'NDENDA GUSARA'😭 UMUGENI YAFASHWE ARYAMANYE N'UNDI MUGABO|Mike avuze UKURI KOSE|Amezi abiri gusa...😭
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri #IsimbiTV_0784838126
Niba wifuza kuvugisha MIKE MUHIMA: +250 788 572 570
Reka tumuhamagare tumukomeze pe
Ihangane
Mana yanjye 😭😭
Pole sana Mike, ubundi nakare wari wisondetse...kiriya gikecuru🙄
L
Nkurikije uko urimo uvuga wowe Mike. Ndakubonamo ibinyoma gusa gusa. From the little mentorship skills I have banza wige kuba umunyakuri Kandi ujye urya duke uryame kare. Kuko isuri isahira byinshi ikabura na duke igeranayo
Noneho wumve ikiganiro cya Odette uwo mugore bari barabanye. Urahita wumva ukuntu uyu Mike ari umuswaganyi. Mike akwiye kwivuza.
Wakurikiye ibintu baragucyura hama hamwe wumve. Ariko ntacyo wumva kuko icyo wishakiraga nibintu.
Nigute umugabo muzima washatse agamije kubaka bamubwirango ntutahe nawe akarara mugasozi.
Ubwose urumva ibintu yaramukurukiyeho aribihe Koko? Ako kazu kendaga kugwa cg ntago wumviseko uyu mugabo ariwe wayubatse
Wamugabo we numviseko warufite undi mugore mbere ibintu byo guhemukira abagore mukajya gushaka abandi bizajya bibagarukaa🤭
Apu uri umwescolo woe!ntamugabo ukurimo numvise ibyawe wap rwose hashimwe Imana yo yahaye uriya mugore ubwenge
Ntamugor wubweng ngaho hh
Kubwanjye uwo mugabo namugira inama yo kwisunga Yesu kuko niwe wamuha urugo ruzima rw'umunezero,ndetse n'ibindi birenze ibyo atekereza.
Hari abantu bagaye cyane Mike kuko ngo yabishyize hanze arko njye Mike namubonye nk'umugabo wihangana cyane. Sikubwawe Mike Ahubwo Imana iragukunda yanze ko urengana kabiri kuko wakabaye wishe uwo mugabo cg ugakora agatendo kabi bikagukoraho nawe.
Ibi bintu bibaho cyane njye nzi ibintu bisa nkibyo gusa abakobwa bibirara batwiyoberanyaho tukabibeshyaho, bazadukoraho pee!
Gusa rubyiruko dukwiye kwitondera cyane abo twibwira ko dukwiye kubana nkumugore n'umugabo
Hari abantu babatesha mutwe badafite gahunda yokubaka bakeneye Address gsa ngo barubatse cg se nabagore cg abagabo bubatse arko ari ibyo kwizina gsa ntamutima muzima wUrukundo, kubaka no kurera urubyaro rwabo neza ndetse no guharanira iterambere n'ubusugire bw'umuryango.
Imana nsenga ndayisaba Itabare imiryango nukuri kuko birababaje pee!🙏😢
Niba umuntu azi neza ko afite ingeso y'uburaya agumane uburaya bwe ariko areke kwangiza ubuzima bwamugenzi we cg ngo abyare abana bo kuvukira mukaga nkako n'amahoro macye mumuryango ashobora kubazanira kutitabwaho kugungira cg se kuba inzererezi zo mumihanda naza~mayibobo😢😢
Mike Sorry kabsa warahubutse gushaka Umugore nkuwo Urukundo rwaguhumye amaso
Gsa Imana idutabare pee
Kujya guhuruza mudugudu, police n'itangazamakuru ni ikigaragaza ko ivyo wakoze wabipanze ngo usebye umugore wawe wibagirwa ko ukuri kwawe kudahagije nyawe afite ukwe. Washatse gutwika birarangira uhiye! Ayo mateka adafututse mwibuka ko abana banyu bazayareba bakabagaya??!!
Wowe uri njiji mu rda Niko bigenda utabikoze hubwo wafungwa wowe uravuga byiwanyu burundi
I don’t know this man ark uyu mugabo afite ikinyoma nuburyarya mumamaso ese ubundi koko mwebwe mushyize munyura bwenge urumva umugabo yagiye kuryama murugo rwundi mugabo inkweto akazisiga murisoro koko mutekereze kubintu byuyumugabo ubryo uvugamo ibintu birimo ibinyoma cyane
Urasekeje koko abantu arega bararangiye rimwe c cg kabiri ese noneho umugore uhakana marriags ye ngo ni aniversaire urumva ariwe urishyashya
Uyu mugabo ndabona nakwizera ibye mukurikirane neza gusa uwafashwe niwe gisambo
Pole Mike.Shima Imana ahubwo usimbutse urupfu. Byanashoboka ko n'uwo mugabo we waburiweirengero Wasanga Uwo mugore na Simeon baramwishe bakajunya Mu musarane Dore aho nibereye! AHUBWO RIB NIKORE ITOHOZA NEZA
Si uko.
