Ukwanze arakwangiza//Pst Zigirinshuti ibyo azira byose Abisize hanze//Hari ibyabanjirije Guhagarikwa
HTML-код
- Опубликовано: 7 июл 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza dore ko no muri ibi bihe bya COVID-19 Depense dusabwa ari nyinshi cyane kuruta Income cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap .Imana ibahe umugisha .
Развлечения
Mba mu mahanga ariko nafashe icyemezo cyo kubatizwa ku wagatandatu ushize kubera inyigisho zawe. Imana iguhe umugisha.
God bless you, komeza ukurikire Yesu ahemba neza.
Yes'ashimwe past iburundi turagukunda komera !! Buryarero aho bakweretseko umuryango A ushobora gukingwa hama B ukugururwa kandi rero nimwiza kurusha uwambere rero komera ugurura urubuga rwawe ukorereko nkakurya kwa riziki chantal abakunzi bikikurimwo dukeneye inyoboro yanyu turagukeneye hama kandi inama noguha kwisigura cane mubinyamakuru mubigire bito donc amajambo make ibikorwa vyinshi mukomere.
Yesu Ashimwe cane kandi mugumemo arikumwe namwe.
Imana y'amahoro izakurwanirira michel, uri inshuti y'Imana.
isi niba izavaho n'ijuru rikavaho, uwizera azabona amasezerano.
Komera humura Imana izakwiyereka.
Amen 🙌🏼 Uvuze amagambo meza kandi yokumukomeza 🙏
Nejejwe n' amagambo meza utwibwiriye kandi uyobowe n' Umwuka wera Mushumba . Ni nde se nakunganya Mushumba mubo Imana yaduhaye ngo batwubake? Urakoze cyane nanjye si nkunda guhangana. Ubutumwa mfite k' ubuyobozi bwacu kuko nanjye buranyobora, nibibuke ko nabo bafite Umuyobozi w' ikirenga , Uhoraho , Ubana nabo kdi utagira ipfunwe ryo kumanuka akabana natwe hasi aha twiyicariye, nibamwumvire. Ibihe byiza kuri mwese aho muri mu nzego zanyu.
Ariko komeza gusenga ahuburi hose ntuntu yima imbabazi hama akaronka Amahoro yes azogutabara kandi azobikora mumaso yabo
Ariko baguhoye iki ntubanare cane inyishu igiye kuza kandi ntawuhagarika umuntu kuku twebwe Turin mwisi ntamugororosti ahari bakwigiza inyuma kuki imana irabona kandi irunva
Amen
Oh My God ndababaye cyane !!umukozi w Imana nkuyu ngo yambuwe inshingano !!!jye mba hanze y U Rwanda ariko uyu ari mu bo nshakisha kuri social media kuko yuzuye umwuka wera ni ubwenge bw Imana mu nyigisho ze
Twe waratwuhiriye mu butayu twarimo bwa Guma mu rugo. Waradufashije cyane,,dore ko udusobanurira byinshi tutajyaga tumenya
pole pe kandi nibyiza ko wihangana Imana yaguhamagariye kugarurira abantu Kristo komeza ubikore uzahembwa Imana irirwanirira kandi ibizi neza byose Yesu araza vuba.
Tangira youtube channel abagukeneye nibenshi bishakira ubugingo.Ivugabutumwa rikomeze ubundi ubuyobozi babusigarane cyane. Imana izakuburanira kuko uyubahisha.
Pastor turagukunda kandi impano yawe ntigomba gutwikirwa.
