Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Delphine 0780 455 978
Subwo mwankunze mukama twatuntu
komera kdi wihangane twese nibibazo usibye kwihangana iyushaka kubaka uhura numuntu udafite gahunda akakwicira gahunda.
Baravuga ngo :fuite ikirezi ntamenya Ko cyera.Mwaratandukanye ariko azapfa atabonye umugore nkawe .
Iteka ngo mba kuba uwambere kuri Rweme mbabazi
Muvandi wibabara nurukurikirana rwo mu muryango wabayemo ingorane ,,rema isi yawe wihendahende pe wikunde pe natwe turagukunda imana ikaturusha kugukunda pole impore wibagirwe ayomabi wahuye nayo pole sana ubwo wabisohoye sawa ugegukira ibikomere ihangane wiyibagize ayomateka
Ntacyo babeshye urimwiza kuko waremwe mwishusho y’Imana
Delphine disi yagarutse ,naragukunze mamy❤❤
Mugore. Gukira igikomere sukukivuga gusa. Kubabarira niyonzira yogukira. Tangira kwibabarira. Babarira iwabo waso Mama wawe. Yashatse umugabo ntiyakubwira yariyihaye icyubahiro Babarira iwabo wa mama Babarira. Umugabo wakugize umugore. Ayamakuru. Uvuga. Urakijijwe ?
Ihangane muvyeyi mwiza, Imana ikiza ibikomere irahari izokugirira neza,uriko uravuga umubabaro wagize usohora utuntu twawe uvamurugo bintera amarira nciyenibuka ko numunsi nkubona iryambere ariyo majambo wavuze nisanga narize,Imana ishobora vyose izogukize akogahinda iguhe umunezero ukiri kwisi.
😊P
P I'll
Nukuri Derphine yarababaye
Ooo kubura abaguhamagara koko njyewe ndakugurira simart fon tujye tugutsapra ,tugusubize urukundo wimwe n 'umuryango wawe rwose ❤❤kandi turagukunda cyaneee ...komeraa imana irahari izakugirira neza
Habwumugisha❤❤
Abwa umugisha mama
Ahubwo wowe urihangana impore nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda 👈😊
Ndakunze ikiganiro kuko bisaba kwihangana
Uyu mugabo bazamufunge bamubaze impamvu yarongoye umugore utaruzuza imyaka kuko icyo nicyaha kidasaza.
Uyu mumama yabuze urukundo kuko ntiyakunzwe ibyabaye kuri nyina nawe byamubayeho .Inama nakugira genda ushake aho batanga ubujyanama bagufashe kuko kubaho utagira inshuti muganira ngo ubohoke birerekana ko ufite byinshi kandi ushake agakiza. uzaruhuka.
Oya Delphine uri mwiza peeeee lmana igukomeze ahubwo
URI mwiza mukunzi knd uwakwise mubi niwe uri insecure. ❤❤❤❤ impore cyane nyina Imana izakomore
mbaye uwambere kwarweme
Joseeee❤❤❤❤❤
Hhh José bite
Rwatuguhaye josepha wacu
Yoooo!!!! Nyamara uri mwiza p nubwo uft icyo gikomere ark komera cyn
Uzashake umu mama witwa Cyiza Fabiola ( Mama Bella)utuye iyo i Butate , murasa cyane munavuga kimwe wasanga mufitanye isano ya bugufi . Nawe muvuka mubice bimwe
Humura mugore mwiza ! Yesu ni muzima 🫣
Ubwose ubwiza bakubwira burihe barakubeshya disi
Umenya ariwowe barikuvuga ko uzanye itiku ryinshi😏
Nimwizaa pe ahubwo ntubona
Ariko abo ba pasteur bakijijwe iki niba bihakana umwana ugakurana umubabaro ungana gutya??bagombaga kugukurikirana kuko uri amaraso yabo kandi bantu mwirengagiza amaraso yanyu muzabibazwa mu ijuru iki ki icyaha gikomeye.Komera mama.
Yoooo 😢😢😢😢ingo zubu biragoye twe tukiri single ntarugero rwiza tubona mububatse pee😢
Oya,Ingo nziza turazugatse,
Zirahari ahubwo Gerd azishake nazo azizanee
Erega iy'isi dutuyeho iyobowe n'imyuka mibi,Ariyo mpamvu buri wese ubona agendana ibibazo aribyo bitera gukomereka gusa njye ubushakashatsi nakoze ni uko iyo ushaka kubaka shitani ariwe muyobozi w,iy'isi aguha wa muntu wagira ngo ni gatumwa ! Ibikomere bikiyongera!
