Amennye amabanga utamenye ku idini ya ISLAM! Shaffy ahishuye uko yagombaga kwicwa ngo yataye idini!
HTML-код
- Опубликовано: 4 фев 2025
- Hari igitekerezo, ubuhamya cyangwa inyunganizi ushaka kuduha cyangwa hari inkuru n' inyigisho ushaka gusangiza abandi watwandikira cyangwa ukaduhamagara kuri + 250 788 393 934
#Shaffy_0782518552
PLEASE LIKE & SUBSCRIBE FOR MORE.....
Ahubwo shafy Imana Imuhe umugisha kandi imwagure avuge namwe bo muri Islam munvureho muhunge mwere yesu abahe ubugingo buhoraho
Nonese ubundi ubukristu bemera Imana zingahe? Ubutatu butagatif nigute atari Imana 3?? Shaffy numuyobe napfa yemerera mubukristo iherezo rye nagahinda namariraa
Halleluyah 🙌! Murakoze cyane muvandimwe.nanjye nitwa Umutoni Samira, ndi murthad. Ndahamya neza ko Yesu Christo ariwe nzira y' ukuri n'ubugingo. Nyagasani akomeze abarinde 🙏
Komera Shaffi uri munzira y'Imana. Ugukizwa ni urugendo w'umuntu ari umwe. Ukunzwe n'Imana Umwami w'isi n'ijyuru birakwiye kuko bose bazafa bajye imbere y'uwo Mwami nyene
Har ibintu 2 bishobora gutuma umuislam aba umukristo
1:kudasobanukirwa neza ibyerekeranye na Islam
2 ubukene/inzara
Urabeshya ibyo shaffy avuze nukuri kuzuye ahubwo yesu niwe nzira nukuri nubugingo ntawujya Kwa data atamunyuzeho muri make yesu mubuzima bwuzuye
Urijiji wallah aho batamwemera nihe wa jiji we turamwemera cyane kuko yitwa Issa cyokoze wapfuye uhagaze disi wowe ubuslam nibwo bwakwanze wowe nabandi nkamwe muzaguma murindangire musebanya gusa
muvuke bushya
Islam si agahato muvandi... Imana ikubabarire gusa wibuke ko urugamba urwana utarutsinda ... Wowe emera ibyo wemera ureke kuvuga ku myemerere y'abasilamu cyane ko bigaragara ko ntabyo uzi.
kubivuga gutya nibyo byiza abantu bazasesegura ibyo avuga maze bashake ukuri
Ariko se Bambe ndagukunze disi. Komerera muri Yesu nanjye ndenda kuzaza vuba ndigushaka inzira yo kubavamo nkiyizira muri Yesu Kristo
Nonese ubundi ubukristu bemera Imana zingahe? Nigute ubutatu butagatif Atari Imana 3?
Haleluyaa
Ameeem
Yesu wacu ashimwe. Cyane, Yesu awambike inkomezi sinshak Umwuka mwera uguhumure a amaso yimpwemu, iyintahe iranyongeye inkomezi mugakiza Imana igukomeze cyane ,ndasengako umuryango wawe Imana uwugurure amaso.bamenye ukuri ,hezagirwa cyane kuko wemeye4 kwamamaza ubutumwa bwiza ,ugashingiri ntahe yesu kriston.
Duhe ukuri kbs ku idini ya islam Imana iguhe imigisha♥️♥️♥️
Yesu yarakurokoye, n'abandi b'islam bazagukurikira, bayoboke yezu, kuko niwe nzira y'ukuri igeza mu ubwami bw'imana mu ubuzima badashira
Urabeshye ushaka akszi ksbisa
wowe umukeneye wamusanze si uwo yesu wawe
Yego rata vuga ukuri. Yesu Christ ni Inzira, N'Ukuri n'Ubugingo. Ni Alpha na Omega. Ni Intangiriro ni Iherezo. Ntawe uzajya Ku Mana adaciye Kwa Yesu Christ Umwana w'Imana. Bavadimwe bo mw'idini ya Islam, ni muze kuri Yesu Christ, mu mwakire nk'Imana n''Umukiza wanyu, azabaha ijuru. Nimba mudafite Yesu Christ ntimuzajya mw'Ijuru. Mushake mutukane cyangwa murorere. Nimuze, Yesu Christ arabakunda.