Ako kantu
Kbsa
satani nakorera inyuma yitorero ahubwo nugulubita umwungeri ngo intama zitatane komera Imana ukorera uyivugira irikumwe nawe komera abasatani nabi Mana ntibalorana
har,mabanga yabo bashaka gukora batifuzako mwamenya satani yarabinjiranye niyo mpamvu batangiye kwirukana abana b,Imana ngobatabavumbura ibyo bagye gukorera itorero ahubwo itoreroniribe maco
antikristo ntazakorera hanze yitorero nuko bagize na chale kuko abyiriza ukuri
Ahatari Umwuka, habagusandaza, none koooko ADEPR nigiyeho gusenga igeze aho ibuuuura Umuvugizi wo gusubiza ikibazo cy'Umushumba wahagaritswee!!! Yoooo!!! Koooko Representing team yakibutse ko uko Imana itajya iceceka ngo bihere koko!!! Nyamara mwibuke ko muriho musenya umurimo Imana yubatse kandi iherezo rizaba ribi. Mbagire inama nk'umuntu wabigiyeho iby'agakiza n'aho ntari muri ADEPR, Mufate igihe musenge cyane Umwuka Wera wari muri mwe yongere abagarukemo, naho ubundi Satani yarakataje kubinjirira kandi muzasanga mwarishenye. None se bavandi, dushime ko abantu birirwa bareba ibibarimbuza kuri social media kuruta ko bahumvura ubutumwa bwiza. ESE ubwo buhanuzi bw'ibinyuma hari testeur mwabonye ubupima mukaba mubishingiraho, narinziko nk'abarokore mwabaye mwibukako atari twe two guca imanza kuko atari ibyacu!!!! Yooo! Ubuse barokore beza, koko naho abantu banyu baba batandukiriye ntimwabihererana mukabaganiriza bananirana mukabona gufata ibyemezo ncantege!!? Ese mwari mwabara iki Imana ko atari nkatwe mubonye ibyo yahanuye bibaye?!! Kandi ko naho bitaba, mwibuka ko yona yahanuriye Niniwe ariko abantu bemeyeko Imana ibyo yamutumye ari ukuri byagenze bite??? Ntimugisoma ibyanditswe koko!!!? Plz ADEPR, musubire Ku isoko, naho ubundi muzisama mwasandaye umwuka mubi wa satani araza kubacamo ibice tuuu. Mwibukeko uko mugaragara nk'abarokore cyane Niko satani abagabaho ibitero simusiga kandi ashobora gukoresha imbaraga n'inzira zose zishoboka ugasanga mwirukana abashumba bayiteje ikibazo kubwo gusenga no kuvuga ubutumwa butwara abantu bava mu maboko ya satani. Mwasubije agatima impembero ntimukomeze guha icyuho imyuka mibikoko????? Ibi mbibabwiye nk'umpuntu wari warabavomyeho ubutumwa bwiza nyamara ntari uwanyu. Mboneyeho Gusaba aba bapasitori gukomeza gusangiza ubwoko bw'Imana ubutumwa bwiza kuri Social media nk'uko bisanzwe, ibindi Uwiteka utareba nk'abantu araje abirangize gusa hagowe uwo Igitare kizagwira. Michel plz let them do what they feel, umunsi umwe inyanja izacikamo 2 wambuke. Blessings!
Imana iguhe umugisha nshuti kubw'izi mpugure.
Humura YESU arikungoma
Abakozi BIMANA baca mubigeragezo kandi igiti gifitimbuto
Nicyo giterwa imijugujugu humura nicyo gihe tugezemo kandi ubababarirere cyane IMANA igukomeze mukozi WIMANA
Hari ibintu biba bimaze kurenga nibaza niba abiyita ko bazi Imana bikanyobera gusa my Pastor iyaguhamagaye niyo kwizerwa komera rwose Kandi Imana ikunpere imbaraga nyinshi kdi ikomeze umuryango wawe cyane nzi neza ko iyatangiye umurimo muri wowe izanawusohoza
Naravutse nadakura, ariko nakuze numvako abakorer'Imana byukuri bazarenganywa muminsi yanyuma
Nibyo rero byabaye
Icyo nzicyo nuko iyahamagaye uyu muntu nubundi izakomeza kubana nawe nahagararaneza muri iki kigeragezo.
Kandi numwana uzi ubwenge yareba kure yabibona ko hari ikihishe inyuma yibi byose
Abasenga nimusenge mushyizeho umwete, kuko nyuma yibi haribindi bikomeye
Kandi uyu numunzani yashyizweho ariko numunzani wikirenga,
satani yabonyeko hari benshi bazarokara ubugingo bambukiye kuri uyu mugabo
abonako ari guhomba , ahitamo kwinjira anyuze mubitwa abayobozi bitorero
Icyo nzicyo nuko yaba satani nabayoboke be bose bazakorwa nisoni
Kuko iyahamagaye Michel iracyari kungoma kandi izaturengeraaa 💪💪💪💪💪
Imana izakurwanirira
Iteka ukuri kurarwanywa ariko birangira gutsinze . Pastor komeza ukorere Imana izaguhemba kuko warahamagawe rwose!!!!! Imana izaguha ijuru. We love you more .
Pastor ZIGIRINSHUTI ihangane Imana ihora ihoze. Gusa nawe ubwawe urabizi bariya bagabo b'amakote nta gakiza bagira. Abakristo twarumiwe. Wagira ngo ni ba batanbyi bo mu gihe cya Yesu bavugaga ngo uvuga izina rye yicwe
Aho abantu bagusuzugurira niho Imana izakubahisha ikabatesha agaciro. Aho bakwamburira icubahiro niho Imana ikiguhera bakamwara. Aho bakwimira ijambo niho Imana iriguhera igahabwa icubahiro ni tuzo. Baguciye muvyisi ntibaguciye muvyi juru. Wanswe na bana babantu ntiwanswe n'Imana. Baguhagarika bataguhahagarika intego y'Imana yatumye ubaho izokomeza no matter what. Be blessed pastor Zigira Inshuti Imana igukomereze muribi bihe bigoye.
