Gael afite group homes muri Maine nyinshi knd inzu bakoreramwo nize . Umugore we niwe ubi managinga; n'imiryango yabo benshi niho bakora.Ni business irimwo $$ nyinshi ku bazi gukora banafite ubwenge. Aho kurara kuri space mumwibasira; mwamwegera akabigisha😮
Man ibi bintu byarabaye ahantu hose ppa, ibaze ko twe hano murwanda twakuriweho ama Avance sur Sarair twari twarariye ,, kd bikorwa na BK , wasabwaga kwerekana ingaruka wagizweho na COVID ubundi imishinga yawe ikabangamirwa
Gael afite group homes muri Maine nyinshi knd inzu bakoreramwo nize . Umugore we niwe ubi managinga; n'imiryango yabo benshi niho bakora.Ni business irimwo $$ nyinshi ku bazi gukora banafite ubwenge.
Aho kurara kuri space mumwibasira; mwamwegera akabigisha😮
Ibyo fabrice ari kuvuga nibyo 100% nta muntu wabona ubushoboze bwa 1M$ in less than 5yrs nabahavukiye ni bacye cyane bayabona
I'm back 🤜
Ibyobintu bireza bamwe murimwe murimwe ubukungu by,america n ,urwanda mwigereranya gutang,uwomwenda birashoboka cyane urebye akazikora inyungu gafitiy,igihugu amafarangaca kuri compte ye point america uyiririye cash uguhana nkuwishe,ariko coach g mumuhe mahoro muvanaho amahyari sinurwego rwanyu mwabagabomwe atarukubasuzugura mugir,amahoro n,urwanda
🙏🎉🎉🎉🎉
Ruswa nimbi mwabantu mwe
Bagutamitse wakijuju wee😂😂
🤣🤣🤣🤣
Iyo sober living godmother ari kuvuga ntabwo ari business nini kuburyo baguha $1M noneho wanarangiza ugahita wimanukira iwanyu utanabishyuye baba bazi imitungo yawe kuburyo banayisubiza cyeretse ahubwo nimba yaraje kuyabishyura
Man ibi bintu byarabaye ahantu hose ppa, ibaze ko twe hano murwanda twakuriweho ama Avance sur Sarair twari twarariye ,, kd bikorwa na BK , wasabwaga kwerekana ingaruka wagizweho na COVID ubundi imishinga yawe ikabangamirwa