Uragaragara nkigisambo pe ndabona utoroshye
Murabeshya amaraso ya Jean de Dieu araje abagaruke!!!ahubwo nawe niba warabigizemo uruhare ba wishyikiriza RIB.
Mbese mujye mwihererana abagabo banyu mubice ubundi ngo baburiwe irengero. Let ibyitirirwe ngo ishimuta abantu, Arimwe mwankunguzimwe ziri gukora amahano. Mike si ikibazo ahubwo iyo nzirakarengane Jean de Dieu.😭
Ariko mubyukuri wa mugabo we uretse ko nyine umugore iyo akoze ibintu nkibi aba arikibazo wowe ntacyo wumva utuzuza nkishingano zawe nkumugabo? Ese waba wowe utamuca inyuma warahira?? Tujye tumenya gitera tureke kwita cyane kucyabiteye!! Jye nziko abagore baturusha kwihangana mubyurukundo cyereka iyo arindaya wakuye kumuhanda
Uyumutype nibamwe bateye barya imitsi yabagore none yahuye nakasha yumugore.mwese ndabona mutyaye
Komera Mike Muhima ,Imana Irahari kandi ntabwo ari impera z'ubuzima.
Inama nakugira nuko wakwicecekera ntukomeze kujya mubitangazamakuru singombwa,nubwo ubabaye.
Rekasha na bagabo bajye berekana ibibabaho kuko abagore baza biyita beza bose burigihe kubitangaza makuru sorry indaya nkuriya arazakuntuka
@@odetteniyomusaba4789 Nivyo p
@@odetteniyomusaba4789 ushatse kuvugase ko abaza bavuga ibibazo byabo bose baba batababaye? Vuga make uri umugore ejo utazayabogoza uri kwishongora. Ese ubu tuvuge ko utajya ubona abagore bagowe bifuza no gupfa? Ako kuki muzira bagenzi banyu aho gushyigikirana? Ese wari wabona abagabo bandagaza bagenzi babo ko ariho mubera injiji? Ibyabaye kuri uyumugabo biteye agahinda gukunda indaya uzi ngo ni umuntu muzima. Ariko uyu ni umugabo umwe ubabaye kimwe nabandi bake cyane ugereranije numubare wabagore bagowe hafi yo kwiyahura. Uretse ko nabo ntabashyigikiye. Umuntu mukuru utabasha kwifatira imyanzuro mpaka arinze kugirirwa Nabi. Mike ihangane wahuye nuruva gusenya muvandi. Abashakanye bacana inyuma baba ari ibivume. Abantu bafite nabana koko?
@@aimefamily8848 suko se sha
Ntagoyare kakubi vuga kuko nibyobi muruhura mumutwe
Kugeza numvise version y'umugore nta kintu na kimwe nafata nk'ukuri mubyo Mike avuga kuko ntawivuga amabi ameza nayo ahari!Uriya mugore yakoze amakosa nibyo ariko ntekereza ko hari icyabimuteye n'ubwo atari impamvu yo gukora ibyo yakoze.
Ukeneye kumva iki umuntu ahakana ibyabaye ngo ni aniversaire
Murabona ukuntu Uyu mugabo Ari Mwiza dii🥰🥰 Gusa Intandaro yabyose Nuko Iyo turi Murukundo ,amarangamutima asumba Ubwenge bwacu 😭 Gusa pole bro mwiza Uracyari muto Urugo rwiza rurahari Imana ikurinze byinshi Mugihe gito
Pole Mike Imana Izaguhoza mama
Ahaaaaaa wamugabowe nawe nturi shyashyaaa ndumva ntizeye ukuri kwawee🤩🤩
Ni umwiyemezi ahubwo!!!
Uyu mugabo ninjajwa peee
Bagabo namwe basore mumbabarire, ntabwo nishimiye ibyabaye kuru mugabo, ndamukomeje pe, ariko abagabo bubu nabasore bose barashaka abagore ngo bateye neza barebera kubwiza bwinyuma gusa, mugasiga abakobwa beza mwarangiza mukagaruka murira.
Babwirire ,ibitomati kbs ngo bagezweho
Ibyo nukuri
Wasanga yari yarakurikiye depo ya mazirantoki(ndavuga amabuno )Dore ko mbona uyu mugore afite manini ya murushije ubwenge
@@Fofo-wb6gh amabafure yimisuzi🤭🤭
Nimba aramabuni naho ubundi ukwasa imbere ni nako asa inyuma , ni mubi pe.
2021 !! Eee umugabo wambere ngo yaburiwe irengero !! Ahubwo ni wowe warutahiwe ushime imana !!
