NIYAMBITSE IMPETA Y'IKINYOMA UBUKWE BUMAZE GUPFA😢LYDIA yahunze agahinda ajya muri OMAN😢Ku ISIMBI TV

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 3 фев 2025

Комментарии • 1,8 тыс.

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  Год назад +138

    NUMERO YA LYDIA: +250 786 582 396

    • @angeuwamahoro4854
      @angeuwamahoro4854 Год назад +46

      Sabin, urakoze cyane gushyiraho niméro ya Lydia 💓❤️Ndamuhamagara mubere grande soeur. Ndamusengera ngo Yesu wamvuye peine d'amour nawe ayimuvure 🙏

    • @viateurhitayezu5399
      @viateurhitayezu5399 Год назад +12

      Wamukobwa we Imana igukize !ariko humura pe!Gusa ntakitishyurwa uwo muhungu we azabyishyura kuko byose tuzava hano kwisi tubyishyuye!

    • @desirenathan3734
      @desirenathan3734 Год назад +5

      Sha Niba Abahemu babaho Aba sore barahemuka cya byagera kubo muri Est Africa. Nihatali

    • @mucyoolivier6795
      @mucyoolivier6795 Год назад

      Pp

    • @IshimweEzila-ub2xx
      @IshimweEzila-ub2xx Год назад +3

      @@desirenathan3734 oyaa ntago uko umuntu akugiriye nabi wabimwishyura ,uramwihorera uduhembera imirimo dukora arahali

  • @mbonigabaemmanuel1340
    @mbonigabaemmanuel1340 Год назад +97

    Uwo mwana wumukobwa niyihangane uwe ari munzira ndamuhanuriye mwizina rizima rya Yezu❤❤

    • @CarltonKeyla
      @CarltonKeyla Год назад +1

      Amen 🙏🏼 Imana ibyumve 👌

    • @Jojo-12336
      @Jojo-12336 Год назад +2

      Amen🙏

    • @sandraumuhoza7333
      @sandraumuhoza7333 Год назад

      Wamuntuwe ntibiba byoroshye, ngewe umuhungu yarampemukiye najyambona babavuga butumwa babwiriza abantu mumuhanda nkabahunga ngobatambwirako Imana igiraneza Kandi ngewe yampemukiye rero nkubwiye ibi kugirango wumveko nkuyumukobwa ubona ikigikomere ntazagikira yakizwa yashaka yakora iki keretse wawundi ariwe ugarutse bakabana naho undi azubakira kuriki gikomere nuwo bazabana niwe uzaba agowe

    • @HodariaPrisca
      @HodariaPrisca Год назад +1

      Imana yakurinze kubabara kuko mutabante yagatsindwa

    • @BenemaliaLucie
      @BenemaliaLucie 10 месяцев назад

      Ihanganemukobwa😊❤
      Bibaho ppl e

  • @marimini-ih8ym
    @marimini-ih8ym Год назад +4

    Chr jya usenga Imana izakomora ibikomere njyewe narakize kubera gusenga nihatiye amasengesho cyane birangira Imana inyomoye kdi bikiri bibisi byambayeho 29/03/2023 none ubu meze neza nagarutse mukazi.

  • @GihozoLiliane
    @GihozoLiliane Год назад +336

    A broken relationship is better than a broken marriage 👌👌

  • @shalombyukusenge2844
    @shalombyukusenge2844 Год назад +19

    Pole sana. Dada yetu Lydia. You shall heal over time.. your a good person and your love is real which is extremely rare in our world today.. you just loved hard the wrong person who is blind enough to see what God has given him. It tells a lot about your character, u don’t just jump into things you didn’t take time to think about…Your too beautiful and loyal that man to have you. You honestly deserve better and the best is yet to come…Glad u never be came bitter due to what has happened . God is good and he will restore all that belongs to you that was taken away ❤️🥰

  • @vanessamutoni4869
    @vanessamutoni4869 Год назад +200

    I understand how she feels it took me 3 years to really get over a heartbreak no one truly understands how hurtful it can be when you’re in love with someone and trust them my advice for you girl is to let time heal you’ll be fine eventually you’ll understand why that relationship had to end you definitely deserve the world someone will love and appreciate you ❤️ sending you all the love and healing

  • @IshimweGrace-o8c
    @IshimweGrace-o8c 2 дня назад

    Sigaho wikigirira nabi sigaho witakaza ikizere ugambi w'Imana ntsindwa ntuhera izagutabara isohoze icyoyasezeranye kubuzima bwawe kera utarabaho komera rero❤❤

  • @Peacine
    @Peacine Год назад +89

    Lydia, I'm so sorry
    Mbabajwe n'aya marira n'agahinda ufite😭
    uri mwiza, uzi ubwenge kandi ukomeje kurwana ku buzima bwawe n'ubwo urira buri ijoro ariko ngushimiye iyo courage yo gushaka gukira agahinda no kubyuka buri munsi ugakora icyaguteza imbere. gukira ni urugendo rutoroshye gusa birashoboka Just don't give up. I'm sending you my hugs🫂love❤️ and prayers🙏

  • @gajulucie8637
    @gajulucie8637 Год назад +9

    ujye ufata umwanya wirebe neza;uri mwiza cyane gerageza ugarurire ubuzima icyizere cz ufite ukuntu ugifitemo agahinda muri regard yawe(indoro yawe rwose irababaye) nyamara humura ejo ni heza rwose don't give up!Much lve ma Dear

  • @uwinezamadeline3796
    @uwinezamadeline3796 Год назад +39

    Urumukobwa mwiza ikuremo iyo mayibobo ukomeze urugendo numugabo mwabyaranye araguhemukira ubuzima bugakomeza imana yakurinze byinshi iragukunda ahokugirango uzababare wararugezemo imana yararwanye ngobipfe tuza my sis ntakiba kumwana wumuntu itakizi

    • @bateteup_2024
      @bateteup_2024 Год назад +1

      Ubivuze neza cyane

    • @ngamijelouise7677
      @ngamijelouise7677 Год назад +3

      Nizamayibobo pe zigendera

    • @joliekayirebwa511
      @joliekayirebwa511 6 месяцев назад

      Ariko Sabin, ndagukunda cyane iyo ubonye umutumirwa usa neza uhita utubariza icyo yisiga❤❤❤

  • @Barindafred
    @Barindafred Год назад +2

    Yoooo. Mbega kubabazwa. Ihangane pe n'ubwo bitoroshye. Iyo mba umusore mba nkwihoreje. Ariko Imana irahari. Uzashishoze batazingera kukubeshya. Ababeshyi ntaho bagiye bareze cyane.

  • @genereuse4500
    @genereuse4500 Год назад +27

    Uretse ko abantu bikurira ibyaha gahoro gahoro kugeza ubwo umuntu akinisha umutima wumuntu ubundi ubonye ko udakeneye umuntu umuhakaniye byagutwara iki? Be strong mama harubwo yibwira ko yakwemeje ahubwo warakize umuruho wahazaza sha.izere Imana niyo nkuru

    • @Enadominguez8148
      @Enadominguez8148 Год назад

      Ariko yaramuhakaniye, ahubwo numvise ikibazo aruko yamuhakaniye.

