Yesu akomeje kuba ikibazo mubantu Seguin ngo ahaye umusumari wa 15 cm Shaffy
HTML-код
- Опубликовано: 15 окт 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
MoMo pay *182*8*1*Inkunga# Dawah tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Aaww Jya ubigisha Seguin.Allah abahe umugisha naho Shafi Allah amuyobore
Cyokoze Pasteur muzi gucabiranya p urasobanura rwose uko ibintu bitari
Uyu shaffy warayobye cyane .uzacye usenga cyane imana ikuyobore
Icyicyiganiro nicyiza nagikunze umuntu wese wagizuruhare muricyo ngo gikorwe Imana imuhumugisha
Seguin Allah akomeze abongerere ubumenyi 🙏 rwose kuko niwowe wacu ..kdi seraiman nawe Allah amuhe umugisha cneee,
Shaffy we akeneye izindi nyigisho ahubwo Allah amufungurire umuryango w'ukuri
BarakaAllah fikum
Assalam aleykum Warah Maturullah. Ninde wundi uhise abona impinduka studio ifite? I love the evolution. Well done Hajj Rubangisa👏🏾👏🏾👏🏾
Reka mbabwize ukuri
Ndi umukristo ariko sheikh seguin asobanura neza cyane ibintu bikumvikana
Murakoze biragoye gusobanukirwa Imana Niki kubwanjye nemera bibliya kuruta Quran kibera ko nAbayislamu batayifashishije ntibashobora kubona amagambo yokuyobya abantu
Yesu aguhe umugisha shaffi uvuga Yesu neza nkumva ndishimye
Seguin ndagukunda kubera allah ndetse nibikorwa byiza byawe , allah akube hafi aha kwisi ndetse no mu qabli
Seguin Allah akupe maisha marefu uzidi kufundisho wislam ❤🎉
Cyereka yesu yiyishuriye abisilamu ndibuka abisilamu bajyanye abazungu burungano rwacu ahitwa kamurindi ariko abazungu bagarutse Banga yesu Kandi cyane rwose noneho natwe akatwita abakafiri bigishwa cyane kwanga yesu nabakrisito
Ukuri kurumvikana cyeretse abanangiye Imitimayabo kandi Imana Izabibabaza Shekhe Imana ikwishimire
Ukuri kuri kuri Seguin shingiye kur verses yakoreshe Baraka Allahu fikum
Haj segue wigereranya izindi ntumwa ngubagereranye na yesu shaffy yatweretse ahobatandukaniye soma:Abafilipi 2:9
Ni cyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane ikamuha izina risumba ayandi mazina yose,10.kugira ngo amavi yose apfukame mu izina rya Yesu, ari ay'ibyo mu ijuru, cyangwa ay'ibyo mu isi, cyangwa ay'ibyo munsi y'isi,
11.kandi indimi zose zihamye ko Yesu Kristo ari Uwiteka, ngo Imana Data wa twese ihimbazwe. Niba Quran yanyu ibategeka kwemera ibyo bibiliya yigisha nikucyi mutemera uyumurongo? Nuko uvuga ibyomudashaka cg nukwijijisha
nimwe mumutandukanya nizindi ntumwa kuko ntaho batandukaniye
Ko uvuzeko Imana yamushyize hejuru yamurengeje urwego rwayo
Hano ndabona higanje gufana keretse haje umucamanza udafite aho abogamiye
Ndayisenga Shafi ubutwari ,umugisha,Imbaraga n'amavuta nzakibuka ukwezi nigupfa nguhe ituro.Yesu aguhe umugisha kubwo kumuhamya.
