Nemeye kurya Uruhinja rwanjye kubera inzara yari inyishe - Igice cya 2 cy'Ubuhamya bwa FABIOLA 😭
HTML-код
- Опубликовано: 4 фев 2025
- #Ubuhamya_igice_cya_2_Numero_ze_0782277615
#ZABURI_NSHYA
Reba Igice cya 1 cy'Ubuhamya Bwa Fabiola hano:::: • Nemeye kurya Uruhinja ...
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Urugendo rwa Fabiola rurenze urwa Pawulo. Abakristo benshi burya bavuga Imana batazi buzuye ubusivile. Umuntu ahura nikibazo bati nigihano ninkoni y'Imana. Mbese ikigeragezo =igihano. Mana nongeye kugutinya ntumenyerwa. Fabiola warakoze kwihangana uri intwarane peeee
Turabashimira cyane kubw'iri vugabutumwa ry'inkomezi,ritwegereza Kristo mukomeza kutugezaho.Imana ibahe umugisha.Ariko bibaye byiza mwatugezaho n'igice cya 3 tukamenya neza uko Imana yaje kumusohoreza anasezerano.
Nabyo byatwubaka cyane.
Murakoze.
murakoze cyane Panfile. ubu buhamya buradufashije. twifuzaga ko muduha nimero z uyu mubyeyi. YESU ABAHE UMUGISHA
🙏Twese twari dukwiye gukunda IMANA cyane 🥰kdi tukanayitinya cyane🙈.
Kandi mukozi w’Imana isumbabyose Imana iguhe umugisha kandi igukomeze
Ishuri ryimana ntiryo roshee mmmmmmm kandi ngo ibibazo tunyuramo uyu munsi niyo mashimwe yacyu yejo🙏🏽
Mana we uri igitangaza pe. Shimwa mwami kubyo wakoze. Amen
Nukuri uyumumaman nintwari Imana izakwibukire kwihangana kwawe nkusabiye ijuru gsa jyucishamo useke👏
Murakoze cyane kubw'ububuhamya,Iby'Imana n'amayobera?? Izagutabare,ikwiyereke mubuzima bwahano kw'isi,izaguhe n'amaherezo meza.
Muduhe 3eme partie.
Imana rahambaye rwose ikora uko ishatse n'igihe ishakiye lbahe umugisha utagabanije kandi ibakomereze amaboko kugeza ku iherezo ry'urugendo.
Imana ishimwe rwose ko yakurinze kd ubu ikaguha icyerekeze kd ikaguhoza amarira yose warize
Yesu nanje uranyambika ubushobozi kk ndumunyantege nke
Imana irahambaye nabasigaye inyuma Imana nibambike imbaraga kuko iyi nzira abayicamo nibake Yesu yarabivuze.
Warakoze Yesu, Icyubahiro cyibe icyawe😍😍
Imana ibahe umugisha bakozi bImana twafashijwe cane, ibihamya vyinshi ko Imana Iriho, Ituzi kandi ko Ivuga. Nubwo Fabiola atorohew ariko Imana yatambukana nawe ikavugana nawe ntiyapfuye.
Binyibukije ijambo riri muri Yesaya 42 : 2-3 nunyura mumazi ntazagutembana. Nunyura mumuriro ntuzasha kuko jew Uwitka Imana yawe nzaba ndikumwe nawe. Hallelouiiaah. Abawurimwo mukomere Yesu adufashe akaboko ntabwo turibushe. Kandi hirya yawo hari kwibukwa no kuba mu ibihe vyiza ryumugisha. Yesu abahezagire
Muvyeyi uramfashije cane gusubira kugira izindi mbaraga zokubandanya urugendo,Imana iguhe umugisha
Ariko ndashaka kugira ico nkorera uyu mu Fabiola mwimpa number ziwe
Imana ninyabushozi bagenzi tuyubahe
Ariko Maman warakubititse pe komera komera ntakundi ishuri RYA Yesu ntibiba byoroshye
Nizeye ko wanyaturiraho umugisha kuko nanjye ndi kumusozi
Nugushaka part 3 .Fabiola ndamukunze gose
Mana yanjye!mbega ubuhamya !Imana iguhindurire amateka ,iguhe umugisha
UWITEKA arakomeye jyewe byandenze
Imana iguhumugisha jendarengewe pe niyontahe yawe
Sijawahi kusikia Ushuhuda wa Ajabu Kama huu.Mungu awabariki sana
Mwamfashije se ba nyakuvyara uwo muntu mukamunshikiriza akansengera KO nanje ibigeragezo n'indique cane.
Mbuze icyo mvuga pe gusa Imana irahambaye ngize ubwoba
Ndagukunze rwose part 3 muzayiduhe
UMVA YEMWE BA BANTU BABA BIRYA NGO BAZAKORA UKO BASHAKA IMANA IGIRA IMPUHWE.
OYA WAPI TURIBESHYA . IMANA IGIRA IMPUHWE ARIKO IGIHE IZAHANA IZAKUBITA ISHYIRE HASI NTA MPUHWE.