    • @fannyuwimananshimye8342
      @fannyuwimananshimye8342 Год назад

    • @lydiatara9474
      @lydiatara9474 Год назад +3

      ​@@Enadominguez8148 Sha umuntu ukubwira ngo mufite ubukwe, akabyegeza inyuma, imyaka ibiri igashira mwegeza inyuma , noneho yabona kwegeza inyuma byanze ati ntagahunda mfite, ngo ndagukunda ariko ngo sinzi ikintu gituma ntagushaka... Ubwo urumva ntabugome burimo??

  • @munezerochristella9055
    @munezerochristella9055 Год назад +27

    Lydia mpore Chrie uraremerew kumutima pe🥺Mwami ndasenga ngo umuhindurire amateka uyu mwana w,umukobwa🙏🏾Umumporeze 🙏🏾

  • @dalilaingabire56
    @dalilaingabire56 Год назад +64

    Ndakumva chr 😢 mbyambayeho kumugabo twabanaga noneho mumahanga biza binyitura hejuru,nabayeho ubuzima bwo kurira, kwivugisha nkumusazi ntawe mbwira we yarigendeye ansiga anyangije, ansiga mubitaro,ariko ubu nariyakiye maze kumenyera,nagize ibikomere kumutima no kumubiri,nawe rero humura bizashira kd imana iguhe amahoro yo mumutima.

  • @uwamahoroadeline6765
    @uwamahoroadeline6765 Год назад +2

    Yooooooo pole san chr umutima ntunjya ubasha kwanga uwo wakunze nanjye byambayeho ark nyuma yibyo ubuzima burakoza nararanga ndira nkirirwa ndira ark ubu meze neza ndashima Imana njyewe namufatanye numugore ubyaye 2 amutera ninda knd twiteguraga kubana gusa humura Imana izaguhuza nuwawe😢

  • @zeno_derrick8709
    @zeno_derrick8709 Год назад +11

    Va kunzererezi zabahungu nabagabo zadutse, gusa komera Imana izaguha undi uri fresh uzakunezeza ukumva wibagiwe iyo gasiya. Nanjye byambayeho ariko ubu nabonye undi urenze utagize naho ahuriye niyo mbobo. Wowe courage nikibazo kigihe❤❤❤❤

  • @rebeccabusingye9289
    @rebeccabusingye9289 Год назад +4

    Byose ubibwire Yesu niwe nshuti itabura guseruka mubyago nomumakuba❤❤❤

  • @uweraclaudine883
    @uweraclaudine883 Год назад +24

    Birababaza guhumeka bikanga kwicara bikang kuryama bikanga ndakumva cyane namazwe ukwezi ndarankanuye nkirirwa nkanuye ntarya ntanywa ariko humura hari lmana yomora ibikomere🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏

  • @vincentntambara4736
    @vincentntambara4736 Год назад +14

    Ohhhhhhh,sorry!!!, gusa buriya Naba nawe kuko wababaye ntawe ukuvuna (umwana), rero hari abaruhana ibikomere byumutima numubiri. Poleeeeee dear❤

    • @umurazadiane3350
      @umurazadiane3350 Год назад +1

      Njyewe unyanze ntamwana dufitanye naserebura pe , ubuse njye koniyakiriye Kdi mfite abana 2 kumyaka 26 . Mureke

  • @aliceingabire880
    @aliceingabire880 Год назад +55

    Komera Lydia biragoye!
    Karma says: When You destroy someone's life with lyies!Take it as a loan! It will come back to you with interest.

    • @isarosalama202
      @isarosalama202 Год назад

      Ndigutekereza uwo only umunsi yamuhemukiye nka platini bakagabana iyonzu ihenze yubatse anamutuburiye

  • @dusabejojojose9784
    @dusabejojojose9784 Год назад +1

    Kbs gusa Imana izahembe abagabo pe kuko Ridia siwoe wenyine abenshi bafite amarira gusa pole sana

  • @uwizeyenadine
    @uwizeyenadine Год назад +43

    Cyakora urukundo nirubi😢 rurababaza rwo kanyangwa nukuri rubyiruko mwirinde guhemuka, stay strong Lydia imbere niheza❤

    • @EsperanceNdayi-ws9he
      @EsperanceNdayi-ws9he Год назад +1

      biragoye kwakira ark komera abantu bub barahinduts

    • @roseniragire2177
      @roseniragire2177 Год назад

      Ahubwo wagirango harimo n'amadayimoni si gusa gute wakomeza gukunda umuntu utakwitayeho ?uyu muhungu ashobora kuba aroga rwose kuko ntibyumvikana ukuntu nubu waba ukirira.

    • @LyceeRoyal-lg6rb
      @LyceeRoyal-lg6rb Год назад +1

      Cherie nkubwire ugomba kwishyiramo ko uwo musore si mfura mubahungu ntabwo ari nabucura mureke uzabona undi peeee

    • @LyceeRoyal-lg6rb
      @LyceeRoyal-lg6rb Год назад

      Uri mwiza uzabona undi kbx va ku munyabwenge buke mwibagirweeee uzabona undi cherie❤❤❤

  • @fillettemurebwayire2114
    @fillettemurebwayire2114 Год назад +7

    Iki kiganiro kirenda gusa nicyange narinariyakiriye ark utumye nibuka ibyange 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭Be strong you will be fine 😢😢😢😢

    • @nyambochristelle7640
      @nyambochristelle7640 Год назад +1

      Yooooh!!💔nari nanze kubivuga !😭ariko Yesu azaza kdi intimba zo mumitima zizashira.!

  • @Enadominguez8148
    @Enadominguez8148 Год назад +120

    Sister inama nakugira nuko wakwitoza kwakira ibintu uko bije, ugomba kwiga kugira umutima ukomeye kuko ikigaragara ufite umutima woroshye ninacyo kibazo ufite. Mubyukuri ikibazo wagize kirababaje ariko nikibazo rusange hanzaha kandi kumpande zose (abahungu & Abakobwa ), nonese koyanakureka mwamaze kubana akagusiga akishakira undi?? Nkanswe ubungubu yakuretse ntanisezerano rifatika mufitanye uretse iryo kumunwa? Itoze ibibintu bitatu:
    1.kwakira ibintu bikubaye
    2. Gufata umwanzuro
    3. Kutikunda bikabije

    • @bateteup_2024
      @bateteup_2024 Год назад +4

      Ukuri kuzuye

    • @nyiranshongorejosee-jg7ke
      @nyiranshongorejosee-jg7ke Год назад +9

      Ibyumubwiye n' ukuri! Ibi biroroshye Niyige kubyakira rwose Buriya ikosa dukora nuguha abantu ikizere ntutugire Ako twisigariza tukabimariramo.