Nonese ubu ufite umugabo?
Uwo mugabo ni umu narcissist bene nkabp ntabwo ashima ibyiza n’abaca ntege, abanyz mashyari mbese yagusaza neza , Iyo utabazi byatuma wumva Ko ari wowe kibazo!!! Mpore bambe Imana iragukunda❤
Imana igukomez mugenzi igifise intango kigira niherezo
Wihangane mugore mwiza disi mama Rweme turahukunda hano Uganda
Urimwizacyane abarikuvugako utarimwiza nibigarasha gusa
Uyu mu mama nimwiza pe,inyuma n'imbere
Ikiganiro "Inkuru yanjye" ndagikunda ariko ntimwavuze ubu ingene DELPHINA abayeho.
Ubwose urimwiza wapi
Yabwiye uwari uje kumwica ngo agende gake atangiza ibikorwa bye. Umuhanga wabayeho mu mateka.ruclips.net/video/4pbhYyjA8fk/видео.htmlsi=RwiCYhAzTTWl4XNl
Derefine. Imana yoyakurinze. Gushika. Uyumusi. Imana. Yoyo iragukunda. Ubuyaguhaye. Abandi. Bakuganiri. Nanje. Ndagukunda. Imana. Ninziza. Nanje. Nunva. Unyigishije. Ukwihangana
Erega urabarenganya sibo bakwanga ni Satan ukwanga kuko haricyo yakubonyemo wenda uzamurwanya rero Satan yanze Yesu amukubitisha abantu kd ikizakubwira ko Satan akwanga nugushatse nawe arakwanga
Komera mubyeyimwiza nubwo byakugendekeye gutyo wimereko imana mwabanye kd mugihecyayo ishora kugukiza ibikomerebyawe byose ikaguha umunezero
Bone ntiwasanga tubona ubwiza ntitubone ingeso!
Ibyo uvuga nibyo kuko ubwiza bw'umugore si uburanga gusa
Sha mbabarira mbabarira ujye wishakamo umunezero . Jy'unezerwa umwenyure , Isi ! Iyi Si ! Yihorere nikw'imeze . Nabuze icyo navuga ariko umunezero mwinshi n'ibyiza byinshi biri imbere yawe .
Delphine polesan warababayep! Jewendumurundi nakurikiyeiki ganirocabanje nukurikwisibiba hoarikoihanga nebizoherakandi nukuri urimwiza gusaumugabo yakubereye umugomekomera
RWEME ABAMAMAN BAKUDA ABANGABO KURUTA ABANA BABO NIBESHI NABAVANDIMWE BAKABANGA NIBESHI IWACU IMANA ITABARA NIMWEGERE
Ariko Gerard nikuberiki uhora wakira abagoregusa ese ntabagabo bafitibibazo?
Harumugabo uruta abandi yesu yesu ibaze. Kuki umuntu wese muhuye uhura nugukomeretsa. Shaka yesu Ibyo uvuga sugusebya
Nukuri simbabashye nabonaga ishusho ye ntayifunguye nkagira ngo n'umugabo 🙈
Kudakunda umuntu singombwa kumufata nabi rwose lmana iduhe ubwenge .
Pore mama ihorere
Umugabo wese ukubita umugore ,Njyewe mubonamo ubucucu( igicucu).Umugore ni umudakubitwa.
reka ngewe yankubita 1 ariko ntiyankubita 2,umugore ubyemera nawe mbona abafite ikibazo
@@mariembasabire5326ngo utaraburogwa avuga ngo mburiye nabunnya ariko iyo bikugezeho nibwo ubyumva cg ubimenya ko byose bishoboka
Ntababeshe njewe niryo rimwe yabikora antunguye wenda yankubita, ariko atantunguye ntiyankoraho peee, ikindi ntiyankubita ngo mwihorere peeee, yewe nisafuriya yuzuye amazi nayizana, apuuuu
@@Francinekayitesi986 utarabona niwe uvuga sha jurareka!!!!!
