BABYEYI mwumve🙄ibi si UBUSIRIMU muri KWIYICIRA abana mu RUGO😭 uri KWIHEMUKIRA❌Prof SAM&Ev.ALICE
HTML-код
- Опубликовано: 1 окт 2024
- #AGAPETV
Ganira natwe #250782196087_Theo_Whatsap
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)
Kugira ngo umwana wawe akubere inshuti akubwire byose ni urugendo muba mwaratangiranye mubana ukamubonera umwanya uhagije. Kumwoza kujyana gusenga,kujyana gusura abandi ,kumubwiza ukuri kandi aho ugiye hose ukamubwira utavuze ngo ni umwana. Ariko ibyo byose bihera mu buto.bwe!
Muzabatubwirire batuganirize uburyo wabanira umuntu wagize ibikomere yatewe ni imiryango akabisohokamo amarangamutima ye agahinda
Ubwo c narara ukubiri numwana wanjye koko nkasizira?cyokoza namucukije yakwiraza kdi nabwo ndabyuka nkabasura da
Murakoze pee!
ubutaha muzadufashe mu kurera ingimbi nábangavu
Ababyeyi nizereko twize byinshi kdi byingenzi nukuri kristo atubashishe kurera neza 🙏🙏
Abayaya bigisha gukundana abana bakiri bato,kuko bateretana nabasore ku ma fone bumva.mucunge babyeyi
Iyaba ibitangazamakuru byose cg byinshi byubakaga umuntu uhereye ku mwana akiremwa twagira isi nziza idutegurira ijuru! Muhabwe umugisha mwese; papa Sam nkunda ibiganiro bye cyane cyane!
Iki kiganiro ni kiza ni ingirakamaro cyane is my every day preaching. Family, abana nibyo gihugu,
Ooooo byiza cyane inama nziza ahubwo muzadutegurire ikiganiro kijyanye nabakozi bomurugo natwe dukeneye inama zanyu babyey muzaba mukoze cyane
Yoooo Aba bantu Ndabakunda cne 💕💕💕💕 Muri Urugero Rwiza Rwa Babyeyi Byabereye Urwanda ❤❤❤
Hmmmm ni ukuri njye narumiwe imbwa zirarana n'ayant pe .kandi namwe mwabizanye imbwa yarindaga nka ibisimba nabajura none mûri kuzigira inutile nyancuti .ngo lmbwa ntireka shebuja ngo Ubuntu araguhemukira .ici irashaje njye ndasaba lmana kuturindira mobile no kudata umuco
Be blessed all!
Ikiganiro cyiza mwibuke muze kuri MubwireTV nange munshyigikire 🎉
Dr Samuel nuwo mubyeyi Imana ibahe umugisha kd mwinshi kunama batanze kwiga kare birafasha nate abajene kubyumva ni ingenzi
Ibyo kuba umubyeyi yaba inshuti numwanawe kurikigihe biragoye kuko iyo ugerageje kuba inshuti nawe ahita abibyaza umusaruro
Yumva nabi
Ubunebwe
Guhora kuri telephone
Nibindi nibindi
So bisaba kumukaruma
Noneho ikigezweho.ababyeyi ntibacyosa
Mbega amahano subusiri mu nubunyamaswape
Nibyo pe
Niyo mpamvu abana bo mumahanga ntarukundo rwababyeyi babaha muri ibi bihugu byateye imbere
Imana ibahe Umugisha murabyeyi beza kandi natwe turikubigiraho
Murakoze cyane babyeyi abana bacu tubahe agaciro nabacu si ababakozi bashinzwe kudufasha imirimo ariko natwe dushyiremo akacu
Imana ibahe umugisha cyane.
IMANA ibahe umugisha 🙏
IMANA Ibahe umugisha, izi nyigisho ni nziza, muzagaruke
Murakoze ku kiganiro kiza mudusangije.
Mbonereho kwibutsa ababyeyi ko tureka kwirirwa tuvuga ngo abana baratumaniye, ! Ese nturuhare ababyeyi dufitemo??? Twisuzume. Umwana amara kuvuka ababyeyi bamwe kuko sibse, ati; umwana ntazinka dore ko no ka Muganga nabibabaza kuko bamenye ko ababyeyi gito batonsa abana.