Unvugiye ibintu
@@fehiciteand8784 mpore ntakundi ubwo hari igihe nawe nzosanga wanvugiye ivyo nari kuvuga. Buretse nguhe like
@@debbiebambohappy1341 urakoze
@@fehiciteand8784 de rien
Ego cane kandi Yesu Aramubona nabo abo bamuhagaritse bazomwara.
Pastor wacu mubyeyi Zigirinshuti Michel turagukunda kandi n’ijuru riragukunda ,komera igihe cyawe cyo gutabarwa kirasohoye , ibyo ni urwitwazo ahubwo batinya ukuri !
Ubu nibwo ugiye gukora cyane !
Erega Kriston ari bugufi kugaruka niyompamv abantu bose bavuga ukuri bazarwanwa bazangwa rero Imana niyo yaguhamgaye azakomeza kuba muruhande rwawe ndumva ikiniga ark Isi yose iragukeneye bigaragara ko bambii utigeze ushyira indanini imbere kuko iracyavuga ukuri kwijambo ry'Imana iyo uba abandi uba warasohotse ugafungura itorero ryawe nkuko abandi babigenza kd wari kubona abagukurikira benshi rero abo bose nibo Imana ije gukubura humura ibyo Imana yavuze bigiye gusohora indamukanyo izaba shalom...shalom
Mubyeyi tukuri inyuma kandi UWITEKA Arikumwe nawe Ijana kwijana
Humura muvyeyi komera Yesu kristu yaranzwe rero ahubwo ubu niho ugiye gukora neza cane.
Mukozi w Imana humura turabizi turagukunda uvuga ukuri ahubwo ishyari ryarabishe kuko ukundwa
Imana iguhe umugisha kabisa. Ukunda itorero nkanjye ugakunda nigihugu mukozi w'Imana. Ndafashijwe pe. Ariko komera kubyakubayeho Imana ukorera izakurengera. Subwambere kandi sinawe wenyine uzize kuvuga ubutumwa. Gusa ababikora nibatitonda bazabona akanyafu k'Imana.
Komera Mushumba Imana muri kumwe, na Yesu baramurwanyije,Yosefu yarwanyijwe na bene Se, mu Isi dufashe igihe muntambara, kandi kukurwanya ntibyabura abantu biki gihe bazuyemo amashyari no kudakunda ukuri. Turakwemera Mushumba,Yesu arabizi byose kandi aca imanza zitabera. Mukomere
Rero Imana ntizagutererana .Izagutabara kandi bazasanga baribeshye. Twiteguye kugufasha mu bundi buryo bwose wakomezamo ivugabutumwa. Ijambo rikurimo ryadukuye kure. Twe twishakira ubugingo . Turagushyigikiye rero. UWITEKA aguhagarareho mukozi W'IMANA. TURAGUSENGERA CYANEEEE
Komera Komera Mukozi w'Imana icyangombwa n'ukuba uwo mw'itorero rya Christo Yesu kuruta kuba mw'Idini pasteur Uwambaje Emmanuel niwe ukunda kukwigisha gushaka uko twaba abanyetorero kurusha kuba abanyedini.... Humura Yesu ari murihande Rwanyu na Pasteur Desire bamurwanyije kuva kera baramubuze.... numukomeze mukorere Imana mutari abafarisayo.... Yesu ari muruhande rwanyu nta mubisha....
Pole papa wange rwose Imana ica imanza zitabera nukuri uzakureganura ndababaye nukuri adepr irakabije amashyari inzagano amatiku sinzi pe
Gusa ririya nidini woe komeza ivugabutumwa ryawe tuzakumva kd tugukurikirane
Humura komera Imana yaguhamagaye iguhagazeho, izakuburanira, birakomeretsa ariko Ndagukomeje Pasteur.