Si ugushinyagura ariko story yuyu mujama sindi kuyizera. Sabin uzadushakire version yuriya mu mama kuko nta mugabo muzima birukana kuriya akagenda. Simbyemeye pe. 😞 😔
Nanjye ntyo
Biranashoboka harabagore nabo bikundira abagabo bahora muri mpa numve.Ikosa umugore yakoze rikomeye nukuzana umugabo murugo rwumugabo yashatse nahubundi ibindi nibisanzwe abagabo nabo baca inyuma abagore babo.
@@uwasesifa7563 erega hariya niwe. Uriya jama nawe aracumbikiwe nka Simeon mu mategeko kuko they're not married legally. Anyway dusengere igihugu cyacu kuko imishyukwe iri kuguza ubuhuha 😆 🤣 😂 😹 😆 🤣
@@uwasesifa7563 yamuzanye iwe hhhhhh hhhh hhhh
Simbyizeye nange
Pole sana Mike,gukunda ibintu udakunze umuntu niko birangira,Shakira ibyawe
Uyu mugabo yihangane ntakundi 🤦♀️🤦♀️🤦♀️ahubwo ashimire imanako atishe umunu mururya mwanya😭😭😭😭
Muhammed naveed bandika ,bavuga,UMUNTU .
Umunu ntibibaho “nt” n igihekane.
Umuntu,intama,intimba…..
Ubuse ukoziki ? Ujyayo ntiwatubwiye ,none birakuyobeye uje kuvuzinduru ,gusa mbonereho kubwira abantu bubatse bose ,ibibazo byurugo nibyabantu 2 kuko mujya kubana ntimugisha inama abantu ,rero mugomba kubikemura muri 2 gusa abo bitahiriye mwihangane ,inama nyayo kdi Yesu kristo niwe wubaka rugakomera kdi atariwe wubatse abubatsi bakubakira ubusa ,rero abobyayobeye mwese nimumusange arabaruhura kuko yavuzeko abarushye nabaremerewe mumusange ni karibu kuri Yesu kristo Amen
Icyakora Imana ikubabarire kuko iyomvugo ntabwariyumuntu uvugimana
Ahubwo wowe udakuyemwo isomo wataye umwanya wawe wiki??
Q
Cyakoze uvuze ukuri
ari gushaka abo atekaho imitwe kuri RUclips
Sinzimpamvu ndikubona mike hari side ye ariguhisha🤔🤔basi sorry😊nyagasani aguhe ibyo urikumusaba akakanya
Simeon akurusha ikofi,wasanga akurusha no kurongora!! mumurecyere maze wowe ushake abo mungana sibyo Mike✌🏿✌🏿
Nivyo kko abakobwa nabagore bo muRwanda bakunda kurongorwa cane!!!Mike nawe usanga arumuntu akunda gukora cane donc kurondera ubuzima abagore nabo 🙆🙆🙆🙆😭😭
Ndashima uwo mugabo kuko byibura,yabwitwayemo neza ntihagira amaraso ameneka.
Amaraso nyamara nabagore bazi kuyamema,ntiwibwire ko wagira Icyumukora ngo apfekukureba gusa,wakwikanga yakuvuniye umuheto
@@phionahmugisha3267 @ Nanjye icyo navuze nuko hatabayeho kwihanira ku mpande zombi.
Kurikira umugorewe ibyo ya vuze🙏
@@zoepaul2463@ Nabikurikiye rwose,ark na none ndakomeza gushima Imana ko hatabayeho kwihanira ku mpande zombi.ubu tuba tuvuga ibindi naho ubuzima n'ishuri ritajya rirangira duhora twiga
Ntacyo mvuze wa mugabo we gusa nyuma yo kumva impande zombi washatse imitungo uyibuze utangira kwiyeza kumugore kdi amahane si ikintu kiza kuko umugore yemeye kugukunda akanakuzana mukabana mu kibanza cyu umugore izo 11M wari kuguramo ikibanza cya 2M ruguru ibweramvura hari hahendutse ubundi 9M mukazamuramo inzu nziza cyane plzzz murekere aho kwishyira hanze kuko hari amarangamutima ya bamwe muri kwangiza ibyabaye wabigizemo uruhare rukomeye
Nukuri uwo Mugabo niwe avyiteye
Komera Mike Imana ikwishimire❤❤❤
Hey Mike! Mbanje kwikwihanganisha komera, ntakintu kibabaza nko gucibwa inyuma kubashakanye! Ariko nawe uri umunyamakosa, uri umunyamakosa aho wemera kuba munzu y'umugore utazi niba umugabo we ariho cg yarapfuye, ndabona uzababara kabiri ubwo urabura umugore ukabura nibyo wamutakajeho 😢ikindi ukemera gushakana numuntu ugira amanyanga ubibona ubizi ukabyirengagiza, nge kano kanya sinavuga ngo Imana iragufasha ahubwo iguhe umutima ukomeye naho yagufashije mbere uhuma amaso! 😭😭😭😭
Wimukabiriza yarumvise sibyo. Ahubwo mukomeze twese hari aho tugira intege nke ariko ubuzima bugenda butwigisha. Ubu yarumvise
Uyu mugabo njye ndumva ari umwescro nkuko umugore we yabivuze! Ngo yagurishije ikamyo ngo ashaka inkwano!! Uyu mugabo arabeshya! Nuko twumvise uruhande rumwe ,gusa uriya mugore avuze wasanga uyu mugabo abeshya
Wakigabowe uricyesikoro ahubwo wagaragaye ntamuntu uzo jyera kibeshya
Pole sana ndugu yangu,bibaho mu buzima si wowe bibayeho bwa mbere si nawe wanyuma,ibintu byo uzaca ibindi haguma ubuzima nshuti,naho iyo ndaya yo yitambuke,ahubwo ushimire imana imugukijije,erega ni akumiro,umugabo muburiri bw'undi mugabo!
