Reka nda babwire ninba harikintu kiba baza nu kubura uruvyaro uri baza ese nturyama nabandi yewe ukwezi kwahera utabonye...ukibaza nkeka wasamye ukundi kwahera ugaca uyabona uriyanka ukibaza nkeka uryama nabi vyarashi kiye umugabo yataha nka mutura amarira
Sabin ntabwo date abaganga bakubwira n ubundi ariyo ubyariraho neza , deux semaines cg deux semaines après by'iyo date birashoboka ko wabyara,n abaganga bamwe barabikubwira, kereka kubakorerwa césarienne nibo baha date yo kuziraho.
Kanda hano urebe izindi videos za Alice: ruclips.net/video/XbEjAgURl44/видео.html
Humura uzabyara
@@uwasecynthia3446 nanje nimpumure nzobaho ni yo nta muryango fise
Yoooooooo ihangane
Mbanibaza abantu nkabo bifata bagatukana
Ndaryohewe ibi,byanyuma sinari nabyumvise
Ooh😭😭iki kigeragezo kiraryana pe😭Ngaho nanjye mumfashe gusengera umuvandimwe imyaka ibaye myinshii nukuri 😭 Abari bubikore murakoze Imana ibyumve🙏
Nanjye ndamufite amaze imyaka 25yrs
@@kalisaumuhoza4642 nanjye nuko.musaza.wanjye imyaka ibaye 15 ariko Imana iracyakora
Imana yo Mugihugu cyo mwijuru izabikora, nukuyizera gusa ntuvange nibyabapfumu
Niyemeje kubasengera mwababyeyi mwe mwizina rya Yesu kandi ntakimunanira mukomere🙏
Nanjye ndamufite agiye kumara imyaka 10
Nanjye mfite icyo navuga umuntu uzi umuntu utarabona urubyaro ajye amusengera niyo mwaba mutaziranye jyumuzamura rwose Imana Irabyumva Igatabara kuko Imana Ifite ubushobozi kubyara bwo birashoboka cyane kuko umubyeyi Bikira Mariya yabyaye nta mugabo birakunda mw’Izina rya Yezu bizaba. Amen
Amen
Ariko imyumvire yabirabura cyane cyane yabanyarwanda igomba guhinduka pe, ni gute umuntu mwamuhora ikintu adafitiye ubushobozi bwo kwiha namwe ubwanyu mwabonye bitavuye kubushobozi bwanyu kandi benshi mukabikora mwiyita abantu bemera Imana. Maze kubona abazungu bake batashoboye kubyara nubwo bo kubwabo byababaje ntibigeze bagira umuntu yaba uwo mumuryango cg hanze wirirwa ubaserereza, ubacira imigani ubita amazina abakomeretsa, nukuri abantu babikora bisubireho kuko nabo nubwo baba babyaye ariko abo babyaye bashobora guhura nikibazo cyo gutabyara, nyamara abantu barinde ururimi rwabo kuko rushobora kubakururira imivumo
Uvuze ukuri pee
Nibyo rwose p
Hariho abantu bafite umutima mubi koko. Kubwira umuntu amagambo akomeresta ntaho biba bitaniye nubwicanyi
Nuko twabaye Irwanda
Oyaa byo abanyarwanda birakabije pee. Urashaka ako kanya buri wese akaza areba inda yawe lol
Ntibazi gahunda zawe zubuzima cg ikibazo ufite.
Gusa njye nuko ntawe urangwaho weeee!! 😂😂
Ntawankomeretsa nanjye ngo simukomeretse peeee😁😁
Esubundi umuntu wese ushatse harya agomba kubyara ako kanya?
Byo rwose ibyo uvuze nukuli abzungu ntawakubaza ibyo bintu kuko ni personal issue kurusha izindi zose ubanza bagira.
Mubyeyi unyibukije igitangaza Imana yankoreye najye narimfite ibibyimba munda umunsi umwe jya gusenga ahantu umukozi w'Imana arampagururutsa ati wari kuzaba ingumba none genda wibagishe ikibyimba kiri munda.bukeye nca mucyuma bagisangamo barakibaga nyuma yumwaka ndasama.ubu mbyaye gatanu.Imana iratabara🙏🙏🙏
Awww Yesu ahabwe icyubahiro kubw’ibyo yagukoreye Amen😘
Hallelujah
IMANA IRASUBIZA
Imana ishimwe cyane
Aba dame mwese muri guca muri icyi kigeragezo ndabakomeje cyane Yezu arahari adufitiye abana benshi cyanee mukomere kdi courage byose bizashira.... jyewe hari uwabwiyeko impamvu ntarabyara aruko ntasenga gusa icyaje kumbabaza nuko mukuruwe yashatse nawe akaba ari guca muri icyokigerageza., abadukomeretsa tujye tubasabira nabo sibo
Alice ndakuzi warababaye sha Yesu yarakoze cyane.
