M. Charlè ndagushyigikiye pe! Kuba umudame yabaho adasambana birashoboka ndetse cyane!Ikindi abantu bavuga ko bidashoboka abenshi ni abagabo nubundi ni ibisanzwe turabazi kuko bo barabikora bafite n'abagore! Abagore bumva ko nta washobora kudasambana nabo si shyashya ni bamwe baba barimenyereje gusambana kuva na mbere!Ariko Imana ifite imbaraga zikomeye kdi kuziha umuntu waziyisabye si igitangaza!kdi na none biterwa na measures umuntu yifatiye ku giti cye!Rata wowe Imana igushoboze ntuzivangire.
Intwari,umuntu wuzuye,umutima wimpuhwe bisa bitya. Nubaho muri ubu buryo uzamenye ko uzarama. Thank you to Sabin and Maman Charlene. You both heroes and much appreciate ❤❤❤
Mama charlene ndagukunda kd uranyubaka kuva natangira kukumva wubaka emotional feelings but: Mubigaragara uri inkazi,bingare ark iri strong Ukunda cash cyane Ntuvugirwamo Urata ubukire = inkirabuheri Hari umugore nzi umeze nkawe witwa Goreth Gusa uri uwumumaro muri iyi societe uruta ba pst claude birirwa babwejagura❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Yesu azagushoboze ugeze imperuka. Ndakwibuka disi uri ku gikarayi wariyakiriye ariko ntucike intege. Nshinye Yesu uhindura amateka. Yesu akurinde rata abanyeshyari.
Maman Charlène Ndakwikundira tu es juste muri wowe Noir c'est Noir et Blanc c'est Blanc. Sabin Ngusabira imigishya buri munsi. Je vous aime beaucoup ❤❤ Grâce From Belgique 😘💓🌹
Jye nemeranywa na Mama Charlene,kuko usibye no kuba utabana n,umugabo ushobora no kuba mufite aliko yarakunaniye akaba yaguteza ba bagabo b,ibigoryi Bibiriya ivuga.Aliko icyo mpamya cyo Hari ibintu bibiri Jye mpamya bishoboza umuntu .Icyambere iyo wihaye íntego yo kuba Umudamu w,agaciro icyo kintu kirakomeye kuko uhora uhagaze kuri ako gaciro.Ikindi ni icyo M.Charlene yavuze cy,Umwuka Wera kirakomeye Cyane kuko uwufite akemera buyoborwa nawo aba yuzuye ntapfa kunyeganyezwa n,ikibonetse cyose.Imana ikomeze igushoze Mamã Charlene kandi ndazi ko Atari wowe wenyine uri muri urwo rugamba.Turagukunda♥️♥️♥️
KANDA HANO UREBE MAMA CHARLENE MU GIKONI: ruclips.net/video/6T9aRSAQEKs/видео.htmlsi=ldUl356mMlIsLpeC
M. Charlè ndagushyigikiye pe!
Kuba umudame yabaho adasambana birashoboka ndetse cyane!Ikindi abantu bavuga ko bidashoboka abenshi ni abagabo nubundi ni ibisanzwe turabazi kuko bo barabikora bafite n'abagore!
Abagore bumva ko nta washobora kudasambana nabo si shyashya ni bamwe baba barimenyereje gusambana kuva na mbere!Ariko Imana ifite imbaraga zikomeye kdi kuziha umuntu waziyisabye si igitangaza!kdi na none biterwa na measures umuntu yifatiye ku giti cye!Rata wowe Imana igushoboze ntuzivangire.
😮 ibyo umu bwi ye nibyo
Bibahope njye nubwomfite umugabo sinanabikunda nukuburukongira.Urumva rero ntamufite sinakwirirwa nsambana
Uzishakemo kubikunda nabyo byongerera urukundo abshakanye@@MuhawenimanaJeannette-yq1qd
Nukuri nange ndi umuhamya wo kubihamya ko umugore yabaho adasambana
@@MuhawenimanaJeannette-yq1qd nanjye nuko pe
Maman Charlene,iki cyemezo sicyawe gusa nuko bamwe tutavuga.