Idini siyo izajyana abantu mu ijuru, kuba ukomeye mu idini udafite IMANA muri wide ntacyo byamarira ubugingo. Pastor wacu komera ushikame kdi wihangane gusenga kwawe IMANA irakuzi, ntikiranirwa ngo yibagirwe Imirimo, ingororano zawe zirahari kdi nubundi nturambitse umurimo, vuga Imana, Ubwize abantu ukuri, Iherezo rya byose riri bugufi
Yesu ashimwe, Umushumba rwose mukomeze kwihangana, umuririmbyi we yarabivuze ngo nta mahoro yuzuye twabona muri iyisi kwa Data niho gusa hasendereye.... kd tukiri mu isi ngo dufashe igihe mu ntambara, Ngo ikibazo si Yuda wiba amaturo kd agendana na Yesu, ahubwo ikibazo ni Yesu umureka kd aziko yuda ayiba, mwihangane mukomere kd mwikomeze, eeh satani nyine yarakaye kuko wamumeneye amabanga, ntibashaka ko mubabwiza ukuri kwibyo bakora ariko ngo uwicisha inkota nawe niyo imutegereje, Uwera wa Isirayeli wavugiye arahari waramuhamirije humura aca imanza zitabera naza ntaza ceceka, Komera!
Pastor Mukozi Imana ikunda
Komera.Ab'isi.nibakwanga .
Rwose ubizi neza ko na YESU batamukunze.
Komera urugamba yesu azakurwanirira.
Uyu mu Pasteur Imana iramuvugisha pe !!!!!!! Kandi ni umunyabwenge kweli . Imana imukomeze rwose mu kwemera kwe .
Humura mubyeyi mukozi wahamagawe n'Imana..., ndababaye cyane ariko Imana yagutoranije iracyashoboye kdi ntizaguhana.
Past komera cyane Imana yo itareba nkabantu izagaragaza ukuri kose kwihishe inyuma yibyo byose ntugahangane nabantu bari mu mubiri igire mu mwuka ureke abapagani
Yo nukuri ndababaye pastor zigirinshuti numukoziwimana, humura pastor Imana izakurwanirira, abanyarwanda benshi turagukunda
Imana iragukunda kubarusha komera izakugirira neza!
Pastor twe nkabakirisito tuziko uri pastor nkumukozi w'lmana uzaririmbe indir 200 gushimisha igitero cya nyuma zaciye mumibabaro zizamukirayo Mana udufashe natwe duce aho baciye komera rero shikama rwana intambara nziza
Wibukeko bibliya itubwira abazize uyu murimo Yeremeya,Yakobo Herode yaramwishe ,Petero yafunzwe naherode ibuka yakobo ati hahirwa uwihanganira ibimugerageza namara kwemerwa azambikwa ikamba ryubugingo.
Inama nakugira nuko wakwifatira ibihe vyiza vyo gusenga Imana izagusura ikubwire cyo gukora. Ubundi icyecyekere ntusakuze murico kigeragezo. Uwiteka Imana yacu agukomeze aguhe ibyishimo byo mu Mwuka
Pastor komera cyane kandi ukomere k'Umana yoyaguhamagaye, ukomeze gukora umurimo wayo nkuko bikwiye, Imana izakuburanira!
Pasteur Zigirinshuti...humura Yesu azabigenza neza.
Yesu yakoragaibyiza bakabyita bibi ababyitaga bibi nabagendanaga nawe bareke bakore ibyobasha ariko ahobagusebereza nihoutambagirizwa kandi abagusebeje nibobazagutambagiza uwukorera ahembaneza ntiyambura azaguhemba wihangane ntubabare nkabo imirimo mnyiza ukoreru uwiteka nyiringabo yaremewe humura ihangane ingororano zawe zirahari
Birababaj cyane kubona Paster Michel atishyimye kuko ahembura imitima ya benshi, ariko tekana rwose Imana niwe azakuburanira
Pastor never give up please!
Mwihangane mukomere cyane Uwiteka Imana arikumwe namwe mwene data pastor Zigirinshuti.( mwibuke ijambo nababwiye nti umugaragu ntaruta shebuja. Niba bandenganyije namwe bazabarenganya, niba bitondeye ijambo ryanjye, n, iryanyu naryo bazaryitondera.(Yohana 15:20)
Na Yesu baramwishe, ntibamwemeye kdi yarakoze ibitangaza mu maso yabo. Imana niyo nkuru. Iratabara kdi Izakurwanirira.
Pastor Michel you are a wiseman for sure, ibi binyibukije yuko n’Umwami Yesu yaregwaga nabafarisayo abanditsi nabasadukayo kandi abo bose bari abatambyi n’abanditsi bakamurega ko ari belizebuli, burya uwo bakoreraga aracyakorera mw’isi gusa tugushimiye uburyo uduhumurije nkabanyetorero nuko ukomeje kubyitwaramo natwe tuzakomeza tugusengere nkuko nyir’Itorero ari Kristo. Kandi humura ukomere nta rugamba tutagira iherezo warankomeje mw’ivugabutumwa ryawe reka nanjye nguhumurize mwene Data. Never give up to trust our Lord.