Humura yesu azaguha urubyaro .WE isengere gusa
@@vanessamuhoza5824 merci🙏
Uwiteka aratuzi kdi azadusubiza
Ooh humura mugore mwiza Yesu wizeye ntajya akoza isoni mu gihe gikwiye azaguha abana kandi nawe uzakomeza abandi.
My cousine ndagukunda nkunda ukuntu ugira umurava mubintu byose ukunda abantu Imana yarakoze kugusetsa ukaba ufite abana beza dukunda kd ikomeze ikunezeze nibyo tugusabiye Mubyeyi
Amen . Imana yacu bwite yica imigambi yincakura igakoza isoni indyarya icyambere ni ukwizera . Kwizera kurarema ibitariho bikabaho.
@@ogakalala610 cyane rwose kwizera kurarema lmana ikongerere imigisha muribyose kuko lmana yica imigambi yincakura 🙌🙌🙌🙌
Nange.byambayeho.mara.imyaka.9ariko.yesu.nigisubizo.cyibibazo.byacu.nange.ndagushima.mana.wampaye.abana.bazima.nababuze.urubyaro.bose.ubibuke.urubahe.ufite.byose.yesu.ibikomeye.imbere.yawe.mana.ninkubufindo🙏🙏🙏
Mama Imana iguhe umugisha mwinshi,gusa nsomye comment ,mbona uyu musozi wo kubura urubyaro turi kuwuzamuka turibenshi,gusa Imana idutabare kdi nundi wumva abishobojwe,adusengere kuko ntabwo byoroshye,uziko ndebye comment amarira akagwa !!!!!!
Humura uwiteka azaguha urubyaro
Uwiteka aguhe umuhungu numukibwa mwizina rya Yesu@Amen
🙏🙏🙏🙏
Uzamvugishe tuganire 0788473983 (Alice)
Uzabyara sha mu ijuru hari Imana
Mana we warakoze guhoza uyu mubyeyi. Kubura urubyaro bibamo ibikomere byinshi cyane. Ururimi ni inyuma yigenga, abantu baravuga ukibaza niba wowe warahamagaye. Ariko ni byiza kubababarira kuko Imana iba yagukoreye ibikomeye mu maso yabo. NYagasani wibuke abantu bose batarabyara ubahoze nabo.
Hari ibanga ryo kumenya Imana ! uyu mubyeyi aratanga ubuhamya bwe bukomeye kd ubona ko akomeye Mana nanjye nshoboza ku kumenya no gusobanukirwa imbaraga zawe nkomerere muri wowe ibindiza bihagarare ahubwo nkomerere muri wowe
Wow 🤩 mbega ukwizera!! Very inspiring testimony
Ajya gusa na Ishimwe Lorie disi kandi nawe amaze imyaka 6 atarubyaro nawe tumusengere Imana Imuhe umwana arababaye
Mpa nimero za Ishimwe Lorie, nimero zanjye ni 0788473983 (Alice)
Mbega ngo ndafashwa!İmana ihabwe icyubahiro kandi urumukozi w'İmana wowe ukomeye cyane ahubwo.munzozi nanjye niho İmana imbwirira pe.İmana izakugwirize urubyaro.
Abantu bose bafite ikibazo cyo kutabyara, ndabasengeye ngo Imana isubize amasengesho yanyu, Ibakize icyo gikomere !🙏🙏
Amen
I love your testimony Alice! Kandi uratuje rwose
Ububuhamya buramfashije, uyumunyeyi Imana imuh umugisha , ibitero by abarozi byo utarahura nabyo Imana izabimurinde, utabizi ntakabimenye. Narwo s urugamba rworoshye.
Amen🙏❤️🙏 Uwiteka ashimwe kubw’Imirimo itangaje yakoze. uyu mu mama Imana imuhe umugisha kubw’ubuhamya atugejejeho.