Ahubwo wamugabowe imana nimana ayo namaco yinda
😅None c ko numva winyuraguramo ??? Ngo yesu ni imana ngo yesu ntawuzajya kumana atamunyuzeho kandi ariwe mana ngo niwe utanga ijuru kandi nawe ubwe yarasengaga 😅😅😅😅
Uwayobye ntawamuyobora uretse imana koko
Mubyukuri uwo Mugabo, ibyo avuga ubwe ntabwo azi ibyo aribyo mumureba mumuso mukuri ni umunyabinyoma ntanubwo azi bibiriya mukuri, ni umubeshyi ukomeye cyane iyo aza kuba azi Yesu byanyabyo ntiyakabaye asebya Abasilam, kuko uwugamije kwigisha abantu ukuri ntiyigisha asebya bamwe Cg abandi, mutekereze neza koko niba Imana yarabahaye ubwenge, iyo uyu Mugabo aza kuba avuga ukuri yakabaye yigisha gus byonyine abafite ubwenge bakisesengurira, ark urabona ko icyo agamije ni amagambo yo gusebya no kubeshya abantu gusa, ni mumureba mumaso ubwe ni umunyabinyoma!!!
Imana ihabwe icubahiro kubwawe kuko yakurokeye ikagukura mumwiza ikagushira mumuco komera nticike intege kubwo bakubwira wahisemwo neza
Imana ibane nawe kubwo kubonekerwa n'umucyo w'agakiza ka Yesu Kristo ,naho abavuga ko ari ay'inda bari beshya ahubwo muri Kristo Yesu hari amahoro
Niba ukijijwe ugende usome igitabo cy'itangiriro umenye uburyo Imana yaremye iyabyaye. Ariko kandi nimuhindura ntimugasebye aho mwavuye;Islam yarakureze iragukuza ubu sigihe cyo kuyandagaza
Weho wararose uko ubivuga nabantu bakakumva nubwo harimwo abakugwanya ivyuvuga ww komez wigishe ntucik integ yesu arikumwe nawe ibihe vyose
Kabisa yaramenye ukuri
Ndasabako imana izome iherezo ryiza zofpe ndumwislam 🤲Amiin
warayobye kandi nago uzatinda kubonako wibeshye
Benedat yaco mumutuk kuk nokugir abivug sikunkomez ziw haruwamuvugiyemw hamm afat umwanzur wokubivug umunt wes asenger ah abonak arongow Yesu yaradupfiriy knd nubu turih kubwir Ameen Yesu agukomez 🙏🙏🙏🙏👏👏👏👏👏👏👏👏👏
Ico nicokibazo muhura naco aho ntushobora gutahura benabo bavugigwamwo nashetani kubera mwebwe mutazimana indyadya zose muvugango nimana izivugiramwo imana ijakure nindyadya benizoo
Nibyiza ko wamenye ko Yesu arumwana wimana 🙏
Subhanallah Mh urabesha kandi urikinyoma
Inalillah wa Inna ilayhi Rajiuun,
Ninde utumva ko uyu mugabo Shaffy mu mvugo ye harimo kwivuguruza gukabije ? Hamwe ngo Abayisilamu ntibemera Yesu, ahandi ngo bemera ko yagiye mu ijuru adapfuye, ahandi ati Abayisilamu mu gisibo hari ijoro bemera ko hamanutsemo Kur'an kandi rikaba mu minsi 10 ya nyuma, ngo kuba iyo minsi 10 yose yarayisenze byatumye ibyo yasabye byose abibona, n'ibindi n'ibindi. Muri rusange Abayisilamu bemera Yesu nk'imwe mu ntumwa 25 z'Imana zirimo na Mohammed (S.A.W), kandi intumwa zose nta n'imwe yigeze iza ivuguruza indi uhereye kuri Adam. Mu buryo butagibwaho impaka, Imana ishobora byose ntibyara kandi ntibyarwa, kandi ibyo Yesu bamwitirira nta na hamwe yigeze abivuga. Imana itugirire neza twose. Jyewe ndifuza ko Shaffy yazahuzwa na Sheikh Ashraf ukunze kuvugira ku ISIMBI TV kugira ngo amashirakinyoma ajye ahagaragara. Ndabashimiye.
The Holy spirit is with you my friend.Jesus is the King,the Lord of ours .
