Uburyo bworoshye watekamo icyayi cyabasilamu ukirya iminwa kubera uburyohe buhebuje
HTML-код
- Опубликовано: 4 окт 2024
- Uburyo bworoshye watekamo icyayi cyabasilamu ukirya iminwa kubera uburyohe buhebuje ukoresheje ibirungo bisanzwe kandi nuboneka kuburyo bworoshye.
Follow us on all social media: Saha Fashion
Call us : +250788403257
Mbega igisoryo! Iki cyayi kiraryoshye pe! Ariko rero ndabona iyi sukari ari ukukinywa rimwe mu cyumweru!
Hhhh oya!
Sada, uzotwigishe guteka i pilau yabasilamu, jus ya gingembre hamwe nama amuse-gueule (utuntu two gufungura tworoheje nka gazette, bitumbura, sambusa etc.. love you. From Burundi 🇧🇮
Ariko Manaa iki cyayi kiraryoshye pee. Mwarakoze mama kukitwigisha. Umuntu arakinywa agahita asusuruka akazana akanyamuneza rwose. Allah agumye abahe umugisha mama tv yanyu itere imbere
Muzadutekere na potage irimo ibirungo. Hari igihe unyura nko kuri restaurants zigezweho ukumva potage ihumura neza cyane . Mu rugo twayiteka dute ngo ihumure gutyo. Mutubwire kuri ibyo birungo bya potage .
Wawoooo ubutaha uzatwereke uko bateka pirawo niba ari gutya babyandika kandi uri umubyeyi mwiza uzi kwigisha courage
Allah yoroshe agukomeze ncuti yanj muvandimw dufadikanije ukwemera from burundi ndikongukurikira ncuti
Waouwww uzatwigishe ubwoko butandukanye bwicyayi bukoreshejwe ibirungo bitandukanye
Cyane rwose niyogahunda👌murakoze 😘
We love you and with your intelligence skills
Umudamu mwiza ,uteka neza uvuga neza courage.
Merci bcp
Shenje .
Maa nsha allah allah abishimire kubumeny mukomez kudusangiza
Wambayeneza
Ndayikora
Nice sareing good ❣️🥰😍😘😘
Iyo sukari ninyinshi cyane maman, kuko nimba ari ikiyiko gisanzwe Nukuvugako buri muntu azafata hafi calori 75 ziva ku isukari gusa ninyinshi cyane ikunywa buri munsi cyagutera ibibazo
Ni ikiyiko gitoo
Abasiramu babadamu ndabakunda murubaha abagabo banyu rata nange ndabemera👏
Ariko mana wa mu Maman uriii mwiiizaaa.uvugaaa neezaa.👌👌
Urakoze cyane👏
@@umurimbotv304 hey
Ndabakurikira cyane ni byiza. Ku muntu urwara igifu ko twumva ko tangawizi ari mbi yakoresha ikihe kirungo?
Muraho👋
Ese umugore utwite we yakinywa ntakibazo?
You are btfl
Incwiiiiiiii ako ka makeup kawe keza niko gatumye nkwibuka wa Umurungi Sabe 💕 subscribe rwose yawe ngiyo ubundi uzatwigishe gukora mekup yawe nyikunda sana😘
Yego nzabereka uko nyikora muminsi irimbere gato urakoze cyane 😍😘
👍
@@umurimbotv304 nanjye ngiyo subucrbe kuko ndagukunda nwanyigishije byishi ku isimbi nzajya kubaka mbizi nakwigiyeho mama
Ndagukunda kuko utiyambiza
Sada murakoze cane, mbega igikoma(ubuyi) kirimo tanga wizi n'indimu bagikora gute? Mbe mucayi indimu uyishiramo ryari?Merci kuvyo utwigisha.
Love from Holland.
Yooo, wa mu maman narinikundiye namubonye.
Courage, nanjye nakoze sub,
Nyagasani agushigikire
Urakoze cyane mama💖
Ndagukunda bya hatari
Imana iguhe umugisha 👏
Eeeeeee sada urakoze kutubwira ako karungo nzoza nanjye nkarasa burimusi karibu kutwigisha Chicago we love u utashe lutisia🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷🇱🇷
Nukuri
Isukari ko mbona ushyizemo cicre nyinshi kandi atari nziza?
Ujye wihuta😊
Wambaye nabi plz😭Ayo maboko Ako gatuza iyo mitako Wambaye.ubwuraje ushyiremo rogique ngo uri mugikoni🙄
Nk’ivyo uvuze wumva bitumbereye?? Har’abantu murushe pe!!!🙄🙄
Cyokora Urimwiza peee. ❤️
Urakoze
M.Bijouuu komera nshuti
Ngagukunda cyane ni ukuri pe
11:56 🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥳👋👋👋
Courage so good
Nn iyo tangawizi uwayikoresha buri munsi harico vyica??