    • @NiyigenaOlive-qq2ed
      @NiyigenaOlive-qq2ed Год назад +3

      Umpore mama ! uzabona undi mwiza uzakomora ibikomere gusa ibyo waciyemo ihangane siwowe wenyine bisa umutima ukomeye nanjye byambayeho ariko maze kwiyakira humura nawe igihe kizagera umutima wawe utuze kd uwo musore akuvemo .Imana yonyine niyo yomora iki gikomere kuko kiragora cyane nanjye ndakumva cyane pe!kuko nanjye nabiciyemo uwiteka agukomereze umutima kuko ntamwana w,umuntu wakumva uko kiryana atarabiciyemo.njye ndagukomeje mukobwa mwiza

    • @Iranziassia
      @Iranziassia Год назад

      Niko kuri rwose

    • @mariembasabire5326
      @mariembasabire5326 Год назад +1

      Ihangane mukobwa mwiza, ntukizere umuntu, %,ntacyo wishigarije mugihe ibyo wibwiraga bihindutse, nukubyakira ugakomeza ubuzima, uwawe azaza mugihe ntacyo

  • @AnneMarieNdayishimiye-ej3gf
    @AnneMarieNdayishimiye-ej3gf Год назад +3

    Imana izogushumbusha Lydia❤ ihangane wikorere akazi. Uwo ntiyari uwawe. Yari nokuzokurira munzu. Humura mukobwa mwiza Yesu ari kungoma

  • @cynthia-jo1zz
    @cynthia-jo1zz Год назад +56

    Ntago ar'Uwo muhungu wakwangije..ni shitani ushaka kukwangiza. Yakoresheje uwo muhungu..emera yesu mubuzima bwawe nkumwami wawe..urwane intambara shitani yakwingijemwo..niyo kukwangiza umutima ngo akwibe future yawe..jya murusengero uhamagare Yesu Kristu buri munsi..niwe gisubizo cyaweeee, niwe gisubizo cyubuzima bwawe..ufite future nziza..uzaba Mrs ukunzwe, uzaba Maman ukunzwe ukomeye, business lady..komeraaa

    • @marimini-ih8ym
      @marimini-ih8ym Год назад +3

      Rata nibyo bikora byarankoreye njyewe yesu wazutse niwe uvura umubabaro kuko nawe yababajwe setu

    • @uwerajoyce9666
      @uwerajoyce9666 Год назад

      Yooo unteye emotions 😭 Imana iguhe umugisha

    • @mahoromezarosemary2103
      @mahoromezarosemary2103 Год назад

      A good advice rwose, satani aba abyihishe inyuma. Yesu arabyoroshya ukuntu❤️

    • @nmnteamdknn8405
      @nmnteamdknn8405 Год назад

      Nuko biba bimeze... umuntu aba Sandwell afite ikibazo mumaramgamutima wiwe... buriya niyataba uwo muhungu haboneka ikindi... Kandi ibibazo mwisi bizahoraho, ariko tubibamwo tukababara arikko bigashira... rero arabe therapist ashake counseling, asemge, Imana izamusana umutima... uwo muhungu namwe amurekere freedom ye ntabwo uwo mujundanye mutegrrzwa kubana... axabona uwundi

    • @LyceeRoyal-lg6rb
      @LyceeRoyal-lg6rb Год назад

      Useka neza jya wisekera nukarizwe nabisi

  • @munezerochristella9055
    @munezerochristella9055 Год назад +9

    Sabin muhuze na Gahongayire uyo mwana w,umukobwa uzoba ukoz🙏🏾

  • @mukundwajeanine7269
    @mukundwajeanine7269 Год назад +75

    Apu niba Lydia yarakunzwe atya agahemukirwa ndinde wo gukomeza kubabazwa na mayibobo yambwiraga ibintu aruko byarangiye? Itarangishaga inama ahubwo ikambwira ivuga kwicuza irimo ry,amakosa yakoze?
    Yambwiraga ubukwe ariko nta na gahunda yo gusura famille yanjye?Yageragaho ikabivanga iti nako twabana tukazaba dukora ibindi? Auu nta Rukundo narimo ndemeye. Pole mukunzi
    Byose biba mu gusenga uzishiima harubwo uzagaruka aha ufite testimony nziza. Stay blessed and strong

    • @manzimando2505
      @manzimando2505 Год назад +1

      🥺🥺🥺😆😆😆 mayibobo Koko

    • @gakizamediatv5077
      @gakizamediatv5077 Год назад +2

      Impore Jeanine weee

    • @lee-yng9098
      @lee-yng9098 Год назад +4

      Iyo mayibobo izicuza nyuma bitagishoboka ko ikubona.

    • @Pascaline-w7b
      @Pascaline-w7b Год назад +2

      Mpor mama twarafpuye kubwivyo ariko tuzozukana ibendera ryintsinzi

    • @KabanyanaSylivie
      @KabanyanaSylivie Год назад +7

      Izererezi se shahu ujyakuyivumbura umutima utaraboze sha😢 sintukanye kuko n'a bibiliya benabo ibita ibigabo byibigoryi😏😏

  • @aimeekleine8764
    @aimeekleine8764 Год назад +3

    Komera mukobwa mwiza❤️ Ahubwo Uge utera hallelujah yumurambararo ushima Imana yatumye utabana nawe. hari ibyo Imana yakurinze Kuko iyo akugeza murugo wari kurira kurushaho. Abakobwa Muge mwirinda ko amarangamutima yanyu arenga ubwenge bwanyu. ubwenge buge busumba amarangamutima yanyu. Nugusenga Imana izaguhuze nuguhoza amarira Kuko Niyo imenya uwo wagiriraho umugisha 🙏

  • @niyogushimwaesther148
    @niyogushimwaesther148 Год назад +7

    Lydia nge ndakumva cyaneee hari ababifata bakabyoroshya batabizi ariko nange byambayeho ntibibabyoroshye kubyibagirwa duhuje amateka gusa byanyigishije gukomera ihangane be strong uzahora amarira nawe hari uwawe uzagukunda ndetse unanatete nange namaze imyaka3 ariko nakuyemo igikomere cyangoye peee😭 but now am happy

  • @clarisseuwimana7258
    @clarisseuwimana7258 Год назад +1

    Ariko abanyafurica dukunda kurongodwa koko...ahubwo shima Imana kuba ntanda yanagusigiye.ubwo se abobaha izo promise bakabatera namada ntibafashe nabana😮yagize neza uwo ntiyari uwawe 😮uracyarimuto va murayo marira no kwishyira kumugaragaro uzabona undi umuruta uri mwiza cyane❤

  • @mutonivivian8429
    @mutonivivian8429 Год назад +9

    Ndakumva Gusa a peace of advice chry next time utazakunda ikiremwa muntu especially abagabo ujye ukunda uziko nanagenda uzasigara uri strong 💪 chry abagabo ntarukundo bagira narukeya 😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩😩

    • @abudumunyentwari451
      @abudumunyentwari451 Год назад

      Oya it is not in general
      Abantu Bose barahemuka it is not genre

    • @gloriagateka9738
      @gloriagateka9738 Год назад

      Umuturanyi3 disi yooo

    • @francoiseuwiringiye2255
      @francoiseuwiringiye2255 Год назад

      No wibigenderaho kuko nawe urabiziko habaho abakobwa nabagore bateteshejwe boga mu nyanja y'urukundo

  • @GentilleMbabazi
    @GentilleMbabazi 5 дней назад

    Ihangane urumukobwa mwiza Imana izaguha uzaguhoza ayomarira 🙏🏾🙏🏾🙏🏾

  • @bizindavyiconstantin9348
    @bizindavyiconstantin9348 Год назад +6

    Humura Lydia burya Imana yaragukingiye amabi menshi mukugukura mumaboko yuwomutekamitwe. Imagines toi iyo aguterinda? Ahubwo shima Imana ko warokotse. Genda ubaze ubuzima uwobabana ubu arimwo. Numuriro namazabira. Stay blessed sister. Be strong forever.