Komera wahisemwo neza muhungu wa yesu abayo yaramaze kubameye kuko ivyo vyose wavuze nukuri amen
Nabwo Ari umuhungu wa Yesu ubwo nubujiji Yesu yavuye hano kwisi ata byaye
Yesu..akumurikire Kandi nawe tuzabane nawe mubukwe bwumwana w’intama vuba bidatinze uri intore yarokotse 🙏
Nukuri hari akantu uvuze karampumuye amaso kumbe abatemera yesu Christo nibo anti Christo urakoze pe imano ikomez kukuzigama aba islamu baribakwiye gukura uruhumyi kumaso 🙏🙏🙏
Umva papa wanjye,ubyara yanabyarwa.
Ubwo uvuze ko Imana(Allah) ibyarwa?
Simvuze ko uri wrong sinakuremye gusa nyirakarimi karekare yatanze umurozi gupfa.
Noneho Islam irimo kumuhiga ngo imwice?
Noneho Islam irimo kumuhiga ngo imwice?
Yesu ntabwo ariwe Imana Data rwose ,ntukiyite umunyabwenge kandi ntacyo uzi, namwe ubwanyu Muravuga ngo Imana ya tumye yesu!!, Yesu ni Umwana wayo , Imana yakoresheje yesu!!! kuki hatanditse ngo Imana yarikoresheje, cyanga niyo yitumye kw'isi, cg Yesu niwe Mana? , aho kuba umwana wayo !! kuki se avuga ati Data aranduta kuki ativuga ko ariwe Imana Data. mwabantumwe mubona mutari mumwijima? gusa mufite amaso ntimureba, Mwifpundikiye mumwijima mwiyita ko muri mukuri.
Bibaze Allah uvuga mur Quran ko Eesa Ari Ijambo rye yohereje mur Mariam numwuka umuturukaho😢. Ijambo rya Allah ntiryaremwe bivuze ko yahozeho kand Quran ivuga ko Gibrili yazaniye Mariam Ijambo byumvikane ko Yarariho mbere Yuko avuka, bibaze Allah
Nawe urabeshye kbsa . أشهد ان لا اله الله واشهد ان محمد رسول الله bivuze ngo ndahamya mubyukuri ko ntayindi mana ibaho uretse Imana imwe rukumbi kndi Muhammad ari intumwa y'Imana
Imana imuhe imigisha namahoro
Shafi hindukira ugarukire ukuri AllAh subuhan wataallah azakubabarira ni nyirimpuhwe nyirimbabazi ku wicujije byukuri
Uzapfa nabi
Imana ikuyobore muvandi, kandi igukomereze mumurimo.
Uyu mukafir wibasira idini mubujiji Allah azamugobe ururimi amina
Komerezaho imana ninyamaboko imana igokomereze ibitecyerezo
Sha,uzabibona nujya mumva!!!naho ubundi uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera!!!!twe badata bari babishop tubivamo,ubu turi abasilamu kdi beza!!!
Nimugasebye amadini mujye mukizwa ibyanyu imana ninwe Niba uvuye nwidini nukarivuge nabi
Niba itorero usengamo ridahuza ni ukuri kwa bibiriya Kuki waryihambiraho? Keretse utemera bibiriya
Rata nagende neza adasebanya sibyo byu kuri pe
Nagende neza Ariko ntawe bajya ntawumubujije kujyenda kuko siwe wambere kuko hari abavuye nomubarokore bakaba aba siramu ntamuntu uzabazwa ibyundi
@@fannyumulisa8791 biremewe kuvuga aho imana yagukuye nokuba warahinduye idini Ariko ntusebye aho wavuye Abarokore bamaze kwicamo ibice birenga za million na million wabara amatorero yarabarokore Ariko de Islam yiciyemo ibice bingahe igitabwo bakoresha nikinwe naho new ni isezerano rya kera ni rishya muri tayo itanu harabditse ngo muzumirwa nimumenya ukuri muzatangara abantu
Urakoze cane k'ubuhamya buzima bwa Yesu-kristo
Yewe bakuveho kuko ari bibiliya ntuyizi na cor'an ntayo uzi gusa Imana iguhumure urebe, jye namaze 12ans nize bible, nagarutse muri Islam nyuma yo guhumuka, ibyo uvuga uracyari kadogo kk n'ubukristo ntabwo ufite ugisebya amadini aho gushaka ubumenyi ahubwo bakurebe illuminat uracyayirimo
Ntukabeshye wamugabo Imana itazakurimbuza igihano
Wapi aba islam ntabw bemera yesu unavuze yesu nakubwira kwari ijini arabivuze neza atabibesha
