Ark Rufonsina nurwenya peeeee😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂!!! Ngo "ihanagure ago marira agasigaye ngarire" aka ko karanyishe pe!!!!! Ark di bavandi mwampaye like nange nkumva uko bimera!!!????
Nshaka ko muzampuriza Nyirankotsa na Suzi ariko bagakina batumvikana ,bagahora bahanganye ,maze umuriro ukaka tukiyotera kbs ,ababyumva nkanjye like hafi hano
Uyu mutipe ubana na Yves mugirira impuhwe cyokoze uru rukundo rwe na mudiaspora mba mbona na future gusa mwabakobwa mwe gusesagura sibyo bikwereka ko umuntu agukunda muramenye ubwenge cyane
Nyirankotsa ati Philo😂😂😂 Mbega bene Adam . Nkunda ko mukina ibintu biriho gusa kbs wagira ni true story Imana ikomeze ibagurire imbago pe ibakurize impano guhirwa muri byose ndabakunda cyaneeeeeeee❤❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂😂😂umuntu usekejwe na rufinsina nampe like😂😂😂
Ndacyashimir buri wese wampaye like. 😀😀
Rufonzina wanjye Cha 🥰🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂😂💃💃💃🔥
@@user-th2id3zg4w 😂😂😂😂
abafana bakaryarugo nyiranzayino like hano
Nawe uvuze nabi karyarugo kdi
Nzayino yamara umuntu stress rwose hhhh
Nzayono kwika ibyanyirabuja arasekeje
Abantu mwumvaga mubabaye kubera ko ejo bataduhaye film nkange mumpe like😊
Scene ya Suzi bamusubije ariya mafaranga ndumva butaba byiza pe MU mureke abanze yumve
❤pAqa3366
@@Cyusamedia
Abantu mubonako Jojo nawe yatangiye kwiyumvamo Sankara nubwo ataramwerurira musige Like 👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Number one ❤❤ umuntu wese warukumbuye My heart asige like
Wa 46:27
%
Yebababawe Abantu mutashyiraga phone hasi mutegereje my heart like👍
Ese like zungura iki umuntu ko mbona buri wese yak like? Mumfashe simbizi pe
Ark Rufonsina nurwenya peeeee😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂!!! Ngo "ihanagure ago marira agasigaye ngarire" aka ko karanyishe pe!!!!! Ark di bavandi mwampaye like nange nkumva uko bimera!!!????
Abari bayitegereje nkanjye mutange like hano
Ndabwo twabarengany buriya nizindi mbamvu
Namwe ejo mwiriwe mitegereje mwahebye nuyumunsi like nge numvaga narwaye none ndakize
Hhhh njyewe nariziko RUclips yange yapfuye😂pee
@@UwaseRebecca-nc8us nange nuko Niko nategereje gusa mbandekereje
Ahwiiiii nari nihebye
@@mukamutaraemeritha9562 narinarwaye none nakize
Byihorere niriwe kanda ndebako basohoye
Nshaka ko muzampuriza Nyirankotsa na Suzi ariko bagakina batumvikana ,bagahora bahanganye ,maze umuriro ukaka tukiyotera kbs ,ababyumva nkanjye like hafi hano
Aha nanjye ndabishaka , ahandi handyoheye naho Suzi yahuye na Jojo bashwana.