    • @isarosalama202
      @isarosalama202 Год назад

      Uramuzise uwomugabo? Wamuhemukiye bimbwire pls nubundi azabyishyura ndabyizeye

    • @isarosalama202
      @isarosalama202 Год назад

      Imana haribyoyamukimgiye atabizi nzi umuntu yakundanye numukobwa bapanga umunsi wubukwe , igihe kigeze ahita ashaka undi ex chrie,Sha umukobwa yenze gusara nokwiyahura ariko bidaciye kabiri Sha nawawundi byarangiye amutaye mbese nizerekowamukobwa yashimiye imana cyane nyuma yokubona ibibaye

  • @rwemaray2024
    @rwemaray2024 Год назад +6

    Be strong Lydia, sorry for that pain, sending you Hugs, love and prayers Dear♥️🫂✨ You are beautiful ❤️ and above all God loves and cares for you🎉

  • @felixniyonzima4610
    @felixniyonzima4610 Год назад +84

    Be strong sister ,twe twababajwe inshuro zirenze eshatu hamwe nogusenga tubicamo .aho gutindana numwana wumuntu uzatindane nimana yawe

    • @KabanyanaSylivie
      @KabanyanaSylivie Год назад

      Imana iguhe umugisha

    • @murangiradoriane9875
      @murangiradoriane9875 Год назад

      Amena

    • @mukashyakarose8584
      @mukashyakarose8584 Год назад

      Amata aracyamurimo rata ntaramenya ababaye aho bari 😂😂😂😂😂

    • @sarahfeni1866
      @sarahfeni1866 Год назад +2

      @@mukashyakarose8584 n'iki gisekeje mûrivyo ? Kira umuntu wese agira uko agira amarangamutima ye kugiti ce

    • @mukashyakarose8584
      @mukashyakarose8584 Год назад

      @@sarahfeni1866 nayakomeze hari uwayamubujije 😂😂😂😂

  • @wamupepe5301
    @wamupepe5301 8 месяцев назад

    Iyo mbeta ya mwaku , uyishize mungarani , nibyo kubaza. You're so young , full of physical energys . Just do your best, God loves you. Good luck ✋️

  • @jean-huguesineza7631
    @jean-huguesineza7631 Год назад +14

    Sha histoire yawe irambabaje, ihangane. Nanjye nazanye umukobwa mubuzima bwanjye arambabaza byahatari ndadeprima bikabije. Ikintu kindya nanubu kikunshengura nuko nabyaranye nawe, nibura iyo ntabyarana nawe mba naramwibagiwe. Umwaka ugiye gushyira muretse ariko nanubu mba ndemerewe. Lydia ndagukomeje.

    • @carinecarine-9451
      @carinecarine-9451 Год назад

      Impore mama
      Imana iguhe uhimure izaguhe numunezero uzabona ugukunda cyane

    • @lizateta8855
      @lizateta8855 Год назад +1

      Nanjye nuko dear

  • @tuyizeremariegoreth158
    @tuyizeremariegoreth158 Год назад +2

    I can't stop crying 😭😭 Pole shenge Imana izakomora komeza uyegere cyane

  • @bettydusengimana5695
    @bettydusengimana5695 Год назад +61

    Ndakumva cyaneeeeee be strong sister ntawakumva kuko ngewe ndikukumva be strong life continue ❤️❤️❤️

  • @mutoniwaseange6096
    @mutoniwaseange6096 3 месяца назад

    Aragastindwa mwihorere uzabona undi❤❤❤❤❤❤

  • @blessingbless1606
    @blessingbless1606 Год назад +35

    Lydia, You're beautiful, wise, intelligent, smart and so lovely! Worry not sis, God has a beautiful plan for your life! He has a such a gentleman for you! Everything that happened to you will one day make sense to you and every thing works out for good for those who trust God!

    • @shalombyukusenge2844
      @shalombyukusenge2844 Год назад +2

      Amen that’s right.. we are praying for your healing ❤️‍🩹 beautiful 😍

    • @eugenienyiraminani9045
      @eugenienyiraminani9045 Год назад +1

      Pole chr.ibyo biragoro cyane.udafite gukomera muriwowe wana.kwiya hura

    • @mukamurigojoseline8237
      @mukamurigojoseline8237 Год назад

      Lidia ntabwo ariiyakira nanubu,gusa akwiye gusenga kdi akammenya gufata umwanzuro akiyakira,kuko uwo muhemu ntiyari akwiye kubana NAA lidia

  • @UmurungiMine-tg9eq
    @UmurungiMine-tg9eq Год назад

    Amarira ni menshi ndumvaaaaa😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢 GS ihangane ikomeze bizashira ark biragoye. Gs imana izagushimisha pee👏👏👏👏👏👏❤

  • @dianes4715
    @dianes4715 Год назад +21

    Birababaje 😢gusa unishime kutamuhekeye kuko warikubabara kurushaho! Rero njyakumavi usenge uwiteka arakomeze 🙏🏾

    • @ndorimanaildephonse384
      @ndorimanaildephonse384 Год назад +3

      Sha mukobwa mwiza ihangane abahungu bikigihe nabokutubabaza arko yesu niwe wenyine womora nanjye byambayeho arko kwiyakira nibyobyonyine byakomora

    • @noreenmugabo2038
      @noreenmugabo2038 Год назад +1

      Murekesha iyaba yaramusigiye umwana noneho yari kumirwa neza

    • @irakozeevelyne6603
      @irakozeevelyne6603 Год назад

      ntimumubwire uko bitew nurukundo yamukunda harigih kuba yoba amuhekey vyomugabanij uburibwe .urukundo rurababaza wopfuma urabana nuwomwana urukundo ntarwomuzi

  • @jeany12able
    @jeany12able Год назад +11

    My dear , i feel you 100% , igihe cyonyine nicyo kizagukiza , ndakwingize bwira umutima wawe utuze( i know it is not easy) , ubundi uharanire gutera imbere mbabarira wiherenwa n amarira,... 🙏. I swear to you nothing is without cost in this world, he will totally regret , unfortunately it will be too late kuko uzaba uri a happy woman. Time will tell ...!