Humeka gato wongere wisuganye,usenge,imana izaguha undi ukubereye,ntubabare ahubwo shima ko ukize satani!
Yebabawe ibi birakabije Mike we Imana irakuzi uri mwiza uriya ntiyari uwawe
Ikikigabo nikimyamitwe rwose
This is what we should expect during these last days as the Word of God says in Reveration
Repent and accept Jesus cause he's back very soon
Jyewe ndumva uyu mugabo yararyohewe cyane nikuma uriyibagirwa,dore ko ugikunda kubi nicyo cyabashobora,ahubwo iyaba abagore bose bameraga nkuwonguwo🥰
abagabo b'abanyamitwe baragwiriye, niba ibyo avuga ari ukuri, nk'umuntu w'umusore ufite nubuzima, yajyaga kwinjira kubera iki? ububwa bwe bwagaragaye aho ajya kuba umwinjira, kuki atakoze fiancalle yitonze akanazana umugeni iwe aho kumusanga, defaut ya madame agira urukundo rwinshi yamwakiriye vuba (yarihuse)
Abanyamitwe gusa, ko bishobora kurenga ibyo!!
uyu mugabo si shyashya nawe,,,, ngo yanamukoye amafaranga menshiiii, nta mugabo muzima wavuga ibi, nta n umugabo muzima wavuga umugore we mu itangazamakuru....
Unva maik umuntu warongowe nabagabobeshi ? Niyowamuha ibyisibyose? Ntanyurwaaa ahorararikiye
Abandibagaboooo
Uyu mugabo numwesikoro cyne pe ninikirara gikaze umuntu wahuye nibintu nkabiriya ukibasha kuvuga yisetsa
Mike ihangane cyane kandi ukomere bibaho kandi ukomeze usenge imana wihe nigihe gihagije ibyinkundo ube ubihagaritse uzongere gukunda warakize igikomere nicyo nakubwira
Alors Mike pôle Sana humura Imana muri kumwe kdi yesu aragukunda mubo yapfiriye nawe urimo kdi Ingaruka azazibona Imana izaguhorera ibyoyakuriye byose kdi nakariya gasaza kazagwa kugasi ihumurire usenge cyane allah azagushumbusha
Yewe nyuma yo kumva impande zombi ntiwamenya uvuga ukuri, gusa umugore ikosa yakoze nukuzana uriya mugabo hanyuma Mike akahamusanga nubwo ntacyo baba bakoze amasaha yahamusangiye ni ikibazo. Gusa Mike nawe ntabwo yarakwiye kwemera kujya kubana n'umugore mu nzu ye ni umwinjira uko biri kose. Izo miliyoni uvuga washyize kuri iriya nzu kuki utazishatsemo aho utungira umugore nk'umugabo ? Cyane ko waruzi neza ko mutasezeranye mu mategeko ndetse utanari ku cyangombwa cy'inzu ye.
Uyu mugore yarinzw yemera kwakira Mike munzu yiw,ni kubera yamukunda.ubwo rero agomba kumwubahiriza nk umugabo wiw nyen
Jewe manze kwumva impande zose uyu mike arabesha yavuze ko yasanze urugi rukinze yongera ngo yabonye ko Simeon aryamye mumashuka yiwe na supernet yiwe nziza ikindi mbega nimba yarafise ayo ma million kubera yiki? Yaje kuba kwuyu mugore🙊🙊🙊
Janet nkunze iryo jambo ,ntugace urubanza utunvise 2 côtes kuko tujye twunvisha 2 oreilles ,wamenya atarihoye ,rero ibi nibibera kuri social media ,si muri tribunal
Wowe ubana ute numugore wasinze pee uziko ufite patience peee Tu étais vraiment amoureux
Uhombye arabyumenyera Mike umugore yarakubaze yagushakagaho ejo heza habana be kd warahamushakiye nta nuburenganzira ufite bwo kumuhururiza no kumutangaza atazakurega kumwandagaza kuko niba mutarasezeranye mu Murenge ubwo uri Mariyo bitewe nuko 1st uri mu rugo rwe, 2nd nta sezerano mufitanye kuko iryo mwidini ritemewe namategeko none rero hambira utwawe witonze uceho nkuko waje. Pole sana Mike
Hhhhhhh ibaze barasezeranya 😇
Umubwije ukuri kwizaaa peee.nubwo kuryana.