😂😂😂😂😂😂😂 ahubwo ndiwowe namuha ikijana cyose😂😂😂
Mutaniye ku myumvire ni misesengurire yanyu kuko buri wesr ashaka kwemeza abantu ibye arko njye numva cyane ukuri kuri Hadji kurusha u kw shaffy Bose ni abanyakuri ku rwego rwabo kuko Batazi icyo ubwiru bw'Imana Ari cyo kdi Ari ho ruzingiye icyo nzi cyo Imana ni Imwe ishyira uwo ishaka mu rwego ishaka kdi ikamukoreramo bityo akaba representant w'Imana
Mwiriwe neza ? Muzadukorere ikindi kiganiro kiviga umuntu ibitambo byavuyeho. Murakoze
Seguin ndakwemera kbx, nibwo ntari umwisiramu,komeza utujijure
Nabareke kunangira ahubwo Allah abahekuyoboka Islam diniyukuri
Ngo Imana yanyu irabyara???? Allahu Akbar ibaze imana ibyara koko Imana ntibyara ntibyarwa ntifite icyo isa nacyo mubyo waremye nta nuwo ikeneraho ubufasha proud to be Muslim ☪️ ❤❤❤❤
amina nimba utazi ko Imana ivyara ayo samakosa yawe kuko na Quran ntayuzi kuko utazi isobanuro yayo
muri Quran 6:101 Allah ntiyagira umwana nta mugore. ubwo se iy mana urabona mutaniye he? niba Allah ashoboye byose akeneye umugore wiki ? ese wowe wabyara ntamugore?
Kuba yesu yaravuzeko ntacyabasha gukora wubwe nuko nyine azamwisi yarazanywe nogukora ubushacye bwase kugirango abantu bamenye se bamenye numwana we nkuko bibiliya ibivuga soma:Yohana 6:29
Yesu Arabasubiza ati “Umurimo w'Imana nguyu: ni uko mwizera uwo yatumye.”
Uwo yatumye nyn😂😂😂nkawe uri mubiki? Ijambo gutuma =INTUMWA not umwana mujye kwiga mureke ubujiji😂😂
Nonese umwana wabyaye wowe muntu buntu aguma murugo gusa ntago ujya ugira aho umutuma ? Umurekera murugo gusa ababyeyi mwese mwabyaye ntago mujya mutuma abana banyu?@@nshutiassuman3968
Umwana ashobora kuba Umwana kandi akaba nintumwa shaka ikindi uvuga icyo wacyishe
Yesu kristo abahe umugisha kandi azabihishurire kuko ntabwo umubiri n'amaraso byonyine bya mwisobanurira. ariko sha nakwishima uyu musaza aramutse yigishije Yesu kabisa kuko yamuvuga neza.
Niba numvishe neza ntago Shafi avuzeko Imana yahindutse umuntu nkuko segue arikumubeshyera shaffy agaragaje muri coroan ko Imana yihishuye muburyo bu 3 aribwo Imana data numwana ariwe yesu numwukawera Imana iguhumugisha shaffy kubwo guhamya Yesu nawe azaguhamirize imbere ya data watwese urimwijuru
ngaho nawe dusobanurire uko roho atandukana numwuka wera ?
@@mirembesumayah ROHO yamuntu yaranduye kubwicyaha cyakozwe na Adamu na Eva umwukawera rero ni Yesu umuha abantu bamwemeye bakihana iyobamusabye Imana Imana ibaha uwomwukawera ndetse abawufite banesha ibyahape ndetse banakoreshwa ibitangaza iyumuhawe azanana nimpano zamwukawera urugero gukizindwa,kwirukana abadayimoni,guhagurutsa ibirema nibindi Ibirenze rekambaze bibiliya soma:Yohana 15:26
“Umufasha naza, uwo nzaboherereza ava kuri Data, ari we Mwuka w'ukuri ukomoka kuri Data, azampamya. Ufite umwukawera wese ahamya Yesu nkuko shaffy arikumuhamya uwomwuka wera yakoreye muriwe
none c yesu atanga umwuka wera ni imana igatanga umwuka wera
icyo amubeshyeye c niki wowe ubwawe siko ubyemera ngo n,imana yigize umuntu
@@mirembesumayahRoho n'umwuka twahawe ngo tubeho iyo udupfuye roho iba ituvuyemo.ariwe mwuka duhumeka.Umwuka wera ni Imbaraga Imana ikoresha,mumumarayika.cg akawuduha direct kubw'ubushake bw'Imana bwite.
