Kudeta 1973: Perezida Habyarimana Yamenye iki ku Iyicwa ry’Abanyapolitiki

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 15 окт 2024
  • #Murisanga irakomeza kuri kudeta yabaye mu #Rwanda, yakuyeho repubulika ya mbere isimburwa n’iya kabiri muri 1973. Tugeze ku gice cya gatanu, tugerageza gusobanuza ibyabaye amayobera. Ibyo harimo kudeta nyirizina, ibyayikurikiye, abayigizemo uruhare, n’aho bamwe mu banyapolitiki bazimiriye. Ese uwari Perezida Yuvenali #Habyarimana yari abizi? Icyo tugamije muri ibi biganiro byose, ni ukubagezaho amateka atagoretse. Burya amateka agoretse, arateranya. Ntiyubuka, ntiyunga igihugu n’abagituye. Dutekereza ko n’uwaba agikomeza kugoreka amateka abigambiriye, turavuga no muri iki gihe turimo - arubakira ku musenyi. Ntacyo afashaho abanyarwanda, kuko-- kera kabaye-- abariraye bazaribara. Ibi tubagezaho ni intangiriro. Mwese tubashimiye ikizere mutugirira n’inkunga y’ibitekerezo mudutera.

Комментарии • 11