Imana igushyigikire cyane Mushumba Ndagukunda Kubera ijambo ryImana uvuga rinkiza Buri munsi
Iyakorokoye ibyambere Nibindi Izabikora turagusengea kandi cyane
IMANA Itibagirwa imirimo ikurwanirire nahubuhamya ntibashobora kubwangiriza rwose ahubwo IMANA igiye kugushira Ahobataribazi kowagerapeeee
Yooo,ndababye cyane rwose kubwa pastor zigirinshuti.inyigisho zawe ziradufasha cyane kandi mwuka w'Imana ari muri wowe.uwaguhamagaye azaguhagaraho kugeza ku iherezo
Ni wingane Imana ikugirire neza.Ntuzokore ivyo abisi Nashaka,uzokore ico Imana yagutumye.
Iyinkuru mwarayicagaguye cyane murakabya ibyotwarikumva nitubyumvise
Njye icyo mbibonamo uyumugabo bamuziza ubwenge Imana yamwihereye, he is very smart 🙏🏽 kd ADPR ibyo ntibyikozwa 🤷🏻♀️
I agree
Uvuze ukuri, uyu mu gabo ni intellectuel, kandi akijijwe neza n'umunyakuri nicyo bamujijije
Afite ijambo igikundiro ubwenge n'umwuka wera into byose ntabyo bafite nicyo bamwangira
Yego rata abenshi ntibanageze mw'ishuri
Ubukristo tubuhabwa n,Imana ntitubuhabwa n,idini komera cyane ,ntiwaba warakiranye n,Imana ngo ukirane nabantu,waba wisubije inyuma,wibuke yakobo.
Ihangane nanone kuko ibyatambutse nibyo bikomeye komeza wihangane kuko niba wigisha ikintu bita kwihangana nicyo gihe ngo ugaragarize Imana ko ibyo uvuga biba kundiba y'umutima. Kandi ndabyizeye uzanesha kugera kumperuka
Nta wakoreye Imana ngo Imuhemukire.
Amasaziro yawe ni meza cyane.
Yesu ashimwe kandi mukomere Pastor!MATAYO 5.10 -12.Ntabwo nd'umucamanza,ariko bigaragarira wese wakurikiranye ikiganiro utanze,kubawarandikiye ubuyobozi kenshi ntibaguzubize bigaragaza ko aribo bari mumafuti,ntashingiro y'myanzuro bagufatiye.Ntawashidikanya ko atarigitero satani yakugabyeho binyuze kurubwo buyobozi kugirango biguteze agahinda.Uzinezako mugahinda habaho kwiheba,kwiheba bituma ugabanukirwa mu Mwuka,hagakurikira ibyaha.Wivugiyeko wuzuye agahinda mumutima,iryo jambo ry'Imana rirakubwira ngo unezerwe kandi wishime...,ikindi nuko ibyababayeho byose suko haricyaha mwakoze,ariko babahora ubutumwa bwiza.Rero nimutuze muri Yesu wabahamagaye ntabwo ASINZIRIYE ,mwitege ibyo a Agiye kubakorera.Abafilipi 4.4
Wahamagawe nitabasha kubeshya,komeza uyikorere izaguhemba,abantu nabantu,kdi aharabantu ntihabura uruntu runtu,tugukunda turi benshi ibyo bavuga byose ntacyatuma tutagukurikira,twibwirire ubutumwa bwiza bwu Umwami Imana tuzijyanire mwijuru.
Pastor, Imana yaguhamagaye izakurengera, humura ntamvura idahita, Imana ukorera irikumwe nawe, mukomere kandi Imana igukomeze muribibihe murimwo bitoroshe, Ikube hafi caaane.
Mukozi w'Imana, Iyaguhamagaye izakurwanirira humura. Nta buyobe buri mu nyigisho zawe nanjye ndi umwigisha w'ijambo ry'Imana. Ahubwo icyo nabonye uri umunyamwuka cyane wageze ku rwego rwo kudahisha ukuri n'ubwo haba hari abo kubangamiye. Cyane abo bayobozi bagukuriye . Ntutinye komeza ubane n'Imana yawe
Uwiteka Imana akomeze ahagararane namwe Pastor ZM,
Icyubahiro cyayo uhora urwanira nziko ibyitegereza kdi amaboko yayo asumire izo nkora bibi .byonyine kuba ugarutse kutuvwira ibyo aribyo biraduhumurije.Natwe dukomeje kugukunda kdi turagusengera.Kristo abane namwe iteka kugeza ku mperuka y’isi.🙏
Imana ntita uwutacumuye humura.
Turagukunda kd watumwe ni Imana ntizakureka yo nubwo abantu bureka kuko ubarusha Imana bakakurusha ishyari.