    • @Praise1167
      @Praise1167 Год назад

      YES

    • @uwitonzecharlotte8793
      @uwitonzecharlotte8793 Год назад +1

      Biragora kwiyakira pe! Iyo ukunda umuntu byanyabyo. Rira cyane bigushiremo rwose. Imana niyo yomora. Iyo ikugiriye lmpuhwe. Kuko ufata umwanzuro umunsi umwe,ejo bikanga . Nukuri yesu akugenderere.gusa iyo nkuru yose wavuze,numvise yesu agukunda kubi. Imana izaguhe umusore yatoranyije.

    • @MunganyinkaJeanne
      @MunganyinkaJeanne Год назад

      Humura, senga knd wumve ko icyo imana yakuvuzeho ntigihera. Ntabwo yari uwawe. Urababaye peee ariko niyo muza kubana wari kuzababara cyanee kurushaho. Yaragukomerekeje peeeee, Ariko hakomera uwakomeretse , kugirango abashe gukomeza abandi. Nyagasani yezu akomore ibi bikomere maze akumare agahinda watewe nabisi. Humura , wihungabana nyagasani imana irumva cyane knd kurusha uko twibwira.

    • @MunganyinkaJeanne
      @MunganyinkaJeanne Год назад

      Birakomeye kugirango yongere gukunda, gusa biragoye knd iyo warumukobwa ubereye urugo. Nyuma ukabona ari kugukina. Biragoye kugirango undi Mysore azamutegr amatwi. Gusa yezu arashoboye. Knd aramora ahakomeretse.
      Inama, rekura ibyinyuma usingire ibiri mbere. Knd uwawe imana iramuzi cyaneeee, humura byati kuba Bibi cyanee iyo muza kubana.

  • @jea3319
    @jea3319 Год назад +56

    Nyamara mwabantumwe ababasore ntamahoro bazagira nkururugo rwuyumusore ahaaa nihitiraga ayamarira azamukurikira nyamara munjye mwirinda kubabaza umuntu kurwego rugezaha😢😢

    • @sangwasamuel4566
      @sangwasamuel4566 Год назад +5

      Ntabwo Arabasore gusa bonyine bahemuka gutya@njye ndumusore byambayeho kdi umuntu wabinkoze numukobwa yahoraga Ambwira ko Ankunda@dutegura ubukwe kugeza ku munota wanyuma@ariko ibyambayeho nanubu njya nicara nkibaza nimba byarambayeho simbishikire ariko narabirwaye .....please life is sohard

    • @gygygyslaine5016
      @gygygyslaine5016 Год назад +3

      ​@@sangwasamuel4566Bose barahemuka

    • @peacedusabe5950
      @peacedusabe5950 Год назад +1

      ibi bintu uvuze nibyo! Amarira yuko umuntu bamuhemukiye ni mabi!

    • @noreenmugabo2038
      @noreenmugabo2038 Год назад +1

      Umugabo twabyaranye yarampemukiye urugorwe ntamahoro habe arimo so ndakunva neza pe

  • @IrumvaAnitha-o9n
    @IrumvaAnitha-o9n 6 месяцев назад

    Nyumayumuntu habaharundi bb ihangane buriyawasanga imanayarabonaga uzariramurikimwe kurusha ubu andahari gusa imana izaguha uwagaciro kumurusha kd azaguhaza byihebyose kd azaguha aciro utigese ubona muvandi imana igukomeze igihe umutimayokwihangana bb🙏🙏🙏🙏

  • @MsTima-eg1xe
    @MsTima-eg1xe Год назад +20

    Lydia, haguruka ube “inkotanyi cyane” ukunde Imana kuruta byose🫶🏽 ubundi wige kwikunda mbere yuko wasubira mu rukundo ruguha agaciro nu buranga🤲🏾 mugihe ukiriho, ibyiza bir’imbere 🤲🏾🌬💓

    • @eastafricanlinksltd5591
      @eastafricanlinksltd5591 Год назад

      Right🎉

    • @nyiragasanialice2998
      @nyiragasanialice2998 Год назад +1

      rwose uvuze ukuri ubu c Koko Niki kidasanzwe cyamubayeho cyatuma arira ibaze aramutse agize ikibazo gukabije kuba umutype yagukatira nta birenze ahubwo ub ugize Imana .ibaze agutanye abana nka ba tanu

    • @LyceeRoyal-lg6rb
      @LyceeRoyal-lg6rb Год назад +1

      Gusabye kutazongera kumwereka ko ubabaye ndetse wirirwa unarira hoya nampavu peeeee

    • @LyceeRoyal-lg6rb
      @LyceeRoyal-lg6rb Год назад

      Ariko uwo muhungu nigiki???? Ubu mubuzima koko niwe mugabo mwahuye koko

  • @UwamahoroSandrine-f3x
    @UwamahoroSandrine-f3x Год назад

    Nange nararekue ubu ndishimwe cyanee rekur vukwizima ndabiz biragoe

  • @dorotheuwamaria5107
    @dorotheuwamaria5107 Год назад +11

    Nahageze bwa mbere ☝️ ka ntere isongabugari numve ikiganiro 👍

  • @miss_ghalia
    @miss_ghalia Год назад

    Lydia rero mukobwa mwiza, uri kwiyangiza cyane: Uri muto kandi mwiza, uwo muhungu mureke Imana iramuruzi, ko atakwanze yarukugejejemo cg ngo agutane abana 4!! Hano abagabo baraduhemukiye, turabaraaaa.... ubu turi kwicuza impamvu twabatayeho igihe cyacu. IKUNDE NIBA UDASHAKA GUPFA!!!

  • @niyifashaemelyne4765
    @niyifashaemelyne4765 Год назад +16

    I know depression irabaho peee kand irababaza good decision kuba waje ukabivuga biratuma uruhuka time will heal you dear kand be strong 💪

  • @vivianeumutesi618
    @vivianeumutesi618 Год назад

    Mazina ihorere,Imana iguhojeje amarira menshi wari kuzarira,icyo nakubwira rindira gato uzabona uburyo Nyagasani agihe kuguha umukunzi wawe w'ukuri,uriya ntiyari uwawe.Ayo marira urize Nyagasani aje kuyahinduramo ibitwenge burenze.Uri mwiza Mama.Mpore

  • @belyseibuteyiteka4257
    @belyseibuteyiteka4257 Год назад +6

    Mpore mwiza!icogikombe nanje nakinwereyeko ndakwumva cane.komera Imana izokwomora.

