kubeshya Umutima wawe koko kahurira n'Umugabo cg Umugore aho hantu ukumva ko abicitse mo burundu!?
Iryo kizwa rya nyu n'Imitwe😊
Cyane
Disi uwo mubyeyi ari kunywera ku nkongoro yanyweshejeho abadamu benshi cya gihe yari indaya!!!!kubera yabinyuzemo yagombaga kutajya agenzura umugabo kugeza amunekesheje ku bandi bagore!
Ubwose uvuze iki? Umugabo uta urugo akajya mundaya aba ari ikiburaburyo uyumudamu rero ibyobigabo byubatse nibyo byamusàngaga rero we yagize ubutwari bwogufiririra umugabo we rero yaramaze kugukora uburaya apfa kuba yaraburetse imana yaramubabariye
Ebana, aba single mum mwirerere abana, abagabo benshi ni ingetura, ni abagome😢
Wa mudamu we rero, urukundo ntirugurwa, kirazira kwinginga mu rukundo, ndakwanze ntivamo nagukunze😢
Ubishoboye mureke azetere, karma irabikora kd bikarangira ari muri regret, akakwifuza atakikubonye.
Shakisha ubuzima, urere abana bawe, nibo bazaguhoza.
Ubuhamya ni bwiza bufasha abandi Rweme courage
Yoooo Cadette disi, hobeeee Hobeeee Hobeeee! Uracyagira umutima mwiza nka kera?? Nishimiye kongera kukubona 😮
Najye ndamuzi numuturanyi wiwacu
Ngaho da,yewe sinarinziko gusambana ku mugabo byari kukubabaza, kuko nawe wabibayemo wari kujya umusengera ukihangana
Sinkibyo byobyose
Guys wankandiye kwifoto uraba ukoze cyane❤❤❤❤
Nanjye natunze Umugabo umeze gutyo Sha yarasambanaga ndetse nabasazi ntabatunye harabagabo babaswe Sha
Muraho nez nje hano kubabwira ko tubafitiye ibikoresho bya sports harimo imigozi yo gusimbuka, udutapis two gukoreeraho sports, udupine wifashisha ugabanya inda nibicece,ama dumbbells petits poids zibiro byose kuva kuri 3kg kugeza kuri 20kg, amagare ya sports,ama gloves ya sports, ubikeneyee watugana Aho dukorera nyarugenge tukabiguha cg tukabikoherereza Aho uherereye hose haba hano Kigali no muntara bikugeraho Numero watuboneraho ziri kuri channel yacu mwAjyaho mugakandaho mukàzibona murrakoze cyane
Reka ingegera ni wanga ushobora kuzabizira 😢😢😢😢
Sha nizere ko Fridaus wa NDIMBATI yumvise ubu buhamya! Dore ko numvise ngo arashaka kujyana abana ku MUGABO muri ZAMBIA. ibaze. Agezeyo akamuhinduka, nk'uku Antoinette umugabo yamuhindutse. Sha Abagore mwumvireho!
Ingaruka z'Icyaha n'Urupfu bareke bajye bahemberwa ibikorwa bya bo
Ugiranumutima mwiza kadete nibakureke
Muri make ni indaya 2 zahuye zihurira mukabari 😂😂😂! Kweli ubwo wumvaga urwo rugo ruhali? Ihangane
Ikibazo si uko mwatandukana
Gusa ugomba kumenyako nawe wahemukiraga abandi.
Ikibazo kinini
Ni uko wandagaza uwomwashakanye.
Kuki umushira hanze.
Ibyo sibyiza rwosepe.
Rwema uzotuzanire umugabo wiwe nawe burya ururimi rwumwe rukamw'ifyufyu
Ndumva uwo Egide ari gukina comedi uzamureke burundu Imana izagutabara
Ikigararagara ni n'uko yitukuje! Uwo mugabo ajye ashima Imana yamumukijije! Bibiliya nayo iravuga ngo "Ukize bene uwo mugore ajye ashima Imana"!!
None se hari Indaya yakubaka urugo? Indaya zimwe zihitamo kureka gutesha umwanya Umugabo, "Imana yaremye mu Ishusho Yayo" (Intangiriro 3:1-5)! Hari umuhanga w'Umuzungu wanditse igitabo avugamo uko Umwirabura, niyo yageze mu ishuri, adatinya kurongo Indaya!!!!! Ubwo rero turi kubibona, si wowe wenyine.
Sumwe sinuwa2 , so Imana ihindura umuntu so you can't say thing like this , God bless you
Ibyo ni ibisanzwe kubagore,ahubwo yaraguhahitaga?
Pore Maman harigihe umuntu ashaka kubaka agahura ninyatsi
Nizo za nyana z.. Miss Jolie yavuze
Uwo mugabo indaya yaramuroze
Ntawamuroze wibukeko bose bahuye arindayaaaa
Number one
Hama hamwe wishyure ibyo wakoreye abandi bagore ukiri indaya
Cha nukur
Yooooo imanikurinde🙏🙏🙏🙏
Nonese ikibazo ko numva bavuga ko abari indaya bazi gutanga care zose ubwo kuki abagabo batanyurwa wee???
❤❤
Imyaka nari kuzashakiraho nongeyeho 5
Pole
Ibyobintu ndabizi
Yewe tuba turecyereje turi benshi.mbabazi rwose ukwiye kutugurira pe
Rekana n'ingegera iminsi izamwigisha
courage courage wangu
Indaya za Kgl kozitoroshye
Ariko ibi biganiro byo kunenga uwo mwashakanye ushyira hanze umunano mwagiranye mu itangazamakuru biremewe?
Twebwe nukubota gusa dutera agasongabugari
Number one give cash and like
Nyakubahwa Gerd uzajya ubaza abagabo ryari ko babaye kuruta abagore
Birasaba ko yirinda kuba nka sabin nibwo azagira ikibare y'abagabo n'abagore ingana
Rweme courage turikumwe nawe kbx❤️❤️
Sha wazindutse narinziko arijyewe wa1 😂😂😂😂ahuii
Nubundi ni woe p😅
Nubundi ni woe p😅
Akabaye icwende ntikoga niyo koze ntago hacya ntigashira imunuko
Kwihangana gutera kunesha
Gusa Yesu yaranesheje
Ihangane
Ubugingo buruta ibyisi byose.
❤😂
Twabwirwa niki niba atariwowe wakomeje kuba indaya?
Bagusubiz numvireho
Nta ndaya ikizwa
😅ark murabagome mubaga ntakinya
Nta muntu ikizwa byose nukujijisha
Ariko bwana Rweme nta muntu uzakora ubukwe mukwa 12 wahano ngo tumutwerere ko mbona haza abanyabibazo gusa
Hhhhhhhhh
@@mukarutabanaolive1111 muranseka nyamara baze badutumire hano ni mumuryango
😂😂😂 ndabufite kuri 31 ngaho ntwerera rata
😂😂😂 ndabufite kuri 31 ngaho ntwerera rata
@@mariembasabire nimuze mudutumire di dutwerere apana kumva abanyabibazo gusa
❤❤❤❤❤
Nubwambere numvise bazina windaya
❤❤❤