Seguin ararenze yarasomye kbsa aba pasteur bubu baratworetse peuh 😢
Allah aendeleye kukupa maisha marefu Hadji kamana wetu utuma ndushaho gukunda idini yacu ya Islam ☪️ idini yamahoro
Hajj segue asabye Shaffy gusobanura iyonyandiko ariko ntiyamuha umwanya ngo asobanure nkuko yaranimusabye shaffi atangiye gusobanura icyanditswe segue yumvisheko bidahuye nibyoyashakaga muruwomurongo nicyo cyirigutuma amuca mwijambo kugirango ibyo shaffy arigusobanura bitumvikana kandi mbona abasiramu namwe mudakunda umuntu ubacamwijambo nkuko murikubikora ubutaha muzakosore akokantu kandi mbutseko bibiliya ntisobanurwa hifashishijwe amateka cg théologie kuko amateka nayo ntago yizewe ahubwo bibiliya isobanurwa hifashishijwe umwukawera kanduwo ntawe mugira niyompamvu ubusobanuro bwawe butahuraga nubusobanuro bwa shaffi kuko wowe ufitinyuguti gusa kandi inyuguti ziricisha naho shaffi arikuvuga ahishuriwe na mwukawera kandi umwuka atangubugingo ariko inyuguti ziricisha niko bibiliya ivuga
Hhhhhhhhhh umwuka hhhhh iyo mukubiswe muvugako ntamwuka agira hhhhh
Jyewe nshimiye Uyu mugabo wayoboye ibiganiro ari smart rwose. Yesu amuhe umugisha. ntabwo abogamye kandi ari sage.
Ubumenyi ni inyanja shekh Shaffy muhe ubusobanuro pe😊😊 barakallahu fikum ba shekh bacu ❤
Allah ajye atera inkunga Dawa Rwanda TV
Nkunze Ndayisenga Shaffy ukuntu asubiza atuje, naho uwo Seuge arashakako wemera ikinyoma kungufu, arikuguca mu ijambo kubera yumva arigutsindwa! Komeza wirengagize ukuri Seuge kumunsi wurubanza uzabibazwa? Kandi nawe urabiziko Yesu Ari umwana w' Imana
Assalamualaikum Warahmatullah Wabarakatuh, Shafi umurongo wa Quran yatanze bwa mbere uremeza neza ko Yesu ari mwene Maria, naba umwana w'Imana icyo gihe Yesu yaba abaye mwene Mana.
Yesu azagaruka nibwabantu bosebazemera ahubwo anshoboze kurekicaha amen
Kuba Imana yarihishuriye abantu muburyo butatu nkuko shaffy yabivuze nyibyarigushobokako abantu bamenya Imana kuko uhereye cyera kose ntamuntu wigeze abona Imana, kereka umwana wayo wabaga mugituza cyayo nkuko Shaffi yabiberetseko isi itararemwa ko yesu yasenze abwira Imana ngo unsubize cyacyubahiro nahoranye cyera isi itararemwa kandi ntibyarigushobokako abantu bamenya Imana umwukawera atabasanze ngo abahishurire iyo Mana Shaffy ababwira namwe nsabye Imana ngo iboherereze umwukawera abahishurire yesu bitume mumumenya atarukumumenya munyuguti gusa niyo mpamvu Imana yihishuriye abantu muburyo butatu kuko umubare gatatu nukuzura kw'Imana
Yanyuma mbere ya yesu se ntabigeze bamenya Imana? Ariko ntimukigire intumva?? Nonc ba Musa naba Abraham ababakurikiye basengaga amabuye wamuturajye we??😂😂😂😂 Kuki mwigira ibintu ntazii ? Weee peti medicare neige mwoye kugendera mubipine😂😂😂
Mana yangye nicyinze kuri woe mana imwe rukumbi ngo undinde kureba izi sms zabahakanyi zigaragazako yesu mwene mariya ko ari mana basise nimba mwarahawe ibitabo bibasobanurira ukuri mukaba muri kuzanamo ubundi busobanuro butanditse muribyo bitabo mukavugako arumwuka ubasobanuriye uwo mwuka nuwimana cyangwa nuwa secyibi satani nonex nimba muri kuvuguruza ibitabo imana yabahaye mugashuiramo ubushakashatsi bwinshi mukuye mumutwe murumva mutagarukiraho erega twe ntitwanga yesu turanamukunda cyane kuko nitwe dukora nkibyo yakoze ahubwo mwe satani amubasobanurira nabi kugyira muyobe basi musome ibitabo mwahawe neza nimwemera tuzabona mukurikije inzira ya yesu Kandi ntayindi Atari islamu