Ntakibazo kbsa
Naragukunze nakubonye kwi Simbi tv waranyigishije mubyeyi nubu uracyakomeza
Murakoze cyane 👏
Ninjye musore ugiye kujya Arya anywa butamuhenze kbxa
Woww Murakoze cyane
Urakoze cyane. Ngewe nkurebye mbona ufite umutima mwiza. Yesu akwishimire🌹🌹
Nukuri
Niko se maman wacu nkunda rwose ka cyayi ni sawa ariko rero iyo sukari uyigabanye cherie wange.Shyiramo ubuki cg se ku bakunda isukari bturemze utuyiko 2 sha.Iyo sukari yazatera diabete muvandimwe.Naho ubundi wari ukoze kutwigisha
Ariko yabanje kubisobanura ko wakoresha isukari ubuki cg ukayihorera. So ni choice yawe
Wao courage nkurinyuma
Mwakoze kunama nziza mutanga 👌
Muraho neza mwarakoze kuduha amasomo y'uko bateka iki cyayi. Kiraryoshye pe!
Mfite akabazo, tangawizi ntabwo bayiteka mu cyayi cy'amata ko maze kuyishyira kabiri mu mata nkurikije uko mwatwigishije muri iyi video, ubundi amata agacika ataranabira?
Murakoze.
Murakoze cyane ubundi biba byiza cyane kubantu bakinyweraho hatagiyemo amata hanyuma mucyamata hajamo gakeya thanks
Nanjye cyarapfaga ariko ibyiza uyishyiramo ki maze kubira kandi ntutinzeho ntacyo kiba uzabigerageze
@@umurimbotv304 Ndabashimiye kubwo kunsubiza. Imana igumye iturinde twese
Jyubanza uteke tangawizi ibire noneho ubone gushiramo amata👌
I wish you all the my love
Uzatwereke uko bateka inyama bita asusa ziba zifite aga sauce gafashe. Numva ko ari umwihariko w'abayisalamu
Yego vuba rwose
Wazatweretse uko bakora chapati zoroshye? Murakoze
Vubaha tu
Tuzabikora
You are beautiful...
Thank you so much😍😘
nonese simbona aribisanzwe ahubwo ubanza mutatwereka ibanga nyirizina pe kuko ngewe ngiteka gutya ariko nakinywa nkumva nibisanzwe .nasura umusiramu yakimpa nkumva sinataha pe
.urakoze Imana ikongerere
Amin 🙏nawe imana ikongerere imigisha myinshi 🙏
Uzatwigishe gukora ipirawu
Video yageho yoguteka ipalau
Iyo sukari ni nyinshi! Ibiyiko bitandatu kudukombe tubiri!!!!????? Aho wakishe Mada!
Uzadutekere icyamata kirimo byabirungo byabasiramu
Vubaha murakibona rwose
nta ibirungo by abasiramu bibaho kuko abasiramu ni idini si ubwoko
@@rodrickjaven1581 😅👍
@@rodrickjaven1581 igorata
Capati please next time 🙏
👍
Nibyiza
urimwiza wamudamuwe umugabo wawe rwose yaguye ahashashe Allah aguhe umugisha
❤
🔥🔥🔥🔥
Mana yanje umugabo wanje azakuvyibuha
Eh! Sada ko uteka isukari nyinshi 😊
Hhh sinyinshi nukuri
Ninyinshi pe
Oui ni nyinshi cane mama. Diabetes no ingwara mbi cane. Nukwirinda... nayo icayi kiraryoshe! Merci
Naragukunze nakubonye kw'isimbi
Si nyinshi ku bikombe 2 ?
Ntibiza kuryana mu muhogo ?
Ipirawu wewww
Yagezeho uyirebe Chr 👏
Mrc bc sada
Nta cyayi cy abasiramu kibaho kuko abasiramu ni idini si ubwoko ahubwo ubwo icyo cyayi gifite ubwoko bwagitangije ariko rwose si abasiramu umuco si uw idini ahubwo ni uw'ubwoko ari nayo mpamvu kugirango abakoroni bagire imbata abo bakoronije bakoresheje amadini kugirango babinjizemo imico yabo babibagize iyanyu bityo mubabere imbata kuko ibyabo aribyo muzajya mushyira imbere aho kuhashyira ibyanyu.icyo cyayi ugisanga no muri Ethiopia mu muco wabo kandi abenshi ari abo mu idini rya gikristu rya orthodox ariko kuko ntaho bihuriye n idini ahubwo ari mu muco w ubwoko runaka niyo mpamvu ukihasanga.
Inaha nizomvugo bakunda gukoresha
Salam alikoum mummy w'umurimbo Tv.
Nagirango mbasabe muntangire itangazo, ry'umuntu twabuze w'umusilamu nawe
Yitwande?
@@umurimbotv304 salam. Yitwa Fatuma Nyiragukura, ni umukecuru ukuze afite hagati y'imyaka 70-80. Aho duherukira yabaga ku Gisozi ariko yakundaga kwimuka ayo niyo makuru ye mperuka.