Cyokoze ntabwo byantangaza kuko urumugore wikigihe uvuze utyo mwitwaza ngo mwarashyigikiwe none c gusezerana mu mategeko nibyo bikugira umugabo n' umugore harya abatarasezeranye ntacyo umuryango nyarwanda ubateganyiriza! Ngo ntaburenganzira amufiteho ewe ishyano ryaraguye peee
@Immaculee, bwo byaba ari inzu yumugore se, ndetse bakaba bataranasezeranye ibyo uvuga, bimukuraho ko ari umugabo babana ndetse babyaranye? Ubusambanyi urabushyigikiye kuger’aho azana umugabo wundi mucyumba cyabo? Kuri wowe wunva ntakibazo?
Sha ihangane lmana usenga izaguhoza amarira gusenga bitanga amahoro
sha wamudamu we uwomugabo turamuzi twese kumuhima niho yabanje gutura ahubwo Imana iragutabaye.
Abandi twabuze abagabo abababonye nabo bakifata batya koko ntaheza hisi rwose 🤣🤣🤣
Ibaze koko
Kbs
Family M&N, babe bamugukopye noneho??🤣🤣
Nyaho pe!
Nukuri nikobimezeda
pole Maik
Rwose wagize ibyago cyane
ndumva kwihangana ntaho wabikura
uretse Uwiteka gusa
Umugabo aravuga ibye umugore nawe akavuga ibye.ukuli kuzwi nabo bombi kdi bombi balihuse cyane umugore yavuzeko bamenyanye avril yuyu mwaka none déjà mariage no gutandukana 🤭agatinze kazaza namenyo y’a ruguru koko
Bazatumire na Madame avuge ibye, Wasanga nawe yari yaragowe, ntanumwe natera ibuye, ibijya gushya birabanza bigashyuha.
Kuburyo wazana undi mugabo mubiriri bwumugabo wawe nubwo yabatari shyashya??
Urakoze ubaye kure mbangufashe muntoki. Abagabo baraduhemukira bakadutera gukora ibitabaho. Narabahaze!! Mumyumvure yabo bunva badukora Ibyo bishakiye twe tugasigara dukanuye gusa. Twamenye agaciro kacu muzajye mukonkobokera hirya niba muba mutazi icyo amago asonuye ntimukazajye mututwangiriza umwanya
Bari gupfuma baja mwihotel
Yeah ntawakwivanga mubyumugore numugabo
Uko wagorwa kose ntiwakora biriya yari gusaba gatanya basi kariya ni agasuzuguro ka fooo
Ikibazo uyumugabo ninjajwa akantu kose yahamagaraga famille yumugore,ibyo nibiki banyarwanda,uyumugabo ndamukemanga arigukabya
Ibyo byo ni injajwa mbi!
The man is so honest. I feel sorry for this guy
Good men always marry "turushavumbi"
This guy is not honest. Maze gukurikirana inkuru zose, videos zisanga 6, nasanze uyumugabo ari "Igisambo" kabuhariwe ndetse sinatinya kumwita "injiji". Yashakaga kurya imitungo yumugore nabana. Umugabo utinyuka akaryama munzu yubatswe nundi mugabo, akayiraramo hafi umwaka. Akagera naho ayivugurura kdi nyirayo atarapfuye, cg ngo atandukane numugore we, sinatinya kumwita injiji. Ni igisambo kabuhariwe. Yakoze imibare nabi. Icyantangaje nuko ngo ntanubukwe bakoze, ngo barifotoje gusa 😂😂.
@@JackSon-sl3ct He's not honest at all , please watch out the interview of that innocent mom
Innocence y'umuntu ibonekera hé??? Imana yo mu ijuru niyo ibizi mu mitima y'abantu. Wumve version y'umugore nayo!
@@COOKINGTYPES innocent woman caught cheating with another man in bed😊😊😊
Ntimukavuge mutarumva impande zombi, numvise umugore n'umugabo nsanga umugabo yivuga ameza gusa!!!!!!!
Pole muuvandimwe, ariko ushimire Imana kuko hari icyo ikurinze gusa komera. Ndizera ko Uwiteka azagushumusha undi mugore ugukunda.