Mukozi w'Imana we humura Imana iragukunda Kandi natwe turagukunda ntacyo uzayiburana. Humura Yesu araje aguhorere kuko bakoze mu mboni yijisho rye. Araje abakubite atababarira.
Pasta humura Yesu aracari kungoma wowe komeza gusenga Imana izabirangiza nabakozi b Imana bakera harahorwa ijambo ry Imana.
Mwihangane Papa Imana izi umutima wawe gusa bareke lmana iziyizira ice impanza zitabera
Icyambabaza cyane nukubona wacika intege,ariko twizeye neza ko wahamagawe n'Imana kndi ibi birikukubaho nibigaragaza ko urikumwe n'Imana natwe ab agukurikira tukanezerwa,naho abakurwanya ntibazabura,ibikurwanya ntibizabura,komera ushikame ,Imana izakurenganira babibona.turagukunda rwose
ndagusuhuje pastor kandi uri muri bamwe nkunda kubwa amagambo meza yi Imana ugira aliko subira inyuma wibuke benshi bageragerejwe mu murimo wi Imana,ntabwo gutangaza amakuru aricyo gisubizo nkurikije byinshi utwigisha senga kandi utuze wabwirijeko mu ituje no mubyiringiro Imana ijya itabara kandi ndabizi ko Imana ijya iganira nawe komera rero
Joel Uwiteka aguhe umugisha uyu mu kozi w'Imana turamukunda yubatse imitima ya beshi.gusa ADPR bacunge sana ko badasigaranye ingobyi umwana yaraheze kera.
Imana idakiranirwa ngo yibagirwe imirimo ira kurwanirira
Turagukomeje mw'izina rya Yesu
Amen!
Mukozi w,Imana komera ihangane. Uri umuntu w,umugabo kdi uri intwali. Uyu murimo na Yesu yawugeragerejwemo.Turagusengera.
Komera kdi wikomeze ku Mana ngewe kugiti cyange waramfashije cyane mubutumwa bwiza wagiye ubwiriza ibihe bitandukanya,arko ndakubwira ngo uri umukozi w'Imana ihoraho.Imana niyo ifite ubuzima bwawe mukuboko kwayo.Nkukomeje mu ndirimbo ya 30 mugakiza.Yesu azaza atujyane mwijuru niho tuzaruhukira
Itorero ni irya kristo adeper ni idini
Uvuze ukuri.
Nukuriii
Pasteur bihorere Imana izakurwanirira kandi ukomeze kutwigisha ijambo ry'Imana. nkunda ibiganiro byawe cyane. Yesu azakwiyishurira
Ijambo y'Imana ridusaba no kuva muri Babylone, koko niba ibyo bagukoreye ari ukuri, Mwene Data, wakwiturije, ukareka gukorera mw'idini. Wakomeje ugashakana umwete ubushake by'Uwo ukorera ariwe Yesu Kristu, wabwiye intumwa ze,ngo : vous serez mes disciples de Jérusalem jusqu'aux extrémités de la Terre.(muzaba intumwa zanjye kuva Yerusalemu kugera mu mpera z'isi)ubwo rero wikomereze ubutumwa bwa Yesu Kristu, kandi we afite uburyo azagufasha mu buryo bwose. Komera muvandimwe, kandi wabivuze, byunvikanye, Abo banyamakuru ntibakomeze kukuvugisha. Wikomereze, kwihererana na Yesu Kristu, abandi bihorere
ADPR ko nunva imeze nka UN 🤣🤣🤣. Wabihoreye ugakorera Imana, ko nunva ubundi gukorera muri ADPR ari nko gukorera Umwana wumuntu.... Past fanya kazi ya mungu rekaana nabo bachuruzi baba farisayo... Yesu akubariki Sana
Mbabwize ukuri kudaciye kuruhande, Imana Izarengera paster Michel mugihe abantu badatekereza.
We still love U Our Paster #from Burundi ,watwubatse kenshi kubwanje Uwiteka agufashe mr vyose kand agukomeze Papa
Na Yesu ukorera bamuhimbiye ibirego ariko iyo ukorera ntiyunva amabwire ibigeragezo sibihano humura uzatabarwa
Komera mukozi w'Imana ntaho Imana itagez'umuntu kandi ntaho itamukura umuriro urimwo ufit'iherezo kandi nta joro ridaca nta n'imvura idahita.
