Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Studio Munyemana niwe warufite Audiotext umunyemari wambere yatangiye za studio d'enregistrement nyuma haza Music Fabric y'Impala
Ubwo yize kwa Frère Mansuet muri Groupe Scolaire De La Salle de Byumba
Ariko kuki muvugango gukora indirimbo mwagiye muvugango guhanga indirimbo cyangwa guhanga indirimbo?? Iyomvugo ngo gukora indirimbo numva atariyo.
Papa wacu komerezaho
Ariko hari remarque nshaka guha Nganji abantu Bose mukorana ibiganiro baba bakuze kdi baba babizi ariko Bose ukunda gusubiramo ngo "urashaje" ngo "umaze kuba umusaza" de nature buriya umuntu niyo yaba akuze ntiyishimira kumva babimubwira ujye Ubakoresha interview ariko utabumvisha ko bashaje ko bagiye kuko wumva batabyakira neza
Mwiriwe neza? Ndaye nshaka indirimbo zuwo Mubyeyi w'umuhanga ariko nazibuze ahoyavuze twazishakira uwaba yazibonye yazishyiraho natwe tukazibona kuko nazikunze cyane cyane iriya ivuga ngo Nyagasani kuki ntababara?
Break ndamusuhuje cyaneNange kera twari tuziranye.
ahubwo se iriya ndirimbo kuki ntababara iraboneka
Mumpe nimero za Bureke cg iz'umunyamakuru bagiranye iki kiganiro
Nitwa Innocent bureke turaziranye musuhuze uti hari umusaza witwa Sakindi ugusuhuza
Ku mpera z'ikiganiro atanga numero ze.
Studio Munyemana niwe warufite Audiotext umunyemari wambere yatangiye za studio d'enregistrement nyuma haza Music Fabric y'Impala
Ubwo yize kwa Frère Mansuet muri Groupe Scolaire De La Salle de Byumba
Ariko kuki muvugango gukora indirimbo mwagiye muvugango guhanga indirimbo cyangwa guhanga indirimbo?? Iyomvugo ngo gukora indirimbo numva atariyo.
Papa wacu komerezaho
Ariko hari remarque nshaka guha Nganji abantu Bose mukorana ibiganiro baba bakuze kdi baba babizi ariko Bose ukunda gusubiramo ngo "urashaje" ngo "umaze kuba umusaza" de nature buriya umuntu niyo yaba akuze ntiyishimira kumva babimubwira ujye Ubakoresha interview ariko utabumvisha ko bashaje ko bagiye kuko wumva batabyakira neza
Mwiriwe neza?
Ndaye nshaka indirimbo zuwo Mubyeyi w'umuhanga ariko nazibuze ahoyavuze twazishakira uwaba yazibonye yazishyiraho natwe tukazibona kuko nazikunze cyane cyane iriya ivuga ngo Nyagasani kuki ntababara?
Break ndamusuhuje cyane
Nange kera twari tuziranye.
ahubwo se iriya ndirimbo kuki ntababara iraboneka
Mumpe nimero za Bureke cg iz'umunyamakuru bagiranye iki kiganiro
Nitwa Innocent bureke turaziranye musuhuze uti hari umusaza witwa Sakindi ugusuhuza
Ku mpera z'ikiganiro atanga numero ze.