Imana Irumva nukuri . Hallelujah. I believe. Amen Amen
Icyonkundira Imana iravuga igasohoza;umuntu wanyuze muricyo kigeragezo cyo gutinda kubyara ahita abyumva cyane; unyibukije imisozi nazamutse njya gusenga nsaba Imana umwana nibuka intumaho ko impayumwana ;icyubahiro nicyayo nukuri nabatarasubizwa muhumure mwijuru hari Imana itabara
Ark disi abantu ntitugakomeretse abantu batarabona abana, nukuri birababaza Kandi nawe ubafite ntacyo wahaye Imana. Tujye tubasabira
Imananumubyeyi mwiza warakozeee Mana guha uyu mubyeyi abana niwubahwe Kristo🙌🙌🙌🙌Ineza yawe niyamamare papa🙌🙌🙌🙏❤️
Thanks for sharing your testimony.God works in mysterious ways.
Baragukomerekeje mubyeyi ihangane
Wow!
God is good.
Ubu buhamya buranyubatse rwose✍️✍️✍️✍️✍️
Reka nda babwire ninba harikintu kiba baza nu kubura uruvyaro uri baza ese nturyama nabandi yewe ukwezi kwahera utabonye...ukibaza nkeka wasamye ukundi kwahera ugaca uyabona uriyanka ukibaza nkeka uryama nabi vyarashi kiye umugabo yataha nka mutura amarira
N'ukuri Mman Imana ikwongere umugisha
Kko ubuhamya bwawe bumbereye ubuhanuzi
Le 25 décembre icyo yavuze cyirasohora amina amina
Sindarangiza ikiganiro ariko ndimo gufashwa,......ndimo ndiga🙏
Ico Imana Ivuze kiba gikomeye kuruta ubumenyi bundi bgose.
Amen
Uno musi ndahageze kare🤭🤭mumpe twa tuntu nimanukire🇧🇮
Yoooooo warakoze kwihangana ndakuzi nitwa Mbonyinshuti Jean twarakoranye wowe numugabo wawe muri ASETAMORWA nayoboye na zone Nyamirambo ndumva munyibuka ndabasuhuje ndabazi mugikundana uwomugabo umunsuhurize ariko mwarabitsinze Imana ishimwe
God is good all the time 🙏🙏🙏
Wamugore we imana irumva kbx nange igihe narinihaze abapaster bambeshya ndapfukama ndasenga gusenga kwanjye kwarahindutse inzozi zirahinduka numva ndatwitwite Gus iman irumva mama yumva abatayiryary gusa bisaba kwizera
Impore mamy wacu Imana yarahabaye pe iratabara
Nshimye Imana yo mu ijuru , muhumure rwose abafite iki kibazo musenge Imana izabaha urubyaro
Amen nangye kankomere pee nzabyara imyaka ibaye myishi😭😭😭
Imana ninziza ibihe byose ntakinanira Imana 🙌🙌🙌🙏🙏🙏🙏
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏Mu Ijuru hari Imana ijya inyuranya ibihe n'Abantu🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ibyo ni ukuri ni iyo gushimirwa🙏🙏
Jya uhora wisekera rwose abandi .bakomeze barwaye imitima .iyo n'impano Imana yakwihere .
Imana ifite imbaraga nukuri kandi zitangaje
Ohh komera mubyeyi,Uwiteka wizeye ari ku ngoma.indi nama nakugira ni ukugerageza kugabanya ibiro(niba utarabigerageza )byagufasha.courage mama
Imana ninziza ntakiyinanira kdi iravuga 🥰🥰
Unyibukije ukuntu abagore batutse mugenzi wajye ngo ningumba ntabyara, ukuntu twababaye, ariko mana nawe uzamwibuka abamusetse bazabona ko ariwowe mana utanga urubyaro. Murakoze kubuhamya.
Mbega ngo urahurika we ,mbabajwe n'uwo mwana wawe w'umukobwa disi ,pole Sana nshuti
Alice disi Imana yagize neza ihimbazwe ibihe byose
Mana we !!!!!Mwami Yesu Icyampa ukaza udatinze!
Ameenn Ameenn 🙏🙏🙏
Ndagukunda chr
Sabin icyo gitabo twakibona gute? Mwaduha contacter za Alice? Murakoze.
Amen amen🙏🙏🙏🙏🙏🙏. Nanjye nizeye kubyara mwizina ryayesu kristo
Imana iishimwe yaguhaye umwana!!!!!
Imana ninziza cyane
Murakoze intahe nizo zidukomeza
Ayiwe pole Alice,ndakuzi disi uricyana kiza.