ako kantu kbx uzi gutekerezaa
Eeeeh Jojo yaramwishe kiriya gihe,Jojo nimubi kubana ba brother we😂
Abantu mwarimwagumany fone mutegereje my heart like👍
Ariko uwo musore ngo ni Gad mujye mumubwira avuge cyane kuko ntabwo twumva ijwi rye
mfasha unkandire kwifoto untere inkunga mbashe kwivana mubushomeri❤❤
wowe ubikoze IMANA ikugwirize amafaranga 🙏🙏
Merci killa nukuri twarituyinyotewe cane cakoze urategura kubera abariko bakora ubugambanyi biribagiwe Bari muri stresse
Suzi iyowumvira umugabo wawe ntuba umeze uko shikama rero uhangane ningaruka yukudahanugwa ❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ngaho abodutanze baduhe 👍 Yannick wari waduhevye pee ❤from burundii
Ngarire
Ababonako Jojo yatakayemo kuri Sankara tumenyane🎉🎉🎉🎉
Abakumbuye nsabi na Claudia mumpe like
Amen papa yannick arambwirije ibyiza dukora muriyisi turabyishyurwa nibibi nabyo tukabyishyurwa
Umuntu ujya wumva my heart itarangira like hano
Ndabona Suzi ibibazo byamukomeranye nzayino wenakasamutwe 'ndaruhutse kubera my heart ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abajyereje.ko.wirr.ahura.na.kiris.mumpe.rike❤❤❤❤❤
Hhhhh ati kamarira gasigaye ngarire usekejwe na Nzayino nampe like
Umuntu waraye uyicunze nange musige like
Ejo badukujeho kabisa
Abantu bari kumva ko foromina ari mama wa Yannick byanyabyo nkanjye mumpe like
Nyiranzayino wee uri gishwi gusa ntakindi😂😂 😂😂😂
Ababonako nyirankotsa abangamye murugo kwa bijiyobija like nib NTAco bibatwaye
Muri aba 1 ariko abakinnyi mufite bose niwane ndabakunda cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbaye uwamnere mume like
Twari twihebye nukuri twaraye tudasinziye none gahunda ni 👍👍👍
Gad ukinaneza ariko ukinuvugagahoro ujyuvuga cyane urumugabo umuntabashe kukumva
Aho muranyibye peee ko mutanyeretse nana asaba imbabazi Yannick?
Ninde wabishakaga nkanjye!!!❤❤❤
Hariya ho ntabwo babigenje neZa pe kimba barabyerekanye rwose ntareba uko iriya nshinzi yazisabye
Ababonako jojo yatsakayemo bisous❤❤❤❤😮😮😮
sha nyirakosa nago ubwana bwiza bukuberap igumire kuri rore yawe😂😂😂
Wow ukunda iyi film nimba utayikunda tumpe like nimba uyikunda yimpe 👍
Ndasuhuza abahungu bose bameze nka Devu buri kabazo kose bagize babwira banyine😂😂😂😂shame on you
Ejo twarabwiriwe today mutugaburire kabiri pa ❤ ababyumva nkanjye muze tubwire daddy 🤌🤲
Abantu mukunda ukuntu team my heart niyo badutindiye baduha ibintu byiza mumpe like
Muze turye byahiye mpageze mbere nimundemere like
Cyakoze Mama Dave numubyeyi pee aba aguhannye nuko abagabo mutumva anywas Team my heart Murabambere ❤
Nzayino ni akasamutwe wllh😂😂😂😂😂
Dady urakoze ark twaridushonje cyane ubitekerezeho utwongerepeark sher jolly yoryere ijwi
Ejo niriwe nihebye arko ntacyo Dad wacu aratuzirikana niba wishimye nawe nkubita aka like ntamutima mubi😊😊
My heart ibaye umuriro,foromina yinjiye mumuryango.suzi arasara byeruye
Uyu mutipe ubana na Yves mugirira impuhwe cyokoze uru rukundo rwe na mudiaspora mba mbona na future gusa mwabakobwa mwe gusesagura sibyo bikwereka ko umuntu agukunda muramenye ubwenge cyane
Nyirankotsa ati Philo😂😂😂
Mbega bene Adam .