Bavandi uyu mumama yahuye nuruvagusenya kugezaho arikwibagirwa ibyo Rweme Mbabazi amubajije ni hatari kweri
Humura mama,ikunde maze wikundire n,abana uzabarinde karande yakubayeho,kd ibihe byiza biri imbere
Ibuka. Yuko utakuzwe. Nawe usize abana nawe ntubakunda Harikintu kintagajye gushima mama. Kurashima mama gute?ukimusebya Urasenga gute?usebanya Abaguhemukiye. Nawe ubasebya nide ukiranuka Muve muribyo vmwabagore mwe ayomatorero mwakuriyemo yemera ko uvuga ibyo
Ubwo niwowe ubakunze buryarere nyiricyaha yiruka ntacyi mwirukankanye
Yoooo humura Nyagasani niwe womora ibikomere duhura nabyo.Kandi wibuke ko Imana iyo igukerereje inagutegera.Humura ibyiza biri imbere ❤❤❤❤
Sha ihangane ukomere kd uko wavutse nuko wakuze ntibikuraho Umugambi wlmana mwiza lgufiteho turagukunda
Ariko ubu uyu mugore ajya aseka ra 🤔 none se wabana numugore udaseka🤷
Oya ntukavuge ngo ntakiza cyabagabo,abagabo beza babahp ,kuko wahuye nibyamaswa ariko infura ziracyabaho
Mbona. Mutanga ubuhamya bugahinduka. Gusebya mama waramusebejye iwabo warabasebejye Umugabo uramusebejye Iwabo humugabo urahasebejye Umugabo wa mama wawe uramusebejye Banyokowanyu urahasebejye Kwaso. Urahasebejye kizwa kizwa Mubyukuri banza wikosore ubwiza bwuburanga budahuye namagambo uvuga nibyo uvuga
Ndumva ubagiriyi mpuhwe nawe uru muhemu mubandi
wihangane Delphine, bibaho ariko Uwiteka ari aharengeye kandi yiteguye kuguhoza.
Imana ntaho itagukura ubuzimabwawe bisa nubwajyep gusa ntampu Imana izaduhoza kuko najye nanubu ntacyababa
Mpore mpore muvyeyi mwiza weeee.abantu bagukoreye nabiii bazobure amahoro mumaso yawe.
Sha nuko nkennye nagufasha kuko uratuje,nta bugegera ufite,kandi impore mama
Uhoraho akurengere Kandi akuremere ivyishimo
Umuntu ugaragaza ubwiza murubwo buzima yabayemo uwamuha ubuzima bwiza yasa ate
Urimwiza chr icyambere nukwikunda humura Imana izakugirira neza❤❤❤
Uri mwiza nubwo utabikunda kubyumva!Turahukunda kandi tuzajya tukuba hafi
Ihangane pe,kwihimura kwiza nukubaho neza,humura amarira uzayashira
Pore hari impamvu ntakitagira iherezo
Arko abantu twahanzweho rwose ndabaza iyo umuntu avuze ngo urimubi muriwe abona ko hari undi umurenze koko ndebera ubwiza ufite ubuse harubundi bwiza busumbye ubwo mbona ah sinzi abantu ducyeneye abantu nkaba nitubabona hanyuma abadashobotse bakabaronka manawe!?
Ihangane turagukunda
Nonese ubonye umugabo ugushaka wamwemerax?
@@NiyobuhungiroEmmuelhhh uzamuterete umwemeze , umuhate urukundo yabuze , Kandi wiyemezeko uzamukundira n 'abanaaa...
@@NiyobuhungiroEmmuel haha fatiraho urebe ko wamuvura ibikomere ikibazo nuko waza aho gukomeretsa wowe ukaza uri umwicanyi😏
Jera ndagukunda peee uzihangane utugarure kKavatiri turagakumbuye
Humura rwose jye ndabizi neza bibaho abalone benshi beza bararuha
Ibaze kweri waratesetse ariko uhangane😊
Nibyobyichimo byawe kandi bazaguhozamarira
Komer.njewe.uvuga.mama.wihagane
Uyu mudamu disi afite agahinda amaso yabaye rouge komera ariko mama
Fuite abana4 kabone ndiyo waba ufite 10.ubwo uzashaka gushaka uzambwire tuzakore ubukwe bigaragara
Ubwowowe ntubeshya koko
Umvambese🤔
Yooo delphine wee ubuzima bwawe peeee burasa nubwanjye ubu najye narihanganye kumunota wanyuma ashaka kunyica nijoro mpita nvayo urunva njye ni ejo bundi 11 November nibwo nafashe ibyanjye ndajyenda nari byaye kabiri ark ubu ndamahoro nahise nijyira mu barabu dubai nobonye akazi ark humura nawe uzatabarwa
Abana bawe warabasize se cg warabajyanye?