Humura niba ukorera Imana koko ntampamvu yo kubabara.abana bImana barahamwa urabizi.kand ADPR ni idini .we ahubwo waruhaw akaryo ko gusenga
Oya pastor humura Imana Irakwemera ntabwo bazakwangiza Imana Iragukunda witinya twemerewe kugusura nokugukomeza ubu nibwo ugiye kubaho neza bazakwifuza
Mbuze icyo mvuga,gusa wowe komera abafite imigambi yo gukora umurimo w'imana mukuri no mu mwuka,n'uko babagenza komera gusa wibuke ko buri wese afite mission yamuzanye mw'isi,komera kdi ukomeze icyo wahamagariwe,Imana kw'irure.
Humura Pastor Imana izakurwanirira 🙏🏿
Pole sana Yesu aracarikungoma ntiwahamagawe numuntu iyaguhamagaye ije guhemba imirimo yaburimuntuwese turagukunda komerakumuheto
Pastor Michael ihangane kandi ukomere. Wibuke ko igiti kirimo imbuto aricyo gihoramo imijugujugu.
Aho hose baguhagarikiye niho Imana izakuzamurira.
Kandi ndabyizeye ibyo bizaba vuba cyane🙏🙏🙏🙏
Komera ushikame mukozi w' Imana , iyaguhamagaye ni iyo kwizerwa, izakurwanirira....ntago ukorera idini ukorera Imana Ibarusha amaboko
Oh la-la, ndababye kbsa, Uwiteka aburane nabakurenganya. Pst Micheal ,you're really a man of God.. Much respect
Turagucyeneye utwigishe ijambo ry Imana uvugisha ukuli we love you and Jesus 🙏 Love you too Baguhagalike but Uwiteka niwe waguhaye akazike ntuchike intege God bless 🙏 you sir
Pastor nagirango nkumenyeshe ko nabaguhagaritse ataribo. Ndabona uri mukuru ndakeka ko ubyumvise barimo bararengera intebe zabo zugarijwe. mbifitiye gihamya gusa sinabona uko nkubwira ibyo urimo. Tuza Imana usenga irahari izagusubiza.
Pst watubereye umubyeyi kdi icyo nzi nuko hari nabenci barenganijue bazira ubusa gusa imana igukomereze umutima kdi ukomeze kuihangana kubuo kubura umubyeyi gusa hari imana byose irabizi peee gusa njye ndababaye nacuga byinci 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 imana igukomeze
Paster ndababye nanjye nukuri pe gusa Imana idakiranirwa ngo yibagirwe imirimo izakwitura nyuma yuko uri Pasteur uri umubyeyi uri muba Pasteur bake abanyeshuri batumira ukitabira ndakwibuka waje muri Unilak ya Nyanza watwigishije amagambo meza cyane turakuzirikana turagukunda ibyo bagukorera byose gumamo
Ahubwo ubanza abantu barenganijwe na adepr bose batinyutse bakavuga twamara imyaka tutararangiza kubyumva bigaragara ko ibi bintu byo kurenganya abantu babikora kuba kera ariko bikaba byarahishwaga none iki ni ikimenyetso ko Imana itangiye gushyira hanze abantu bayiyitirira kandi birirwa bagambanira abandi. Pastor Zigirinshuti nizeye ahaye nabandi kuvuga ibibazo bahuye nabyo hanyuma bakamena ikibyimba abakristo bakamenya ukuri niba ataribyo adepr izahora muribi. Abantu batukisha iri dini ryari ryiza ryubashywe bagomba kumenyekana bagakurwa munshingano kuko ibi birababaje pe. Ngaho abafunzwe abanyuruje amafaranga nizo nkuru za adepr. Birakabije pe bakristu mukunda iri dini nimuritabare mwahaye ububasha burenze abarihagarariye none dore birirwa barikiniramo.
Humura mukozi w'Imana nubwo bakwanga ariko Imanayo ntiyakwanze izaguhumuriza ikumare akogahinda
Mubyeyi mwiza komera ukomere umutima kuko shobuja yesu christo nawe niyonzira abamwubaha bacamo,inzira ifunganye irimo amahwa menshi ark amaherezo yayo igera mwijuru
Ihangane pastor na Pawulo yanzwe nabene se, ibigeragezo byawe nabyo bidusigira isomo ryurugendo rujya mwijuru kuko bitwereka ko ahantu hose Satani ahanyura ashaka gusenya umurimo w’Imana, Imana yo izi imirimo yawe kdi ingororano ninyinshi mwijuru, uradufasha cyane turagukuticyira cyane kdi uhembura imitima yacu! Imana iguhe imbaraga zumutima mubihe nkibi bitakoroheye uri kunyuramo
Humura mushumba kandi tekana Imana igukoreshe ibikomeye iyi training urimo gucamo ugiye gukoreshwa n,Imana uhumure uko biri kose Imana iragukunda kandi hari benshi batapfukamiye baar nawe urimo.