  • @josephinenyiratunga4821
    @josephinenyiratunga4821 Год назад

    Yuuuuuu komera cyane nshuti yanjyeeeee yoooo ihangane nshuti yanjye Uwiteka agukize icyo gikomere nshuti yanjye. nukuri uwomusore natihana ntabgo ubuzimabgwe buzaba bgwiza kubera ayomarira yawe yaririje nubu ukirira ntabgo bizajyenderaho .kandi uhumure Uwiteka araje aguhanagure ayomarira akomore nicyo gikomere mwizina Rya Yesu rikomeye riruta andi mazina

  • @umutonichristelle2314
    @umutonichristelle2314 Год назад +3

    Pole sana lydia .Imana irahari kandi izi impamvu yagukijije uwo muntu. Sois forte ma belle. Uri mwiza kandi imbere ni heza. Uzagaruka kwi simbi ushima Imana yagushumbushije

  • @denisemunezero-ch8if
    @denisemunezero-ch8if Год назад

    ihangane imana izimenya iberibere yacu uza bona undi muhungu mwiza ugu kwiriye Kandi Imana izabigufashemo I love you ❤️💕

  • @alexadrineumutesi8519
    @alexadrineumutesi8519 Год назад +16

    Mbega urukundo Nyagasani,, 😭😭😭 yewe ga! Wow ugomba gusenga Imana wikuraho iyo mbura mumaro, nabe nawe nta bishyingiranwa cg invitations, ntawurumva utegereza abakwe ngo baze gusaba agaheba? Nyuma kd Imana ikamuhuza n'uwe da! Iyo ni Shitani ishaka kukuzirika kuri icyo gikomere gusa! Ihangane kd ukomere usenge umwikuremwo déceptions zibaho cyn kd nyuma umuntu Imana igatinda ikamuhuza n'uwo yamugeneye!

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Год назад

      Arikose naba nawe ntamwana yagusigiye rekeraho Kurita twe twahemukiwe 4 kose kuburyo rekasha Vana ubutesi ahoshaaaa

  • @nyambochristelle7640
    @nyambochristelle7640 Год назад

    Ahubwo nagusaba gusengera impanvu yamuteye kukureka ubona ntampanvu,itazakubuza nundi warikuzagukunda kuko harigihe aba atariwe nawe hari izindi mbaraga zibyihishe inyuma zahagurukiye kukubabaza.!!gusa Yesu azabana nawe muri byose numwikomezaho 🧎‍♂️uzaruhuka uwo mutima ✍️ naho intambara zo zizahoraho kuko nibitero ntibizashira!💔💔kdi wishakemo imbaraga wewe ubwawe bwo kwikomeza no gukira utazisanga warabaye inganyi y’a cyane chr💔ayo marira ajyamennywa n’Imana yawe numutima wawe.!!

  • @JozianeJojo-gh1zp
    @JozianeJojo-gh1zp Год назад +3

    Komera pe yôoooo komera nukuri ❤❤❤imana izanguhe undi sibyo nango waremewe kubabara mukobwa mwiza

  • @kgyrjustine2661
    @kgyrjustine2661 Год назад +2

    Cyokora harigihe umuntu atumufatumwanzuro mibi pe,, nsigaye numva ntazigera nonjyera gukundumusore numunsi warimwe,, cyereka umunsi Imana izambwirango uriya niwe wawe👌 iyisi iraruhije san

  • @jeannettemukankemuye4344
    @jeannettemukankemuye4344 Год назад +18

    Muvandi, uyu muhungu wikomeza kumuha power adafite, wimuha control y'ubuzima bwawe, yashatse kukubaza, nukomeza kubabara araba ageze ku ntego ye
    Stress ni mbi, ushobora kurwara ukaremba
    Keep yourself busy, love yours, find something to focus on
    You will be alright. Siwe muhungu wenyine. Uzongera ukunde undi

    • @kiberinkaaline
      @kiberinkaaline Год назад

      Imana ihora ihoze buretse azabona

    • @i.e.m5350
      @i.e.m5350 Год назад

      Ndikureba le type ari kureb iki kiganiro akisetsa! Lydia niyihangane pee! Yiririra hano nukuri niyihangane ahatane arwane kuko muhaye imyaka 3 azaba amureba yibaze niba yari yarasaze! Yibaze icyo yamubonagamo bimuyobere

  • @yvettenyinawumuntu2270
    @yvettenyinawumuntu2270 Год назад +2

    Lydia be strong, inama nakugira uge usenga cyane lmana uyisabe imbaraga zumutima ,kndi ushime lmana ko uwo musore mutabanye,kuko yarikuzakubabaza de plus,ikindi lmana iradukunda ntijya yemera ko tubaho tubabaye,umunsi umwe lmana ibyaramarira ibihindura ibitwenge,komera kndi wihangane beautiful.

  • @UwifashijeFlorence-hv4fu
    @UwifashijeFlorence-hv4fu Год назад +5

    Be strong mama hari umunsi uzacya wisange murukundo ruruta urwuwo mugabo wikigoryi! Ndakumva pe!

  • @NiyotwizeyeImmaculle
    @NiyotwizeyeImmaculle Год назад

    Urakoze cyane kunkumeza kko inkuru yange isa nkiyawe ariko imana iratuzi❤

  • @mutonivivian8429
    @mutonivivian8429 Год назад +14

    Impore Impore Ndabizi I been there before sweetheart Hari abagabo Imana itazababarira Nukuri Reba ayamarira 😭😭😭😊

    • @sangwasamuel4566
      @sangwasamuel4566 Год назад +1

      Ntabwo arabagabo babikora bonyine@ibu byambayeho kdi ndi umusore@ntakintu narimbuze so ibihe bibi iyo bije urababara

    • @mutonivivian8429
      @mutonivivian8429 Год назад

      @@sangwasamuel4566 sorry

    • @Ingabiresofia
      @Ingabiresofia Год назад

      Nukuri pol biragoye ndumva ufite ikibazo nkicyanjye ariko komera nzaguhamagara nukuri

  • @ayijac7740
    @ayijac7740 Год назад

    Birambabaje pe, gusa ukuneye gushaka Imana, ikagufasha. Naho abantu bo, ntihazagire ukubeshya, ntawe ujya ushobora ibyundi. Pole sana 😭😭

  • @igihozoerica3247
    @igihozoerica3247 Год назад +29

    Be strong sister!i can feel your pain icyo nakwifuriza wegere yesu niwe wakwambika imbaraga zo gukomera.humura si woe wenyine benshi babinyuramo kd bagakomera bakanakomeza ubuzima!bamwe nababyeyi baraturetse turirera ubu turakomeye Yesu yatugiriye neza!be strong rero ejo ni heza uzabona umukunzi uguhoza amarira

    • @kirabograce2276
      @kirabograce2276 Год назад

      Ya that tue🙏🙏

    • @theddyninderere
      @theddyninderere Год назад

      Lydia komer cane!! Nakunvirinj kuva mu ntang gushits kwiherez!! Nivyo urukund rurababaz uwutabiciyemw niw yogir kurik urigirish!! Rem, Imana iragukund kand natw turagukund!! Ntakamaro n'a kamw KO kubaho utuntuy mu mutima. Sabin yaherej kwijamb rivug ati : mbe iyo agushikan akubwir kwatagushak niho vyari kub vyiza ??? Fata umwany wo guseng ni gutazira, Imana izoguh uwuguhoz amarira!!