Komerez'aho!❤❤❤❤
mubyukuri ndabyemera pe umubiri wawutegeka ijambo ryimana rivugako dushoboreshwa na Cristo uduha imbaraga maze ibiri ntangiye uwagatatu kandi ndakomeye nuwo mubiri umwami yesu iyo wamuhaye umubiri wawe akawubamo agushoboza byose
Mama charlene imyaka ihise nimyinshi atandukanye numugabo wabaye intwari cyane pe imana izajya igufasha wirerere abana ibyabagabo singombwa wifitiye urubyaro ahubwo ujyukomeza na mama pasteur umwereke ko kurera abana ntamugabo imana ikuba hafi bigashoboka
Yesu azagushoboze guhigura umuhigo wahize kuko ninyembaraga nyinshi❤❤❤
Nukuri ñdabizi bibaho ntushake kd ukumva ntibinagufasheho mbaho kd ntamugabo kd ndimuto nibyo bibazq ukuntu ntamugabo bavuga byinshi
Abagore baduteg'abagobo igihe kinini bigafatubusa
Yego Yego 💪💪
@@TuyisengeMariegrace-sg8jpabatubyumva nibamwe bumva ko umugore utanye n'umugabo aba atwawe n'undi mugabo bakirengagiza ko akenshi umugore utanye n'umugabo icya1 na mbere aba akeneye n' amahoro yo mumutima ,ibindi biza nyuma ( nyuma iyo umugabo aje yumva azongera gushaka arashaka ) cg se akigumira wenyine adashaka ibizongera kumubuza amahoro!
Intwari,umuntu wuzuye,umutima wimpuhwe bisa bitya.
Nubaho muri ubu buryo uzamenye ko uzarama.
Thank you to Sabin and Maman Charlene.
You both heroes and much appreciate ❤❤❤
Mama charlene ndongeye ndushijeho kugukunda gufata umwanzuro mwiza wo kudasambana Imana Nibishaka izahindure umugabo wawe agaruke kandi nimutanasuburirana izagushakire undi ariko udasambanye
Mama Charlene azi ubwenge umuntu wumva ibyo avuga aba ajijutse! Abandi baza aha bafite ishyari badakuramo amasomo, mufate isinde!
😂😂😂😂😂Niko bimeze
Cyane nukuri afite ubwenge bw'Imana
Isimbi tv na MMA Charlene Yesu abahe umugisha abwirwa benshi akumva bene yo,murakoze pe
Maman Charlene yambiii,nakubonye ubwo nari i Kigali nukuri umwuka wera wa pentecope tuzabona izo mbaraga nubwo turi mu nsengero zitandukanye❤❤❤
Woouu mbega I kiganiro cy’iza, muhabwe umugisha Nukuri gutanga bizana imigishaaa gusa irijambo riransinze Imana idufashe 👏👏
Umubyeyi nkunda cyn,mkunda uburyo ugira amagambo meza knd yubaka y,ubwenge ,usubizanya ubwenge ni ukuri IMANA ikomeze ikubashishe knd no kurinda abana bawe❤❤❤❤
Mercii Sabin ku kiganiro ciza muduhaye na Maman Charlene. 👏🏾👏🏾👏🏾
Umubiri urategekwa .
Kandi umubiri wuwakiriye Yesu byukuri utegekwa na mwuka wera
Mm charlene ndagukunda knd utuma nongera kumva nkunze lmana knd nongeye kuyigirira ikizere❤❤❤❤
Mama charlene ndagukunda kd uranyubaka kuva natangira kukumva wubaka emotional feelings but:
Mubigaragara
uri inkazi,bingare ark iri strong
Ukunda cash cyane
Ntuvugirwamo
Urata ubukire = inkirabuheri
Hari umugore nzi umeze nkawe witwa Goreth
Gusa uri uwumumaro muri iyi societe uruta ba pst claude birirwa babwejagura❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uwababaye neza murukundo. Ntamiyagimuhenura❤❤❤❤
Shaa umvugiye ibintu arikoo Imana izonshoboze kabisa mbishitse
Humura mubyeyi, komera kuriryo sezerano, Yesu azagushoboza!!!
Abaguc'intege ubihorere, Yesu muzagendana Kandi urugendo uzarusohoza amahoro mu izina rya Yesuuuu!!❤❤❤
Maman Charlene ndagukunda. Ndakwemera Imana izagushoboza rwose nshyigikiye umuhigo wawe kandi birashoboka.
God bless you ❤urakoze kuduhugura 👏Guhiga umuhigo ntuwuhigure birutwa nokutawuhiga rwose 🙏ineza ntibora
Mbega ikiganiro!!!!!uyu mubyeyi suku namukekaga,Urakoze Sab,ndanezerewe pe!!!