Uvuze Yesu neza azagufasha mubyo uzakora byose najye nongeye kumva ubugwaneza nimbaraga ze numva yongeye kuba mushya murijye
Yego rata muvandi, who rwose ugize neza Yesu aguhe umugisha kuri cyo kintu ngo amadini yose arimwo umugeni icyo kintu rwose cyibumvishe, nonese ko Kristo ariwe rembo ninzira bakaba baramutaye none?... uti Imana ninyinshi....! hahhhh, uti Yesu w'abagaturika wikibumbano. Umwuka abasange bahumuke bamenye Umwami Imana y'ukuri bakanguke mu izina rya Yesu Kristo. UMWAMI YESU wahisemo agukomeze Muvandi. Habwa umugisha N'Imana
Subhana'allah
Urabeshye cyane nukuri
nukiro imana iguhe umugisha
Nonese ko uvuze ngo Imana isa n,umuntu...imana ni umuzungu ni umuhinde ni umushinwa ni umwirabura...dusobanurire
unvugiye ibintu kabsa abantu ntago dusa none ubwo imana isa nade mubantu haaaa aba bantu baravangiwe
Hahirwa abasenga lmana mukuri nomumwuka .kuko lmana ni umwuka
ntago byoroshye bro
Iby'imana namayobera
Iby'imana namayobera
May bless u 🙏
Imana igukomeze rwose. Wihuliye numucyo kd komerezaho
Buridini ryose hazavamo umugeni
Kuko imana ntadini igira
Nta nyina
Ntanase igira
@@rwandanziza2267 oyaa sinda baciriye urubanza yesu ubwiwe yavuze ko ariwe nzira yukuri nubugingo ntawu zoshika kwadata atamujanye
Imana ishimwe nukuri kubwawe mweneda. Amen
Inailah waina irah rajuun reka nkubaze ese iyo ISLAM IVUZE NGO VUGA IMANA KO ARI IMWE RUKUMBI IMANA ITARABYAWE ITARABYAYE NDETSE ITAGIRA ICYO ISA NACYO NONES IYO BAVUZEKO YADUHA YE ISHUSHO YAYO ICYIBAZO NIMYUMVIRE ITANDUKANA ESE NDABAZA WOWE UCYENEYE KUMENYA NOGUSOBANUKIRWA ESE NIBA IMANA ARI IMWE UKAVUGAKO USA NIMANA NONES KOTWESE TUDASA ESE ISA NAWE? CG NANDE WAGASOBANUYE NEZA UKUNTU IMANA YAWE ISA NIBYO YAREMYE DORE USHAKA KUMENYA ESE UMUSHINWA WAKOZE IMODOKA AKAYIHA DESIGN ISHUSHO ASHAKA YE ESE IYO MODOKA IBA ISA NAWE? RERO GUSOBANUKIRWA BISABA GUSHISHOZA NONES NIBA WEMERAKO IMANA YAREMYE KUCYI UDAHITA WUMVAKO ISHUSHO YADUHAYE ARUKUNTU TUREMETSE ESE KWISI HARICYINDI CYAREMYE UMUGABO? CG UMUGORE? ESE ISHUSHO DUFITE ZAVUYE KURINDE? ESE ISLAM KO ISOBANURA NDETSE INASOBANUTSE NICYI GITUMA UDASOBANUKIRWA OK ICYINDI USHOBORA KUBA UTARASOBANUKIRWA IJAMBO (IDINI) wakabanje ukabwira abakureba ko DINI ubwabyo Atari ijambo rwicyinyarwana ni icyarabu bisobanura ngo INZIRA rero wasize inzira yukuri urimo kwishakira Indi
Amen 🙏🏽
Umvangusobanurire harumuntu uzigerara anjya mwijur adapfuye naniyo mpamvu yesu mubizamugarurakwisi nurupfu rurimo
Imana itugirire impuhwe twese
Uwo shaft nimba ibyavuga arukuri muzamuhuze na ndayisenga ashilaf
Ntago bizagera mukwa 7 tutarahura na Ashilaf Imana izaduhuza dushyire ukuri ahagaragara
İmana iguhe ubwenge nokuyimenya
Yezu arakomeye cane yarakoze kukwereka ukiri Aho kuri ukaba intumwa yiwe komeza muriyinzira none shaffty risiguriki ! Nimba ritajana kuri kristu uraRihindura
Isezerano TV may you join this man with Niyomugabo Annicet
Musobanukirwe neza bantu nimba yasu ariwe mana kuki avuga ati ninge nzira yukuri nubugingo. nawuzajya kwa data namujyanye. Kwande kwadata ibyo byakababereye igisubizo ibaze ko yesu nawe ubwe yivugirakoko afite data nawuzajya kwa data namujyanye. Nonese ubwo yesu abayesu akaba nadata bantu bimana katuge twumva tunasobanukirwe murakoze
Kiriziya yireke ,hanyuma usenge imana yawe kuko ntidusenga ibigereranyo ,yezu aguhe ubumenyi .
