NYIRINGANZO: Umuhanzi Bureke (Break) Marcellin wabaye umukomando avuyemo aba umunyamakuru

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 17 окт 2024

Комментарии • 11

  • @nshimirimanalouismarie5930
    @nshimirimanalouismarie5930 Год назад

    Studio Munyemana niwe warufite Audiotext umunyemari wambere yatangiye za studio d'enregistrement nyuma haza Music Fabric y'Impala

  • @kantantonio6674
    @kantantonio6674 Год назад

    Ubwo yize kwa Frère Mansuet muri Groupe Scolaire De La Salle de Byumba

  • @lmanaIrakiza
    @lmanaIrakiza 3 месяца назад

    Ariko kuki muvugango gukora indirimbo mwagiye muvugango guhanga indirimbo cyangwa guhanga indirimbo?? Iyomvugo ngo gukora indirimbo numva atariyo.

  • @tuyishimireem
    @tuyishimireem 8 месяцев назад

    Papa wacu komerezaho

  • @wellarskanyebinj5995
    @wellarskanyebinj5995 Год назад +1

    Ariko hari remarque nshaka guha Nganji abantu Bose mukorana ibiganiro baba bakuze kdi baba babizi ariko Bose ukunda gusubiramo ngo "urashaje" ngo "umaze kuba umusaza" de nature buriya umuntu niyo yaba akuze ntiyishimira kumva babimubwira ujye Ubakoresha interview ariko utabumvisha ko bashaje ko bagiye kuko wumva batabyakira neza

  • @bamurangemariechantal6081
    @bamurangemariechantal6081 Год назад

    Mwiriwe neza?
    Ndaye nshaka indirimbo zuwo Mubyeyi w'umuhanga ariko nazibuze ahoyavuze twazishakira uwaba yazibonye yazishyiraho natwe tukazibona kuko nazikunze cyane cyane iriya ivuga ngo Nyagasani kuki ntababara?

  • @gabrielntirivamunda5037
    @gabrielntirivamunda5037 2 года назад

    Mumpe nimero za Bureke cg iz'umunyamakuru bagiranye iki kiganiro

  • @ntaganzwainnocent5971
    @ntaganzwainnocent5971 2 года назад +1

    Nitwa Innocent bureke turaziranye musuhuze uti hari umusaza witwa Sakindi ugusuhuza

    • @GMC-1972
      @GMC-1972 2 года назад

      Ku mpera z'ikiganiro atanga numero ze.