  • @huguetteniyonzima8586
    @huguetteniyonzima8586 Год назад

    Kandi uzoronka uwundi ari serieux ,agukunda kandi naw wishimira.Imana ntiyarenwe uwo wenyene.kandi namba yaraguhemukiy harigih Imana yabonako imbere ushobora kuzobabara kuruta uko wababaye. Rero komere wegere Imana,ikuvure.ibisigay ndakuremeshej uzoronka umugabo mwiza agukunda kandi agutahura,ukore ubukwe bwiza.❤

  • @jean-huguesineza7631
    @jean-huguesineza7631 Год назад +12

    Lydie uvuze ijambo nanjye nkeka ko umugore nazanye nanjye yaraje kunyivuriraho ibikomere. Uburyo yambabazagamo, yabikoraga yisekera. Birababaza. Wumve ko nararaga ndota angirira nabi.

    • @honorineumwiza2895
      @honorineumwiza2895 Год назад +3

      Wari warazanye umuntu wangiritse, wakomeretse cyane ukeneye kuvuzwa, bene abo barakomeretsa. Kdi bagukometetsa bisekera!

    • @isarosalama202
      @isarosalama202 Год назад

      Kobiteyubwoba we

    • @NganiziJeandeDieu-zz3ug
      @NganiziJeandeDieu-zz3ug 8 месяцев назад

      Byose by uwo musore bizashira Kandi uzabibona bitinde bitebuke

  • @evelynemugeni2369
    @evelynemugeni2369 Год назад +1

    Imana ifit Icyo yakurinze yishimire.Nibyiza ko yakweretse ingeso ze mbere mutarabana.

  • @niyomwungerilydia5728
    @niyomwungerilydia5728 Год назад +7

    Bazina pole sana ndumva duhuje amateka, dufite ubuhamya bumwe! Ariko humura nasanze haba Hari impamvu komera utuze uzabona ibyishimo.

  • @AmizeroLadouce-qs2pn
    @AmizeroLadouce-qs2pn Год назад +2

    Nanjye byambayeho yaranteye ninda kand naramukundaga cyaeeee gusa be stronge kbx Imana izagushumbusha kandi nanjye nubwo nabyaye ndabyizeye kobizakunda

  • @nezaalphonsine3076
    @nezaalphonsine3076 Год назад +7

    Sha wamuhunguwe ntamahoro uzigera ugira n,akagahinda wateye unomwari mwiza,Pole uzabona undi humura.

  • @kubwimanayeariknowseraphin5780
    @kubwimanayeariknowseraphin5780 Год назад +2

    Lydia Cherie wiha uwo muntu umwanya na muto wo kumutekereza. Kubabara warababaye kuko wababajwe. Ariko reka nkubwire ngo Ihorere hari umuhoza. Ntegereje kuzabona ikiganiro cyawe na Sabin cyo gushima Imana ko wahojejwe.

  • @uwajenezagrace9989
    @uwajenezagrace9989 Год назад +4

    Impore kibondo, Imana izakwishyurira ihora ihoze ,nshuti, ntuzifuze kwigirira nabi cyangwa guta ikizere haracyari inyanga mugayo uwawe arahari

  • @UFTele
    @UFTele Год назад

    Mukobwa mwiza kuba uwo muntu yarakuretse igirire ikizere yaragombye rwose. URI mwiza, uratuje ufite ubwenge urakunditse uwo muntu ntiyari uwaww fungura umutima ubabarire wicireho Imana izagushumbusha wasanga Ari Imana yamugumijije ibaze iyo mubana n umuntu wagutaye mbere. Songa mbele Mama roho mitagatifu vmcg Mwuka Wera aguhe kubabarira no kuavanca God bless you

  • @Mamanb-e4f
    @Mamanb-e4f Год назад +5

    Ihorere mama!! Umuntu ukuvuna ntaba aruwawe!! Ubwo hari icyo imana igucyinze😢

  • @chanelleirakoze-uu8eo
    @chanelleirakoze-uu8eo Год назад

    Dear sister,nukuri mpore rwose ndakwihanganisha,gusa ndumva nakugira inama yokubireka bikagenda buriya ntakibera ubusa hari ikintu gikomeye cane imana yakurinze uzajy ushima imana nubwo byabaye uko,harico imana yakurinze,harinicyo yaguteguriye cyiza rwose urumwana mwiza pe ❤❤❤❤I love you more

  • @MukandayisengaAmina-sf4we
    @MukandayisengaAmina-sf4we Год назад +14

    Imana izi ibyo dukeneye kurusha twe ibyo ducyeneye buriya siyaruwawe humura Imana izaguha uwawe kandi ugukunda byukuri 😢❤

    • @dianeumutoni-iu3gi
      @dianeumutoni-iu3gi Год назад

      Humura pe bizageraho agushiremo ujye wibaza nicyonwamukundiraga gusa ejyera YESU Azaguhoza amrira

  • @uwingeneyehenriette2226
    @uwingeneyehenriette2226 Год назад

    Yo disi ura babaje peee... Impore... Nugahe umutima wawe wose umuntu. Kandi uri umukobwa mwiza peee uwawe arahari senga Imana izamukwereka.. God bless you

  • @bellab1924
    @bellab1924 Год назад +38

    He doesn't deserve your love,Ikindi kukubona urira uvuga urwo wamukunze biramushimisha.Ikintu kibi nukwereka uwaguhemukiye irira ryawe.Byari kuba byiza uza kuduha ubuhamya bwibyakubayeho ariko utubwirako u moved on.Ariko Imana yo mu ijuru irebe amarira uririye aha izaguhe umuntu ugukwiye kandi ugukunda by'ukuri.Kandi nukuri uzamubona vuba icyingenzi ni ugusenga no kwizera Imana

    • @Rabiahisimbi
      @Rabiahisimbi Год назад +1

      Amen.Urakoze Bella n,ubundi azagaruka vuba ashima. Murebe Testmony ya Mirembe hano

    • @kaboyiimmaculate4129
      @kaboyiimmaculate4129 Год назад +9

      Uzi ukuntu bimbabaza kubona arira uwo mugabo aba yumva agezweho kdi ari ikimbwa kiraho kigihemu

    • @alphonsineuzabakiriho1650
      @alphonsineuzabakiriho1650 Год назад

      Kabisa kurira imbere yuwakubabaje uba umunezeza nshuti komere .

    • @uwisunzemariyailluminee6195
      @uwisunzemariyailluminee6195 Год назад +1

      Kurira biraruhura kurusha kubyibikamo Nyagasani amugend'imbere amuhe imbaraga

    • @Jenny-w9f
      @Jenny-w9f Год назад

      IBYO uvuze nibyo

  • @alexiauwineza2689
    @alexiauwineza2689 Год назад

    Yesuwe mubuzima ntihakagire umuntu numwe uhebera ubuzima bwawe kuko ntakintu kiryoshye nkubuzima uko byamera kose kandi erega uyo mugabo siyesu simana yawe ndakubwiye nti stop ahubwo nuce ubwenge mukobwawe kandi imana yaremye abagabo benshi kandi imana yaragufashije kubona mutarakoze marriage nukuri imana uzayikunde yaragutabaye ahubwo ukwiye kugenda gutanga ituro ryishimwe ❤❤

  • @iradukundapauline1442
    @iradukundapauline1442 Год назад +12

    Pole dear ndakumva cyane be strong Imana yomora ibiguma ikomore komera mama mwiza ❤️❤️❤️❤️❤️

    • @mahoropeace5489
      @mahoropeace5489 Год назад +1

      abasore nkaba nanubu baracyahari hari inshuti yanjye yumukowa mwiza ntashaka kuvuga izina ufite story ishaka gusa niyawe nubwobo batarafata umwanzuro wo gutandukana ,yitwaza idini gusura iwabo byagera umusore akamubeshya ko iwabo batabonetse mbese inzitwazo ahindagura ubukwe ngo ntamafaranga ,gusa njye wabahuje nababaye agahinda ntazakira.imana ijye ibona ayo marira bazayaryozwe.