Bene data murababaje cyaneeee !!!ese niba mwemera ko Imana itegeka bikaba , nigute yari kunyura muri riya zigizage zoseee zo kunyura mumugore yiremeye (Mariya ) agatwita Imana akajya kubise akabyara Imana akayonsa , nyuma Imana igakura nyuma ikigisha abantu inzira yayo igatukwa igakubitwa ikabambwa ku musaraba!!! Ntabwo rwose ibyo bintu bishoboka !!!!yesu ni umugaragu w‘Imana (intumwa) Imana inkuko Imana ifite nibindi biremwa biyikorera aribyo Abamalaika
Kamana na shaffy ndabashimiye
Yesu rwose n'Imana ariko ntabwo ari Imana ishobora byose. Ijambo Imana risobanura ikinyabubasha nimuri ubwoburyo yesu yitwa nawe Imana. Reka mbahe urugero soma kuva 7:1 aho uribuboneko na mose yabaye imana imbere ya farawo, mose yari yahawe ububasha imbere ya farawo, ubwo rero ijambo Imana nicyo bisobanura,ninayo mpamvu hariho imana nyinshi soma 1abakorinto8:5
Nkunze icyibazo shaffy yakubajije Yibaza ukuntu abasiramu muzababarirwa ibyaha ngo mujye mwijuru kandi mutizera Yesu ngwabakize icyaha nkuko bibiliya ibivuga soma:Abaheburayo 9:22
kuko ukurikije amategeko ibintu hafi ya byose byezwa n'amaraso, kandi amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha. Ikibazo mbaza segue nayahe maraso cg igitambo kizeza ubugingo bwanyu abasiramu mugihe mwanze kwizera igitambo cyamaraso cya Yesu kristo? Nimutemera Yesu ngwabakize ibyaha muzapfana ibyaha byanyu munarimbuke kuko Imana irera nijuru rirera nabazaricyamo bagombakuba barejejwe mumaraso yumwana w'Imana yesu kristo
none c yesu niwe utanga imbabazi cg imana niyo itanga imbabazi
Allah Akbar shaffy ibyo avuga byose arivuguruza kuko yesu ubwe yatanze ubusobanuro byose ko Ari intumwa ya Allah ese ni gute umwana aba imana nkuko yigabanyamo gatatu kd yavuzeko dusenga imana imwe rukumbi
@@BaruguriyikiHadidja-f4sese wemerako Imana ishobora byose? Mubyo ishoboye gukora harimo nogukora ibirenze ubwenjye bwawe
Shaffy Imana iguhumugisha wahishuriwe Yesu kurwego ruhambaye Imana ikwagurire imbago
Assalam alaikum wa rahmatullah wa barakatuh, Shaffy natwereke aho Yesu yivugiye ko Ari Imana muri bibiliya cyangwa aho Imana yavuze ko Yesu Ari Imana atwereke umurongo muri bibiliya
Mukanya ngo ni Imana undimwanya ngo ntawuzagera ku Mana atamunyuzeho kuki mutemera yuko Imana arimwe rukumbi yesu yabyawe Na mariya ese Niba ari Imana nyina maria yaremwe nande cyakora abakirisitu ntimwemera ukuri kandi kugarakara ni Imana imwe rukumbi izahoraho iteka
Yesu yaravuzengo nimumenya ukuri niko kuzababatura Abasiramu mucyimara kumva ibyo Shaffy ababwiye mukabona biri muri Quran yanyu no muri bibiliya mukwiriye guhita muvakwizima mukihana mukabatizwa namwe Imana ikabaha mwukawera ubashoboza gutsinda ibyaha na Satan kuko muhamadi na Allah we wapi kbsa ntazobafite😢
none c nshuti yanjye bivuzeko mwe mudakora ibyaha ?niba mubikora c ubwo uwo mwuka wera abamariye iki
Shaffy akeneye kumenya byinshi arivanga akivangura akicurika akicurukura.