Nkunda ko mukina ibintu biriho gusa kbs wagira ni true story
Imana ikomeze ibagurire imbago pe ibakurize impano guhirwa muri byose ndabakunda cyaneeeeeeee❤❤❤❤❤❤
Philo😂😂😂😂😂😂
Ariko wadukoze pee daddy kuva ejo tumeze nabi ariko urakoze pee 🙏🙏❣️✅
Abantu mwishimiye uko Suzi amez mumpe like
My heart on fire I like this movie for really killer I love you so much and I really like your movie what can I say?numukunzi wawe kuva i Burundi 🇧🇮
Uziko amarira gaje neza neza nzayino wacu turagukunda 💗💗💗💗💗💗💗 happy birthday 🎂🎂🎂🎂🎂🎂🎂🎂
My❤ mutwongere dukuremi inzaray ibirarane
Narinkumbuye cyane My heart ❤️❤️❤️❤️ pee ejo niriwe ntameze neza kuko narategereje amaso ahera mukirere pee ❤️❤️❤️❤️
Ngewe ndemeranywa na yannick ko fromina yazamubera mama we imbere yamukase rwose👍❤
Mumez nezax bantu dukunda my ❤️❤️❤️❤️ mubinkorere turyoherwe cyn daddy aba yaturemeye
Umuntu bahaye akazina kamubereye muri iyi filme Ni Suzi hhhhhhhh Suzi nakugira inama yo guca bugufi ugahinduka ukagira urukundo nawe abantu bakagukunda❤
Mwari mwadutindij pee abaribamez nkajye mpumpe like
Ahwiiiii murakoze cyane narinshonje❤
Ahwiiiiiiiii,nkaba ndabashyikiriye😂Muraho neza,nitwa Providence ndabakunda cyaneeee iyi film nayimenye ejo bundi mu kwezi kwa4 ariko mubyukuri narayikunze cyane nirirwaga nyireba kumanywa na nijoro naryamaga ntinze kubera yo nakunze cyane umukinnyi witwa Chris yagiye akina ari umwana mwiza cyane.Nsabi nawe ndamukunda aransetsa cyane,Papa Yannick n'umubyeyi mwiza buri mwana wese yakwifuza nsoje ngira nti:umugisha kuri mwe❤❤
Congratulations 🎊 👏 💐 🥳 nanjye nayirebye ntinze nkajya ndirara ngeraho ndabashyikira, gumamo rero
Yankurije Apporin yanike namaze kumenya ko urukundo ukina nubisanzwe ukunda abantu lmana ikomeze ikwagure cyaneeeeee muri gutinda kuyitugezaho murakoze. DeV Nzayino. SUZI Yanike. Nyambo Adruf muganga wyambo .ndabakunda kuraje.🎉
Auntie shn azi ubwenge ❤❤
Abantu bari nategereje rwose iyi film ngajye mwamaye lik ko ntuwambere koko
Abakunda nabari bategereje my heart mumpe like weeee
V kuri killaman muduhe utu like
Nyiranzayino arasekeje kbc arigufasha nyirabuja kurira yooooo Suzi yagabanyije amarere byamucanze disi nyirankotsa kuguza amafaranga kwa foromina nagatangaza❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Suzi weeee 😂 suzi😂Suzi weeee, nguhamagare kangahe!! Ko amagambo yashize ivuga byagenze bite😮
Abaribakumbuye my heart nkange musige like ❤
Abantu muryohewe na Nzayino akinana na Suzy mumpe like nanjye nonehooo😅😅😅😅 my heart rwose ntizarangire ituma nseka ngacya kumaso ❤❤❤❤
Nice killaman you are my choice
Mwibikeko papa yannick yavuzeko yannick maman wiwe yarumukozi wonurugo 🙏🙏🙏🙏🙏👏❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Yannike najyana na papa we kureba abamugiriye neza azasanga papawe aziranye na folomina akaba ariwe mama we wanyawe Niko mbitekereza
Ahwi narinziko 4ne yanjye yapfuye nahoragandebaho numvaga narwaye😅thx dady uramvuye pe
Number1
