Muraho neza uncle Musoni, jye ndi fan wanyu kuva nkiri Akana gato I Burundi ntangira ecole primaire ntashye mvuye kwiga mu ngagara hari indirimbo yakundaga guhita kuri radio Burundi bagifungura saa tanu, yitwa Amayobera. Ikindi kandi rimwe na rimwe hari igihe indirimbo zawe njya nzitiranya na kabengera gabriel.un artiste qui a marque toute mon enfance. Murakoze cyane mugire ibihe byiza.
iyaba nari mfite ubushobozi ngo mbashyigikire...wenda tumaze kugira imbaraga ministere y'umuco yabona ko yakererewe kuactinga Sinon aho society nyarwanda igana as far as the culture is concerned ni habi
Nukuri Turishimye Pee Nuko Oncle Wange Sebanani ,Yatashye, Nawe Aba Ahari Ndabishimiye Rungano Rwa Marume
BENI WAdUHA wamuhanzi witwa jobayideni INTAREITYENZA INDIRIMBOZE ZOSONUMUKUNZIWAWAWEMOISKABARORE MURAKOZE❤❤❤❤❤❤❤
Turabakunda Ben Nganji
Nukuri bahanzi beza Imana ibahaze uburame kko mwakoze ibyingenzi❤️❤️❤️❤️
Ni benshi man ujye utumira nka 3 cy 2 badutaramire . Gusa no kumenya ko bakiriho ni sawa
KT radio yubahwe Ben nyagasani aguhe imigisha kubwo gutumira ayomasomero yose
Turamwemera
Magnifique ayo makuru Ya Monde sans Frontières Muhabura. Grandes Salutations à ses Grands Monsieurs.
Ariko Heri ararenze. Nta ndirimbo Atari kunjiramo.
Murakoze cyane mbakulikila ndi mur daresalaam ni naganira musuhurize papa wanjye muzehe kalabudiyan
Maksnyaga turamwemera
Condo Gedeon yari incuti ya papa wange. ( Cpt Nsengiyumva Bernard)
Muraho neza uncle Musoni, jye ndi fan wanyu kuva nkiri Akana gato I Burundi ntangira ecole primaire ntashye mvuye kwiga mu ngagara hari indirimbo yakundaga guhita kuri radio Burundi bagifungura saa tanu, yitwa Amayobera. Ikindi kandi rimwe na rimwe hari igihe indirimbo zawe njya nzitiranya na kabengera gabriel.un artiste qui a marque toute mon enfance. Murakoze cyane mugire ibihe byiza.
Mrc my frnd
Urigutwika uzatumire nabandi bahanzi. Batwika❤
Erega abayobora izo Ministere ntabwo bazi neza aba bagabo,kuko abenshi ntibabazi!!!!!
Harya Heri Mukasa aririmbira hehe ?
i
Kdi ngo ministere y'umuco irahari.....imaze iki se?
Nonese kombona arabagabo gusa abagore ntago baririmbaga hambere
Ben muraho twishimye hono I gisagara save tiragunda
Mukomereze aho kbs ndabemera cyane
Murakagirimana Murwanda basaza bumusica nyarwanda bravo.....
Beni ntumvuge amazina ibiganiro byawe turabikunda cyane, dufite ikibazo hano mu karere ka kicukiro umurenge wa Gatenga akagari ka karambo umudugudu wa jyambere, Beni dufite ikibazo ubu nta mutwarasibo dufite ndete ntana mutekano dufite bombi batawe muri yombi bazira ibintu byibyibano Beni mudufashe ubutugize ikibazo ntitwasimbuka inzego murakoze
Muzadushakire amateka y'umuhanzi kalimba deo waririmbye indirimbo umugaragu w'urukundo, ndetse n'abaririmbye indirimbo urukundo rukuze muri les fellows
Murakoze
Iyi N,Impano Twibitseho Nukuri Imana Ibahaze Uburame
Mana yange , Ben Nganji wibareeee mukundwa, Munyensanga Inocent, Songa mbere bambe , urimfura, Inkotanyi cyane komerezaho musazaaa
iyaba nari mfite ubushobozi ngo mbashyigikire...wenda tumaze kugira imbaraga ministere y'umuco yabona ko yakererewe kuactinga
Sinon aho society nyarwanda igana as far as the culture is concerned ni habi
Ben Nganji...ndakwemera..
Unkoreye umunsi mwiza.
Ntugasaze...
Kwa Lando mwarayantwaye igihe cy'IRAangira 2002-2003😮😊
Makanyaga nibindi bindi
Yewe Tata wee
Iyi ndirimbo Muhabura baririmbye naraye nibaza
Mon Dieu nyikunda byasaze
Ben uri umunyamwuga kbsa.....lmana ijye igufasha muri byose
Nganji uzashake umuntu bita mparirwa murasa from USA 🇺🇸
Ndabaku
ndacyane
Ndemeye mwarakoze ntabwo zizasaza indirimbo zirimo ubuhanga buhambaye
Turabakunda
Ben Nganji unkoreye ijoro PAPA, kunda cyane Musaza
Ben we ndagukunda sana ijoro ryiza
Mbega byiza!