Kandi byose imana irabireba kandi ichobora byose
Gusa Imana yadunze mbereyuko tubaho
Iryo ni ijambo kirimbuzi risenya ingo, kubatabizi mubimenye, iyo ri wiwe abasanzwe bubatse, kandi rikabwirwa abiyubakiye izabo kugira bazite.Mwihangane mukobwa w' Imana
Yarapolofise arikonibyiza ko wabyaye abana
Amateka yo Kugisagara yarahindutse? Ariko inseko nubundi ntayo pe! Ni ukuri jya wishing umwenyure.
Wapi ncuti yange,ntabwo guseka byapfa kuza nta mpamvu yabyo ,wowe ushobora kutabyumva kko utazi ubwo buzima ark nge uno mubyeyi ndamwumva cyane kurenza undi muntu.bamwe mushobora kumva ko bitanabaho ari gukabya ariko umuntu aragerageza bikanga nacyo utakoze ngo wubake ark umugabo akakubera ishitani yigendera.
Ihangane uve muri social media si byiza. Uri kwivamo ugakabya.
urumvako aje gushyira umubyeyi we hanzeko yashatse abagabo 3 abantu kiki batagira ibanga
❤❤
Ndefine
Urimwiza mama imana irakuzi
Imana iguhe ihumure mubyeyi
Pole Delphine 😢😢
Komera mama❤❤❤❤
komera mama imana irakuzi
Uri mwiza cyane😊
Imana ijye iguha kwihangana ,warababaye ariko komera💪💪
Mbaye uwambere mumpe lik
Naba nawe mwaratanye
Hhh wowese si uburenganzira bwawe gutandukana n 'umuntu ukubangamiye kweri !?
Wowe bimeze bite? Abenshi imitima yuzuye ibikomere
Ariko Ibi kugira ngo byemerwe nuko habazwa kumpande zombi naho ubundi ibi ntawapfa kubyemera ubwo se uwomugabo se yaba Ari nyamaswa gati ki🤔
None ubwiza burihe?
@MUKANGIRAAPOPHIA,Ububi se wowe hari ubwo ubonye?
Ahubwo c Aho Atari mwiza nihe? Ark mwabaye mute
@@rachelmugema7247 ubwo kurata ntabwo pe
Ariko warinze ururimi rwawe
Ni mwiza pe.
sijya mbasha kumva izinkuru zivuna umutima wange 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 gushaka uwo udakunda mukabyarana natwe niho twavuye uko byagenda kose byangiza ibindi abo bashakanye ndetse kandi abana bakabigenderamo kubona mama wawe akubitwa kwitwa ibinyendaro 😭😭😭😭 abatagira ubwenge mana imitima ya mama yarashavuye uzabahe kubona ibyiza bakiriho uravuga inkuru nkumva ni mama wange nubwo twakuze byanze gushira mpora mbisaba imana kutabona urukundo rwaho uvuka basi izaduhe abazadukunda iturinde kuzongera kubona ububuzima twavukiyemo 😭😭😭😭😭😭😭
Ariko nyamara ntabwo urimwiza pe usanabndi nose cyene nkanjye hanope nawe wabyibeshyagaho
Ufse ubugugu wamuntu We knd ugwaye namaso utabonako uyomugore arimwiza
Basi se warize
Ubwiza uvuga ufite njye ntabwo mbona pe.Nahengekereje ndabura
Ahubwose wowe urasa Ute , ububibwe urabubonahe ? Ahubwo derefine afite n 'utwanwa twubukungu .
Sha nimwiza pe !wewe ngira harico mupfa
Yewe uyu mugore ni mwiza pee!Ahubwo wowe sinzi icyo mupfa.