Imana Ikugirire neza muvyeyi umubiri urawutegeka bigakunda komeza uyikorera abavuga ivyo bishakiye hariho nabata abana 2 bagipfakara weho ukwiriye ikamba abagabo bo ntampuhwe gufata icemezo ndagushigikiye
Mwaramutseho Uyumubyeyi avuze nibyo. Nange Munyibukije umuhigo nigize Guhiga ariko narawibagiwe. .Imana imbabarire. Ariko ubu Umuhigo nzajya mpiga wose nzajya nywandika kugirango ntazawibagirwa.
Utavuze neeeeza cane,umugabo wese yogukunda ni kuko hariho Umugabo yitwa Yesu yagukunze,ntukamumaramaze sha
Imana Ikomeze igushyigikire M Charlene tugacire icyo wamuze. Kd na Sabin nawe rwose turagukunda courage
Tnx M Charlene iyi nyigisho inkoze kumutima Imana idushoboze
Gutanga n Impano umuntu avukana ntago aribya buriwese.Niyo mpamvu harigihe uzabona umuntu udafite atanga.uwitwako afite adatanga.Ntushobora nokureka gutanga ngo ugire amahoro uba wumva haricyo ubura muriwowe.Ikindi ntutanga kubera izindi nyungu uba wumva ari ngombwa ari nibisanzwe.Abadafite iyo mpamvu mujye mubihanganira nabo bashobora kuba bafite ibindi bakora.Gusa gutanga nibintu byiza utabona uko usobanura.Gusangira n abandi umugisha Imana yaguhaye biranezeza, bigutera guca bugufi no kwishyira mu mwanya wabababaye.Bituma unabona ineza y Imana muri wowe
M charle uranyigishije kdi ndafashe , imana imbabarire guhiga simpigure🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️
Ivyo M.charlene avuga nukuri mugihe wafashe icemezo kandi birakunda👍arik ubivuze kubwakantu gato kakubayeho kandi urumunyerari ntivyogukindira👎kimwe Yesu agufashe mumuhigo wahize kandi azagushoboza🙌
Murakoze mpise mpigura mihigo ntitayeko ndera bana batanu njyenyine Imana bahumugisha
Wawooh ikoze neza guhigura
Nawe ikonjyere mwinshi cyane mwana wanjye 🙏❤️
Woow God bless you ❤
Ikindi mpamya nuko iyo ubaye umudamu w,Intwali ukiyubaha ukubahisha Imana irakuzamura ikaguha ibyo ukeneye byose.Ibyo birirwa bakubwira ngo Amazu ngo Hari abayishyura niba banahari ni abo Imana iba yakoresheje Kuko abagabo Bose siko bapfukamiye Baali.Komera ibyo batarabona nibyo byinshi kuko Imana yacu ifite ibyiza bihagije byo kugororera umuntu uyubaha.
Ndagushimiye uvuze neza Imana izaguhe undi niba ubyumva wa mumama we
Cyakora icyinikiganiro IMANA Ibahe umugisha 🙏
Much love my rwose nange nikobambwira ariko mwukawera aradushoboza🙏
Mama Charlene ibyuvuze nukuri abadamu twibana batureberamundorerwamo itariyo
Mubyeyi ibyo uvuga ndakumva cyane , uri umu Kristu ndakwemeye, umwuka wear cg Roho mutagatifu baradufasha rwose
1:58 yoooooo M.Charlene umugabo yarakubabaje pe, bituma ufata icemezo kimeze uko . Komera cane ❤❤
Buriya niwe Uzi uburibwe yahuye nabwo
Imana izagushoboze rwose Imana ni nziza ibihe byose
Yewe munyibukije umuhigo nahize 😱 M Charlene harubwo tubivuga twikinira Kandi Imana siyo gukinisha🙏🙏 Imana idushoze Kandi itubabarire 🙏🙏 Sabin Murakoze cyane Nyagasani abahe Umugisha 🙏🙏
Mama ndabizi bibaho Kandi abisi banyeko dushobozwe byose na kristu udutera imbaraga dushobozwe byose nibyose❤
Ndize pe.Mugire umugisha kutwibutsa icodukwiye gukora
Abagore nkaba nibake mwisi pe mm Charlene love you 😘😘
Sabin Imana iguhezagire kuriyo sujets wazanye ,irankozeho .bitumye saba imbabazi Imana ❤❤
Wa Mubyeyi we Ndagukunda cyane pe!