Nyamara Suzi ndikubona arikwicuza pe kuko ubwitonzi afite sigusa ariko njyewe nikumburiye Kelly na Chris pe mubazane ❤❤❤❤❤
Cyokoze nyirankotsa koko yabyaye kasha bazikwiyoberanya dady ubitekerezaho bingana gute kugirango abantu bahuze imico eeh shidaa feromina ntayamuhe atazamwambura azashake abandi bakennye ayafashisha
Cyakoze papa yannick ureba kure Kbx
Umunsi wamenye ahoyavuye ntibizagutungura
Mumpe like nyinshi Nari navuze ko foromina wagiye gusimbura suzi none Yannick arabyemeje 😂😂😂😂😂❤
Muri number kwa Yannik turabemera byagera kuri Nyiranzayino ndamu❤❤❤❤❤
Mbandengeye nanjye mumpe like
Bakunzi ba my heart muryohewe nimba mwaryohewe
Mume like like ♥️♥️♥️♥️
Woooow mbaye uwa1
Jojo nae twabuze impeta 💍💍 kdi warikuyiduha
Sh kbx twayibuze ngum ndaba nahezeyo
@@IrankundaChanelle-mx9ivngenarinziko ytb yange yagize ikibazo
Ibaz nukur 🙆🏽♀️🙆🏽♀️
Yannick thank you for support my idea, be cause you confirm that folomina will be your legal mommy. I appreciate you 👍
Nsabi turamukumbuye cyane gira umugarure pe aradushimisha kill❤❤❤❤
Mbega mwebwe.
Nizereko uyu munsi ari triple❤❤❤
Nari narwaye kubera kubakumbura cyane🎉
Mumpe like 😂
Daddy urakze
Urakoze
Daddy
Ejo
Twiriwe
Twishwe
Nirugu
Gusa
Yumusi
Turye.kabiri
Ndagukunda
Cyane
Ndabakunda❤❤❤❤❤❤
Kugira umukozi nka nzayino ningorane kbx😂😂
Kdi mbona Ari byiza umuntu ushaka ko mufatanya ibibazo wamukura he ahubwo Ari mubakozi bake beza
Ndizerako mbaye umwe mubaje mbere kd nishimiye ko byibura uyumunsi tubonye ifunguro ark Daddy atugaburire byibura kabiri👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
My heart turayikunda cyanee,,
Ark Gad mwabyigaho scene akina akajya yongera ijwi Kuko avuga gahoro cyanee ntitubashe kumwumva neza
KILLAMAN is man of the people
Rufonsina aranyish ng amarira ntag arikuza ng agiy kunywa amaz ahez amufash kurira 😂😂😂😂😂😂😂
Abashaka Indi Like
Mwana ejo mwaradutengushye ntibizongere kbs turabakunda
Abantu murigutekereza ko suzi arikwicuza ibyo yakoreye nyambo mumpe like
Arigutekereza plan B ntabwo yakwicuza
Uriya ntiyahinduka ghee ahubwo ari kumedita indi mipangu mibisha😢😢😢😢😢
Dad thank you twari dukumbuye kbs ariko ushatse wana twongeza kuko uradukunda❤❤❤❤
Kill nukuri turabakunda pe. njye numurwango wange muradushimisha peee kill sintanga umugisha arko nkwifurije umugisha wwe na famiye yawe na timu mukorana mwese muri❤
Mbambona bobo arurubwa kbsa ubuse ibyo bihuuriye he nonese Yannick azakurongorera wakibwawe puu
Mwaradutengushye ejo hashize 😭😭😭
Nzayino ndagukunda cyn pe nkunda ukuntu ukina neza ark noneh ibibazo byanyokobuja byamurenze pe😢
Njyewe niriwe ntegereje ejo ndaheba amaso yaheze mukirere kugeza nijoro ubu ndahageze ngaho nimumpe like
Twari dushonje Daddy ❤ gusa iriya chanel isa nkiyi yawe iratujagaraza pe
Cne no kuri baratujagaraza ngo turarya ssangahe byarambabaje
Dadi ejo yatwicishije inzara yohangane uyumutsi atugaburire nduhagepe😮😢🎉🎉❤
Twendaga kwicwa ninzara daddy twari turegeye pe thank you