Nimwiza ndetse cyaane kiretse umuntu ufise Satani
Iki kidamu nikiza p
Delphine 0780 455 978
Subwo mwankunze mukama twatuntu
komera kdi wihangane twese nibibazo usibye kwihangana iyushaka kubaka uhura numuntu udafite gahunda akakwicira gahunda.
Baravuga ngo :fuite ikirezi ntamenya Ko cyera.
Mwaratandukanye ariko azapfa atabonye umugore nkawe .
Iteka ngo mba kuba uwambere kuri Rweme mbabazi
Muvandi wibabara nurukurikirana rwo mu muryango wabayemo ingorane ,,rema isi yawe wihendahende pe wikunde pe natwe turagukunda imana ikaturusha kugukunda pole impore wibagirwe ayomabi wahuye nayo pole sana ubwo wabisohoye sawa ugegukira ibikomere ihangane wiyibagize ayomateka
Ntacyo babeshye urimwiza kuko waremwe mwishusho y’Imana
Delphine disi yagarutse ,naragukunze mamy❤❤
Mugore. Gukira igikomere sukukivuga gusa. Kubabarira niyonzira yogukira. Tangira kwibabarira. Babarira iwabo waso
Mama wawe. Yashatse umugabo ntiyakubwira yariyihaye icyubahiro
Babarira iwabo wa mama
Babarira. Umugabo wakugize umugore.
Ayamakuru. Uvuga. Urakijijwe ?
Ihangane muvyeyi mwiza, Imana ikiza ibikomere irahari izokugirira neza,uriko uravuga umubabaro wagize usohora utuntu twawe uvamurugo bintera amarira nciyenibuka ko numunsi nkubona iryambere ariyo majambo wavuze nisanga narize,Imana ishobora vyose izogukize akogahinda iguhe umunezero ukiri kwisi.
😊P
P I'll
Nukuri Derphine yarababaye
Ooo kubura abaguhamagara koko njyewe ndakugurira simart fon tujye tugutsapra ,tugusubize urukundo wimwe n 'umuryango wawe rwose ❤❤kandi turagukunda cyaneee ...komeraa imana irahari izakugirira neza
Habwumugisha❤❤
Abwa umugisha mama
Ahubwo wowe urihangana impore nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda 👈😊
Ndakunze ikiganiro kuko bisaba kwihangana
Uyu mugabo bazamufunge bamubaze impamvu yarongoye umugore utaruzuza imyaka kuko icyo nicyaha kidasaza.
Uyu mumama yabuze urukundo kuko ntiyakunzwe ibyabaye kuri nyina nawe byamubayeho .Inama nakugira genda ushake aho batanga ubujyanama bagufashe kuko kubaho utagira inshuti muganira ngo ubohoke birerekana ko ufite byinshi kandi ushake agakiza. uzaruhuka.
Oya Delphine uri mwiza peeeee lmana igukomeze ahubwo
URI mwiza mukunzi knd uwakwise mubi niwe uri insecure. ❤❤❤❤ impore cyane nyina Imana izakomore
mbaye uwambere kwarweme
Joseeee❤❤❤❤❤
Hhh José bite
Rwatuguhaye josepha wacu
Yoooo!!!! Nyamara uri mwiza p nubwo uft icyo gikomere ark komera cyn
Uzashake umu mama witwa Cyiza Fabiola ( Mama Bella)utuye iyo i Butate , murasa cyane munavuga kimwe wasanga mufitanye isano ya bugufi . Nawe muvuka mubice bimwe
Humura mugore mwiza ! Yesu ni muzima 🫣
Ubwose ubwiza bakubwira burihe barakubeshya disi
Umenya ariwowe barikuvuga ko uzanye itiku ryinshi😏
Nimwizaa pe ahubwo ntubona
Ariko abo ba pasteur bakijijwe iki niba bihakana umwana ugakurana umubabaro ungana gutya??bagombaga kugukurikirana kuko uri amaraso yabo kandi bantu mwirengagiza amaraso yanyu muzabibazwa mu ijuru iki ki icyaha gikomeye.Komera mama.
Yoooo 😢😢😢😢ingo zubu biragoye twe tukiri single ntarugero rwiza tubona mububatse pee😢
Oya,Ingo nziza turazugatse,
Zirahari ahubwo Gerd azishake nazo azizanee
Erega iy'isi dutuyeho iyobowe n'imyuka mibi,Ariyo mpamvu buri wese ubona agendana ibibazo aribyo bitera gukomereka gusa njye ubushakashatsi nakoze ni uko iyo ushaka kubaka shitani ariwe muyobozi w,iy'isi aguha wa muntu wagira ngo ni gatumwa ! Ibikomere bikiyongera!