Pastor Michel rwose Kora RUclips channel maze utange ubutumwa isi yose yumve uko Imana ikora twese tuzakora subscribe dukore share dukore like, kdi ntabwo uzahomberwa pe, muzabitekerezeho abantu benshi baragukunda mukozi w'Imana kdi hariho uburyo bwinshi wavugamo ubutumwa pe
Nibyo rwose nakorere Imana yisanzuye
Nubundi umurimo yahamagriwe n'Imana ntabwo yigeze awugarikwaho,nabitekereza neza azakomereze kuri youtube kdi azabona ubwisanzure bukwiye
Burigihe ukuri kuraryana ,kandi ntagihe Umukozi w'Imana atazazira ukuri !niyihangane akomeze urujyendorwe nyagasani arikumwe nawe!!!Sitefano ,yohana nizindi ntumwa za Yesu zazize ukuri kwi jambo ry'Imana .komera komera
Ahubwo ujye wirinda batazakugira nka babandi baha uburinzi ntihakagire ukwundishaho bateye umujinya Imana Izabana
Komera komera.mukozi w'Imana Imana izi impamvu yibibyose ivugururwa nuko ritangira iby'Imana binyura ahakomeye kandi rimwe n/a rimwe birababaza komera! Umwuka wera aragukomeza
Uyu mukozi w'Imana turamwemera nibyo koko arazira Yesu umurimo nuko hari ibyo yarenze bitamufasheho
Hahirwa uwo Imana itabaraho gukiranirwa, ibyaha bye bigatwikirwa. Pastor wahamagawe n'Imana Data ntiwahamagawe n'itorero. Courage Uwiteka muri kumwe, kandi erega ntabwo byasohora ku biti, iby'Imana yavuze bigomba gusohora ku bantu bayo. Ariko urugamba ni urw'Uwiteka.
Mana tabara itorero ,barikuryanduza cyane,,barikurengera ,,risigaye rifite urusaku rwinshi ,rifite akavuyo,,Mana gira icyukora
Mushumba wa Christo Yesu humura,rema Imana irikumwe nawe,iyo nintambara kandi ukomere Imana niyo irikumwe nawe.Hagarara neza ntucike intege Uhoraho azokurwanira.kandi uzodohokamwo uri umuntu akomeye caaane,inyuma yivyo uzoshirwa hejuru.Haraho Igomba kugishikana Imana,harico Igomba kuyikorera Imana wew utazi.Ntac'Imana ikorera ubusa.abo ba pasteur bakoze ivyo nintumwa kugira Imana ishitse ico yateguye kuri wew,bobo ntavyo bazi,iconzi nuko bazokwicuza ku muntu wese yagize uruhara mukuguhagarika.
Papa wacu! Imana ikomeze ibane nawe pee! Gusa wivuga ngo niba Hari abantu wayobeje! Gusa buriya butumwa wahawe sinzi niba gutanga ubutumwa bumeze kuriya bitabanza kubisabira uburenganzira abakuyobora! Gusa humura Imana iza isoza neza turi kugusengera kandi wakunze kutubwirako Imana ifuhira ubwere ......ndetse ariko satani nawe ahiga aho ubutunzi buriii! Humura bizarangira neza gusa mwirinda amagambo menshi yakurikirahooo! Murakoze cyane! Turagukunda!
Ihangane Mukozi w’Imana Zigirincuti, Yesu yiheshe icubahiro mubugingo bwawe kd aho wambariye inyonga azabe ariho Imana iguhera icubahiro. Birababaje ariko Yesu azabirangiza neza itirero ko ijya Christo si ijya ADEPER
Umunyamubiri ntiyabasha kugenzura ibyumwuka.humura Pastor wacu gusa Abayobozi babe maso abakiristo bo bararengana ahubwo Imana Itange abungeri nyabo.
Past Michel ihangane give kirageze ngo Imana ikore kandi ikinyoma kizatsindwa habona. Turagukunda cyane.
Pastor mukomere Yesu , arabatabara, igiti kirimo imbuto nicyo gihoramo mijuguju.
Mwaramutse,nshuti Pasteur Uzi ijambo ry'Imana rivuga ngo umugaragu ntaruta shebuja,ihangane kuko ukuri kwa kwaratsinze
Uziyizire Zambia baragukunda cyane e pe ureke abo bagutera imyambi yaburimunsi
Pole Mukozi w'Imana
Ni satani uri kurwanya ubugingo bwawe
Umwami Yesu agukomeze Kandi akugirire neza
Turagukunda, dukunda n'Ijambo ry'Imana ry'ukuri Kandi rizima utwigisha