Cyiraryoshye cyane❤❤❤🎉
Nkozr subscribe kubera ikiganiro wakoze ku isimbi tv na sabin namaze kubikurikirana numva narushaho kugukurikirana bihagije ugira insma nziza nabaye umukunzi wawe
Yooo!urakoze cyane 👏
Muraho neza nkunda ibiganiro utugezaho gusa naragushatsekuri youtube ndakubura wandika ayahemazinango umuntu ahite akubona
Ese gukoroga ni ngombwa? Ese ubiretse bikabira isukari ntiyashonga?
Yego ariko gukoroga nibyiza kurushaho murakoze
Murakoze cane kandi courage
Murakoze cyane nshuti
Urimuganga ahaahaa ntundukabyeho
Nange njye mvuye kwa sabe Isimbi tv
wambaye neza
Icyamata uyishyizemo mbere cyapfa
Uteka nkeya nibyobyiza
Urakoze cn uzotwigish gusasaa igitanda nez
Indimu ikoreshwa ryari
Uri mwiza ufite igikara kiza
Murakoze cyane 👏
hello
Gabanya isukari madam
Manshaa Allah 😋
Courage
Sada Songa mbele
Amin🙏💖
Isukari ni nyinshi cyane ariko ...
Tangawizi sinziza kubantu bafite ikibazo cymuvuduko wamaraso
Yego rwose
Mbere yabyose urasa neza peee
Hello, ibintu byanyu ni byiza kbs, nabona nte email cg nimero ya phone yanyu?
Tea massa irehe
6 cueilleur de Sucre c'est trop 2 ni bon
You look good mama!
Urakoze cyane
Icyo cyayi ntabwo wagitekana n'amata?
Wabikora ntakibazo gusa icyogiye ibyiza ushiramo agatangawizi gake
@@umurimbotv304 nkunda uko utanga anasomo yawe, ndaguhugurira gushaka Information kuri ingredient ukoresha kuko gegembre igirara akamaro utayitetse, enzyme na vitamin birimo iyo ubitetse zirapfa aha icyo mushaka ni impumuro na goût gusa.
Gegembre/ tanguwize ni anti oxydant ikakurinda za infection antibacterielle, kuba yakongera virilité si ku umugabo gusa ahubwo no kumugore kuko yongera immunité corporelle.
Jya usoma ibijyanye na nutrion cg ubuganga usobanurire anakunzi bawe bazaza ari benshi.
Isukali ni nyinshi itetse idatse yica umubili.
Mpise nza gusura TV yawe kubera nkubonye ku isimbi TV nkoze subscribe mpita niyirukira kuberako uriguteka icyayi kandi ntajya nkinywa🏃🏃🏃🏃🏃🏃🏃🏃
Hhhh ariko kiraryoha muzakigerageze
Muraho mwazatweretse ukobategura inyamazigitunguru
Nonese umugore utwite yakinywa?
Yego rwose
Ibiyiko 6 by'isukari mu ma tasses 2 gusa ni nyinshi cyane mama. Ndabizi ko abantu benshi bikundira icyayi kirimo isukari nyinshi ariko rwose ibiyiko 3 mu itasse ni byinshi cyane mushatse mwakwimenyereza kunywa icyayi nta sukari mwongeyemo ntacyo bihindura kucyo cyari kongerera umubiri. Isukari mwongeramo ntacyo imarira umubiri ahubwo irawangiza cyane cyane bene iyo y'umweru yo ni ubumara rwose. Isukari umubiri ukeneye tuyivana mu biribwa turya buri munsi cyane mu mbuto. Rwose bavandimwe ntihagire undakarira iyo sukari niyo irimo kubateza ibyago bya diabète yamaze abantu. Byakongeraho ko benshi mu bakunda iyo sukari abibuka sport ni bake. Iyo murangije mukongeraho ibiribwa biri mu binure haaa ni bombe
Ndagukunda cyane.ubutaha uzatwereke uko bateka tea vert.murakoze.
None se iyo tangawusi umuntu yayikoresha kangahe rimwe gusa? Merci pour la video 😘
Urakoze cyane ibyiza wayikoresha rimwe murakoze 😘
Iyo sukari nyishi izagutera diabète
Isukari ni nyinshi wagabanya! Tangawizi ninziza ku buzima bwacu.
Uri mwiza peeer
Murakoze mama 😍
Ntigatuma ubishaka suauda gsa uzampe number yawe
Ariko ka nkubaze kandi unsubize kunywa tangawizi buri munsi nibyiza? Ko iyo imaze kuba nyinshi mumubiri ujya kwihagarika ukumva iri kukuryaryata mugitsina🤷
Oya ntakibazo cyayo ahubwo iyowumvise uribwa mugitsina ujya kwamuganga biba aruburwayi ntabwo tangawizi ijya iryana nagato ahubwo numuti murakoze.
Ako gakoresho mukaturaho umuntu yakagurirahe
Ahantu hose bacuruza ibyombo
Kararyoshye cyane kandi harimo urusenda?