Humura mukobwa wajye uzarama mwana ubyare nabo ubyaye nabo babyare ubone abuzukuru nabuzukuruza grand mere na grand p uko bakwishimira ubazaniye umwuzukuruza humura rero
Nadia tu n’as rien fait rwose Ahubwo ni saint esprit wakuyoboye( byabaye nka last wish ye kumutaramira kubyina kuririmba bivuye mu kiganiro mwagiranye!
Ntubyicuze Nadia, hari impamvu kuko byatumye Twese tumenya ko Umuvandimve gupfa bitamubabaza, bityo natwe bituma tutababara cyane, n'ubwo uwo munsi wo gutarama utabonetse yagiye neza kandi aheza. Warakoze ahubwo. Uri umwana mwiza.
Then knkiyou
Sh icyo cyifuzo cyawe cyokurama imyaka myinshi ukagura cyane umuryango wawe ndumva tugihuje nanjye sinifuza gupfa pee numva nabanza nkita kubana banjye nabayeho nkimfubyi mubyukuri ark ifite ababyeyi nkibaza rero mugihe umwana wanjye yazaba atamfite uko yabaho numva bibabaje kuko nabiciyemo kd mfite ababyeyi birankomeretsa numva rero Mfite kubaho igihe kirekire byibura umuryango wanjye nkawitaho nkawuha urukundo njye numva ntabonye,may God give everyone who reads this to live long🙏♥️
Yalaaa sha ko duhuje history narinziko arinjy gusa wabinyuzemo
@@umurerwachance9245 pole sana muvandimwe
She so beautiful, and she looks kind hearted
Sha Ge maman wanjye ni mukuru cyane ! ark nshaka kuba bwirako maman umbyara abakunda wowe na nadia akunda icyiganiro mukorana nticyijya kimucika arabazi cyane yatumye nkikunda najye ❤️Imana ijye ibaha umugisha mwinci murakunzwe🙏🏾
*Maman wawe afite imyaka ingahe?* Mpa numero ye
Nanjy niko byagenze sinari nakizi, nabyumvanye Maman ntajya agicikwa hhhh kumyaka ye 75
Ndagukunda Nadi kd urimwiza njye mpora mbibwira abo turikumwe iyo tureba zoom in🙏🥰❤️
Sha nanjye ndabona Nadia ari mwiza ndabona anaryoshye. Umuntu ufite number ye yayimpaye ko nyishaka
Waaauuuu! I like your character!
Hari byinshi numvise duhuje. Nanjye nkunda kuba jyenyine, iyo mbabaye nkunda gufata time yanjye bikagenda bishira
Wavutse ryari?Urebe neza ko utari capricorne
Nadia sha uri mwiza pe,nkundako uri serieuse bitandukanye nabandi bakobwa baziko ari beza. Iyo ni imisatsi yawe,ufite na taille nziza!❤❤❤
Uri mwiza cyaneeee nagukunze kuva ukiri muri NINYAMPINGA. Uri Bien kbs!!
Mbonye ko Nadia atajya asoma comment tumwandikira kuri post akora!!! Yebaba we! Ni inshuro naguhaye mwene izo compliments!
Sha ndagukunda cyane ndi umumama ark uwampa amahirwe nkaganira nawe byanyubaka
Yewe nanjye icyo kiganiro mwagiraranye ,naracyunvise nibaza byinshi .Ariko Nawe yagusubije mubwenge ahawe n'Imana Ngo natumira inshuti tukishima Kiko Naba nziko ngiye heza
Burabyo yagiye heza .nakomeze aruhukire mu mahoro
Urimwiza sis Nadia❤️🩹❤️🩹💗💗❤️❤️❣️❣️💕
She is so Beautiful 🥰🥰
Magnifique!🤩
Beautiful
Nanje ndimukuru ariko ndabakunda bana banje ikiganiro cyanyu sinagicikwa rero humura Nadia biriya yarigahunda Imana yariyarateguriye Brabyo umwana wimana kd twese niyo nzira humura
Njyewe ndumva nta mpamvu n'imwe yo kwicuza kuko ni inzira ya twese kandi nta n'umwe uzi igihe azapfira.
@Nadia: Humura nta cyaha/kosa wakoze.
Pole chr narinziko arinjye muntu utinya gupfa gusa ubwoba ngira bwokubitinya mbona aribwo buzanyica vuba😏
She is beautiful and intelligent, I love her.