Yooo baratuzengereje abo barozi ariko Imana yacu ibarusha inbaraga
Imana ishimwe yaguhaye kdi izaguha ni ibindi byose ushaka
Imana irahari ngo iduhoze amarira
Komera mama ihangane bihorere Imana iraguha ntimugura
Nukuri Imana nishimwe kubwuhamya bwawe buraduhumurije
Imana to mwijuru ihimbazwe ishyirwe hejuru ikueimira a ijambo yavuze ibihe ibihumbi.
Merci kuri ubwo buhamya uzi ukuntu bibabaza umuntu akubwira ngo wagiye gufyinata, ukamengo ni umuntu yiha umwana
Imana isubiriza Igihe ntabwo yihuta nkuko twe tubyifuza kd isezerano ntiryihutishwa kuriyo risohorera igihe
Wakoze cyane kutubwira ubuhamwa ariko imwuka mimibi biraruhishe kubyemera kwizera imana niyo ishobora byose kuri byose bitubaho niyo iturinda buri munsi
Ihangane Mubyeyi, Nyagasani yarabikoze Kdi asubiriza igihe.
Imana Imana ifite ububasha buhambaye
Maman Alice humuriza Laurie arababaye cane
Nange nkabya inzozi cyane
Imana ishimwe kuko yumva gusenga cyane
Imana yarakoze kuguha ikibondo abantu mukomeretse abandi imana izobakorere ikibakwiriye!!
Ihangane mubyeyi , Imana niyo itanga urubyaro kandi izaruguha
Imana ishimwee k kubyo yagukore
Yewe kutabyara birababaza cyane .lngumba nizihumure.
Imana niyo kwizerwa kuko Ntijya ibura uko ibigenza
Sabin ntabwo date abaganga bakubwira n ubundi ariyo ubyariraho neza , deux semaines cg deux semaines après by'iyo date birashoboka ko wabyara,n abaganga bamwe barabikubwira, kereka kubakorerwa césarienne nibo baha date yo kuziraho.
Deux semaines avant cg 2 semaines après nabwo biba bishoboka
Imana ihabwe ikuzo.🙌
lmana ishimwe cyane
wamubyeyiwe , birababaza ndabizi byambayeho imyaka 2
Ariko kuki ahenshi mubindi bihugu ntabizabo byo kuzira urubyaro bihaba? Est que nimyumvire mike cga ubujiji? kuko ntawiha urubyaro!.
Mbega
Ishimwe cyane
Ndagukunze
Ninamwiza
Yawe ihangane nukuri Imana irakuzi 🎵🎵📣📣🎼🎼🎧📣🎵📢🎶🎶📢🎵🎙️🎙️🎸🎵🎵📢🎶
Ndabizi birababaza,njyewe namaze imyaka 8 npfite umwe ariko ahonaringeze ninjyewe uhazi.harinuwigeze ambwira ngondushwa ni,heneye kubyara
Jesus Sha harabantu bazi kuvuga nabi pe gusa niba Imana yaraguhaye abandi ihabwe icyubahiro 🙌🏼🙌🏼
Yooo pole bambe
Mbega amagambo mabi ariko Basi imana yaragutabaye?
@@uwasecharly2160 Sha Nanjye nshaka kubimenya
Abantu barakabya pe iyaba baziko IMANA ariyo igena, ngo bamenye nububabare umuntu acamo amubyara, njye narumiwe. Ihangane mubyeyi
Ariko genda Sabin uzi kubaza uri uwa mbere pe.Hari undi munyamakuru numvise ku yitwa Max Tv nawe numvise ashoboye pe.
Ariko ko ubanza abanyarwanda tutari beza koko ?? Mbega akumiro !!! Ushobora kuvuga umuntu amagambo mabi gutyo umuziza ikintu adafitiye ubushobozi ??? Bumva se hari isoko baguriramo aba bébés akaba yaranze kujyayo ? ? IMANA idufashe iduhindure pe🙏🙏
Amen 🙏
Iki ni ikigeragezo gikomeye....
Amena 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Yesu ahabwe icyubahiro🙏
Umwana yitwa gisubizo
Amen amen amen
Komera mubyeyi,lmana igihindura amazina bagahindura amagambo
Pole mama
Disi wabaye nkayobu abazimana 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Wherr can we get the book you wrote?
Wampaye member yawemubye
Ihabwe icyubahiro
Ameen amen amen amen amen amen amen
Amen.
Amen
Yoooo pole
Waduhaye number yawe koko!!!
Icyo kibazo ntabwo kivurwa harya?