Nonese ubu ufite umugabo?
Uwo mugabo ni umu narcissist bene nkabp ntabwo ashima ibyiza n’abaca ntege, abanyz mashyari mbese yagusaza neza , Iyo utabazi byatuma wumva Ko ari wowe kibazo!!! Mpore bambe Imana iragukunda❤
Imana igukomez mugenzi igifise intango kigira niherezo
Wihangane mugore mwiza disi mama Rweme turahukunda hano Uganda
Urimwizacyane abarikuvugako utarimwiza nibigarasha gusa
Uyu mu mama nimwiza pe,inyuma n'imbere
Ikiganiro "Inkuru yanjye" ndagikunda ariko ntimwavuze ubu ingene DELPHINA abayeho.
Ubwose urimwiza wapi
Yabwiye uwari uje kumwica ngo agende gake atangiza ibikorwa bye. Umuhanga wabayeho mu mateka.
ruclips.net/video/4pbhYyjA8fk/видео.htmlsi=RwiCYhAzTTWl4XNl
Derefine. Imana yoyakurinze. Gushika. Uyumusi. Imana. Yoyo iragukunda. Ubuyaguhaye. Abandi. Bakuganiri. Nanje. Ndagukunda. Imana. Ninziza. Nanje. Nunva. Unyigishije. Ukwihangana
Erega urabarenganya sibo bakwanga ni Satan ukwanga kuko haricyo yakubonyemo wenda uzamurwanya rero Satan yanze Yesu amukubitisha abantu kd ikizakubwira ko Satan akwanga nugushatse nawe arakwanga
Komera mubyeyimwiza nubwo byakugendekeye gutyo wimereko imana mwabanye kd mugihecyayo ishora kugukiza ibikomerebyawe byose ikaguha umunezero
Bone ntiwasanga tubona ubwiza ntitubone ingeso!
Ibyo uvuga nibyo kuko ubwiza bw'umugore si uburanga gusa
Sha mbabarira mbabarira ujye wishakamo umunezero . Jy'unezerwa umwenyure , Isi ! Iyi Si ! Yihorere nikw'imeze . Nabuze icyo navuga ariko umunezero mwinshi n'ibyiza byinshi biri imbere yawe .
Delphine polesan warababayep! Jewendumurundi nakurikiyeiki ganirocabanje nukurikwisibiba hoarikoihanga nebizoherakandi nukuri urimwiza gusaumugabo yakubereye umugomekomera
RWEME ABAMAMAN BAKUDA ABANGABO KURUTA ABANA BABO NIBESHI NABAVANDIMWE BAKABANGA NIBESHI IWACU IMANA ITABARA NIMWEGERE
Ariko Gerard nikuberiki uhora wakira abagoregusa ese ntabagabo bafitibibazo?
Harumugabo uruta abandi yesu yesu ibaze. Kuki umuntu wese muhuye uhura nugukomeretsa. Shaka yesu
Ibyo uvuga sugusebya
Nukuri simbabashye nabonaga ishusho ye ntayifunguye nkagira ngo n'umugabo 🙈
Kudakunda umuntu singombwa kumufata nabi rwose lmana iduhe ubwenge .
Pore mama ihorere
Umugabo wese ukubita umugore ,
Njyewe mubonamo ubucucu( igicucu).
Umugore ni umudakubitwa.
reka ngewe yankubita 1 ariko ntiyankubita 2,umugore ubyemera nawe mbona abafite ikibazo
@@mariembasabire5326ngo utaraburogwa avuga ngo mburiye nabunnya ariko iyo bikugezeho nibwo ubyumva cg ubimenya ko byose bishoboka
Ntababeshe njewe niryo rimwe yabikora antunguye wenda yankubita, ariko atantunguye ntiyankoraho peee, ikindi ntiyankubita ngo mwihorere peeee, yewe nisafuriya yuzuye amazi nayizana, apuuuu
@@Francinekayitesi986 utarabona niwe uvuga sha jurareka!!!!!