Uruhimja rura muri beriso . Ubwo umwana atangiriraho ari mumaboko yu mukozi. Ese ubwo uwo mukozi azatanga ate uburere adagite ?? Erega nabakozi naba arabana. None se abana nino bananiranye!??? Cq ababyeyi nitwe tubatererana ntibahabwe uburere,????
Erega abo bana nabo nibakura bazubaka ingo zabo . Ese baxatsnga unurere batahawe.????
Ababyeyi fusubize amaso Iinyuma twurerere urwanda rwejo tumenye nibyo tubasigiye.
Ibyo nubugoryi beriso
Iyo Numero ya Mama Aime miyimpe rwose afite ibyo nkeneye byinshi byamfasha kurera
Imana ibahe umugisha mwishi
Arikose ibyo nabyo nibiki? Mbyumvise ubungubu inaha Amerika ntabyo ndabona ikibazo tujyira nukubareresha muri Reta kakiri agahinja nkuwanjye nubwo aba avuye mwiryo rerero agyeze murugo arambaza kwariyo agyiye kujya kandi .nagyezaho antinyaga ariko ntakundi nari kujyira pee kubera gushakisha imibereho
Imana ibahe Umugisha murabyeyi beza kandi natwe turikubigiraho
Aba babyeyi turabishimiye cyane, mutwunguye ubwenge Imana ibahe umugisha murakoze ❤🙏🏾
Murakoze cyane ku kiganiro cy'ubwenge mudusangije.
Bavandimwe isi igendana n'ibihe.Nta cyo wahindura.
Be blessed all
Ikiganiro kiza peee
Imana ibahe umugisha kubwo gutumira aba bakoze b'Imana
Nubwambere numvishe ikiganiro nkakirangiza
Murakoze cane babyeyi imana ibahu mugisha, Mutwunguye byishi. Muzatutegurire igiganiro, Impanvu abana bato bagira akararira kokwiba cangwa umwana muto ukubagana
Murakoze cyane niki umubyeyi yakora kugirango kumvira
Ariko irinjwi ko numva ndi ku isimbira?
Iki kiganiro nicyiza iyo umuntu yakuze atagira ababyeyi yifuza ko ibyo atabonye atabiha umwanawe
IMANA ibahe umugisha.
IMANA ibahe umugisha 🙏
Yesu ashimwe 🙋 ndagukunda cyane n'ibiganiro byawe biranyubaka.Imana igukomereze amaboko 💞
Murakoze cyane ibiganiro nkibi nibyo bikenewe ngotwubake urwanda rwejo rwiza
Imana ibahe umugisha kukuganiro cyiza mutugezaho👍
Imana ibahe imijyisha❤❤
Imana ibahe umugisha babyeyi beza❤
Turabashimiye
murakoze cyaneeeee
Mwakoze cyane kubwiki kiganiro
Wow ibi birakenewe cyane mibuzima peeee
Murakoze cyane babyeyi
Imana ibahe umugisha mwishi
🎉🎉❤❤❤
Imana ibahe umugisha mwishi
Uwiteka abahire rwose.
Imana iduhe ubwe
Ahaaaa,hari igihe baba barababyaye batabaruhije pe
Ubusirimu buragwira njewe ndiburai ntabushobozi mbuze, ariko abana bacu turarana nabo, ubu abafite imyaka 6,7 bararana na papa mucyumba
Uduto ndarana natwo,
Please umwana arahenze cyane ntakiguzi cyumwana , mubiteho abababuze baragowe.
Murakoze cyane,mama aime ndagukunda inyigisho zawe zirubaka Imbaraga namavuta🙏🙏🙏
✅
❤
Babyeyi nimujye ku mavi mutabaze Uwiteka abigishe ubwenge ,abana Uwiteka yabahaye ngo mumurerere muzabamumurikira ku munsi w’amateka uri bugufi kuruta igihe twizereye.
Mwampaye numero ya maman Aimé
nukuri Imana iduhe ubwenge ababyeyiwe kuko ahahanze bikaze