Ubumenyi arabufite buhagije ibyanditse byera nubwo tujya mubiriziya nibyo bizaducira urubanza.nidusenge Uwiteka atwiyereke .ni camera yande yafotoye Yesu na nyina Maria ?
Tegereza iherezo wasabye uzaribona nafsi yawe malakul maut akuziye
Amen Yesu aguhe umugisha🙏
Iyo wigumira muri carate byari kugutunga kuruta gushakira indonke aho zitari ibyo gusebya amadini wakishe kbs
Kuko Imana iyobora uwo ishatse ikanayobya uwo ishatse
Mbega wewe kuberiki utibazo ko yesu nanahamwe yatavye mugusenga ariko mwebwe muratamba mukaambara impuzu ngufi imbere y,Imana nimwiisubireko
Imana ikubwira ko izarimbura abatakumva ? yabikubwiye ite ?? wumvise ijwi ??
Mwiriwe,Uko kuramya igishushanyo ugasubiza simyuka yomwijuru igusubiza ahubwo umwana wumuntu yaremamywe kwizera muriwe nawe ubwawe ubwiye ikintu cyaricyocyose ubyizeye cyaba sukuvugango icyo kintu nicyo cyikiguhaye ahubwo nukwizera kwawe kukiguhaye .
Uwiteka akomeze kubagura nukuri ntamuntu uzi ishusho yumwami Yesu nigihecye ntaza camera zarizihari ngo baramufotoye ,nshishikarije buri mukristo wese kujya yisomera bibiria .no kuba islam mujye mwisomera koroan yanyu muve mubyo kubwirwa.niho muzasobanukirwa uwo Yesu Kristo uwo ariwe.
Imana ntihinduka NTIGIRA NIGICUCU CYO GUHINDUKA ntukabeshyere IMANA
Man urabeshya rwose kand ukeneye inyigisho peeee wataye umurongo
Abayslam twemera Yesu ntubeshye Kandi tunizerako azagaruga ,ahubwo wowe ushobora kuba waravuye muri Islam utarayize kuko ufite ubumenyi buke kuri Islam ibyuvuga ntago ubizi ikindi Kandi wabivuze Islam ntisenga Yesu ahubwo yesu nintumwa yimana Niko Islam ibivuga ninako yizera
Imana inshimwe ku bwawe.🙏🙏🙏
Mna weeee ubivuze neza cane ingo za ba islam ntamahoro namba ahari yooo urabizi
Ingo zabakafir nizoziri mwamahoro?
Nubwa 1 nkubona no kukwumva kuri:Isezerano T.v Yesu-kristo akuganze Amen
Urababaje urashaka amaronko wowe kabisa urayobye kabisa
Abazayoba bazagukurikira uri kuvanga imbaraga zo kwashitani ubwo ibyu bakubajije nibyo usubije unjye uvuga ibyawe utitaje islamu wa njiji we
Inna lillahi wa inna ilayhi rajioon
Uyu emotion ze ni 💯 naho mind ni o/💯,ninde wundi wigeze azira guhindura Idini mu Rwanda?naho se Imana uko wayita kose ni kimwe,Ubwenge buva mwijuru Yakobo 3:13-17 ibyo bindi ni amahitamo,ibya uliminati byo uritiranya ibintu bidahari nibihari,niba uhinduye Imyenerere wisebya ibyo uvuyemo kuko naho ugiye uba uzahava ukajya ahandi
Nawe uzagenderwa nigih kitaragera
Nukuri ivyuvuga nivyukuri🙏
Mwiriwe neza shaffy.duhe whatsapp yawe uzobukoze cane twiyagire.Giramahoro
Ndagushimiye cane kuntahe udushingiye
Njye ndi umusiramo kandi ntegereje yesu ko agaruka kandi araza vuba
Amen Imana izakurinde umwibonere rata.
