Mama Hirwa uri umu mama mwiza pe, Kandi amagambo yawe yuje ubwenge, urasobanutse. Imana nukuri iriho,yitwa ndiho Kandi na nyuma ya zero irakora. Ukwihangana kwawe kuzaguha n,abandi bana Hirwa azakurikirwa Ntarondogora. I love you sister
ABAGOLE MWE MUTURUSHA KWIHANGANA,IMANA IKOMEZE KUBA IMIGISHA MYINSI KANDI MUDUSENJERE KYANE KUKO IJURU RIZAJJAMU ABAGABO BAKE UJERERANIJJE NABADAMU.WOMEN BE PRAIESED EVERY DAY EVERY WHERE.MEN PLZ LEARN FROM OUR SISTERS,PATIENCE IS NEEDED.
Sura chene y'ivugabutumwa rya Mama Hirwa :ruclips.net/channel/UCG6CBjG3boPrVRgLlrG-_yA
Imana ihabwe icyubahiro imana ntaho itagukura buricyimwe iragishobora
Q
9l@@belizediana597
Ubuhamya bwawe sinjya mbuhaga,Mama ndakumva cyane Muvandimwe 🌺umusozi wo kutabyara urarushya,urababaza,...🙏🙏🙏🙏 dukomeze dusabire abamama batarabona urubyaro
Nukuri imana iborohereze
Imana ikomeze ababyeyi bategereje urubyaro!ni ikigeragezo kiryana weeeeee!nsabiye abatarabona umwana ngo Imana irubaheeee
Amen
😭😭😭😭😭 imisozi iragwira 🙆🏻🙆🏻, Hashimwe Imana yakuruhuye nshuti ujye usegera abakiwuriho.
Imana ihe imigisha imiryango yacumbikiye abantu batagira kivurira
Imana yarakoze kukwihanganisha Mama Hirwa kuba yaraguhojeje amarira.
N'umugabo nubwo yananiwe kwihanga akamera nk'Aburahamu umugore yoheje kubyaraba kubyarana n'umuja we, nubwo yashatse undi mugore, ariko haricyo umuntu yamushimira kuba atamereye babi uyu muDame kandi na nyuma akaba yarasezeranye na Mama Hirwa n'Intwari pe. Wa mugabo we nta wagutera amabuye ngo wananiwe kwihangana ushaka undi mugore.
Imana ishimwe cyaneee yakoze ibikomeye nanjye yarantabaye yo kabyara yampaye umwana w'umuhungu maze imyaka ine urugamba ari rurerure ndayishima kd rwose abari kuri uwo musozi mwihangane Imana iratabara
Yarakoze shenge!Nanjye yarantabaye after 2years impa abana
Imana ihabwe icyubahiro nanjye yaramumpaye ariko nabatarababona Imaba izababaha niyo kwizerwa
Yooo mana weeee. Uwo mugabo yaragukundaga imana imuhe umugisha
Mana we ndumukobwa ariko icyubahiri ni cy lmana gusa urandijije cyane kubera ukuntu lmana yagusekeje🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Imana ni byose Mama gusa Imana itwohereza hano kwisi Kubaho Mu igeragezwa.gusa nizerako ugize Amahirwe akitwara neza azajya Mu ijuru Mama hirwa lmana igukomeze cyane kandi Amateka yawe nikigisho kiza.Abanyarwanda dufite ibikomere twese twagakwiye kubaho dusabana imbabazi tugirirana n'lmpuhwe.
Nifatanyije nawe gushimira Imana pe🙌🙌🙌🙌,nuku Yesu arashoboye.
Ubundi mbasha gufata amaranga mutima ariko biranze pe gusa umugabo wawe yaragukundaga iyaba undi aba yarakwirukanye burundu ahubwo wamurushije kumenya Imana ndetse uba intwari mukiberagezo Ahubwo Imana yamuhaye umugore uzi gusenga ndetse agira no kwizera bagabo rero Ukurusha umugore akurusha urugo .Mama warakoze kuba intwari ishime wishimire ba Samuel Imana ikomeje kuguha kandi ukomeze kuyinambaho
Ndabashimiye cyane mwebwe mwese mwafatanyije gushima lmana lmana ibahe umugisha
Oooh, komera Egidie kandi dufatanije nawe gushima Imana.
Amen lmana ishimwe nukuri ubuhamya bwawe buranyubatse. Egidia lmana ikomeze kugushyigikira lzaguhe nakandi kana nukuri.
Umugore mwiza rwose imana uguhe nabandi bana rwose
Generale Hirwa amakosi warayakoze ahagije.Ikosi ryubupfubyi,Ikosi ryubugumba,Ikosi ryo guharikwa,Wakoze amakosi menshi wayakoreye n'Abana bawe abo wabyaye nabo uzabyara.Imana yagize neza kukuzigama.Imana ihabwe icyubahiro.Umutware wawe Imana Imuhe Umugisha
Egidia, humura Yezu ni umutabazi, agira neza. Na badoo.