Icyo cyigabo nigitekamutwe
Mubyukuri nanjyenumudamu
Wabanabane ariko
Abadamutwabaye
Injyejyera mubyukuri
Turiguhemucyira
Abanabacu imana
Udutabarenukuri
Ibyingo mwami yesu! Tabara imiryango
Mike uri umwinjira rero uko waje ninakomugenzi wawe yaje kwiha akabyiza
So rero kuba waramurushije power ugasaba ukanakwa nawe haribyo warukurikiye
Ati ndayubaka 😂😂Niba ushoboye kubaka inzu kuki wagiye kuba munzu yumugore ark abagabo bikigali mwakize gukora mukareka kuba abescro koko
Umugore ivyo yavuze birimwo une grande partie de verite.
Uwu mugabo ,yari yateguye kwiba umugore,kubwo kumenyera ubuzima bwa high!!!
Eliane ababgira kohariho abagabo bagowe mukaharira 🇸🇦🇧🇮
Barahari sha bagowe. Gusa abagore bagowe nibo benshi cyane. Rero urumva ko Kuba haba hariho nabagabo bagowe ntagitangaza kirimo kuko kubabara ntibyaremewe bamwe. Eliane we default ye nuko avugira uruhande rule. Aba avugira abagabo gusa aba abafitiye urukundo rwinshi hhhh. Umuntu utavugira bagenzi be se Kandi ari nabo benshi babazwa akavugira abandi arentse bagenzi be, njye mbifata nko kwibonekeza
👏👏👏🔌
@@aimefamily8848 tubibona kimwe
@@fortunecadette8919 merci Fortune. Proud of you
@@aimefamily8848 nubundi uriya aba yibonekeza ntakindi
Mike Pole sana kbsa komera nkumugabo ntakundi gsa ntiwihebe imana izaguha ibindi.
Mike?????????????????????????????????????
nzashyiraho commentaire nimumara kuvugisha umudamu
Mike sorry uyumugore uyumugore nibandi ryumugi you are to innocent pole kandi wibabara nyine nishuri isi ikwigishije gusa urasabwa kuba maso cyane ugasaba ubwenge bwimana .
ABAGORE BAHAWE INTEBE AHO KUYICARAHO BAYIHAGARARAHO . ihangane
🤣🤣🤣
Hahahahahahahaahahaahahhaahaaaaaaaaaaahahahahaaaaaaa
Hhhhhh Sinzi impamvu ndimo guseka🤣🤣ngo kuyihagararaho🤭🤣
Somebody Pin this comment on the top of all the comments.
😆😆😆🤭
Ntakindi nakubwira ndagusavye usange Dr Salongo azokemura ikibazo cawe
Ibi bihe isomo urubyiruko rwacu mukurikira abagore batandukanye mutabanje nokubamenya abeshi mukurikira imitungo gusa uriya mugore afite umutima wibuye kuko niyo waba ufitanye ikibazo numuntu ntiwatinyuka kwinjiza umugabo muburiri bwundi
Nukuri birababaje. Mbega ababyeyi babo barebesheje amaso ibyo bintu
Kiriya ni ikimenyetso simusiga cyereka umugabo ko atamukunda atigeze anamwubaha
Ni umugaba urara mu buriri bw'undi mugabo aba ari gica
Ihangane ndis waragendesheje erega uwarose nabi burinda bucya ntuhahanyazeutazanahasiga ubuzima vanamo akawe karenge ndabona usobanutse ihangane cyane
Igihugu cyamahoro c kikwemerara Kuba indaya ugaca inyuma uwo mwashakanye
Muraho neza!!ndababaye ikimbabaje ngo wedding ya mukoreye ni birthday party koko ndababaye 🤔 gusa mike ihagane !I mama izakuburanira peeeee !!arandusebeje abagore twabaye ibindi bindi😩Yesu weee
Obi bimtu bireze cyane nange mukwezi kwa 1/7/2021 umugore wange tumaranye imyaka 7 tumaze gusa umwaka tuvuye mumurenge namufashe asambana, Mana yange ubanza ntabagore bakiriho peee nkomeje kubura ibyizere 😭😭😭
Abagore barahemuka cyane gusa Imana izabasebya
Ikiremwamuntu gifite nature yo guhemuka
Ntibivuze abagore gussa. @gusenga TV
Cyokora disi wifitiye umutima mwiza ihangane ariko ndabona muzasubirana tu
Pole Sana kabsa, umugore arakwakije Sana kumbe yanzu ntinakwanditseho? Ohhhhh pole Sana Mike
May God keep you strong and safe 🙏
Uwu mugabo ni ikigoooooryi Mana .
Ububeshi ,gukabya ,ubujura ........!!!!
Sinzi impamvu ndi kubona uyu mugabo nawe Atari shyashya
Yewe nubwo ataba shyashya ububwo ibyo yakorewe byo ni agahomamunwa🤓🤓
@@josephineumuhire258 uyu mugore yakoze sakirirego pe ark rwose nyuma tuzamenya ukuri kose
Nshuti nubwo Yaba Atari shyashya Ark nukuri ntibikwiye pe. Umugore agasambana, en plus muburiri bwabo bombi vraiment
Nta mugore wakora biriya gusa n ubundi
Hanyuma uyu mike we uburiri baryamyeho ntabwo bwari ubwa nyiri rugo inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo
Abubwo simeo nimfura yafashije uyu mudamu cyane warumurangije
Is it me? or did y'all see how that lady was looking at him on those wedding pictures? She had a look of disgust in her eyes she didn't look happy under the circumstances.
