IBINTU PAPA SAVA YAKOZE NI AMAHANO🔥NDABIVUGA NTABWOBA💔UMUJINYA W'IMANA URABAZIYE🔥ABICANYI MUNSENGERO
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Muhezagirwe cyane Imana ikomeze ikunzigamire mugu memuduha ubutumwa bwiza
Jyewe ndumva abatambyi mu gihe cya Yesu bari bafite impungenge z ‘uko agiye kubavana ku mugati kuko babonaga asa nk’aho azaba umwami mu isi!!
Amahoro, Aho uvuze ngo uwera azaguma yere nuwanduye azaguma yandure bizasohora Ari uko Yesu agarutse ! Naho ubu haracyari amahorwe yo kwihana.murakoze.
Impamvu ntoya ituma nkunda Beulah Niko nsubizwa intege mu bugingo iyo numva isi ,umubiri na satani bya mbagurukiyenumva Beulah ñkakomeza urugendo . AMEN 🙏❤
Imana ishimwe ko itwemera kdi turi abo guhinyurwa mu bantu
Ndakwemeye kabisa!!! Nibyo murigahunda yashijweho nabagenga isiyose mwisiyumwijima. Ariko muhumure Iraje gukubura, kwanika, nuguhora inzigo. Inkoni Iravanguyee. Peee
VUGIRA IMANA PAMPHILE WE ,NKUNDAKO UMENERA INDA KURWARA UKAVUGA UDATINYA.YESU AKINGERE AMAVUTA YUMWUKA
pamphire Yesu ashimwe,mbese ibyuvuga urabikora?nizereko ibiganiro ukora byivugabutumwa bitazakugonga kumunsi wurubanza,Imana igufashe
Imana ibakomeze kuko muri mumuringo mwiza imbaraga z’Umwuka Wera zinjye zibungura amanywa nanijoro ❤🙏🏾
Beulah we wambereye impamba yubutumwa insindagiza mururu rugendo
Uwiteka abahe umugisha ,ndabakunda,hanyumase mbabaze?umuntu wamaze gusigwa kurayo mavuta akoriki kugirango abivemo?ayo mavuta amuveho?
Imana ijye igukomeza paf igukoreshe ibyubutwari kuko ufasha imitima yabenshi
Muhezagirwe cyane Imana ikomeze ikunzigamire mugu memuduha ubutumwa bwiza
Imana ibahezagire
Nkunda beulah n'imana irabizi numva haricyo mbura iyo nabuze uburyo bwo kureba ikiganiro cya Beulah ❤❤❤❤❤❤
Nanjye niyo ntarakireba mba numva mfite ideni muringe
Hello Pamphire! Turagukunda, kandi turagukurikira cyaneee. Gusa ibyo bintu, uvuze ko Yesu atari hafi kugaruka, ubisobanure neza. Kuko hano kuri Beula uhora utubwira ko urimo gutegura umugeni wa kristo, niba Yesu atari bugufi kujyana itorero rero,nkuko ubivuze, bitandukanye nibyo utubwira! Kandi byatuma bamwe wenda birara, aho kurushaho kwitunganya no kwiyeza!!
Ariko murangiza ibiganiro koko?nuwuhe mugeni utaziko umukwe ari hafi? Gusa icyo pamphile yavuze nuko intambara ya Israel na Palestine atariyo izamumanura nkuko biri gukwirakwiza,be blessed
Ndabakunda imana imbabarire nikora isaka iyo cano ntizayifunge
Beulah weeeee wamvanye mubujiji upfata akaboko uransindajyiza ariko ubu mazegusobanucyirwa byinshi cyane habwa umujyisha pamphile we wowe numutumirwa wawe haribenshi Bari bameze nkajye Bari bafite inzara ninyota byokumenya ukuri kwijambo ryimana ariko Beulah ijyenda itumara inyota kuko ntawajyeze kuri Beulah ngo ahave uko yaje ndaba kinda cyane wowe nuwo mutumirwa wawe ariko ubwire muhire ko tumukumbuye kuri Beulah
Imana ikomeze ibahishurire
Mbasuhuje mwizina rya Yesu kristo umwami wacu,
Muvuze kwisoko ryumugisha
Ndabaza kwivunjisha rikorerwa murusengero
Imana ige iguha umugisha wo kuzayibona
Yohana 17:12 hasobanura neza uburyo yuda iskariyota yari umwana wo kurimbuka.