KANDI IYO WAYIMENYE NEZA NTUYUMVIRE IRAKUMENA, IRAGUHANA BYA SÉRIEUX.
IMANA NI SÉRIEUX MWA BANTU MWE NTA MIKINO.
Nintahe ikomeye, yesu aguhe umugisha mama
Imana iguhumigisha kuntahe nziza cane
Part3 muzayituzanire
Oh Lord God bless you for this testimony. Can you please give her contact? We also please ask you to reach her for the rest for her testimony. God bless your team
AAC
Ariko munsobanurire ndabaza sintukanye, ko twirirwa tubona abantu bari gutaka basaba ngo Imana ibagirire neza, yaba yaraguhaye ikwongera ikagusybiza mubuzima nkubgo bgo kuyikoza isoni? Njye burya birancanga kubisobanukirwa.
Mumusure vuba mutuzanire part3 kabisa. Imana yagukuyemwo igicivil kabisa. Yesu aguhezagire kandi izoguhe ijuru
Ndashaka kumenya ahoyamadorale yahereye ubwose yarasubiye muri Congo kuyafata
Amadori namazu byahereyehe koko?
Ntarwitwazo kumana ubuzima bwose wabamo
Mwiriweneza watubabarira ukaduha nimero yuwomubyeyi
Asante fabiola kwaushudah🙏🏽
Intahe yubaka. Uwo mu maman agaragara nk umuntu afis umutima mwiza kabisa. Uhoraho agukomeze.
Umuntu nkuyo nabadusigira nimero natwe tuba tumukeneye umwe wese kugiticye
This great testimony God is good all the time 🙏🙏🙏👍💞♥️🥰💯 God bless you so much Maman.
Wambabariye ukampa nbr ya fabiola uyu mukozi wimana
Mbegimana nigitangaza ishimwe kubwimirimo yakoze
Ariko ibi byose biba byarabayeho?
Imana iratinyitse kandi nurukundo Mana weeee nuhabwe icyubahiro 🙏🙏🙏❤️
none uwakenera kumuvugisha yamubona ate?
Komera shenge. Uli mwiza.
Ukomez urugamba.warakuwemwo inkamba
Part 3 twamukunze yamaher yaherey uyo mukobwa yashatsw nuyo mugabo yamuvyayek
Iman iguhe u. Ugisha
Imana iguhe umugisha
alikomana imana nayo. iratugerageza igakabya halinigihe ushaka kubivamo igafunga inzira zogusohoka agakiza nikeza aliko karyoha karyana imana iguhumugisha uzagaruke nubutaha utwiyigishilize ndafashijwe
Wadushakiye ikindi gice koko Pamphile
Miduhe nomero yiwe.
0782277615
Mwaduhaye nimeroze muzaba mukoze
Yesu ashimwe . ese mwaduhaye number z uyu mukozi w' Imana
Waciye murivyinshi lmana yarikwiye kukwibagiza lmibabaro waciyemwo
Kugira ibanga abakurikiye ubu buhamya kuko niyo yabaga mu kigeragezo ntago yitezaga abantu
Turifuza ko mwaduha numéro ya téléphone ya Fabiola
Imana iguhe umugisha mama
Amen nukuri uyu mukozi w' lmana muzamugarure twaramukunze pe kd zaburi shya yacu turayikunda cyane
Nne se azatubwri amaherezo yaya mafaranga yasiga kuri compte broque muri Congo na ya mazu yahise abiheba cagwa azasubira kuzana?
Izo numero zir kuri screen nizakoresha muri WhatsApp?
Indirimbo yahinduye ubuzima bwa benshiruclips.net/video/v_SwhHUXx2A/видео.html
Ariko mana bitumye nongeye gutinyimana
Imana.
Nabaza ibyo nukuri canke
Muduhe number ye azadusengere
Abantu basaba number muzirebe batinza ahohejuru
Muduhe number za fabiora
Helloo all
Imana nigitangaza mwari gusiga number ze
Zirahari kugice cambre ni 0782277615
Kuki mutaduha numero ziwe???
Kuva mbere kugice cambere ziriho itonde urebe kuri titre
Ndahamyako Imana idakoresha kungufu Kandi ntanuwo ihamagara kungufu muvugImana mutayizi ntikoresha nkikimashini nkuko wabivuze kuko ari URUKUNDO uzasome Bible uzabimenya neza
iyo iguhamagaye ngo uyikorere ukanga kumva ibicisha mu nzira zikomeye. najye byambayeho da
Nanje ndu murundi kazi arki nshimye ubuhamya bwiwe muduhe numéro ziwe kuj umuntu aba amukeneye kugiti ciwe
Imana iyo izagukoresha ibikomeye ikunyuza mubikomeye kdi ubumana bwayo ntawabuhangara
Mwaduha nimeroye
Mutange nimeroye irakenewe nabenji
Amen imana igiye gukora abakwibazagaho bayoberwe ruclips.net/video/SrVPNQ1DfUE/видео.html
Komutatanze numer yiwe
Ok
Imana iguhezagire mama