I am photography analyst and psychologist # najye nabibonye kare!
Nicyo nahise mbona
Yewe nange narabibonye yamurebanaga isesemi pe
Umugabo upfubya ni kuriya bamureba
Gosh😂😅😅😅😔 its terrible...sorry Mike
Ntabwo yagukunze kabisa urumva ko nibintu yapanze neza, inzu yari kumubare uwo mugore numugome.
Nuko dukomeza kumirwa!!
Patient dukunde
Dukomeze kumirwa
Kumirwa biracyakomeje
Harimo ibinyoma byinshi. Birababaje. Abagabo biki gihe bashakisha ingo zabagore bimitima yoroshye bafite ibintu ngo abe aribo bababeshaho. Ni ijambo ry'Imana...Mube menge Yesu azaza nkumujura,.
Ngo "ninongera Imana izampane" 🙈 none isengesho rye Imana yaryumvise.
Imana ni yo yonyine izagukiza iki gikomere 🙏🙏🙏. Ihangane muvandi. Birababaza cyane
Imana ntago yaguhereza byo , iyo wongeye isubiza ibyo wivugiye , hahahahha
Papa Mike abakobwa bazi ubwenge bakuze baryoshye barahari humura reka mayibobo...Abasambane be bazisortinga ...ariko bano ba kivanvari baba baryoshya igituba cyane kuburyo ugiyeyo nta bwenge agira ahorayo akazakurayo imbwa yiruka...Iki kigore si kiza mu maso ariko reba ukuntu giteje induru buriya kumbasi yake ni mama aake....
Hhhhhjjjj 🤣
Hhhhhjjjj 🤣
Abagabo benshi ubwenge bwanyu bw'imukiye mu pantalon Kuvuga ubusa bakamuha liké nkizi mufite igikoma mu mutwe🙀🙀🙀
@@annej.i5028 Icyo wita ubusa sinkizi...Sinzi niba abari muri kiriya kibazo ari abagabo gusa nta mugore ubirimo ? Muzira kutavuga ukuri ese icyo tuvuga kitariho ni ikihe ? Shame on the wife uzana UNDI umugabo murugo aziko rutahamo umugabo yita nyirurugo...Shame on the man ujya mu rugo azi neza ko harimo undi mugabo nyirirugo....Dupfa ubusa nyamara nabonye iyo umuntu avuze ibintu mu mazina yabyo ab'ubwenge buke barakara....None ibi wabisobanura ute niba umugore ataryoshye ni iki cyatuma umugabo ufite ubwenge afata risk ingana gutya akajya kurara mu buriri bwa mugenzi we ...Come on ..Si nkeka ko abagore aribo bafite ubwenge bwinshi kuruta abagabo....noneho....Uko abagabo bakunze ijipo niko n'abagore niko mwasariye imboro.... Gute umugabo akubabaza ugahamagara undi mugabo ngo akurongore ? Gushwana mu rugo noneho bitera umugore gushyukwa ? Ariko noneho ndumiwe......
@@annej.i5028 Ese ubundi mushiki wa ?Ibitsina twahawe bimaze iki atari uguhura ? Ko mu binyabuzima byose iryo rarikira rihari ? Ese i Imana yabiremye ikabishyira mu bantu yaribeshyaga ? Imyumvire igaragaza ko mu guhuza ibitsina ari umugabo wunguka umugore agahomba iba muri africa gusa.....twese tworoherana...Kwifuzanya ni both sides...agapira hafi diii ahubwo mwumvikane and be happy
Ingo zikigihe ni film kbsa🤔🤔🤔🤔🤔
Pole sana bro!
Uhombye arabyimenyera ark Insh'Allah uzabona undi mugore mwiza pe! Ndabikwifurije.
Shima Imana nubundi wamurushaga ubwiza rata
Umusore mwiza cyaneeee.yazize urukundo......rwinshi..ntitukurenganye....birababaje
Sha Imana niyo izi ukuri.gusa wamutype we uriyemera pe nawe nturi shyashya
Nukuri no mumvugo ye rwose birumvikana
Abaswahili niko bimera
Kandi ubwo wasanga abanditsi ba films 🎥 bagishakisha ibyo kwandika🤷🤷, gusa sugushinyagura, I'm sorry my man Mike abagaabo bahura nabyinshi be strong
Pole sana abagore nkabo bahozeho gusa sibose Imana izaguha ugukwiye
Sabin ko utamutubarije icyo yapfuye n umugore wa mbere batandukanye?