  • @MutoniAnge-l7c
    @MutoniAnge-l7c 5 месяцев назад

    Ihangane pe ❤❤ nanjye yarabinkoze dufitanye nu mwana ariko ubu nariyakiriye nirerera numwana kuko njye yazanye n umugore nzi bambeshyaga ngo ni ncutiye

  • @bateteup_2024
    @bateteup_2024 Год назад +11

    Imana ikomeze iturinde izi NZEREREZI z'abasore ndetse nabagabo bigeze gushakaho baza batazi icyo bashaka bakaza gufatira free kubantu. Rwose nibumva batarabona umurongo bage bakomeza bazerere puuuu

    • @tuyizerejeandedieu4344
      @tuyizerejeandedieu4344 Год назад +3

      Nibyo kbs ark imana izanadukizr inda Nini zabakobwa bari hanze aha numururumba wabo

    • @marienirere9006
      @marienirere9006 Год назад

      Kimwe kuri kimwe

    • @munsabiregrace5421
      @munsabiregrace5421 Год назад

      Puuu bajye bazerera paka.........

    • @munsabiregrace5421
      @munsabiregrace5421 Год назад

      @@tuyizerejeandedieu4344 inda Nini numururumba nimwe musigaye mubifite puuuuuuu

    • @tuyizerejeandedieu4344
      @tuyizerejeandedieu4344 Год назад

      @@munsabiregrace5421 ibyo bireke kuko nubwo hariho ubuhemu ark abakobwa inda zabo Nini cyane noex ko usanga aribo barwanira gusezeran ivanga mutungo ..

  • @christellamunezero2585
    @christellamunezero2585 Год назад

    Imana ikuvure akogahinda nukuri chr,knd ndagusabirako urworukundo wamukunze urwikunde nawe,basi ujyunareba ukuntu urimwiza bizatuma wigarurira icyizere,Imana izagufasha humura

  • @Consolee-wz1ur
    @Consolee-wz1ur Год назад +10

    Mwihorere sha ayo marira akurijije nawe imana imana izaguhorera humura mukobwa bwiza kndi imana izagukorera ubukwe bwiza

  • @musabyimanaflorentine8641
    @musabyimanaflorentine8641 Год назад

    Chr ihangane wasanga Imana yaragukijije kazungu , nubwo utahita ubyumva ariko nzi neza ko uzabyumva kera urikumwe nuzaguhoza ayo marira . Imana ntabwo isinziye . Pole sana and be strong dear

  • @julianiyo5723
    @julianiyo5723 Год назад +8

    Ndakumva cyane mukobwa mwiza gusa be strong ntawakumva kuko ngewe ndikukumva komera komera nshuti yanjye, Après l’échec la vie continu👌 Iraje ibijyenze neza 🙏

  • @ingabireSolange-n4h
    @ingabireSolange-n4h Год назад

    Ndakumva cyane chr uburibwe wanyuzemo ndikubukurura cyane ariko humura hari Imana yomora ibikomere pole kbsa

  • @valentinenahimana
    @valentinenahimana Год назад +5

    Niwihangane imana izogushumbusha nkuko murungi ❤❤❤

  • @NganiziJeandeDieu-zz3ug
    @NganiziJeandeDieu-zz3ug 8 месяцев назад

    Ntago yari uwawe.Ahubwo ni senga cyane Yesu akwomore ibikomere.namwe abakomerekejwe n urukundo rutariho; pole !!!

  • @nicoleicoyitungiye6283
    @nicoleicoyitungiye6283 Год назад +3

    Komera mukobwa mwiza,Yesu azakomore kandi azagushumbushe aguhe Uwuzoguhoza ayo marira , mpore mama❤

    • @mugabeeric644
      @mugabeeric644 Год назад +1

      Uyumukobwa nimwiza kdi yavamo umufasha ubereye urugo

  • @kampireflorence9169
    @kampireflorence9169 Год назад

    Pole mukobwa mwiza! Kdi ntiwakagombye kuba ukurira kko Imana yakurize amarira yigihe kire kire kko wenda yari kuzakubabaxa byigihe kirekire nneho Imana ikabikurinda

  • @roseuwase1616
    @roseuwase1616 Год назад +6

    Hello dear Mutesi❤
    Humura rwose Imana yaramugukijije❤❤
    Uwo muhungu waramukize pee😅

    • @clementinekaranga3416
      @clementinekaranga3416 Год назад

      Nukuri Imana yaramumukijije kuko yari kumwica nabi birenze

    • @umutonisifa134
      @umutonisifa134 Год назад

      Lydia Yesu wenyine ni we wakomora, igikomere ufite , uwo muhungu Imana yaramukurize , Ishimwe Imana cyanee kuko wari kuzababara kurushaho so, be strong 💪, Yesu kristo ni mwiza

  • @KizitoKizito-td2py
    @KizitoKizito-td2py Год назад

    Pôle sana Lydia mubuzima habaho kunezerwa nokubabara rero buretse kugira cyane kuko Iman murikumwe ntiyaguhevye izaguha uzogusubiza umunezero hamwe byose uzabyibagirwa iconogufasha senga cyane raba ujemuri groupe ya kanguka harimwo isengesho rihumuriza

  • @momo-k-
    @momo-k- Год назад +17

    Have you ever looked in the mirror and see how beautiful you're gal?? you're worthy, beautiful, intelligent and much more and you deserve better, you will find someone and regret why you shed your tears on that useless man

    • @trinajanetkirabo9853
      @trinajanetkirabo9853 Год назад

      😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 waretse uyu mutesi urizwa nubusa busa ngo ni nyatsi y’umusore!!she needs to have confidence in her first and learn how to put her self first than any other guy!!

    • @emilien2298
      @emilien2298 Год назад

      I was about to say the same thing. She is incredibly beautiful 🤩

  • @josephkubwimana1261
    @josephkubwimana1261 Год назад +1

    Ihangane Mukobwa Mwiza!! Fata umwanya wegere Imana izakomora ibikomere wahuye nabyo!!!
    Ikindi ushobora kuba warakoze ikosa ukaryamana nawe inshuro nyinshi akaguhaga!! Sorry, ihangane! Kdi wige kubaha Imana cyane, izagushumbusha!!

  • @jeannettemukankemuye4344
    @jeannettemukankemuye4344 Год назад +12

    Don't worry, what goes around, comes around
    Imana izagushumbusha
    Uwo muhemu nawe ntibizamuhira