Shaffy we uri umuswa kabsa soma 2timoteyo 3:16. Ntasoni uhakanye ko ibyanditswe byose bitahumetswe n'Imana. Uvuze ngo amagambo yose ari muri bibiliya ntabwo yose ari ay'Imana
Ikiganiro Cyari Cyiza Rwoseee
Gusa birangiye Neza Aho nongeye Ku menya Neza Koko ko Imana Arimwe kuko Yesu ntiyaba Imana kandi Ngo yongere Asenge Imana
Shaff Ati Buriya Aba yambaye Umubiri nonese namwibariza iyo Yambaye Umubiri Ubumana Abushyirahe Nonese abushyira Ku Ruhande Akongera Akubusaba Ubufasha Koko. Birashoboka se Yuko waba wambaye Umwambaro wawukuramo uka Kurusha Imbaraga. Ahhhhhhhh
Imana Ni Imwe Rukumbi ntigira ikiramwa nakimwe mu isi no Mu Ijuru Ibangikanya nacyo Mu Bumana bwayo.
Allah Aturinde kuba Mubabanginya Mana 🤲🏿🤲🏿🤲🏿🤲🏿🤲🏿
Yesu yaje nkumugaragu nuko aza mwisi ntiyarazanywe nogukorerwa ahubwo yaje gukorera abantu abyo batari bashoboye kwikorera
hanyuma imana igaragarirahe
Hhhh nonese ningombwa imanuke knd itegeka icyushaka cyikaba
Komeza ubasigurire pastor bazoteba batahure bamenye neza agakiza(Yesu christu) icobisigura bamenye Data watwese ,umwana na mpwemu yera. Kko baziko aba christu na ba jwifs aribo bazikorera ivyaha vyabo ku musi wimperuka nkuko vyanditse mugitabo cabo (book of repentance chapiter 20 volume 2,62) uzogaruke courage courage
Imana ibahezagire murakoze
Twe tubakurikiye ukuri kuri kwa sege Imana imuhe kurama kwisi azayobora beshi abifashijwemo ni Mana shaf uti yesu ni imana undimwanya ngo numwana wimana ubuse ntiyitsinda wenyine
Monsieur Seguin, mpora ngusabirijuru iteka, Allah Akupe kila zuri apa duniani na Akhera
Nonese ko uvuzeko yesu ari Imana ese nyina yaremwe nande shenge cyakora Imana izabagenderere pe
Raba ubwobuyobe abaroma batwigishije?seige Imana igufashe
Shaff yesu kristo agukomeze kubwo kumuhamya ❤uranejeje pee! Uje usiga number yawe
Assalamu Alaikum wallah matururah wabarakatuh Shaffy ntiyongere gukwepa ajye asubiza ikibazo yabajijwe nkuko Kamana amusubiza direct
Yesu yaravuze ati ndumuzabibu natwe abamwizera turi amashami iyotuvuze igiti ntituba tuvuze amashami gusa cg ngo tubetuvuze imizi Gusa cg ngo tube tuvuze urutirwayo ninako iyuvuzengo Yesu nintumwa y'Imana gusa ukarekeraho ubumuvuze igice nkuko umuntu agizwe nibice bitatu umwuka umubiri nubugingo ninako Imana yihishuriye abantu muburyo butatu nkuko shaffy yabitubwiye uvuze Imana hatarimo Yesu Imana ntibayuzuye ninko kuvuga umuntu utarimo umwuka uvuze Imana hatarimo umwukawera ninko kuvuga umuntu udafite ubugingo yabayitwa umurambo kuko mubigize umuntu haburamo umwuka cg ubugingo bavandimwe banyarwanda nubwo kubyumva bigoye mugomba kwemerako Yesu ko ari Imana kuko shaffy yabiberetse muri bible na Quran cyereka nimba mutemera ibyobitabo Imana ibahumugisha kubwicyi cyiganiro cyiza dawa tv mwakoze kutuzanira shaffy turamukunda cyane ❤
Hanyumase kuririmba murusengero Yesu yigeze abikora? Tubikomorahe?