Imana ihabwe icyubahiro yagize neza kuguha umwana. 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Imana ishimwe cyn pe kuba imana yaraguhaye urubyaro biranejejepe❤
Birandenze Mana yacu witwa Rubasha, wampaye urubyaro, uruha Ejodia nabandi ba gore/abagabo batarabyari nimuhangye amaso Uwiteka, Mama Hirwa dukeneye kubona na papa Hirwa, numugabo udasanzwe. Imana ibahe umugisha kandi Hirwa azabona barumunabe.
Imana ishimwe yarakoze. Gusa nawe reka kurenganya uwo muntu wagucumbikiye ngo YARAGUKORESHAGA. N'abari mungo zabo barakora ntibicara gusa
Ahaaa birakomeye pe...ark ntimukabeshye mujye muvuga nyirizina ibyababayeho....kd iyobokamana saho bavuga imana kd mubisanzwe mutasenga...kd imana ibarengere cyane
Mama hirwa ndamuzi yabaga kuruyaga disi yarishuti yanjye ariko disi uwamunyereka peeee ndamukumbuye cyane muzampuze nawe pe
Imana ishimwe ko yaguhahe urubyaro nikigeragezo kitoroshe ariko imanadata yumvise gusenga kwawe
Uuuuh ayiwe data we nguhaye icyubahiro mumpande zose zisi bakuramye Yesu uri data iteka
Imana ishimwe nukuri yarakoze kandi nubu iracyakora
Nk'umugabo ndashimira uyu mugabo wa Egidia, salute Sir!
Papa Hirwa Imana iguhe umugisha wakunze umugore wawe Egidia izagumbere uwo mutima wa kimuntu wagize kandi uzawukomeze
Le
Mama Hirwa, ibyo yakoze nibyo bari bikomeye cyane nibisigaye nabyo I mana izabikora. Kandi Imana yacu irumva igasubiza. Komeza Uyizere.
Imana ihabwe icyubahiro iragikwiye numukozi wumuhanga
Ijuru riratabaraaa🙏🙏
Uyu mubyeyi uburyo akontorora imbamutima ze bigaragara ko yakomeretse ! Mama Imana izakomora ukire kandi byaratangiye!
Yooo mbega ubuhamya burangiye neza ariko uyu mugabo nawe n’imfura pe Imana ibakomeze umubano
Imana ishimweeee yarakozeeee yo yaguhinduriye izina sha
Shimye Imana ishimwe. Bikubiyemo ukonayivuga (niyokwizerwa)
Ni Hana na penina pe, IMANA yarahabaye.
Imana yakoze ibikomeye natwe turishimye. Kwihangana gutera kunesha.
Wa mudamu we urandijije, imana ishimwe ko yaguhaye umwana.nanjye yampaye abana ishimwe.
Imana yange niyongere yubahwe
Ariko abantu bakomeretsanya mujye mwihana Mwihane musabe imbabazi
Humura Mubyeyi! Imana ishimwe ku bw'ubu buhamya bukomeza n'indi miryango itarabona urubyaro. Ndashima n'umunyamakuru watugejejeho ubu buhamya.
Ikinezeza nuko nubwo wabyara inshuro 10 ntugira gaciro imbere yumugabo wundi Egidia nyuma yigihe yasezeranye numugabo we
Ushimwe Mana warakoze,ni Imana itabasha kubeshya,ni Imana isohoza amasezerano🙏🙏🙏Haleluaaaaaaaaaaaaaa
Yoooo, Egidia wiwacu disi, turbidity byose byamubayeho. Imana ishimweko yamusubije.
Nkunze ukuntu uyu mubyeyi yubashye umutware we, uti nzabanza mbaze umutware
Amahano aragwira kwisiiii ibibazo biragwira kwisiii, ariko mwijuru hari Imanaaaa Halleluyaaaaa.....
Ariko kuki abantu bavuga amagambo mabi Imana ishimwe ko yumva ayoyose
Ubu buhamya bunkozeho,buranyubatse burankomeje....uwo mugabo imana yokabyara imuhe umugisha..imana idutabare abasigaye
Imana niyera kdi ikorana nabera ubwo nawe nimba utari Uwera nkuko nayo iriyera
Imana ibaho koko pe wamu mama we urintwari
Ndongeye nsubiye kubuhamya bwawe gusa nanone Uwiteka numugabo wo kwizerwa ndetse no kwiringirwa muribyose pueh.