Uvuga amagambo meza nukuri, guhigura biradutsinda Imana itubabarire nukuri
Amen, turi munyungu zo kurindwa nImana
Baguhe amahoro mama
Umuntu niwe amenya ingene kuruhuka bimeze iyo amaze kuvyunva cane cane
Mamashalile nagukundaga none byikibye kabili kuko unvugiye ukuli kutalimo kubeshya kwkundi kwanyako uretsteko bimenywa nuli guca muli ubwo buzima ni mana yawe imenya ukuli kose umuntu avuga cg se ikamenye nibyo nawe utekereza umuntu wese atamenya imana iguhe umugisha mwinshi kandi ikongerere ni mbaraga muli ururugendo
Uguranye umukene aba guranye Imana
Murakoze cyane munyibukije umuhigo wanjye nari naribagiwe 🙏🏻
Jyewe njya ntinya kwishyura Imana, kuko mba numva ibyo inkorera birenze ibyo jye nkora, rwose mba numva ntacyo nakoze. 🙏🙏
Rwose nanjye Mm Charlène namwitirinyaga nkumubyeyi mwiza kandi avuze ibintu bikomeye Abe duhura ningaruka zimihigo twahize ntituyihigure uko bikwiriye.Imana ikomeze intabwe zawe kandi ntuzateshuke kucyo wiyemeje Imana izabigufashemo🙏
Amen ndagukunda
Ndagukunda mubyeyi❤❤❤
Mama Charlene nukuri imana yakurize ikakurerera abaana ntuzayihemukire
Imana izabigufsshemo wamubyeyi we
Sabin Imana izoguhezagire kuko ivyo ukora birarenze! Wafashije benshi!!!
as long as u live until to your last breath ukiriho ndagukunda paka mama Charlene ❤ you encourage me as young girl
Mwiriwe.
Umuryango wa Isimbi TV hejuru cyane 👏👏👏 mwakoze kuganira na Ma.Charlene iyi ngingo ❤️
1.Ma.Charlene Imana yarakoze kuguhindurira amateka mugore mwiza.
2.Ibyo gushaka undi mugabo,niyo wamushaka nta cyaha ndetse nta nishyano hhhh :Gusa Imana iruta abagabo bose.
3.Ibyo kudahigura:Igihe kiracyahari kngo ushoboye wese agirira abandi umumaro:Burya iyo ubashije kumenya ibyo Imana yagukoreye,naho yagukuye:inyigurano nawe wagombye kwita ku bababaye pe 👏👏👏
4.Ikindi ubutunzi bwunguka nukugirira neza ipfubyi,abakene,abapfakazi bababaye.Tuzigamire mu Mana nayo idukorera byinshi 🙈
Ku ba Diaspora rero hhhh guhigura kwacu biri mu buryo bwinshi:Twibuke abo twasize inyuma;dutere inkunga imirimo yibihugu byacu
N.B:Gusa abari hanze tugarukire Imana 🙈🙈🙈hari ibishuko byinshi,stress nyinshi ariko muri byose twisunge Data (Imana) nibwo no kubera abandi umugisha bishoboka.
👏👏👏 gusa tugerageze tugire icyo dukora kngo twese imihigo 🙈🙈🙈kuko murabizi kuza twasenze menshi 😂😂😂😂 Imana yibuke buri wese kndi idushoboze kugira abo duhindurira ubuzima (mutuel,minerval,kuvuza abarwaye,guhahira abashonje 🙈🙈🙈
Muranyigishije cane,imana ibongerumugisha.
Imana ikomeze ikurinde ibibi mubyeyi❤❤❤
Nukuri birashoboka cyaneee erega mwabantu mwe abagore turihangana nukuri nanjye ndumugabo wo kunihsmya ko bishoboka kwihangana biragoye pe ariko gushska Niko gushobora nanjye rwose maze imyaka itatu Mike dutandukanye Kandi rwose nibereye aho bigashoboka rero byose nubushake pe.birakunda hamwe Ni Mana mamam Charlene caurage pe nikuri ndagukunda Kandi cysnee nawe Sabin nukuri ngukunda byimazeyo gusa kubwa mahirwe yanjye make sinziko nzigera nkubona gusa ndagukunda ndagufana imana ijye iha umugisha imiro ysmaboko yawe❤❤❤
Yesu azagushoboze ugeze imperuka. Ndakwibuka disi uri ku gikarayi wariyakiriye ariko ntucike intege. Nshinye Yesu uhindura amateka. Yesu akurinde rata abanyeshyari.