Ibi bintu uvuze rwose ni ukuri:Nibyo bikorwa hirya no hino munsengero
Pamphile Imana. Nyene amahoro igukomereze amaboko kandi igushigikire cane kuko uri kuvuza impanda muburyo bukomeye
Merci Pamphile wanje ❤ urakoze ncuti baronse show ikomeye ubu👍 Tuve mu vyaha nico gikuru👏
13 "Mwana w'umuntu, igihugu nikinkorera icyaha kigacumura, nanjye nkakiramburaho ukuboko kwanjye ngakuraho urushingikirizo rw'umutsima, maze nkagiteza inzara nkagitsembamo abantu n'amatungo,
14 naho cyaba kirimo abo bantu batatu, Nowa, Daniyeli na Yobu, gukiranuka kwabo kwakiza ubwabo bugingo gusa. Ni ko Umwami Uwiteka avuga.
(Ezekiyeli 14:13;14)
Ibi biganiro ni byiza rwose peee! Imana ibahe umugisha. Muri kudukangura mu buryo bw'umwuka!
Imana ibarinde kubw'ICUBAHIRO CAYO
Nkunda ukuntu muvuga mushize amanga,muhabwe umugisha n,uwiteka,turabakunda knd irivugabutumwa turarishigikiye
❤❤❤❤❤
Mwiriwe neza ga pamphile nashaka numero yanyu ya whatsp ndumurundi nkaba ndi muri muzambique
Kwiyambaza ninkokwifashisha pamphile niko umupadiri yambwiye nange nkiriwe narabisobanuje bambwira gutyo
Uko ntabwo ari ukuri. Ukuri ni uķo Kristo Yesu ntawamufashije kudupfira, yabambiwe ku karubanda, ararababazwa bikomeye kubwawe na njye kugirango dushobore kugirana ubusabane bwihariye nawe. Kuvuga ko hari umuntu twakwifashisha ngo tugere kuri Yesu byaba bivuze ko hari abo yapfiriye kurusha abandi kandi Yesu ubwe yarivugiye ati "intama zanjye ziranzi, zumva ijwi ryanjye zikankurikira" Yohana 10:27. Bivuze ko Umuntu wese wakiriye Yesu Kristo nk'umwami n'umukiza w'ubugingo bwe kandi ukijijwe neza uwo Kristo amwita intama ye, kandi ati ndamuvugisha akumva ijwi ryanjye directly, ntawe utugiye hagati! Ibyo gatolika yigisha byo kwiyambaza abantu bapfuye, ni ikinyoma cyaturutse ikuzimu kwa satani mu rwego rwo gupfobya Kristo no kubuza intama ze kumwegera ngo basabane nk'uko umukwe asabana n'umugeni we. Tube maso😳
Haricyonongeraho!aba bica cg bagakora ibibi kuri bagenzi babo,bakavugako bafashije Imana,ntimubite abakozi b'Imana, ahubwo ni aba Satani,kuko harigihe Imana ivuga umugeni,ark imyaka 50 igashira utaragenda,nimuhindure iyi mvugo,mugire muti"abakozi ba Satani,"
Muhabwumugisha n'Imana yera Kandi Ibarinde..ni family zanyu..
Turabakundape❤❤❤❤mwatumye dufunguka amaso.
❤❤
Ni Nowa
Donc muri barya bose uwarikuba faible niwe yarigukora ico gikorwa. Yuda yagiye kubimenya kuko mpwemu mubi yaramuvuyeko aca yibuka ko yakoze amakosa. Donc fata kurya umuntu yisanga yafashe umuntu akamusambanya , mpwemu mubi yabimuteye iyamuvuyeko, niho umuntu yikanga ati yooo raba ivyo nkoze.
❤❤❤❤❤❤
Kristo yitanze abishaka kugirango tubone ubugingo
Ni Yobu, Henock na Daniel
Imana nikomeze kubashigikira,mwizina rya yesu ,amen
Pamphil ndagukunda peee muhezagirwe cyane
Uwiteka abahe umugisha, ndasobanukiwe pe
Reka ndabivuge nukuri ndagukunda urumukozi w'lmana
Imana ibahe imigisha mwishi pe❤❤
Niba mwe mutabikora lmana ishimwe
Mureke urukungu rukurane namasaka
Imana ibahe umugisha
Imana ibahu mugicha
Nukuri pe😊
❤❤❤
Tubwize ukuri Koko udusobanurire neza Koko, ntabwo Yesu agiye kugaruka, pe ndumiwe , ibyo ivuga ni ukuri , batubwiye ko byanditse muri Ezekiel:37 na 38.Noneho muracanze pe!!!!! Kdi nzi neza ko ni Imana ireba mu mutima wanjye.
Hoya Betty agiye kugaruka,ark nikumwe atavuga byose,aho bagendeye kubimenyetso bivugwa kuri Jerusalem
Murimake,yahakanyeko aricyo kimenyetso,nkuko bivugwa nabenshi
Yesu ari hafi kujyana itorero biragaragara pe.