Ahhhhh bose nabanyamujyi @sarah bose ni ba second hand ahhh niko bimera
Ndumiwe ibi bikwiye gutanga ikosomo ryuko umuntu atazahinduka ngo Nuko mwabanye nukujya gushaka twiyemeje kwakira ingeso zumuntu cyanee iyo tugize amahirwe abantu bakatwereka ingeso zabo hakiri Kare
Ariko se kuki nta mugabo ushaka kwubaka ubona umugore muzima ,nu mugore ushaka kwubaka ntabona umugabo muzima.
Ariko rero wa mugabo we urugo nurwawe kuki utatashye ngo urare iwawe?
@Solange Mukashema
Wasanga na we hari undi yari yagiye kuraza hahahahah
Ibaze nawe 🤭
URUMUTETSI WUMUTWE EREGE, Nkurebye nabanje kureba iya MADAMU
Mike rwose pole sana!gusa nigeze kumva ukuntu umuntu ngo ashaka ari business nkagirango ni ukubeshya none ndabyiboneye! kurikirana ibyo wamutanzeho!nakwihakana nawe azerekana amafranga yakoresheje yubaka iyo nzu aho yayakuye!quand meme ntabwo waviramo aho ubutabera burahari bwiza mu Rda!gusa jya kure ye udatakaza ubuzima kko uwo si umuntu wo kubana nawe mu nzu!ariko yakuzijije iki koko!??gusa akweretse ko ibibonerana byose atari zahabu!ati ndatwite yavuyemo,ntwite indi!yabonye ukennye abana arakuragira!uwo ahubwo aboneza urubyaro niba utabizi ntamwana akeneye uko namwumvise!ariko se koko waraperereje usanga umugabo we wa 1 yaraburiwe irengero?
pole... mwene abo bagore usanga bakorana N Imyuka mibi, gusa pole azicura
Pole wamugabowe indaya yumugore irakwahagije
witukana yibakoza icyaha uyu mugabo ntabwo ari serieux
Mujye mwitondera iby’ingo. Iyi ni version y’uyu mugabo. Iy’umugore we irihe?
Uvuze neza rata, njyewe uyu mugabo ndamuzi ark ibye nawe nihatari ahubwo abantu ntibakihutire guca imanza
Exactly
Kabsa
Mike uri ikirara setu.
Bakobwa mwitonde kuko ndabizi ubu abenshi mwishyize mu myanya ngo mugiye guhoza Mike amarira muririwe ntimuraye!
Iki kigabo ni igitekamutwe bya bien
Hahahaha yahuye numugore bahuje
Uramuz
Uwo mugore yakurushije ubwenge cyane kumwubakira kubana , mutagiye murukiko , , kugukundiraho abandi bagabo , gusinda ntugire amakenga muri make nta mutima Nama cyane washyizemo wayobowe n'urukundo . Aho niho bavuga ngo urukundo ni impumyi.
😂😂😂Mbega umugabo ubeshya weee, uziko bigaragar ko abeshya mur interview nyuma yo kumenya ukuri 😂🙃😂mpise nseka
Nanjye nuko😆😆😆😆😆😆😆
Nanjye kabisa 🤭 ndumiwe 🙈
Story yiwe ntifashe, harimwo flou gusa kabisa
Umvugiye ibintu rwose uyumugabo nikigoryi rwose numutekamutwe nigisambo Umugore akaba maraya numupfapfa numupfapfakazi bahuye
Ntabwo umuzi shaaaaa, nuko twicecekeye tubishatse twamushyira hanzee🥲ndamuzi cyane Mike, nareke kuvuga ubusa, ndamuzi
Inkuru yawe nutakuzi arumva irimwo ububeshi burenze. Kiretse utayumvirije ushizemwo ubwenge ubundi wafundikanije vyinshiiii, nkwifurije kwihana ukakira Yesu nkumwami numukiza wawe akubohore.
Man Cyaze warahuritse ariko ihangane usenge cyane Allah azaguhe undi muzima 🙏🙌
Uyumigabo yaraziko azarya umugole asaga umugore arakanuye
Ntimukicwe n,agahinda mujye mutobora muvuge ibyo byomanzi bitazatuma musara mwa bagabomwe! Maman wawe yubahwe yakureze neza yari yaguhaye n umugisha ubwo wari uvuye kumureba! Habwa umugisha kutaganzwa numujinya na kamerembi. Imana izakumwenyuza reka uwo mu benshyi ngo si ubukwe mwakoze ni anniversaire? Kudakora ubukwe se nibyo byatumye aguca inyuma. Abagore bamwe ni uducakura ! Indaya si abantu! Komera.
Iki kigore kiguteye agahinda ,pôle sana gusa azicuza humura uraxyarimuto uzabona uguhoza akagahinda kuyu mutubuzi gore windaya
Pore sana wahungabanye cyane ariko shima lmana kuko umugore windaya yarikukwica