Rubangisa, assalamualaikum warrhmatullah wabarakhatuh, nukuri rwose ibibiganiro biradufasha tugasobanukirwa ,ukomerezaho
Shaffy weeeeee murambabaza pe! Gusa Allah abayobore. Aamin
Rubangisa Asalam Alaykum walahmatullah wa barakatuh, mufungure microphone abakurikiye tubaze.
Shafi wakoze cyane ibyo uvuga birumvikana nuko benshi bafite amatwi ariko ntibumva
Nukuri Ubusiramu nubwambere bwemera Imana imwe rukumbi
Kumyaka ufite, Shafi ntiyaguhangura kko ubirimo Uzi icyo ukora, uri mu kazi. Ariko reba Luka1:30-35 "Yesu ni umwana w'Imana= Imana.
Ariko koko ntituzi ikinyarwanda twese?
Imana yanjye ni yo Mana yanyu,Data niwe so.
Ibi kubyumva birasaba kubisobanura koko?
Ubuyobe si ikintu kabisa.
Shaffy Imana imuyobore.
Yesu niyamamare cyane
Seguin arashaka Imana eshatu Ariko sibyo m Imana mu butatu (yigaragaje mu butatu)
Christian : yesu n'imana
Muslim : none yesu asenga yarisengaga ?
Christian : kubera ko ari 'imana mwana yasengaga ise
Muslim : noneseho n'umwana w'imana ?
Christian : yego
Muslim: ubwo imana nebyiri rero niba ifite imana mwana ?
Christian : hoya imana n'imwe ariko iri m'ubutatu
Muslim : gute sobanura ?
Christian : Imana yigaragaje muburyo butatu nkimana data , nkimana mwana , nk'imana mwuka wera
Muslim : ko numva kwari ukwigaragaza ko yasubiye inyuma ikisenga ?
Christian : kwari ukwicisha bugufi
Birangira imana yicishije bugufi imbere yibiremwa byayo ,
Ndifuza kumenya uyu mukino ubundi nibwoko ki bene data baba christu baba bakina mugusobanura yesu ko numva ntanahamwe aba icyo agomba kuba aricyo ngo agume aricyo ,
Saffiy Imana iguhe umugisha.
Soma neza Bibiliya Seguin, 1Timoteyo 3:16: haragaragaza ubutatu butagatifu 1)Imana yiyerekanye ufite umubiri, 2) Igaragara ari umukiranutsi mu mwuka, 3) Ikizerwa mwisi ikazamuka igahabwa ubwiza.
Soma Quran3:43-53; Tito 2:13-14&Yohana 14:9; Bwana Seguin, icyo give cya Yohana 17 gihere kunmurongo wambere aho Yesu avuga ko Imana Ari Data no k murongo wa 5 w'icyo give, wihera kuwa 6 nk'uko wavuze ko ukiri Pasteur mwajyaga mukoresha uburyarya mugahisha imirongo uvuga ukuri, urabyibutse ko wabivuze? Ndumva aribyo ukomeje. Gusa ndumva iyi Daawat ari ukuri mwirengagije kuva kera.
Shaffy ntabwo Imana igira amarangamutima.
Abantu nibo bagira amarangamutima.
Pastajewe royaume ndaguhaye 1)bakorinta :15:28
Mana mugarure uwo mugabo yigira NGO numuchungaji ayovya abantu🥰nivyo yavuze ntibitahuritse yavyigiyehe?
Ngewe abasiramu ndabakunda, ariko ntibashobora kumvira Quran icyo ibigisha kuri Kristo, naho kubabwira ibya Bibiriya uba wiruhiriza ubusa kuko ntibemera ko ari ijambo ry'Imana, kuko barisobanurirwa mumigani naho twebwe abakristo twahawe kumenya ubihishwe cg se ubwiru bw'Imana,
Rero kuko babwirirwa mumigani niyo mpamvu badasobanukirwa uburyo YESU ari Imana yiyerekana muburyo butatu kubayishaka ,
Ndashimira ubuyobozi bw'iki kinyamakuru ko bwatumiye umuntu usobanutse , Imana ibahe umugisha
Bafashe abamenyi babo n'abihayimana
muri bo ndetse na Masihi (Mesiya)
mwene Mariyamu, babagira ibigirwamana
babasimbuza Allah, nyamara bari
barategetswe kutagira ikindi basenga
kitari Imana imwe rukumbi. Nta wundi
ukwiye kugaragirwa by'ukuri uretse Yo.