Bavandi uyu mumama yahuye nuruvagusenya kugezaho arikwibagirwa ibyo Rweme Mbabazi amubajije ni hatari kweri
Humura mama,ikunde maze wikundire n,abana uzabarinde karande yakubayeho,kd ibihe byiza biri imbere
Ibuka. Yuko utakuzwe. Nawe usize abana nawe ntubakunda
Harikintu kintagajye gushima mama. Kurashima mama gute?ukimusebya
Urasenga gute?usebanya
Abaguhemukiye. Nawe ubasebya nide ukiranuka
Muve muribyo vmwabagore mwe ayomatorero mwakuriyemo yemera ko uvuga ibyo
Ubwo niwowe ubakunze buryarere nyiricyaha yiruka ntacyi mwirukankanye
Yoooo humura Nyagasani niwe womora ibikomere duhura nabyo.
Kandi wibuke ko Imana iyo igukerereje inagutegera.
Humura ibyiza biri imbere ❤❤❤❤
Sha ihangane ukomere kd uko wavutse nuko wakuze ntibikuraho Umugambi wlmana mwiza lgufiteho turagukunda
Ariko ubu uyu mugore ajya aseka ra 🤔 none se wabana numugore udaseka🤷
Oya ntukavuge ngo ntakiza cyabagabo,abagabo beza babahp ,kuko wahuye nibyamaswa ariko infura ziracyabaho
Mbona. Mutanga ubuhamya bugahinduka. Gusebya mama waramusebejye iwabo warabasebejye
Umugabo uramusebejye
Iwabo humugabo urahasebejye
Umugabo wa mama wawe uramusebejye
Banyokowanyu urahasebejye
Kwaso. Urahasebejye kizwa kizwa
Mubyukuri banza wikosore ubwiza bwuburanga budahuye namagambo uvuga nibyo uvuga
Ndumva ubagiriyi mpuhwe nawe uru muhemu mubandi
wihangane Delphine, bibaho ariko Uwiteka ari aharengeye kandi yiteguye kuguhoza.
Imana ntaho itagukura ubuzimabwawe bisa nubwajyep gusa ntampu Imana izaduhoza kuko najye nanubu ntacyababa
Mpore mpore muvyeyi mwiza weeee.abantu bagukoreye nabiii bazobure amahoro mumaso yawe.
Sha nuko nkennye nagufasha kuko uratuje,nta bugegera ufite,kandi impore mama
Uhoraho akurengere
Kandi akuremere ivyishimo
Umuntu ugaragaza ubwiza murubwo buzima yabayemo uwamuha ubuzima bwiza yasa ate
Urimwiza chr icyambere nukwikunda humura Imana izakugirira neza❤❤❤
Uri mwiza nubwo utabikunda kubyumva!
Turahukunda kandi tuzajya tukuba hafi
Ihangane pe,kwihimura kwiza nukubaho neza,humura amarira uzayashira
Pore hari impamvu ntakitagira iherezo
Arko abantu twahanzweho rwose ndabaza iyo umuntu avuze ngo urimubi muriwe abona ko hari undi umurenze koko ndebera ubwiza ufite ubuse harubundi bwiza busumbye ubwo mbona ah sinzi abantu ducyeneye abantu nkaba nitubabona hanyuma abadashobotse bakabaronka manawe!?
Ihangane turagukunda
Nonese ubonye umugabo ugushaka wamwemerax?
@@NiyobuhungiroEmmuelhhh uzamuterete umwemeze , umuhate urukundo yabuze , Kandi wiyemezeko uzamukundira n 'abanaaa...
@@NiyobuhungiroEmmuel haha fatiraho urebe ko wamuvura ibikomere ikibazo nuko waza aho gukomeretsa wowe ukaza uri umwicanyi😏
Jera ndagukunda peee uzihangane utugarure kKavatiri turagakumbuye
Humura rwose jye ndabizi neza bibaho abalone benshi beza bararuha
Ibaze kweri waratesetse ariko uhangane😊
Nibyobyichimo byawe kandi bazaguhozamarira
Komer.njewe.uvuga.mama.wihagane
Uyu mudamu disi afite agahinda amaso yabaye rouge komera ariko mama
Fuite abana4 kabone ndiyo waba ufite 10.ubwo uzashaka gushaka uzambwire tuzakore ubukwe bigaragara
Ubwowowe ntubeshya koko
Umvambese🤔
Yooo delphine wee ubuzima bwawe peeee burasa nubwanjye ubu najye narihanganye kumunota wanyuma ashaka kunyica nijoro mpita nvayo urunva njye ni ejo bundi 11 November nibwo nafashe ibyanjye ndajyenda nari byaye kabiri ark ubu ndamahoro nahise nijyira mu barabu dubai nobonye akazi ark humura nawe uzatabarwa
Abana bawe warabasize se cg warabajyanye?