How she is adorable 😍 I just love her
Nadia uri mwiza cyane no kuva wiga tron commun wowe nagashuti kawe kitwa Linda hariya ku ishuri tuziranyeho I kigali mwari beza pe
Oh Gerald byiza cyane ndabona RUclips igiye kuguhemba, ndasaba dukomeze tuguteze imbere
Urimwiza sha nadi, lmana ikurinde
Nadia kwifurije kurama Ibyo usabye Imana ibyumve kuko nanjye narabiyibwiye ndamutse Ngiye ubu nagenda ntakundi ariko yaba impemukiye🙆🙆
Uri mwiza, kdi njye ndagukunda pe tera imbere kdi uhambwe umugisha
Nadia ndagukunda cyane
Nkunze uko witwaye uri muto,imbere yu mubyeyi wawe.
Humura mukobwa wajye uzarama mwana ubyare nabo ubyaye nabo babyare ubone abuzukuru nabuzukuruza grand mere na grand p uko bakwishimira ubazaniye umwuzukuruza humura rero
Ninde wumva ukuntu avuga kimwe nka michou and they are both beautiful😍
yego nanjye numva bavuga kimwe na michou
Sha we na Michou bavuga kimwe ubanza banaryoshye kimwe!
Ndabemera pee keep it up 👌👌
Urimwiza ndagukunda cyane.
Urimwiza cyane ndakwemera cyane
Urimwiza Nadia. Kandi komera natwe abavandimwe ba Yvan turakomeye. Imana yaramuteguye kandi bikorera muri benshi rero humura rwose niwicyuze kuko numugambi wayo.😍
Sha nimwihangane natwe abakunzi be twarihanganye uretse ko bitoroshye.
You are so beautiful
Gerard weee uzampere Nadia ir'ijambo ZABURI 90:12
Nukabitinye Nadia Erega umuneshe wurupfu arahari rero don't worry Ahubwo menya ko umunsi wacu uba uri ari uyu rero uge uhora usengera kuzagira iherezo ryiza ryubugingo buhoraho ntukagire ubwoba bwurupfu pe
Gerard ndanyuzwe kubwiyi nkoramutima dusangiye gutinya urupfu cheer up to you
She's very beautiful dear❤️
nadia na gerard ndabakunda cyaane mbese, zoom in ntabwo yacika,kuri magic fm gerard na michou
Nadia nimwiza aranshimisha i❤u
Uri mwiza cyane
Yooooo ndagukunze cyane!!!!!!
I love you Nadi
Hhhh reka reka mbabazi iyo title sibyo hhhh
She is very and very beautiful
I just like you! ❤
Humura nadi bibaho hari n ubwo umuntu avugirwamo n,lmana
Ariko mana yanjye ni keza cyane 😍
uri mwiza cyaneeee
She is so talented and honest
Mwiza beeeee!
Kd uri mwiza rwose. Wavuze ko ntawabikubwiye, jye ndabikubwiye
Uri mwiza Cherie turagukunda pe
What is this my crush the one and only gerald uzabimubwire kbs ko mukunda
Urimwiza mbakunda ibiganiro byanyu ndabikunda cyan
Kukubwira se ko uri mwiza byongera iki???gusa uri mwiZa pee
❤❤
Nadia uru mugore mwiza❤️❤️
Ni mwiza cyane. Sha wampaye numero ye ko nyishaka
Gerard nkunda ukuntu uganira ndashaka kukuganiriza life story yanjyy gusa mfite ubwoba numva muganiriza abantu bafite ibyo bagezeho ariko natwe mwadufasheee 🙏🙏🙏
Basi se bikunzeko tuganira mwatuvugisha
Gerard na Nadia muranshimisha kabisa. Noneho munakoranye inkuru yanjye, byiza kbs. Ubutaha Nadia nawe azabaze Gerard inkuru ye.
Tu es belle
🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
She is beautiful 100parcent
200%
Urumukobwa wiyubashye mwiza rwose uzi nubwenge. Ariko nkwisabire ntuzongere kwifotoza wambaye nkankwakundi utwite . Please
Iyo werekanye ifoto yawe utwite bibabaza abarozi kuburyo bashobora kukuroga ugapfa cga ugahwana nayo rwose ntazabyongere
aka kana ni keza.karatuje. ntawutakwifuza kukugira umugore .umugabo wawe yarahiriwe pe
Byarakazi peuh nihagire ukuzonga kbe
She looks honest
Iki kiganiro nicyiza cyadufashije
iyo numvise ikiganiro cyawe ndarira nubu meze nabiii
Nadia si ubwiza mbona ahubwo nkubonamo umukobwa wuzuye imico myiza,ubwenge ,ubupfura n'ubuntu bwakugira cg bwazakugira umugore mwiza mu ryango . Ubwiza kuko bureberwa henshi nirinze kubuvugaho
Urupfu arega tugendana narwo.Uziko tutajya duteganya gupfa kandi rwose twese niyo nzira.Kubera kubitinya rero dutinya no gukora testament ugasanga nk'ababyeyi basize ibibazo mu miryango kuberako dutinya kwemera ko tuzapfa.Gusa urupfu ni rubi disi.Twananiwe kurwakira pe!