Ubutagatifu ni ubwayo, kandi ntaho ihuriye
n'ibyo bayibangikanya nabyo.
Asww seg Allah azaguhe ijulu kuko nari umukrstu ariko watumye menya bibiri gusa nabaye umusilamu mbere Yuko nkumenya ariko usobanula bibiriya neza shafi muleke akomeze atuke Allah kuko icyigarAgala shaf ntiyigeze aba umusilamu sinumukrisitu kuko nayesu ntamusobanukiwe yes simana yes nintumwa
Assalamu alaykum ni Ismael i Rubavu mukomeze mutangarize ABANYARWANDA ukuri arik muzanaze iwacu i Rubavu
Shafi , abasiramu ntiwabemeza ibintu babwirirwa mumigani, iyo YESU avuze ati ndajya kwa Data kuko aba ari kubivugira mumigani, abanyamubiri ntibabyumva
Seguin uri umwigisha wigisha neza barakallah❤❤❤
Ntago satani yagerageje yesu ahubwo yasabaga yesu ku gerageza IMANA yijugunya hasi reka guteka imitwe rwose
Usibye kwirengagiza ukuri kw'Allah kursobanutse kbs
Seguin ecoute ntabwo Safe yafabritse niwe wabanje kuvuga ,iyaba ari wowe wabanje kuvuga nawe aba avuga nkawe .Yasobanuye uburyo Yesu ari Imana mu butatu aho kugaragaza ko atari ataribyo ahubwo uriha kumusenya kandi yarabihishuriwe n Umwuka Utandukaniyehe na Paulo akiri Sauli.
Burundi turabakunda cane
39:56 Takbiiiiirrrrrrr Allahu Akbar ❤❤❤❤❤
Segeui rwose kwigisha kuri Yesu uzabireke ntago umuzi.niba ufata yesu nkagitwaza uribeshya
Yego uramumbwiriye atekerezako Kuba yarize theorogy Ngo Yesu amuzi Kandi nokuba Yari pasteur akabivamo nicyimenyetso cyuko yavuye mubakristo Yesu ataramumenya kuko ntamuntu wasogonjyeye Yesu ngwamumenye narangiza ngwamuveho ntibishoboka
Woe umuzi uzagende wibereho 🖕
Umusilam afite impano kbsa Allah amushirire kumunzan
Ibintu sheh arikuvuga arikwiburanya akanitsinda urugero 👉nkumurongo utanze stefano bamutera amabuye ararama arebye mwijuru akabona Imana na Yesu ariburyo bwayo bitandukaniyehe nibyo Shaffy yakweretse muri Quran na bible bihamyako Imana yihishuriye abantu muburyo butatu? Uti gute? Stefano areba mwijuru yaraheretswe numwukawera(uburyobwambere)
akibona mwijuru stefano yabonyemwijuru yesu(uburyo bwakabiri)
Stefano akomeje kwitegereza abona n'Imana iriruhande rwa Yesu(uburyo bwa 3) suko ari Mana eshatu ahubwo n'Imana yihishuriye abantu muburyo 3butatu
Cyane narinziko arinjye urikubibona gusa😂
Umvako segue yigenje sibaba pastor wifatira cg abakristo bajegajega mutoragura munzira mukabayobesha inyiguti zitarimo umwukawera
Nnese yesu ubundi yatumwe kubantu Bose Cgwa nikugice cyimwe cyabantu?
Nibyo rwose benshi mubiyita abakristo kristo ntabwo bamuzi.