Non wunva uriwe? Umwisiramu ntagiri imyemerere beniyo umwislam nuwemera Allah nintumwa yimana muhamad swararahu alayihi wasalam uyo njo mwislam wangine nimakafiri yes
Acan namawazo ya uo bono jama yiko hangri
Ubu butumwa ni ukuri si ugusebya amadini.muzamenya ukuri,kandi ukuri niko kuzababatura .yohani 8:32
Nukuri agakiza gashingiye ku gukirwa cyo kumusaraba nizuka ry'umwami wacu Yesu. Niwe nzira idushikana kwa data
satani yakwaritsemo
Ntimugagobagire ngomueshye abantu
Amen amen i
Ahubwo ukorera shitani abagukurikiye bose bakumve neza uvanga ibintu usha amaronko yo kubaho bakwitondere
Uko kuboko cameras man ntikuruha????
Arashaka umugati uwusabe neza naho gusebya ntawo bihuriye ubwo se iyawe yarashize
Amena
KO ngurondera kw'izina rya Ndayisenga shaffy Umuvuga-Butumwa Bwiza bwa Yesu -Kristu sinkuronke?
Tuvuge ubutumwa bwiza tuzohebwa mw'ijuru.
Numuvugabutumwa murihe torero ?
Mwitorero ryimana
Ni umuvugabutumwa bwiza bwa Yesu Christo,ubwo ari mu itorero rya Christo.
Iwanyu barabaislam bizina ninayo mpamvu wavuyemo ntadini Uzi niyompamvu wabivuyemo kwiga idini byarakuyobeye niyompamvu wagiye gusenga mururimi wumva ngo wanamiyakuni nahu ? Urababaje . Iyaba wanagendaga neza ntugende uyisebya . Ubwosurumva wanywaga inzoga rwihishwa ntabusiramu namba warufite
Bakwetura hehe?uritsinda wowe nyene.korera inda yawe ivya islam urekane nayo shaaaa.
😂
Abasiramu 90 % ntabwo bashishoza i Dini yabo. Hafi bose bari mw'idini kubera impamvu z'imicyo bashizwemo n'abarabu imyaka myinshi barabahindura imitekerere kubera impamvu zigoye gusigura hano. Yesu Kristo niwe nzira y'amahoro igana mu Bwami bw'ijyuru. No negotiation. Ntanakamaro ko guharira cyane n'abahakanyi. N'ugusengera abobikigoye kumva Imana ubwayo ibakure mubupagani. Ariko injili yoyo nugukomerezaho. Kandi mugusigura ko Yesu Kristo ari umwana w'Imana tujye twibuka kubisobanura neza. Nukumvisha abo bavandimwe ko Imana yaturemye itameze nk'umuntu nkatwe muri kamere kayo. Arinayo mpamvu tutayibona n'amaso. Kuriya Roho y'umuntu, ubwenge bw'umuntu butaboneka, ninacyogituma Imana ariwe isoko rya Roho-muntu itaboneka.
Ibyo abasiramu cyane cyane nabonye birinda kubyumva. Kuko iyo bajya kwemera kubyumva kare Muhammad akiyita umutumwa wa Al Ilah, yari kuba yarigishijye abarabu biwabo Injili yari ihasanzwe bose bagakomereza kuri Yesu Kristo. Nimba koko Al Ilah ariwe Imana ya Yesu Kristo. Ntabwo iyi Islam tubona iba yarahabaye.
Islam ni fabricated religion yakoze copy and past ku makuru ya Mose na Yesu Kristo Muhammad yagiye abwibwa n'abacyuruzi b'abayahudi na Assyria. Ni birebire ariko ukuri kurazwi.
Fata umwanya wige amateka y'ukwemera kw'abarabo imbere hamwe n'inyuma ya Muhammad, uzahita utahura neza.
Inzira nyakuri yo mu Mana n'urugendo rw'umuntu ku giti cye.
Dukomeze dusenga.
🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Ubwose ayo magambo yatureme umuntu nayande yavuzwe na nde?
Nguzakwakira agakiza ? Imana nimwe.
komera papa Imana irikumwe nawe ntucyike intege ubwo wunva amajwi yabandaimoni babasiramu
Ntimugacire imanza abaisilam twese turimurugendo abaisalam sabadaimoni
Hhhha mugo za islam ntamahoro ngwahari ivyo mubikurahehe wakoze ubushashatse usanga atamahoro ahari nizara iba ibavugisha ubwi islam nidini ryukuru ijoro numurango abaza kuba abi islam nibeshi caneeee
Warayovye pe