Kandi byose imana irabireba kandi ichobora byose
Gusa Imana yadunze mbereyuko tubaho
Iryo ni ijambo kirimbuzi risenya ingo, kubatabizi mubimenye, iyo ri wiwe abasanzwe bubatse, kandi rikabwirwa abiyubakiye izabo kugira bazite.
Mwihangane mukobwa w' Imana
Yarapolofise arikonibyiza ko wabyaye abana
Amateka yo Kugisagara yarahindutse? Ariko inseko nubundi ntayo pe! Ni ukuri jya wishing umwenyure.
Wapi ncuti yange,ntabwo guseka byapfa kuza nta mpamvu yabyo ,wowe ushobora kutabyumva kko utazi ubwo buzima ark nge uno mubyeyi ndamwumva cyane kurenza undi muntu.bamwe mushobora kumva ko bitanabaho ari gukabya ariko umuntu aragerageza bikanga nacyo utakoze ngo wubake ark umugabo akakubera ishitani yigendera.
Ihangane uve muri social media si byiza. Uri kwivamo ugakabya.
urumvako aje gushyira umubyeyi we hanzeko yashatse abagabo 3 abantu kiki batagira ibanga
❤❤
Ndefine
Urimwiza mama imana irakuzi
Imana iguhe ihumure mubyeyi
Pole Delphine 😢😢
Komera mama❤❤❤❤
komera mama imana irakuzi
Uri mwiza cyane😊
Imana ijye iguha kwihangana ,warababaye ariko komera💪💪
Mbaye uwambere mumpe lik
Naba nawe mwaratanye
Hhh wowese si uburenganzira bwawe gutandukana n 'umuntu ukubangamiye kweri !?
Wowe bimeze bite? Abenshi imitima yuzuye ibikomere
Ariko Ibi kugira ngo byemerwe nuko habazwa kumpande zombi naho ubundi ibi ntawapfa kubyemera ubwo se uwomugabo se yaba Ari nyamaswa gati ki🤔
None ubwiza burihe?
@MUKANGIRAAPOPHIA,Ububi se wowe hari ubwo ubonye?
Ahubwo c Aho Atari mwiza nihe? Ark mwabaye mute
@@rachelmugema7247 ubwo kurata ntabwo pe
Ariko warinze ururimi rwawe
Ni mwiza pe.
sijya mbasha kumva izinkuru zivuna umutima wange 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 gushaka uwo udakunda mukabyarana natwe niho twavuye uko byagenda kose byangiza ibindi abo bashakanye ndetse kandi abana bakabigenderamo kubona mama wawe akubitwa kwitwa ibinyendaro 😭😭😭😭 abatagira ubwenge mana imitima ya mama yarashavuye uzabahe kubona ibyiza bakiriho uravuga inkuru nkumva ni mama wange nubwo twakuze byanze gushira mpora mbisaba imana kutabona urukundo rwaho uvuka basi izaduhe abazadukunda iturinde kuzongera kubona ububuzima twavukiyemo 😭😭😭😭😭😭😭
Ariko nyamara ntabwo urimwiza pe usanabndi nose cyene nkanjye hanope nawe wabyibeshyagaho
Ufse ubugugu wamuntu We knd ugwaye namaso utabonako uyomugore arimwiza
Basi se warize
Ubwiza uvuga ufite njye ntabwo mbona pe.Nahengekereje ndabura
Ahubwose wowe urasa Ute , ububibwe urabubonahe ? Ahubwo derefine afite n 'utwanwa twubukungu .
Sha nimwiza pe !wewe ngira harico mupfa
Yewe uyu mugore ni mwiza pee!
Ahubwo wowe sinzi icyo mupfa.
Nimwiza ndetse cyaane kiretse umuntu ufise Satani
Iki kidamu nikiza p