Urimwiza
Uri mwiza Kandi ndakwikundira
Ese burya maama guhera muwa 2 wariyishyuriraga ukanitegera bus?
Urimwiza wangu
Uri mwiza pe
Uri keza
Uri mwiza Nadia
Komeza utuzanire bamwe mukorana muri RBA abanyarwanda turabakunda tutarababona
Uzazane michel iradukundaa
Na mbabazi arabikubwira kenshi.
Nadia ni mwiza shenge. Afite ubwiza bwo ku MUBIRI no ku MUTIMA. Aseka neza rwose!
URI mwiza pe
Uwo Nadia nimubyara wa papa knd ntituziranye ahari ndamukunda icyamunyereka
Yoo,birababaje muzashake uburyo mubonana
*Njye ntagahunda mfite yo gupfa muri iyi minsi*
Ntugapfe
Nukuri ramba ramba
👑💔🕊️😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Ebane najye niga muri high school nakundaga wowe @#mbabazi hamwe na @#Epa arik inzozi zokuba umunyamakuru nabuze Aho namenera ndakwama✌️🌟
banza wige kaminuza journalist hanyuma ushake staje naki dashoboka na BBC ,nizindi wahakora✌️✌️✌️✌️
@@cvafrica8386 hari nuburyo batangira batarize journalism ahubwo natangire ndumva isango ijya igira ubwo bufasha ndetse ikabageza Kuma certificate anyuranye yo mwitangazamakuru
@@vm-qo1jr yes Hari ningero zababikoze barize secondary gusa bafite humanity ubu nabanyamakuru bakomeye .
@@vm-qo1jr yes Hari ningero zababikoze barize secondary gusa bafite humanity ubu nabanyamakuru bakomeye .
Muzatuzanire redampts tumenye amatekaye
Biemvenu Redamptus namubonye mubukwe bwa OLIVIER NGABIRANO yaravugaga ukagira ngo ni amakuru!
IYUMVIRE amwe mumagambo YANGA yavuze ateye ubwoba nanwe Mumajwi yibanga utigeze wumva MWAHISHWE
ruclips.net/video/CXHvyLkbbcs/видео.html
ruclips.net/video/CXHvyLkbbcs/видео.html
ruclips.net/video/CXHvyLkbbcs/видео.html
Ubwo nibyo baba babonye , wowe uzikunde
Nadia tu n’as rien fait rwose Ahubwo ni saint esprit wakuyoboye( byabaye nka last wish ye kumutaramira kubyina kuririmba bivuye mu kiganiro mwagiranye!
*Ntimuzongere kujya mubaza abantu icyo kibazo kuko njye nihagira ukimbaza tuzaserera ubanza iyo mukibajije umuntu mumutera umwaku!* Kuko uwo mubibajije wese ahita apfa.
nyamuneka mupfashe inodirimboijyerekuri
burimunya Rwanda
🙏🙏🙏
ruclips.net/video/WUzigkbtkKs/видео.html
Niba ari Dore Imbogo yituririmbire
Niba hari uwawe wapfuye umva iyi video iragufasha
ruclips.net/video/XPsILJJS6p8/видео.html
NGIZE AMAHIRWE YO KUGUKUNDA NAKWIMARIRAMO PE! URIMWIZA!!!!
Nuko yeee ngaho jyenda ntayo ubonye🤣🤣🤣🤔
🤣🤣ntajebwo uwo wewe
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Nanjye uwamumpa kuko ndabona anaryoshye byahatari!
@@gikeritheoneste6654 Wowe witwa Gikeri ntago washobora umwana mwiza nkuriya, wowe washobora Gutaruka gusa 😀😀😀😀😀😀
Ubanza uno mukobwa atera umwaku,....cyangwa numuhanuzikazi
Sigaho pe!
Imana Ivugira mubantu, buriya Imana yamunyuzemo ica amarenga.
Les Parisien (e) twubahwe mbonye mugenzi wange ukunda France 🇫🇷 paris
Sha usubizanya ubwenge n' ubwitonzi urimwiza ntago wirata
Cira hasi birarura
ruclips.net/video/q-cHZnfSzy8/видео.html (abana bibitangaza)
PLease viral this name And search thIs name🖤🖤🖤
#مهسا_امینی
Uri mwiza cyane
Kd uri mwiza rwose. Wavuze ko ntawabikubwiye, jye ndabikubwiye