Ntibazi uko yabayeho ntibazi nicyo aricyo ubungubu. Tumenye yesu kabsa yohana3:16
Allahuma amiin kuhusabe bwiza Hadji Allah Allah abishimire
ukurikije Univers ukuntu ingana, n'ukuntu Imana ariyo yayiremye, kugirang Imana yigishe ibiremwa yiremeye ntibyayisaba guca mu gituba
Haricyintu ndikobona segue ari gukwepa, Shaffy ibyarikuvuga nibiri mubitabo byanyu muri Quran ndetse na bible wivugangorera Shaffy arikuvuga gutya ahubwo vugango nubwo Bibiliya cg coroan ivuze gutya njye ntagombyemera ubundi utubwire ibyo wemera gusa ugomba kumenyako ahokwemera amarangamutima yawe twebwe turemera ibyanditse muri izonyandiko mufite ahongaho
Uwoshafi numuswa nyuma yabandi bose
Ni gute ubundi abantu bazima bafite ubwenge bagendera ku ihuriro ryibitabo bazi neza ko harimo namagambo atari ay'Imana mubyukuri Allah abayobore niwe uyobora imitima yayobye
Bibiliya si ijambo ry'Imana ahubwo ijambo ry'Imana nicyo Bibiliya yigisha Kandi kuva mwitangiriro kugeza mubyahishuwe bivuga Yesu
Uburyo YESU ari Imana ntimushobora kubusobanukirwa mutamwizera nkuko Quran imuhamya ko ari umwuka w'Imana
*171 An-Nisaa-u*
Mu by'ukuri, Mesiya Issa (Yesu) mwene Mariyamu (Mariya) nta kindi yari cyo uretse ko yari intumwa ya Allah akaba n'ijambo rye yohereje muri Mariyamu ndetse na Roho (umwuka
w'ubuzima) imuturutseho.....
=================
Kuba Yesu ari ijambo ry'Imana birahagije kumwita Imana ijambo ntiritandukanywa na nyiraryo, kuba Yesu ari Roho w'Imana cg umwuka, birahagije kuba Imana, kuko roho ntitandukana na nyirayo,
urundi rugero : umwuka iyo ushize mumuntu yitwa umurambo, niyo mpamvu IMANA abakristo dusenga igizwe nibice bitatu itwiyerekeramo
Chaffy nukumusabira cyane Allah arumva Kuko shaituani areba inema zumuntu akamugotesha kuzigeraho nanjye Allah yarangaruye muri Islam la ilah ilallah Muhammad rasulllah 👆
Allah ntawubaho muvandi.
Sege uri kwihemukira utabizi kd Uzi cuza bitagishoboka kuko utasobanukiwe na yesu kristu wenyine ukuraho ibyaha byabari mwisi nonese uzakizwa Ute? Wowe ufite inyuguti ark inyuguti iricisha umwuka utanga ubugingo soma yesaya 9:5 na 1timoteyo 3:16 na abaheburayo 1:8_10
Seeg Allah akwishimire kuko ubabwira ukuri
Hhhhhhhhh ahubwo shaffy burya uri umutekamitwe ni abantu be KUKO aribo yatumweho
Bibiriya yanditswe muburyo butandukanye, 1) Amateka, 2) inkuru , 3) ubuhanga, 4) Hakaba nigice cyumva nabanyamwuka , ntabwo wabisobanura byose ukurikije Philosophy yawe, ngo ubyumve, keretse usobanuriwe na Mwuka , Seuguin , ihane ubatizwe , uzahabwe ubugingo.
Allah is One
Umwuka wimana yesu azawohereza uvuye kuri God
Uyu Shafi ikigaragara afite igihu ku mutima kd ntago icyo agamije ari ugusobanukirwa ahubwo ahagaze kubyo yamize buhumyi😂! Imana Imuyobore inzira yukuri ( Islamu) kuko aramutse apfanye iyo myemerere yazisanga mubanyagihombo.
Shaffy ,Nawe ibyo avuga ntasobanukiwe kuko nawe arinyuraguramo cyane kuko atazi na Bible
Segue wallah Allah azaguhe ibyowifuzabyose urabigisha ariko amarangamutimayabo arikure kbx
Congo hejuri
Yesu ni mana% nubihishurirwa uzabimenya
Ese ubwo hariho umuhuza umwe(1)gusa hagati y'Imana n'abantu numva abasenga twese aruwo tugomba gururikira.kdi kuba Yesu yicaye ibiryo bw'Imana mwijiru Ninde utamwizera Koko? Cyeretse satani cg abakozibe?
Yesu yari umuhoza kubwoko bwa Israel sikwisi😂😂😂