Imana yarakoze kuguha ibitwenge
IMANA Ninziza Ibihe Byose
Mana weeee Imana Izaguhe Umugisha kdi Izaguhe Abana Wifuza Mfura
Shimwa mana.
isaha.iyigeze Imana.
iratabara
Amen
Amen
Ariko abanyarwanda tugira ururimi rubi Nyagasani, umuntu uhuye n’akaga bamutera amacumu bakamusonga. Imana idufashe duhindure imitima akenshi mbona ari n’ubujiji
Abantu nukukoherereza imijugujugu gusa ntakindi ariko Amen amen
To God be the glory
Imana dusenga irahambaye
Urumuhanga kandi imana ijye ikomeze ikugirire neza ubundi dukeneye ubuhamya nkubwawe bwabagore bavuga imana kandi badashyira amabanga yingo zabo haze nukuri imana ikomeze iguhire
Imana ihabwe icyubahiro
Imana igira neA bukira bugacya
Impore shenge Iyagusigaje igufiteho umugambi
Amen
Yesu we. Nashize. 😢😢😢 nshima Yesuuu cyane. Ni mwizaa 👏🏾👏🏾
Imana ni umubyeyi nukuli Uwiteka ashimwe ko yakurengeye
Egidia komera imana yakurinze muri byinshi ntiyari kugutererena mukobwa wacu
Mama Hirwa uri umu mama mwiza pe,
Kandi amagambo yawe yuje ubwenge, urasobanutse.
Imana nukuri iriho,yitwa ndiho
Kandi na nyuma ya zero irakora. Ukwihangana kwawe kuzaguha n,abandi bana
Hirwa azakurikirwa
Ntarondogora. I love you sister
Amen Mana Warakoze
Umugabo wawe uzamushimire nimfura rwose ahubwo imana izamuhe ijuru
Murusengero habamo Tobiya na Tabita. Ariko Yesaya 40: 1 Muhumurize abantu banjye ....mubabwire ibyururutsa umutima....
Amen hallelujah
Imana itazibura uko ibigenza ishimwe koyagu hojeje amarira
Nukuri imana ishabwe icyubahiro
Imana iratabara .nanyuma ya zero irakora
Imana iragahezagirwa yarakoze kukwirura
Uratwite! Haleluya!
Imana ishimwe nukuri,na bandi batarabyara Imana ibahe abana
Imana nigitangaza amen
Pore sana tuzashige ka sosiacio
Dutegereze
Imana n Ingabo Irashyobora
Imana yacu irakomeye kandi irashoboye
Amen
mama hirwa komera yesu numurengezi mbabarira mpe number yawe hari ibikomere wamvura
Pole sana
Nukuri nikigeragzo gikomey cane kutavyara pe
Nukuri imana yarakoze yagukomeje kuko ndibiba byoroshye ibyondumuyamya wokubihamya
IMPORE SHA MUSHIKI WANJYE MUGOREWERA !
KOMERA IMANA IGUKOMEZE KANDI HIRWA WAWE AZAKUBERA IGIHOZO NDETSE AZAGUHOZA AYO MALIRA, AZAKUBERA UMUGISHA W’IGIHE CYOSE !
Ukuntu disi useka neza.Imana ishimwe yaragutabaye.
Nanjye mfite cousine amaze 14 ubuse azabyara mana we kd afite 44ans harikizere subu birababaje disi
Imanayarakoze.😢😊🎉 6:13
Imana iratabara nukuri 🙏
Imana niyamashimwe
Ipole ,mama ,lmana igibaza guhoza,amarira
Nukuri byaribigeragezo bikomeye wagize kwihangana bikomeye gsa numugabo wawe nibwo yabyaranye munsi ariko aragukunda
ABAGOLE MWE MUTURUSHA KWIHANGANA,IMANA IKOMEZE KUBA IMIGISHA MYINSI KANDI MUDUSENJERE KYANE KUKO IJURU RIZAJJAMU ABAGABO BAKE UJERERANIJJE NABADAMU.WOMEN BE PRAIESED EVERY DAY EVERY WHERE.MEN PLZ LEARN FROM OUR SISTERS,PATIENCE IS NEEDED.
Hallelujah hallelujahh!habwa icyubahiro Mana.
Amen
Amen
Nange nifatanyije nawe mwimwe ryuzuye umutima wawe mama
Mana weeee ubuhamya buragwira gusa IMANA ishimwe yaratabaye
Yesu aracyakora nabandi bayegereje azabatanara.Halelluya🙌🙌
Imana igiraneza ntitukihebe iratabara
Egidia pole
Yoooo Mana weeee mbega ubuhamya Nyagasani
Ubunyine mumeranye mute??wamukeba wawe bite mama hirwa
Mana warakoze
Nukuri nshmiye umugabo wawe Data womwijuru azamuhe imigisha kuko yakubereye impfura
Imana ikora ibirenze ubwenge bwacu