ndagukunda cyane ugira umutima ni inama nziza hezagirwa
Mama Wange ndagukunda ❤❤❤❤❤❤❤
Ndagukunda mubyeyi
Imana imbabarire guhiga umuhigo sinywuhigure
Icyi kiganiro nukuri nijyewe Imana yagiteguriye nijye pe 🙏🙏🙏
Yooo arigisha agatanga ni ngero ariko abakunda ubusambanyi, nibo baba bake KERA abandi,baca nimanza
Mama Charlene uri Umunyabwenge kweri
nemeranya nawe ko gufasha bizana umugisha!ubwo buhamya ndabufite
Imana izagushoboze kutiyanduza nibyiy isi
Yesu nashimwe cyane Mukozi w'Imana. Ibyo M.Charlene avuga nukuri byose muri Cristo Yesu Umwami wacu birashoboka.
Imana igukomeze cyane rwose
Imana iguhe umugisha kunyigisho utugezaho ninziza cyane❤l love you
Nukuri ndabakunda❤❤❤
Abo mufasha bose mujye mwibuka no kubarangira KANGUKA BY CHRIS NDIKUMANA, kuko tuhungukira ubwenge, kandi tukanahakirira.🙏🙏
Ndagukunda cyane mubyeyi
Ikiganiro mwakoze ni cyiza cyane. Nanezerewe cyane.
Nimpamu yimana murankanguye kandi ndabashimiye gufasha ningenzi
Mwagize Ikiganiro kiza cyane.
Uwo mugabo yitwa Efuta maman Charlene nkunda.
Exe Banyarwanda mugize umutima mwiza mukama Sabusclaib kobyaba aribyiza Mufashe Film ngiye kuzajya cishaho izabashimisha❤❤
Ngewe Sabusclaib nzibaha mutazisabye🎉
Nabikoze nanjye mfasha 🙏🙏🥰
Twabikoze mwiza
@@NEZA138 Nabigukoreye
@@LAPE817 Thank nage nabigukoreye
Maman komera Imana itanga imbaraga zokunesha umuburi ariko kumuntu usenga kandi wayiyegurîye burundu ntidukwiye gutwarwa namarari yumubirî ngo umubiri wawe ukuyobore ugutegeke gukora ibyo utateganije biriya nukunanirwa kwigenzura nukubura ubwenjye nibyago bikomeye kuyoborwa numubiri.
Iki kiganiro ni cyiza cyane ndagikunze..👌
Yego rata mama iyo wiginze imana ikagufatira umubirip nange ndumugabo yokubihamya
Uzubivuga maman yesu yagiye kire abarambiwe kubyunva mugarukiriki muransetsa mwararamviwe mukagaruka
Maman Charlène Ndakwikundira tu es juste muri wowe Noir c'est Noir et Blanc c'est Blanc. Sabin Ngusabira imigishya buri munsi. Je vous aime beaucoup ❤❤ Grâce From Belgique 😘💓🌹
Sabin nanjye uwampuza nuyu Mubyeyi ❤
Ikiganiro cyiza cyane kunkozeho Nyagasani agukonereze amaboko mubyeyi.
Abantu bakumbuye gafaranga hano mumpe 👍
Ikiganiro kiza cyaneee❤
Jye nemeranywa na Mama Charlene,kuko usibye no kuba utabana n,umugabo ushobora no kuba mufite aliko yarakunaniye akaba yaguteza ba bagabo b,ibigoryi Bibiriya ivuga.Aliko icyo mpamya cyo Hari ibintu bibiri Jye mpamya bishoboza umuntu .Icyambere iyo wihaye íntego yo kuba Umudamu w,agaciro icyo kintu kirakomeye kuko uhora uhagaze kuri ako gaciro.Ikindi ni icyo M.Charlene yavuze cy,Umwuka Wera kirakomeye Cyane kuko uwufite akemera buyoborwa nawo aba yuzuye ntapfa kunyeganyezwa n,ikibonetse cyose.Imana ikomeze igushoze Mamã Charlene kandi ndazi ko Atari wowe wenyine uri muri urwo rugamba.Turagukunda♥️♥️♥️
Ihangane mam
We love you strong woman ❤
Munkandire kwifoto mbashe gukura bavandi ❤
Mamaw wazihanganye ugaha uwomwabyaranyabana amahorp ukava mubuzimabwe uruwambere mugusebanyape
Rwose gufasha ntabwo wakorwa ni isoni! Imana Jéhovah ntako itatugize! Ngewe ndayikunda cyane kuko ntirenganya
WE LOVE U KANDI NTUZACIKE INTEGE MAM WACU💞💞💞💞💞💞💞💞💞💞💞